Perezida Kagame yabitangaje kuri uyu wa 22 Ukwakira 2018 ubwo yatangizaga imirimo y’ inteko nyafurika ya gatanu. Iyi nteko izamara ibyumweru ibera mu Rwanda. Turabashimira akazi keza mukora.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
‘Kwibwira ko hari imigabane iruta indi biragenda bishira’ Perezida Kagame
22 October 2018, by Nsanzimana Ernest -
MINEDUC yahaye igisubizo abanyeshuri bari mu ntara bakeneye kuza kwiga i Kigali
20 February 2021, by Dusingizimana RemyInama y’abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Gatanu iyobowe na Perezida wa Repubulika, yemeje ko amashuri yose (yaba aya Leta n’ayigenga) harimo na za kaminuza yemerewe gufungura kuwa 23 uku kwezi ariyo mpamvu Minisiteri y’uburezi[MINEDUC] yasabye ababyeyi gutegura abana babo bakagaruka ku ishuri.
Mu itangazo MINEDUC yashyize hanze,yamenyesheje ababyeyi ko nta kabuza amashuri azatangira kuwa kabiri bityo bakwiriye kwitegura ndetse isaba abanyeshuri batashye kwiyandikisha ku bashinzwe (…) -
Rujugiro Tribert yatangaje ko azasubirana UTC
26 September 2017, by Nsanzimana ErnestUmuherwe Rujugiro Ayabatwa Tribert yatangaje ko afite icyizere ko igihe kizagera agasubirana inzu yahoze ari iye UTC yagurishijwe mu cyamurana ku mpamvu Leta y’ u Rwanda ivuga ko ari ukwishyura umwenda w’ imisoro Rujugiro abereyemo ikigo cy’ igihugu cy’ imisoro n’ amahoro (RRA).
Kuri wa Mbere tariki 25 Nzeli 2017 nibwo umuheshwa w’ inkiko yagurishije mu cyamunara inzu yari iya Rujugiro igurwa na Kigali Investment Company.
Uyu muherwe yatangarije Ijwi ry’ Amerika dukesha iyi nkuru ko kuba (…) -
Abo kwa Rwigara bakuriweho ibyaha bibiri
3 October 2017, by Iyamuremye JanvierAbo mu muryango w’Umunyemari Rwigara Assinapol barimo Diane Rwigara, murumuna we Anne Rwigara n’Umubyeyi wabo Mukangemanyi Adeline bakuriweho ibyaha bibiri mu byo bari bakurikiranyweho.
Ubushinjacyaha bw’u Rwanda bwanzuye kuregera Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge y’abo kwa Rwigara bashinjwa kugambirira guteza imvururu muri rubanda.
Umuvugizi w’Ubushinjacyaha, Nkusi Faustin, yabwiye IGIHE ducyesha iyi nkuru ko mu birego baregewe n’Ubugenzacyaha, icyo kunyereza umutungo no kubangamira (…) -
Dr Dusabe wari umuganga ukomeye muri Faisal yiciwe muri Afurika
9 January 2018, by Nsanzimana ErnestUmuganga w’umunyarwanda wavuraga kanseri zifata mu myanya ndagagitsina y’abagore (Gynecologic oncology) mu bitaro byitiriwe Umwami Faisal Dr Raymond Dusabe, yiciwe muri Afurika y’Epfo aho yari yaragiye mu kiruhuko.
Ambasaderi w’u Rwanda muri Afurika y’Epfo, Vincent Karega yemeje amakuru y’iyicwa rya Dr Raymond Dusabe avuga ko urupfu rwe rwamenyekanye mu gitondo cyo kuwa Mbere tariki 08 Mutarama 2018, ubwo basanze yariciwe mu nzu yabagamo mu mujyi wa Cape Town aho yari mu biruhuko.
Dr (…) -
Bakundukize Ruth wishwe n’indwara idasanzwe yashyinguwe abaturanyi bati” Tubuze inshuti y’Abana bacu”
21 November 2019, by UbwanditsiBakundukize Ruth yasezeweho bwa nyuma akaba yarazize uburwayi budasanzwe bwamufashe afite imyaka irindwi gusa, yavutse mu mwaka wa 1981 akaba yitabye Imana aguye ku iseta ubwo abaganga b’inzobere bavuye mu gihugu cy’Ubudage bageragezaga kumubaga igisa n’amabere cyari cyarameze ku kaboko ke k’ibumoso,abaturanyi bavuze ko babuze inshuti y’abana mu gace batuyemo.
-
Gasana Janvier ntakiri umuyobozi mukuru wa REB
15 February 2018, by Nsanzimana ErnestIkigo cy’ igihugu cy’ Uburezi REB cyahawe umuyobozi mukuru mushya usimbura Dr Gasana Janvier wari umaze imyaka itatu kuri uyu mwanya.
Nk’ uko UMURYANGO ubikesha itangazo ry’ inama abaminisitiri yo ku wa 14 Gashyantare 2018, Perezida wa Repubulika y’ u Rwanda Paul Kagame yakoze impinduka muri REB asimbuza Dr Gasana Janvier yabaye umuyobozi mukuru wa REB muri Gashyantare 2015 asimbuye Dr John Rutayisire.
Dr. NDAYAMBAJE Irenée, niwe wagizwe Umuyobozi Mukuru (Director General) wa REB.
Muri (…) -
U Burundi burashinja u Burayi kuba inyuma y’ ibibazo bufite
6 June 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida Pierre Nkurunziza na Perezida wa komisiyo ya EU, Jose Manuel Barroso, bahuriye mu nama muri 2014
Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara ejo ku wa Mbere tariki 5, u Burundi bwavuze ko bufite impapuro zigaragara ko u Burayi bufite uruhare mu bibazo byabushegeshe.
Iryo tangazo rivuga ko byakozwe n’ itsinda ry’ Abanyaburayi basuye umujyi wa Bujumbura mu mwaka wa 2014.
Nubwo ariko muri iryo tangazo u Burundi bushinja ibihugu by’ Abanyaburayi kubuhungabanyiza umutekano, iryo tsinda ry’ (…) -
Miss Mwiseneza Josiane yiswe Ingagi bibabaza cyane Depite Habineza Frank bimwibutsa umukobwa nawe wigeze kubimwita[AMAFOTO]
7 February 2019, by Martin MunezeroDepite Habineza Frank yavuze ko kuba Miss Mwiseneza Josiane yariswe ingagi ari ikibazo gikomeye kikiri mu Banyarwanda bamwe na bamwe bakomeje gutsimbarara ku kibi cyo guharabika bagenzi babo.
-
Startimes izereka abakiriya bayo imikino ya Europa League igiye gukinwa mu matsinda
20 October 2020, by Dusingizimana RemyGuhera kuri uyu wa kane tariki ya 22 Ukwakira 2020,imikino y’amatsinda ya UEFA Europa League iratangira gukinwa ndetse Startimes yiyemeje kudabagiza abakiriya bayo bakunda umupira w’amaguru.
Umuryango.rw
Dr Dusabe wari umuganga ukomeye muri Faisal yiciwe muri Afurika