Kuva ku itariki ya 26 Gashyantare kugeza ku ya 01 Werurwe 2018, mu Karere ka Gatsibo muri RDF Combat Training Center-Gabiro, habereye Umwiherero wa 15 w’Abayobozi. Uyu Mwiherero wayobowe na Nyakubahwa Paul Kagame, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda.
Mu ijambo rye ritangiza Umwiherero, yashimye intambwe u Rwanda rugezeho mu kwiyubaka anagaragaza ko hakiri byinshi bigomba gukorwa. Yibukije ko uyu mwiherero ari umuco ugamije kudufasha kwisuzuma, gusuzuma ibyo dukora no gufata ingamba zo (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Imyanzuro yafatiwe mu mwiherero wa 15 w’abayobozi bakuru b’igihugu
5 March 2018, by Ubwanditsi -
Nyamagabe: Miliyoni 5 zari guhemba abakoze muri VUP zashyizwe kuri konti y’ umuturage none ari mu mazi abira
25 July 2018, by Nsanzimana ErnestRwiyemezamirimo Adonia wo mu karere ka Nyamagabe arashakishwa ngo yishyure amafaranga yari guhemba abaturage bakoze muri VUP mu myaka itatu ishize yayoberejwe kuri konti ye. Adonia avuga ko ayo mafaranga yabanje kugira ngo ni umuntu uyamwishyuye meya Uwamahoro akavuga ko Adonia ari umujura.
-
U Rwanda rwagennye ba Ambasaderi bashya muri Kenya na Mozambique
17 September 2018, by Nsanzimana ErnestClaude Nikobisanzwe
Leta y’ u Rwanda yakoze impinduka mubijyanye na dipolomasi mu mpera z’ icyumweru gishize mu nama y’ abaminisitiri yayobowe na Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame. -
Abana b’ abahungu 59,5% barakubitwa, abakobwa 23,9% bakorerwa ihohoterwa rishingiye ku gitsina
17 May 2018, by Nsanzimana ErnestUbushakashatsi na Minisiteri y’ Ubuzima mu Rwanda bugamije kureba uko ihohoterwa rihagaze mu bana n’ urubyiruko ryagaragaje ko abahungu bakorerwa ihohoterwa ryo ku mubiri cyane kurusha abakobwa, abakobwa bagahohoterwa cyane bishingiye ku gitsina kurusha abahungu.
-
M23 yafashe ibifaru n’imbunda za FARDC ibindi irabitwika [AMAFOTO]
12 November 2022, by Dusingizimana RemyUmutwe wa M23 wongeye guha isomo ingabo za Leta ya Congo,FARDC,aho wafashe ibikoresho byayo birimo imbunda, amasasu ndetse n’ibifaru ibindi irabitwika.
Amakuru aravuga ko ibifaru 4 bya FARDC byatwitswe birimo icyari cyafunze Rugari na Kibumba n’ikindi cyari cyafunze inzira yerekeza I Rwindi.
Nyuma y’imirwano ikaze yubuye kuri uyu wa gatanu ndetse no kuri uyu wa Gatandatu,M23 yagaragaye ifite ibikoresho bya FARDC ndetse yishe umusirikare mukuru wa Leta ya Congo, Lt Col Faustin Sengabo (…) -
Polisi y’u Rwanda yashyikirije ya mafaranga Umunyarwandakazi wayataye
23 November 2020, by Dusingizimana RemyPolisi y’u Rwanda uyu munsi yatangaje ko yashyikirije amafaranga yatoraguwe n’umupolisi wayo,hagafatwa umwanya wo kurangisha nyirayo.
-
Ba bakobwa bafunzwe bazira gukomeretsa bikabije mugenzi wabo bagabanyirijwe imyaka y’igifungo
9 November 2020, by Dusingizimana RemyAbakobwa batandatu ari bo, Nkamiro Zaina, Umulisa Gisèle, Umuhoza Connie, Umuhoza Rosine, Umutoni Hadidja, Uwimana Zainabu, n’umuhungu umwe bareganwa witwa Kamanzi Cyiza Cardinal baherukaga gukatirwa igifungo cy’imyaka 25 bashinjwa icyaha cy’ubwinjiracyaha bw’ubwicanyi bagabanyirijwe igihano kiba imyaka 15.
-
Abadepite bemeje umushinga w’ itegeko rirengera abakozi bamburwaga na rwiyemezamirimo
5 March 2018, by Nsanzimana ErnestNone tariki 5 Werurwe 2018, Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda umutwe w’ abadepite bemeje umushinga w’Itegeko rivuguruye rizagena iby’umurimo mu Rwanda, harimo gukemura birambye ikibazo cya ba rwiyemezamirimo bambura abo bakoresheje, ndetse n’ikibazo cy’umushahara fatizo utavugururwa.
Minisitiri w’ abakozi ba Leta n’ umurimo Rwangindo Kayirangwa Fanfan yabwiye abadepite ko mu itegeko rivuguruye rwiyemezamirimo azajya yishyurwa n’abamuhaye isoko ari uko amaze kugaragaza ko nawe yahembye (…) -
Ibyemezo by’ inama idasanzwe y’ abaminisitiri yo ku wa 16 Werurwe 2018
16 March 2018, by Nsanzimana ErnestNone ku wa Gatanu, tariki ya 16 Werurwe 2018, Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.
Inama y’Abaminisitiri yamenyeshejwe aho imyiteguro y’inama idasanzwe y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe iteganyijwe kubera mu Rwanda ku itariki ya 21 Werurwe 2018 igeze, ishima ko imyiteguro irimo kugenda neza, inzego zose zibishinzwe zirimo gukora ibyo zisabwa.
1. Inama y’Abaminisitiri yemeje imyanzuro y’Inama (…) -
Dr Kayumba asanga Perezida Nkurunziza nyuma y’ iyi manda aziyongeza ebyiri
29 October 2017, by Nsanzimana ErnestUmusesenguzi akaba n’ impuguke muri politiki Dr Kayumba Christopher yagaragaraje umuzi wo kuba kuvugurura itegeko nshinga muri Afurika biteza ikibazo gikomeye. Yanagaragaje ko aho bigana Perezida Pierre Nkurunziza izindi manda ebyiri arimo kuzikozaho imitwe y’ intoki
Imyaka ibiri irashize Abanyarwanda batoye itegeko nshinga rivuguruye nubwo bitavuzweho rumwe. Muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, umusesenguzi avuga ko Perezida Joseph Kabila arimo gukoresha iturufu yo kuvuga ko (…)
Umuryango.rw
M23 yafashe ibifaru n’imbunda za FARDC ibindi irabitwika [AMAFOTO]
Polisi y’u Rwanda yashyikirije ya mafaranga Umunyarwandakazi wayataye