Raporo yashyizwe ahagaragara kuri uyu wa 10 Ugushyingo 2018 na Guverinoma y’ u Rwanda na Banki y’ isi yerekanye inzira u Rwanda rugomba kunyuramo kugira ngo rugere ku cyerekezo 2050.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
U Rwanda rwabonye aho rusabwa gushyira imbaraga ngo rugere ku ntera y’ ibihugu byateye imbere
11 November 2018, by Nsanzimana Ernest -
J.Kagame yagarutse ku ihungabana rikomeye bamwe mu banyarwanda bahuye naryo mu 1994
18 September 2017, by Iyamuremye JanvierKuri uyu wa 18 Nzeri 2017 Madame Jeannette Kagame yatanze ikiganiro mu nteko rusange y’umuryango w’abibumbye ya 72, yakomeje kumibanire yaranze abanyarwanda nyuma ya Jenoide yakorewe Abatutsi mu 1994, anakomoza kuburyo abagore bafashwe ku ngufu bakanashinyagurirwa.
Iyi nama yitabiriwe na Perezida wa Republika Paul Kagame munsi w’ejo yarayoboye inama ya 14 ya komisiyo y’umuyoboro mugari wa internet.
Yanagarutse ku ihungabana rikomeye bamwe mu banyarwanda bahuye naryo, yasabye abari muri (…) -
Barafinda yavuze impamvu adaherekezwa n’ umugore we iyo agiye gutanga ibyangombwa kuri NEC
25 June 2017, by Nsanzimana ErnestBarafinda Ssekikubo Fred ni umugabo wubatse ufite abana 10, akaba n’ umwe muri batandatu batanze kandidatire zabo ku mwanya w’ umukuru w’ igihugu. Yatangaje impamvu inshuro zose yagaragaye kuri komisiyo y’ amatora adaherekejwe anavuga ukuntu umugore we amufasha mu rugendo rwo gutanga kandidatire
Inshuro zose Barafinda yagaragaye kuri komisiyo y’ igihugu y’ amatora (NEC) yabaga ari wenyine bitandukanye n’ abandi bakandida. Abandi bakandida bajyaga kuri komisiyo y’ igihugu y’ amatora gutanga (…) -
Stella Ford Mugabo wahoze ari Minisitiri yahawe inshingano nshya
27 November 2018, by Nsanzimana ErnestMadamu Stella Ford Mugabo, wahoze ari Minisitiri ushinzwe imirimo y’Inama y’Abaminisitiri yagizwe Umuyobozi w’ Ikirenga w’ Ishyirahamwe Nyarwanda rigamije Iterambere Rirambye, RISD.
-
Perezida Kagame nawe yasubije Michaëlle Jean ku rubanza rwa Diane Rwigara
12 November 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame kuri iki Cyumweru tariki 11 Ugushyingo 2018, ari I Paris yasubije Umunyamabanga Mukuru w’ Umuryango w’ ibihugu bikoresha ururimi rw’ Igifaransa Michaëlle Jean uherutse gutsindwa na Louise Mushikiwabo ko ‘ubutabera bw’ u Rwanda bwigenga’
-
Mu bakora uburaya 100, haba harimo 46 barwaye SIDA
6 December 2017, by Nsanzimana ErnestUbushakashatsi bwagaragaje ko ikigero cy’ Abanyarwanda banduye agakoko gatera SIDA kiri 3% ndetse ko hashize imyaka 10 iki kigero kidahinduka.
Imibare itangwa n’ ikigo cy’ igihugu cy’ ubuzima RBC igaragaza ko ikigero cy’ agakoko gatera SIDA mu bakora uburaya ari 45,5%.
Imibare igaragaza ko abagore ari bo benshi banduye SIDA, ndetse ko mu mugi wa Kigali ariho hagaragara abantu benshi banduye agakoko gatera SIDA.
Muri rusange abagabo banduye agakoko gatera SIDA ni 2,2% mu gihe abagore (…) -
Menya impamvu yatumye Mwiseneza Josiane yambikwa ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda mbere irushanwa ritararangira[AMAFOTO]
13 January 2019, by Martin MunezeroMwiseneza Josiane yambitswe ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda n’umusore uzwi ku izina rya Scott bitera benshi urujijo.
-
Uko ibikorwa by’amatora byagenze mu gihugu hose
4 August 2017, by Iyamuremye JanvierKuri uyu wa Gatanu tariki ya 04 Kanama 2017, Abanyarwanda baramukiye mu gikorwa cyo gutora Perezida wa Repubulika y’u Rwanda muri manda y’imyaka ndwi. Ni mu gihe hanze y’Igihugu baraye batoreye mu mahanga bagera ku bihumbi 44 362, wongeyeho abari butorere mu Rwanda bose hamwe ni 6 897 076.
Komisiyo y’amatora, NEC yatangaje ko Abagore batora ari 54% abagabo ni 46%, urubyiruko muri bo ni 45% .Mu Rwanda abatora baratorera kuri Site z’itora 2 340 zigizwe n’ibyumba by’itora 16 691.
Mu ijoro (…) -
Minisitiri w’Intebe yahawe amezi 6 yo gukemura ibibazo biri muri WASAC
9 November 2021, by Dusingizimana RemyInteko rusange y’umutwe w’abadepite yafashe umwanzuro wo gusaba Minisiteri y’Intebe kuvugurura imikorere n’imiterere y’ikigo cya WASAC bitarenze amezi 6 kubera ibibazo biri mu miyoborere ,imicungire n’imikoreshereze by’imari ya Leta bimeze igihe bikivugwamo.
Nkuko babitangaje mu butumwa banyujije kuri Twitter,abadepite basabye "Minisitiri w’Intebe kuvugurura bitarenze amezi 6 imiterere n’imikorere ya WASAC hagamijwe gukemura ibibazo by’imiyoborere, imicungire n’imikoreshereze y’imari (…) -
Leta yumvise amarira y’ abagenzi bibwa n’ abashyira amafaranga ku ikarita y’ urugendo Tap&Go
7 July 2018, by Nsanzimana ErnestAbagenzi batangiye kwinubura uburyo bukoreshwa mu kwishyura mu modoka rusange zikorera muri Kigali buzwi nka Tap&Go, bavuga ko basigaye bibwa kubera serivisi zitanoze, gusa ikigo ngenzura mikorere RURA kivuga ko ingeso yo kwiba abagenzi ikwiye gucika
Umuryango.rw
Minisitiri w’Intebe yahawe amezi 6 yo gukemura ibibazo biri muri WASAC