Polisi y’u Rwanda mu karere ka Nyarugenge ifunze abagabo batatu bakekwaho icyaha cy’ubwambuzi bwa Miliyoni sizaga 5 z’amafaranga y’u Rwanda bibye umucuruzi ufite iduka mu kagali ka Kiyovu, mu murenge wa Nyarugenge. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Mujyi wa Kigali, Superintendent of Police (SP) Emmanuel HITAYEZU yavuze ko abafungiwe iki cyaha ari IRADUKUNDA Sadi, NZEYIMANA Innocent na NYANDWI Alexis.
Yavuze ko kandi iperereza ry’ibanze rigaragaza ko ku wa gatanu tariki 10 z’uku kwezi (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Nyarugenge: Abantu 3 bakurikiranyweho ubwambuzi bw’asaga Miliyoni eshanu
13 November 2017, by Nsanzimana Ernest -
Twasuye APACE, ikigo cyizeho ba Knowless, Aline Gahongayire, Sankara, Christopher n’abandi
29 May 2019, by UbwanditsiKuri uyu wa kabili taliki 29 twasuye ikigo cya APACE kizeho ba cyizeho ba Knowless, Aline Gahongayire, Sankara, Christopher n’abandi ubuyobozi bw’ikigo butuganirira ku mateka yacyo ndetse n’ubuzima bwacyo kuri uyu munsi.
-
Umujyi wa Kigali ugiye gutangira gushyira amagare ahabugenewe abayakeneye bayakoreshe mu ngendo
26 May 2021, by Dusingizimana RemyMu Mujyi wa Kigali hagiye gushyirwaho ahantu hatandukanye hazajya haba hari amagare ku buryo umuntu ukeneye kujya mu gace runaka azajya arifata akaritwara akarisiga ahantu habugenewe.
-
Mpayimana Philippe wari umenyerewe nk’ umukandida wigenga yashinze ishyaka rya Politiki
4 November 2018, by Nsanzimana ErnestUmunyapolitiki Mpayimana Philippe wiyamamaje nk’ umukandida ku mwanya wa Perezida w’ u Rwanda ntatsinde, akiyamamariza ari umukandida wigenga mu matora y’ abadepite ntatsinde yashyinze ishyaka rya politiki avuga ko riharanira iterambere ry’ Abanyarwanda.
-
Mu marira n’agahinda ibihumbi by’abaturage muri Afurika y’epfo basezeye bwanyuma Winnie Madikizela-Mandela[AMAFOTO]
13 April 2018, by Martin MunezeroMu marira n’agahinda ibihumbi by’abaturage muri Afurika y’epfo basezeye bwanyuma Winnie Madikizela-Mandela wahoze ari umugore wa Nelson Mandela.
Winnie Madikizela-Mandela uyu mugore afatwa nk’intwari yamenyekanye muri afurika y’epfo mugihe iki gihugu cyari kirikurwana inkundura yo kuryanya ivanguraruhu muri iki gihugu.
Winnie yabaye umugore wa Nelson Mandela wabaye perezida wa mbere w’umwirabura wanarwanyije ubutegetsi bwa ba gashakabuhake (apartheid) muri afurika y’epfo.
Winnie (…) -
Rutsiro: Umugabo uherutse gutema inka z’umuturanyi we yatawe muri yombi
27 August 2019, by Dusingizimana RemyUrwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi umugabo witwa Nkinamubanzi Everiste ukekwaho gutema ibitsi inka eshatu z’umuturanyi we mu Murenge wa Mushubati mu Karere ka Rutsiro.
-
Gen. Muhoozi umuhungu wa Perezida Museveni ati ’bitwaye iki kuba Museveni yaba ari Umunyarwanda’
10 August 2020, by Martin MunezeroLt. Gen. Muhoozi Kainerugaba, umuhungu wa Yoweri Museveni uyoboye Uganda, yagarutse ku butumwa bwa se mu 1986 ubwo yari amaze gufata ubutegetsi, aho yibaza icyo byaba bitwaye aramutse ari Umunyarwanda.
-
Umunyarwanda wifuza gusura ingagi bizamusaba kwishyura amafaranga agera kuri 1,200,000
7 May 2017, by Nsanzimana ErnestAmafaranga Umunyarwanda ushaka gusura ingagi yishyuraga yavuye ku bihumbi 30 agera kuri miliyoni n’ ibihumbi 200 bivuze ko yikubye inshuro 40.
Kuri uyu wa 6 Gicurasi 2017 Ikigo cy’Igihugu cy’Iterambere (RDB) cyatangaje ko ikiguzi cy’ uruhushya rwo gusura ingagi, cyikubye kabiri aho cyavuye ku madolari 750 kigera ku 1500$ ku bantu bose kandi kigahita gitangira gukurikizwa.
Umuyobozi ushinzwe ibyanya byo mu Rwanda yabwiye Ikinyamakuru Umuryango ko ibyo biciro bishya bireba buri muntu wese (…) -
Abitwaje intwaro bongeye gutera Nyabimata muri Nyaruguru ingabo z’ u Rwanda zirabakurikira
2 July 2018, by Nsanzimana ErnestAbantu bataramenyekana bitwaje intwaro zirimo n’imbunda bongeye kugaba igitero mu murenge wa Nyabimata basahura amatungo, ibiribwa, imyenda n’amafaranga nyuma yo kurasa amasasu batera ubwoba abaturage.
-
Guverineri Gatabazi yasabye ko icyemezo cyafashwe n’ibitaro bya Ruhengeri kigateza impaka ndende cyakurwaho
2 January 2020, by Dusingizimana RemyGuverineri w’intara y’Amajyaruguru,Gatabazi JMV,yavuze ko icyemezo giherutse gufatwa n’ibitaro bya Ruhengeri cy’uko umurwayi wese azajya ahabwa serivisi yifuza aruko yishyuye amafaranga y’ingwate gikwiriye gukurwaho.
Umuryango.rw
Umujyi wa Kigali ugiye gutangira gushyira amagare ahabugenewe abayakeneye bayakoreshe mu ngendo
Gen. Muhoozi umuhungu wa Perezida Museveni ati ’bitwaye iki kuba Museveni yaba ari Umunyarwanda’