Uwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza,Boris Johnson yavuze ko iki aricyo gihe kugira ngo Ukraine ihabwe icyo ikeneye cyose kugira ngo itsinze Uburusiya bwayigabyeho ibitero mu mezi 11 ashize.
Bwana Boris Johnson yabivuze nyuma y’aho Perezida wa Ukraine,Zelensky,asuye Ubwongereza akabusaba indege z’intambara yise amababa y’ubwigenge.
Perezida Zelensky yasuye bitunguranye UK ndetse anagirana ibiganiro n’inteko ishinga amategeko aho yavuze ko gutsinda Uburusiya azaba ari intsinzi (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
"Ukraine nihabwe ibyo ikeneye byose irangize akazi"-Boris Johnson
9 February 2023, by Dusingizimana Remy -
Igikombe cy’Intwali 2019 APR FC yatsinze Rayon, umva uko Rujugiro yishongoye kuri Rwarutabura
5 February 2019, by UbwanditsiMu mukino wari bwemeze utwara igikombe cy’Intwali wabaye taliki 1/2/2019 ku munsi w’Intwali wahuje Rayon Sport na APR FC ukarangira APR itsinze Rayo 1-0, Rujugiro umufana ukomeye wa APR yishongoye cyane kuri Rwarutabura.
-
NEC yakiriye kandidatire ya Diane Rwigara
20 June 2017, by Nsanzimana ErnestKu gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri tariki 20 Kamena komisiyo y’ igihugu y’ amatora NEC yakiriye ibyangombwa bya Diane Shimwa Rwigara ushaka kwiyamamariza kuyobora Abanyarwanda.
Ku isaha ya saa cyenda zibura iminota mike nibwo Diane Rwigara yageze kuri komisiyo y’ igihugu y’ amatora aherekejwe n’ abantu benshi bari muri coaster.
Uyu mukobwa w’ umuherwe Nyakwigendera Assinapol Rwigara yari kumwe n’ abarinzi be.
Bitandukanye n’ abamubanjirije gutanga kandidatire ku mwanya wa Perezida w’ (…) -
Karongi : Inka yari yibwe yasanzwe iziritse ku buriri bwo mu cyumba cya Mbarushimana ukekwaho kuyiba
4 November 2019, by Dusingizimana RemyUmugabo witwa Mbarushimana Francois utuye mu Mudugudu wa Tariro, Akagali ka Muhororo mu Murenge wa Murambi, mu Karere ka Karongi yemereye abaturage ko ari umujura nyuma yo kumufatana inka yari yabuze iziritse mu cyumba araramo.
-
’Ibibazo by’ ibirayi ntibikeneye abaterankunga ’ Minisitiri Shyaka
25 November 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ Ubutegetsi bw’ Igihugu Prof Shyaka Anastase yizeje abatuye Nyabihu, Musanze na Rubavu ko ibibazo biri mu birayi bigiye gukemuka vuba.
-
Louise Mushikiwabo atorewe kuyobora OIF ku bwiganze bw’ amajwi
12 October 2018, by Nsanzimana ErnestUmunyarwandakazi Louise MUSHIKIWABO niwe utorewe kuyobora umuryango w’iihugu bikoresha igifaransa kuri uyu wa 12 Ukwakira 2018.
-
‘U Rwanda ntabwo turi ingunguru hari ikiturimo’ Perezida Kagame
27 October 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yavuze u Rwanda atari ingunguru zirimo ubusa birangwa n’ urusaku gusa ko ahubwo rufite indangagaciro ziranga abaturage barwo.
-
Nyarugenge: Visi Meya ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage arafunze, yari amaze iminsi yitaba RIB
6 March 2019, by UbwanditsiNdayisenga Jean Marie Vianey , Visi Meya Ushinzwe Imibereho Myiza mu Karere ka Nyarugenge / Foto: Igihe
Kuri uyu mugoroba wo kuwa kabili taliki 5/3/2019 Umuryango wamenye amakuru ko RIB yataye muri yombi Umuyobozi w’Akarere ka Nyarugenge Ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage Ndayisenga Jean Marie Vianey akurikiranweho ibyaha kugeza ubu tutarabasha kumenya.
-
‘Nagize ngo hari undi wabikoze. Ibisubizo nk’ ibyo njye ndabyumva bikandwaza’ Perezida Kagame
28 March 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yakebuye abayobozi b’ u Rwanda birengagiza inshingano zabo bakigira ba ntibindeba abibutsa ko bakwiye gutekereza cyane kurenza abaturage bayoboye mu gushakira ibisubizo ibibazo u Rwanda rufite.
Umukuru w’ igihugu yabivuze ubwo yaganirizaga abayobozi bo mu nzego z’ ibanze bari mu mwiherero wabo kuri uyu wa Gatatu tariki 28 Werurwe 2018.
Yagize ati “Abayobozi tugomba gutekereza uko dukorera abaturage bacu. Ntabwo abayobozi baberaho kwirebaho. Iyo uri (…) -
Imashini zo mu ruganda rwa Rwigara zatejwe cyamunara kuri miliyari 1 na miliyoni 700
18 June 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa Mbere tariki 18 Kamena 2018, umuhesha w’ inkiko w’ umwuga yagurishije imashini zikora itabi zo mu ruganda Primier Tobacco Company Ltd rw’ umuryango wa Rwigara zigurwa n’ Ikigo cyitwa MM & RGD Company Ltd gihagarariwe na Olivier Udahemuka kuri miliyari imwe na miliyoni 797 Frw.
Umuryango.rw
"Ukraine nihabwe ibyo ikeneye byose irangize akazi"-Boris Johnson