Ku kigamunsi cyo kuri uyu wa Kane abakuru b’ ibihugu batandukanye bakiriwe ku kibuga cy’ indege I Kanombe; bategereje kwitabira ibirori byo kurahira kwa mugenzi wabo Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame. Ibyo birori biteganyijwe kuri uyu wa Gatanu tariki 18 Kanama 2017.
Perezida wa Zambia Edgar Lungu yakiriwe na Minisitiri ushinzwe ibikorwa by’ inama y’ abaminisitiri Stella Ford Mugabo
Benjamin Mkapa wahoze ari Perezida wa Tanzania ni umwe mu banyacyubahiro bitabiriye umuhango w’ irahira rya (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Abakuru b’ ibihugu bitabiriye irahira rya Perezida Kagame batangiye kugera mu Rwanda [AMAFOTO]
17 August 2017, by Nsanzimana Ernest -
Perezida Kagame yashyizeho abayobozi bashya mu nzego nkuru z’igihugu zitandukanye
14 October 2021, by Dusingizimana RemyPerezida w’u Rwanda Paul Kagame yashyizeho abayobozi bashya mu nzego nkuru z’igihugu aho Alex Kamuhire yagizwe Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta asimbuye Obadiah Biraro.
Obadiah Biraro wasimbuwe kuri uyu mwanya yagizwe Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta muri Kamena 2011. Mu 2016 Inama y’Abaminisitiri yamwongereye manda y’imyaka itanu nyuma yo kurangiza imyaka itanu igenwa n’itegeko.
Izi mpinduka zikubiye mu byemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 13 Ukwakira 2021 iyobowe na (…) -
Uko byifashe ku isi: Muri Espagne Covid-19 yishe abantu 812 mu masaha 24
30 March 2020, by Dusingizimana RemyKugeza ubu ku isi harabarurwa abantu barenga ibihumbi 735.000 banduye Covid-19, abo imaze guhitana muri bo bararenga 34.000 naho abayikize bararenga 156.000 nk’uko bivugwa na kaminuza y’ubushakashatsi ya Johns Hopkins.
-
Nyirasafari, Mukabalisa, Nsanzabaganwa na Rose Mary Mbabazi bagiriye inama abasore n’ inkumi [AMAFOTO]
11 October 2018, by Nsanzimana ErnestMu Kinyarwanda baravuga ngo, “Ugira umugira inama aba agira Imana”, hari byinshi mwigira kuri twe dushinzwe kubagira inama, aya ni amagambo yavuzwe na Perezida w’ umutwe w’ abadepite akaba n’ umwe mu bahaye impanuro urubyiruko mu kiganiro cyabereye mu nteko ishinga amategeko y’ u Rwanda.
-
Nkosazana wayoboye Komisiyo ya AU ari mu Rwanda
29 August 2018, by Nsanzimana ErnestDr Nkosazana Dlamini Zuma wahoze Umuyobozi wa Komisiyo y’ Umuryango w’ Afurika yunze ubumwe ubu akana ari Minisitiri w’ igenamigambi no gukirikirana ibikorwa muri w’Afurika y’Epfo niwe uyoboye itsinda ry’ Abanyafurikayepfo bari mu rugendo rushuri mu Rwanda.
-
PSD yatangaje ko mu matora ya Perezida izashyigikira Paul Kagame
3 June 2017, by Nsanzimana ErnestAbarwanashyaka b’ ishyaka riharanira Demukarasi n’ imiyoborere PSD, batangaje ko mu matora ya Perezida wa Repubulika ateganyijwe muri Kanama uyu mwaka, bazashyigikira Paul Kagame
Uyu ni umwanzuro wafatiwe mu nama ya biro politiki ya PSD yateranye mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki 3 Kamena 2017.
Uyu mwanzuro watangarijwe mu birori byo kwizihiza isabukuru y’ imyaka 25, ishize ishyaka PSD rishinzwe.
Dr Vincent Biruta Minisitiri w’ umutungo kamere akaba na Perezida wa PSD yavuze (…) -
Perezida Kagame yavuze ukuntu bamwe mu bayobozi bajya bamutenguha n’ impamvu bihanganirwa
25 June 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yavuze ko bamwe mu bayobozi bamutenguha ntibakore ibyo bemeye ko bagiye gukora, nyamara ntibirukanwe kuko batakwirukanwa bose ngo babone ababasimbura.
Ibi umukuru w’ igihugu yabitangaje kuri iki Cyumweru tariki 25 Kamena 2017, mu kiganiro yahaye Radio na televiziyo by’ igihugu.
Ni ikiganiro cyagarutse ku bintu bitandukanye bireba ubuzima bw’ igihugu n’ abagituye.
Muri iki kiganiro Umunyamakuru yafatiye ku gake cy’ imbwirwaruhame Perezida Kagame yavuze (…) -
KIGALI:Abashoferi bahawe amakarita akoze mu buryo bw’ikoranabuhanga azanjya agaragaza imyitwarire yabo ku bagenzi
1 June 2017, by Martin MunezeroMinisitiri w’Urubyiruko n’Ikoranabuhanga, Jean Philbert Nsengimana n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwa Remezo ushinzwe gutwara abantu n’ibintu, Dr. Nzahabwanimana Alexis, batangije uburyo bwo kugenzura abashoferi batwara abagenzi hakoreshejwe amakarita.
Ubu buryo bwashyizweho n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Kugenzura Imirimo Imwe n’Imwe ifitiye Igihugu akamaro (RURA), bwatangijwe kuri uyu wa 31 Gicurasi 2017, buzajya butuma hamenyekana imyitwarire itari myiza y’umushoferi. (…) -
Ngoma: Prof. Karuranga yagizwe umwere ku byaha byo "guhombya" Kaminuza ya INATEK yari ayoboye
18 April 2021, by UbwanditsiProf. Karuraranga Gahima Egide wahoze ari umuyobozi wa kaminuza ya Kibungo INATEK ( YAFUNZWE ) wari umaze amezi 9 muri Gereza ya Nyarugenge kuri uyu wa gatanu tariki ya 16 Mata 2021 urukiko rwisumbuye rwa Ngoma rwamugize umwere ku byaha byose yari akurikiranyweho n’ubushinjacyaha ahita arekurwa.
Prof. Karuranga Gahima Egide muri Nyakanga 2020 Urwego rw’ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko rwamutaye muri yombi. Haakaba hari hashize hafi ukwezi Minisiteri y’Uburezi ifashe icyemezo cyo gufunga (…) -
‘Imyemerere yagumisha Afurika aho imaze imyaka 100 ntabwo ari raporo twazageza ku Mana’ Minisitiri Busingye
15 September 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ Ubutabera w’ u Rwanda Johnston Busingye asanga amadini menshi atari ikibazo muri Afurika ahubwo ikibazo ari amadini yigisha Abanyafurika imyizerere irimo ubuyobe
Umuryango.rw
Perezida Kagame yashyizeho abayobozi bashya mu nzego nkuru z’igihugu zitandukanye