Kuri Uyu wa Gatanu tariki ya 30 Ukwakira 2020,Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakiriye imihigo y’abayobozi b’Uturere ndetse hanatangazwa uko uturere twitwaye mu kwezi imihigo muri 2019-2020.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Akarere ka Nyaruguru kabaye aka mbere mu kwesa imihigo mu gihe Rusizi yabaye iya nyuma
30 October 2020, by Dusingizimana Remy -
Ukekwaho kwica Dr Dusabe wari umuganga muri KFH yatawe muri yombi
9 January 2018, by Nsanzimana ErnestAmbasade y’ u Rwanda muri Afurika y’ Epfo yatangaje ko Polisi yo muri Afurika y’Epfo yataye muri yombi umwe mu bakekwaho kugira uruhare mu rupfu rwa Dr Dusabe Raymond, Umunyarwanda rukumbi wari ufite ubuhanga mu kuvura kanseri ifata imyanya myibarukiro y’umugore.
Mu gitondo cyo kuwa Mbere nibwo umurambo wa Dr Dusabe wari mu biruhuko mu Mujyi wa Cape Town wasanzwe mu nzu yari acumbitsemo, umaze gushenguka bigaragara ko yari amaze igihe yishwe atewe ibyuma.
Ambasaderi w’u Rwanda muri (…) -
Nyabihu: Polisi yafatiye mu tubari abantu 50, bamwe bashaka kuyirwanya
22 December 2020, by Dusingizimana RemyMu mpera z’iki cyumweru tariki ya 19 na 20 Ukuboza, Polisi ikorera mu Karere ka Nyabihu mu murenge wa Jenda ifatanije n’abayobozi mu nzego z’ibanze, bafatiye mu tubari tubiri abantu 50 barimo kunywa inzoga. Bamwe muri aba bantu bafatiwe mu Murenge wa Jenda mu tugari twa Nyirakigugu n’Akagari ka Kabatezi bagerageje kurwanya abapolisi.
-
Mu mafoto reba uburanga budasanzwe bw’abakobwa mutigeze mumenya bahataniye ikamba rya Miss Rwanda na Mwiseneza Josiane[AMAFOTO]
14 January 2019, by Martin MunezeroAbakobwa bazatoranywamo Nyampinga w’u Rwanda basangiye ifunguro rya mbere ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru, tariki ya 13 Mutarama 2018 mu mwiherero w’ibyumweru bibiri bari gukorera mu Mujyi wa Nyamata.
-
Umubano w’u Burundi n’u Rwanda ugiye kuganirwaho
30 January 2019, by Martin MunezeroUmubano w’u Rwanda n’u Burundi ni imwe mu ngingo byitezwe ko izaganirwaho mu nama y’abakuru b’ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, EAC iteganyijwe ku wa Gatanu tariki ya 1 Gashyantare, i Arusha muri Tanzania.
-
I Goma hagaragaye umupasiteri urwaye icyorezo cya Ebola
15 July 2019, by Dusingizimana RemyUbutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo bwamenyesheje ko bwa mbere habonetse umurwayi ufite Ebola mu mujyi wa Goma utuwe n’abantu barenga miliyoni, ukaba uhana imbibi n’umujyi wa Gisenyi mu burengerazuba bw’u Rwanda.
-
Uko bimwe mu bigo bya Leta bikomeye byagiye bivanwa mu mujyi wa Kigali bikimurirwa mu ntara
31 July 2019, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’ibikorwa remezo, Gatete Claver, yabwiye abanyamakuru kuri uyu wa Kabiri taliki ya 30 Nyakanga 2019 ko bagiye kwimura bimwe mu bigo bya Leta bitandukanye kugira ngo bifashe indi mijyi n’uturere gutera imbere ndetse bifashe muri gahunda yo kunoza serivisi.
-
Perezida Kagame yahishuye ko hari abagambanira u Rwanda ngo rwamburwe inkunga
3 April 2023, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yavuze ko hari abasaba ko u Rwanda ruhagarikirwa inkunga kuko hari imyanzuro rwafashe ndetse avuga ko Abanyarwanda badakwiye gukora nk’abandi mu buryo busanzwe kuko bafite ibibazo bitandukanye n’ibyabo
Ibi Perezida Kagame yabitangarije mu nama Nkuru y’Umuryango wa FPR Inkotanyi yahuriranye n’isabukuru yayo y’imyaka 35, kuri iki Cyumweru, tariki ya 2 Mata 2023.
Perezida Kagame yavuze ko Abanyarwanda bakwiriye gukora mu buryo budasanzwe ku buryo n’ugushakamo ikibazo (…) -
Mushikiwabo yavuze impamvu agiye kwiyamamariza kuyobora Francophonie kandi u Rwanda rukoresha Icyongereza cyane
24 May 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ Ububanyi n’ amahanga n’ Umuryango w’ Afurika y’ Iburasirazuba Mme Louise Mushikiwabo yavuze ko kuba agiye kwimamariza kuyobora Umuryango w’ ibihugu bikoresha Igifaransa nta kibazo kirimo n’ ubwo Abanyarwanda benshi bakoresha cyane Icyongereza.
-
Ntabwo nifuza umpa icyo ndarira ahubwo nifuza umpa uburyo bwo kwiha icyo ndarira-Kagame
1 August 2017, by Iyamuremye JanvierPaul Kagame yiyamamarije mu Murenge wa Rutare ku mpinga y’umusozi ku kibuga cy’umupira cya Rambura mu karere ka Gicumbi, yavuze ko atemera abantu babaza abanyarwanda icyo barariye, ngo mu Rwanda ibyo ntibigikora
Muri aka karere ahakomereje ibikorwa bye byo kwiyamamaza. Yakiranywe urukundo rwinshi n’abaturage bari bamutegereje kuva mu gitondo cya kare cyo kuri uyu wa kabiri tariki ya 1 Kanama 2017.
Yagize ati “Ntabwo twagera kure tutari kumwe, kandi tutagendera kuri politike nziza (…)
Umuryango.rw
Perezida Kagame yahishuye ko hari abagambanira u Rwanda ngo rwamburwe inkunga