Nyuma y’uko Polisi y’u Rwanda igaragaje ko umuryango wa Rwigara barimo Diane Rwigara, Anne Rwigara n’umubyeyi wabo Adeline Rwigara badafunze; bamwe mu bavugiraga uyu muryango barimo n’umubiligi batangiye gusaba imbabazi.
Ubwo hatangiraga gucicikana ko Diane Rwigara afunze bamwe bifashishije imbuga nkoranyambaga na mpuzabantu basaba Leta y’u Rwanda gufungura uyu mukobwa wahimbye ikinyoma kigakwira muri rubanda.
Bamwe batangiye kuvuga banandika ko ibiri gukorerwa uyu muryango biri guhuzwa (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Umubiligi wavugiraga Diane Rwigara yasabye imbabazi
5 September 2017, by Iyamuremye Janvier -
Barafinda ngo dosiye ye yitiranyijwe n’ iya Diane Rwigara, akavuga ko agitegereje igisubizo cye
10 July 2017, by Nsanzimana ErnestBarafinda Ssekikubo Fred umwe mu bari batanze kandi kandidatire ku mwanya wa Perezida wa Repubulika utaragaragaye ku rutonde ndakuka rw’ abemerewe kwiyamamaza aravuga ko Komisiyo y’ amatora yamuhaye igisubizo kitari icye.
Mu kiganiro yagiranye n’ Umuryango kuri iki cyumweru tariki 9 Nyakanga yadutangarije ko igisubizo yahawe ari icya Diane Shima Rwigara nawe utaragaye ku rutonde ndakuka rw’ abemerewe kwiyamamaza.
Uyu mugabo aravuga ku wa Mbere tariki 10 arageza kuri NEC ubujurire bwe (…) -
M23 iri mu burasirazuba bwa congo(RDC) yaburiwe igisubizo
13 April 2022, by Joseph IradukundaMu ibanga rikomeye, abategetsi bo mu bihugu bigize umuryango wa afurika y’iburasirazuba EAC, baganiriye ku kibazo cy’umutwe wa M23 bivugwa ko umaze kwigarurira igice kinini mu burasirazuba bwa Congo Kinshasa.
-
Amatora ya Perezida wa Repubulika ntabwo azatwara miliyari 5 nk’ uko byari byatangajwe mbere
25 May 2017, by Nsanzimana ErnestAmatora ya Perezida wa Repubulika ateganyijwe muri Kanama 2017 azatwara miliyari 6 na miliyoni 600 zisaga aho kuba miliyari 5 nk’ uko byari byatangajwe.
Ibi komisiyo y’ amatora yabitangaje kuri uyu wa Kane tariki 25 Gicurasi 2017 mu kiganiro yagiranye n’ abanyamakuru.
Perezida wa Komisiyo y’ amatora Prof. Kalisa Mbanda yabwiye abanyamakuru ko imyiteguro y’ amatora ya Perezida igeze kure aho yavuze ko igeze ku kigero cya 90%.
Uretse impinduka ku ngengo y’ imari izakoreshwa muri ayo (…) -
Imwe muri za Nkura u Rwanda ruherutse kuzana yivuganye inzobere mu kwita ku nyamaswa
8 June 2017, by Nsanzimana ErnestKrisztián Gyöngyi wari inzobere mu kwita ku butaka, ikirere, amazi, inyamaswa, n’ ibimera yaguye muri pariki y’ Akagera yishwe n’ inkura kuri uyu wa Gatatu tariki 7 Kamena 2017.
Nk’ uko bigaragara mu itangazo ryashyizwe ahagaragara n’ Ubuyobozi bw’Ikigo ‘African Parks’ gicunga Pariki y’Igihugu y’Akagera Gyöngyi yagize uruhare rugaragara mu gikorwa cyo kugarura mu Rwanda inkura zirabura zari zimaze imyaka 10 zicitse burundu mu gihugu. Iyi nkura yamwishwe ejo mu gitondo ubwo yari mu kazi ko (…) -
Gisa wubatse Kigali Convention Center mu ibumba yayitambagijwe ari kumwe n’ ababyeyi be (AMAFOTO)
10 July 2017, by Martin MunezeroNyuma y’uko umwana w’umuhungu witwa Gisa Gakwisi abumbye inyubako ya Kigali Convention Center ndetse na Hoteli yayo izwi nka Radisson Blue, uyu mwana yatemberejwe muri izi nyubako hamwe n’ababyeyi be hanyuma hanatangazwa ko uyu mwana agiye kugera ku ntera ihambaye, kuko hagiye kujya haba amarushanwa yamwitiriwe. Mu minsi ishize nibwo ubuyobozi bwa Kigali Convention Center na Raddison Blue Hotel bwatangaje ko bushaka kubonana n’umwana wabumbye inyubako yabo akoresheje ibumba, ibyo bikaba (…)
-
Ingendo za Perezida Kagame mu bihugu bya Francophonie zivuze iki?
13 April 2022, by Joseph IradukundaPerezida Kagame yasoje uruzinduko rwe yagiriraga muri Congo Brazaville yatangiye ku wa Mbere w’iki Cyumweru tariki ya 11 mata 2022.
-
Gen. Abel Kandiho ufatwa nk’Ihwa’ mu mubano w’U Rwanda na Uganda yagumye mu nzego z’umutekano? Amaherezo azaba ayahe ?
9 February 2022, by NIYIGABA DC CLEMENTMaj. General Kandiho yakunze gushyirwa mu majwi nk’utiza umurindi ibikorwa by’iyicarubozo rikorerwa Abanyarwanda ku butaka bwa Uganda. Kandiho yanagarutsweho mu birebana n’Abanyarwanda bashaka guhungabanya ubutegetsi bw’u Rwanda banyuze mu mitwe y’iterabwoba n’abagiye bafatwa bari gutegura iyi migambi mibisha barabyemeje
-
Debonheur wasimbujwe Minisitiri Kamayirese ngo Perezida Kagame aracyamufitiye icyizere
22 October 2018, by Nsanzimana ErnestDebonheur Jean d’ Arc wari Minisitiri w’ Ibiza no gucyura impunzi yavuze ko Minisitiri Germaine Kamayirese wagizwe Minisitiri w’ Ubutabazi arinayo Minisiteri yasimbuye MIDMAR yari umuvandimwe akaba n’ umujyanama we yongeraho ko Perezida Kagame akimufitiye icyizere nubwo yamusimbuje.
-
Jeremie Sinamenye uyobora Akarere ka Rubavu yafunguwe
1 August 2017, by Iyamuremye JanvierUmuyobozi w’Akarere ka Rubavu Sinamenye Jeremie wari ufunze guhera tariki 21 Nyakanga 2017, yamaze kurekurwa n’inzego z’ubutabera, nyuma yo gufungwa azira kubangamira uburenganzira bw’abiyamamaza.
Byari biteganyijwe kuri uyu wa Kabiri tariki ya 01 Kanama 2017 aburana ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo ariko ntiyigeze agera ku rukiko.
Jeremie yafunzwe yuma y’amasaha make, Mpayimana Philippe umukandida wigenga wiyamamariza kuyobora u Rwanda, avuye kwiyamamariza mu Karere ka Rubavu.
Inkuru (…)
Umuryango.rw
M23 iri mu burasirazuba bwa congo(RDC) yaburiwe igisubizo
Ingendo za Perezida Kagame mu bihugu bya Francophonie zivuze iki?
Gen. Abel Kandiho ufatwa nk’Ihwa’ mu mubano w’U Rwanda na Uganda yagumye mu nzego z’umutekano? Amaherezo azaba ayahe ?