Kuri uyu wa Gatanu nibwo hari hateganyijwe Inama y’abakuru b’ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) yagombaga kubera Arusha muri Tanzania, ntiyabaye ahubwo yimuriwe mu mpera z’uyu mwaka kuko Perezida w’u Burundi yanze kwitabira, ntanohereze intumwa.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Inama ya Abaperezida b’ Umuryango wa Afurika y’ Iburasirazuba yasubitswe bitunguranye
30 November 2018, by Nsanzimana Ernest -
‘Imikoranire yacu na Banki y’Isi ni iyo gushimwa’ Perezida Kagame
9 November 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yatangaje ko ashimishijwe n’ubufatanye bukomeje kuranga u Rwanda na Bank y’Isi mu gushaka icyateza u Rwanda binyuze mu guteza imbere ubushabitsi.
-
Polisi irizihiza imyaka 17 imaze: Umwe mu bayobozi bayo bakuru yavanye umuturage mu gihirahiro binkora ku mutima-Ubuhamya
16 June 2017, by UbwanditsiAbapolisi bashoje ikiciro cy’amasomo bari bategereje kwinjizwa mu kiciro cya ba Ofisiye/ Foto: Kigali Today
Ku basomyi b’ikinyamakuru Umuryango, nagira ngo mbasangize bumwe mu buhamya bwankoze ku mutima ubwo nari kuri Polisi I Remera ahakorera ubuyobozi bwa Polisi mu Umujyi wa Kigali.
Nagiye ku cyicaro cya Polisi mu Mujyi wa Kigali giherereye i Remera. Dosiye yari injyanye ntiyari butinde kwari ukuyoboza serivisi nifuza n’ibyo nsabwa kuzuza.
Manuka kuri etage ya mbere aho abayobozi (…) -
Dr Anita Asiimwe wigeze kuba umunyamabanga wa Leta muri MINISANTE yahawe umwanya muri ECD
5 October 2017, by Nsanzimana ErnestDr Anita Asiimwe wigeze kuba umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ ubuzima ashinzwe ubuvuzi rusange n’ ubuvuzi bw’ ibanze yagizwe umuhuzabikorwa wa Gahunda y’ igihugu yo kwita ku mikurire y’ umwana ukiri muto.
Nk’ uko bigaragara mu itangazo ry’ ibyemezo by’ inama y’ abaminisitiri yateranye kuri uyu wa 4 Ukwakira Dr Anita Asiimwe ni umwe mu bahawe inshinmgano nshya.
Dr Anita Asiimwe yize ibijyanye n’ ubuvuzi rusanye muri Kaminuza ya Dundee mu gihugu cy’ Ubwongereza. Muri 2008-2011 (…) -
Huye: Perezida wa Sena yatashye umudugudu w’ ikitegererezo uzatuzwa imiryango 20
30 September 2017, by Iyamuremye JanvierPerezida wa Sena y’ U Rwanda, Makuza Bernard, ubwo yatahaga ku mugaragaro umudugudu w’ ikitegererezo mu karere ka Huye, umudugudu wubatse mu murenge wa Simbi mu kagari ka Kabusanza, yibukije ababubakiwe izi nzu ndetse n’ abanyarwanda muri rusange ko bagomba kumva ko n’ abo ibyiza bibagenewe ntibumve ko hari abandi bigenewe bo batabikwiye.
Igikorwa cy’umuganda rusange harimwa ahazahingwa ubwatsi bw’ inka zizahabwa abatuye muri uyu midugudu, ni cyo cyahujwe no gutaha inzu eshanu ziwugize. (…) -
Nyanza:Umumotari yagonganye n’ikamyo ahita ahasiga ubuzima
26 October 2019, by Dusingizimana RemyUmumotari witwa Hamisi Semacoko wakoreraga akazi ahitwa I Mugandamure mu karere ka Nyanza yagonganye n’ikamyo ubwo yari arenze gato ahitwa kwa Hadji ubwo yageragezaga gukwepa umunyegare bari bashoreranye wari umwinjiranye mu muhanda ngo atamugonga.
-
Ibihumbi 3 bavuye IWAWA barongera baba inzererezi, igisubizo kitezwe kuri Tabara Mubyeyi
12 June 2018, by Nsanzimana ErnestAbantu basezerwa mu bigo ngororamuco bagera hanze bamwe bagasubira mu buzererezi no mugukoresha ibiyobyabwenge bitewe n’ uko bakirwa iyo basubiye iwabo. Leta y’ u Rwanda iki kibazo yaragihagurukiye inashyiraho amatsinda yo kugishakira umuti yiswe Tabara Mubyeyi(TAMU).
-
U Rwanda rwahawe inkunga ya miliyari 55.5 FRW na EU yo kurufasha guhangana n’ingaruka za COVID-19
8 June 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Mbere tariki ya 8 Kamena 2020, Leta y’u Rwanda yasinyanye n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU), amasezerano y’inkunga ya miririyari zigera kuri 55.5 z’amafaranga y’u Rwanda (miriyoni 52 z’Amayero).
-
Sobanukirwa byimbitse uko Abimukira bazaturuka mu Bwongereza bazabaho bageze mu Rwanda
14 April 2022, by Rebecca UFITAMAHOROKuri uyu wa Kane taliki ya 14 Mata 2022, Guverinoma y’u Rwanda, yashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye n’u Bwongereza mu bijyanye no gukemura ikibazo cy’abimukira giherewe mu mizi, biciye mu guhangana n’ubusumbane mu mahirwe aboneka, butuma abimukira bahunga ibihugu byabo.
-
Kera Abanyarwanda babyinaga amahoro n’ iterambere bidahari- Kangwagye
23 April 2018, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi mu Rwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) Ushinzwe Imitwe ya Politiki n’Imiryango Itari iya Leta, Justus Kangwagye, yavuze ko mu myaka ya 1980 Abanyarwanda baririmbaga amahoro n’ iterambere nyamara ngo mu by’ ukuri ntabyo bari bafite, avuga ko amahoro ahera mu ndangagaciro.
Umuryango.rw
Huye: Perezida wa Sena yatashye umudugudu w’ ikitegererezo uzatuzwa imiryango 20
Sobanukirwa byimbitse uko Abimukira bazaturuka mu Bwongereza bazabaho bageze mu Rwanda