Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 09 Ukwakira 2020, itsinda ry’abapolisi 176 riyobowe na Chief Superintendent Carlos Kabayiza, ryagiye mu butumwa bwo kubungabunga amahoro muri Sudani y’Epfo.Aba bapolisi oherejwe gusimbura abandi bapolisi b’u Rwanda bari bamazeyo amezi 18.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Abapolisi b’u Rwanda 176 berekeje mu butumwa bw’amahoro muri Sudani y’Epfo
9 October 2020, by Dusingizimana Remy -
Abakobwa bahataniye ikamba rya Miss Rwanda barijijwe n’ibyo baboneye mu Rwibutso rwa Gisozi[AMAFOTO]
19 January 2019, by Martin MunezeroKuri uyu wa gatandatu, abakobwa 20 bari mu mwiherero utegura umunsi wa nyuma wa Miss Rwanda basuye urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi ruherereye ku Gisozi mu mujyi wa Kigali.
-
Bamwe mu bafungiwe muri za Kasho zitandukanye bagiye kurekurwa kubera Coronavirus
2 April 2020, by Dusingizimana RemyUmushinjacyaha Mukuru,Havugiyaremye Aimable, yandikiye ibaruwa abashinjacyaha bakuriye inzego zitandukanye z’ubushinjacyaha abasaba gukora urutonde rw’abafungiwe muri kasho bazira ibyaha bitabangamira umuryango nyarwanda bakarekurwa n’abandi baguma muri za kasho kubera ibyaha bikomeye bakoze.
-
Clare Akamanzi uyobora RDB yahawe impamyabumenyi y’ikirenga y’icyubahiro
8 June 2018Umuyobozi mukuru w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Iterambere (RDB), Clare Akamanzi, ari mu bantu 11 kaminuza yo muri Canada, Concordia University, yageneye impamyabumenyi y’ikirenga y’icyubahiro (PHD).
-
"Umutekano w’u Rwanda urarinzwe"-Minisitiri w’Umutekano Gasana I Rubavu
16 June 2022, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Umutekano mu Rwanda,Gasana Alfred,yatangaje ko umutekano w’u Rwanda urinzwe nyuma y’imyigaragambyo ikozwe n’Abakongomani ku mupaka urutandukanya na RDC.
Mu kiganiro n’Itangazamakuru mu karere ka Rubavu,Minisitiri Gasana Alfred yavuze ko umutekano w’u Rwanda urinzwe ndetse abanyarwanda bakwiriye kwima amatwi abari hanze y’u Rwanda.
inisitiri w’Umutekano Gasana Alfred yasabye Abanyarwanda kandi kwima amatwi abashaka gushora u Rwanda mu bibazo byabo no kudakora nk’uko bakora. (…) -
Egide wari gitifu wa Nyaruguru akanyamuneza ni kose nyuma yo gufungurwa by’ agateganyo
22 June 2017, by Nsanzimana ErnestUmuryango wa Egide Kayitasire uri mu byishimo watewe no kuba urukiko rw’ ibanze rwa Kibeho rwategetse ko afungurwa by’ agateganyo.
Ku isaha ya saa munani kuri uyu wa Kane tariki 22 Kamena nibwo urukiko rw’ ibanze rwa Kibeho rwategetse ko Egide Kayitasire wahoze ari umunyamabanga nshingwabikorwa w’ Akarere ka Nyaruguru afungurwa by’ agateganyo.
Ni nyuma y’ aho mu minsi ishize Kayitare yari yitabye uru rukiko aburanishwa ku ifungwa n’ ifungurwa ry’ agateganyo mbere y’ uko urubanza (…) -
RIB yatangaje ko wa munyamakuru wa Radio na TV 1 waburiwe irengero ashobora kuba yaragiye muri Uganda
23 July 2019, by Dusingizimana RemyUmuyobozi mukuru w’urwego rushinzwe ubugenzacyaha mu Rwanda,RIB, Col Jeannot Ruhunga yatangaje ko umunyamakuru wa Radio na TV 1, Constantin Tuyishimire waburiwe irengero kuva kuwa 16 Nyakanga,ashobora kuba yarambutse akigira muri Uganda atabimenyesheje umuryango we.
-
AS Kigali yigaranzuye Gasogi United bigoranye, Police FC yiyongerera amahirwe yo kugera muri ½ cy’igikombe cy’Amahoro
19 June 2019, by Dusingizimana RemyIkipe ya Police FC yateye intambwe itajegajega iyigeza muri ½ cy’igikombe cy’Amahoro kuko yasanze Seninga Innocent I Rubavu imubuza gukomerwa amashyi n’abafana ba Etincelles FC mu gihe AS Kigali yigaranzuye Gasogi ku kaburembe.
-
Burundi: Major Desire Uwamahoro yahawe kuyobora umutwe w’abapolisi batabara aho rukomeye bihangayikisha benshi
15 May 2019, by Dusingizimana RemyBamwe mu Barundi bababajwe n’inkuru yasakaye hose mu bitangazamakuru byabo ko Major Desire Uwamahoro yahawe inshingano zo kuyobora umutwe w’abapolisi kabuhariwe bashinzwe gutabara byihuse ndetse ngo izi nshingano zimwemerera kwica uwo ariwe wese ushaka kumukoma mu nkokora.
-
Donald Trump yabaye perezida wa mbere wa USA wakandagiye ku butaka bwa Koreya ya ruguru [AMAFOTO]
30 June 2019, by Dusingizimana RemyPerezida wa USA,Donald Trump yagiriye urugendo rw’amateka ku butaka bwa Koreya ya ruguru ahita yandika amateka yo kuba perezida wa mbere wa Amerika usuye iki gihugu kizwiho kwihaza mu gukora ibisasu bya kirimbuzi.
Umuryango.rw
Abapolisi b’u Rwanda 176 berekeje mu butumwa bw’amahoro muri Sudani y’Epfo
"Umutekano w’u Rwanda urarinzwe"-Minisitiri w’Umutekano Gasana I Rubavu