Kuri uyu wa Kabiri tariki 29 Ukwakira 2019, saa 18:00 nibwo Rayon Sports igomba kwakira ikipe ya Etincelles FC mu mukino w’umunsi wa 6 wa shampiona y’u Rwanda aho abakinnyi barimo Kakule Mugheni Fabrice,Kimenyi Yves na Amran Nshimiyimana bazakina uyu mukino.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Mugheni Fabrice n’abandi bakinnyi bakomeye batakinnye umukino wa Sunrise FC bagarutse muri Rayon Sports izahura na Etincelles FC
28 October 2019, by Dusingizimana Remy -
“U Burundi turi mu nzira yo gushaka uko twumvikana”-Perezida Kagame
2 May 2021, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yavuze ko umubano w’u Rwanda n’u Burundi iru kugana mu nzira nziza kubera ko buri ruhande rufite ubushake gusa avuga ko uruhande rwa Uganda ataramenya umuzi w’ikibazo rufitanye n’u Rwanda.
-
Kamonyi: Umuganga yatawe muri yombi na RIB akekwaho gusambanya umugore yarimo kubyaza
13 November 2019, by Dusingizimana RemyUmugore wo mu karere ka Kamonyi yatangaje ko yabonye hanze y’ itaburiya,igitsina cy’ umuganga wo ku kigo nderabuzima cya Nyamiyaga warimo kumubyaza ariyo mpamvu akeka ko ashobora kuba yarasambanyijwe,bituma uyu muganga ahita atabwa muri yombi.
-
Minisitiri Munyangaju yasubije abayobozi b’amakipe bababajwe bikomeye n’ihagarikwa rya shampiyona
15 December 2020, by Dusingizimana RemyMinisitiri wa Siporo,Munyangaju Aurore Mimosa,yibukije abayobozi b’amakipe bababajwe cyane no kuba shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda ko ubuzima bw’abakinnyi babo ndetse n’abanyarwanda aribwo bw’ingenzi kurusha amafaranga bavuga ko bagiye guhomba.
-
Bakundukize Ruth yameze ibisa n’amabere abiri manini ku kaboko, aratabaza ngo avuzwe
13 November 2019, by UbwanditsiBakundukize Ruth utuye mu Karere ka Rubavu, Umurenge wa Nyamyumba Akagali ka Busoro Umudugudu wa Buvano wavutse 1981 avuga ko kuva ku myaka 7 yatangiye kumva ibisa n’intozi bimurya cyane imbere mu kaboko bamuvuza hose biranga nyuma aho akuriye ku kaboko ke haza kumeraho ibisa n’amabere abiri manini cyane.
-
Jeremie Sinamenye uyobora Akarere ka Rubavu yafunguwe
1 August 2017, by Iyamuremye JanvierUmuyobozi w’Akarere ka Rubavu Sinamenye Jeremie wari ufunze guhera tariki 21 Nyakanga 2017, yamaze kurekurwa n’inzego z’ubutabera, nyuma yo gufungwa azira kubangamira uburenganzira bw’abiyamamaza.
Byari biteganyijwe kuri uyu wa Kabiri tariki ya 01 Kanama 2017 aburana ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo ariko ntiyigeze agera ku rukiko.
Jeremie yafunzwe yuma y’amasaha make, Mpayimana Philippe umukandida wigenga wiyamamariza kuyobora u Rwanda, avuye kwiyamamariza mu Karere ka Rubavu.
Inkuru (…) -
Dr Kayumba asanga Perezida Nkurunziza nyuma y’ iyi manda aziyongeza ebyiri
29 October 2017, by Nsanzimana ErnestUmusesenguzi akaba n’ impuguke muri politiki Dr Kayumba Christopher yagaragaraje umuzi wo kuba kuvugurura itegeko nshinga muri Afurika biteza ikibazo gikomeye. Yanagaragaje ko aho bigana Perezida Pierre Nkurunziza izindi manda ebyiri arimo kuzikozaho imitwe y’ intoki
Imyaka ibiri irashize Abanyarwanda batoye itegeko nshinga rivuguruye nubwo bitavuzweho rumwe. Muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, umusesenguzi avuga ko Perezida Joseph Kabila arimo gukoresha iturufu yo kuvuga ko (…) -
Rusheshangoga Michel yihimuye kuri APR FC yamwirukanye ayitesha amanota
4 October 2019, by Dusingizimana RemyMyugariro mushya wa AS Kigali Rusheshangoga Michel yishyuye APR FC yamwirukanye igitego mu minota y’inyongera bituma inganya uyu mukino w’umunsi wa mbere wa shampiyona yayoboye cyane.
-
Nyamagabe : Abaturage barashaka mpa nguhe mu matora y’ abadepite
31 August 2018, by Nsanzimana ErnestBamwe mu baturage b’ umurenge wa Tare mu karere ka Nyamagabe barasaba abakandida barimo kwiyamamaza basaba amajwi ngo bazabe abadepite kuzabakorera ubuvugizi ku bibazo birimo icy’ ibyiciro by’ ubudehe bashyizwemo bitajyanye n’ ubushobozi bwabo.
-
U Rwanda rwagennye ba Ambasaderi bashya muri Kenya na Mozambique
17 September 2018, by Nsanzimana ErnestClaude Nikobisanzwe
Leta y’ u Rwanda yakoze impinduka mubijyanye na dipolomasi mu mpera z’ icyumweru gishize mu nama y’ abaminisitiri yayobowe na Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame.
Umuryango.rw
Bakundukize Ruth yameze ibisa n’amabere abiri manini ku kaboko, aratabaza ngo avuzwe