Umukandida wigenga wiyamamarije kuyobora u Rwanda Mpayimana Philippe yashimiye umukandida wa FPR, Paul Kagame watsinze amatora y’ umukuru w’ igihugu nk’ uko imibare y’ agateganyo y’ ibyavuye mu matora ibigaragaza.
Mu ma saha ya saa sita z’ igicuku cyo ku wa Gatanu tariki 04 Kanama buca ari tariki 5 Kanama 2017 nibwo Komisiyo y’ igihugu yatangaje imibare y’ ibyavuye ku matora ku majwi ari ku kigero cya 80 % iyi komisiyo yari imaze kwakira.
Aya majwi yeretse komisiyo y’ amatora ko Paul (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Mpayimana yashimiye Paul Kagame watsinze amatora ya Perezida by’ agateganyo
4 August 2017, by Nsanzimana Ernest -
Amadolari 900 Rusesabagina yahaye FLN ntiyatera igihugu keretse ari ukurwanisha ibikenyeri-Uwunganira Rusesabagina
14 September 2020, by Dusingizimana RemyUyu munsi saa tatu n’iminota 30 nibwo Paul Rusesabagina wari umuyobozi wungirije wa MRCD irwanya ubutegetsi bw’u Rwanda yitabye Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro kugira ngo aburane ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo ku byaha 13 birimo iby’iterabwoba akurikiranyweho.
Ibyaha 13 Rusesabagina ashinjwa:
Kurema umutwe w’ingabo utemewe
Gutera inkunga iterabwoba
Iterabwoba ku nyungu za politiki
Gukora no kugira uruhare mu bikorwa by’iterabwoba
Gutanga amabwiriza mu gikorwa cy’iterabwoba (…) -
Rayon Sports yisubije umwanya wa mbere nyuma yo gutsinda Amagaju yayigoye bikomeye
11 May 2019, by Dusingizimana RemyBigoranye ikipe ya Rayon Sports yikuye I Nyagisenyi nyuma yo gutsinda Amagaju FC ibitego 2-1 mu mukino yagobotswe n’abakinnyi banditse amateka yo kuyitsindira igitego cyabo cya mbere kuva bayigeramo.
-
Amagare: U Rwanda rwatwaye imidali ibiri ya zahabu mu mikino nyafurika
13 February 2023, by Dusingizimana RemyIkipe y’igihugu y’u Rwanda y’umukino wo gusiganwa ku magare ikomeje gukora amateka mu marushanwa nyafurika yo gusiganwa ku magare kuko mu batarengeje imyaka 23 yatwaye imidali ya zahabu mu bahungu n’abakobwa.
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 13 Gashyantare 2023,u Rwanda rwatwaye umudali wa zahabu rubifashijwemo na Uhiriwe Byiza Renus mu batarengeje imyaka 23.
Uyu yatsinze umunya Eritrea wamukurikiye ndetse n’umunya Algeria wabaye uwa gatatu.
Ku cyumweru nabwo,Umunyarwandakazi Ingabire Diane (…) -
Nyagatare: Umukandida Frank Habineza yahinduriwe aho yagombaga kwiyamamariza abura abantu
17 July 2017, by Nsanzimana ErnestDr Frank Habineza Umukandida w’ ishyaka riharanira Demukarasi no kurengera ibidukikije yahinduriwe n’ inzego z’ ibanze site yagombaga kwiyamamariza, aho bamujyanye agezeyo abura abantu.
Kuri uyu wa Mbere tariki 17 Nyakanga nibwo byari biteganyijwe ko Umukandida wa DGPR, Dr Frank Habineza yiyamamariza mu karere Nyagatare mu masaha ya mu gitondo hanyuma ikigoroba akiyamamariza mu karere ka Gatsibo twombi two mu ntara y’ uburasirazuba.
Amakuru agera ku Umuryango aravuga ko kwiyamamariza mu (…) -
UPDATE:FERWAFA yanyomoje amakuru yavugaga ko APR FC yahawe igikombe cya shampiyona 2019-2020
8 May 2020, by Dusingizimana RemyIshyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryatangiye inama yo kungurana ibitekerezo n’abanyamuryango bayo ngo barebe uko hafatwa umwanuro mu gihe cya vuba kuri shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda.
-
Amajwi y’ agateganyo: Green Party na PS imberakuri munsi gato y’ umurongo ubemerera kujya mu nteko
4 September 2018, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi wa PS Imberakuri Chritsine Mukabunani n’ Umuyobozi wa DGPR Dr Frank Habineza
Komisiyo y’ Igihugu y’ amatora(NEC) yatangaje ibyavuye mu matora y’ abadepite ku kigero cya 70% byerekana ko FPR ariyo iri imbere, PSD na PL afite amajwi ayahesha umwana mu nteko ariko PS imberakuri na Demucratic Green Party of Rwanda afite amajwi asatira 5% asabwa ngo agire abadepite mu nteko. Amajwi amaze kujya ahagaragara arerekana ko abakandida bigenga bose batsinzwe kugeza.
-
‘Umuganda wagize uruhare mu kunga Abanyarwanda’ Depite Mukabalisa
1 October 2018, by Nsanzimana ErnestMukabalisa Donatille , uherutse kongera gutorerwa kuba Perezida w’ Inteko ishinga amategeko umutwe w’ Abadepite yagaragaje undi musanzu umuganda ufite mu Rwanda wiyongera ku gufasha abaturarwanda gutura heza hari ibikorwaremezo.
-
Nyamagabe: Miliyoni 5 zari guhemba abakoze muri VUP zashyizwe kuri konti y’ umuturage none ari mu mazi abira
25 July 2018, by Nsanzimana ErnestRwiyemezamirimo Adonia wo mu karere ka Nyamagabe arashakishwa ngo yishyure amafaranga yari guhemba abaturage bakoze muri VUP mu myaka itatu ishize yayoberejwe kuri konti ye. Adonia avuga ko ayo mafaranga yabanje kugira ngo ni umuntu uyamwishyuye meya Uwamahoro akavuga ko Adonia ari umujura.
-
Perezida Kagame yashimye uko Zambia yamwakiriye n’ uko yakiriye Abanyarwanda bariyo [AMAFOTO]
19 June 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida Kagame kuri uyu wa Mbere tariki 19 yatangiye uruzinduko rw’ iminsi ibiri agira mu gihugu cya Zambia, yashimye mugenzi we wa Zambia, Edgar Chagwa Lungu uburyo igihugu cye cyakiriye Abanyarwanda batuyeyo anashima uburyo mu muri icyo gihugu bamwakiriye mu muco wabo.
Umukuru w’ u Rwanda yavuze ko u Rwanda rufite impunzi nyinshi mu bihugu by’ amahanga bitewe n’ amateka mabi yaranze u Rwanda avuga ko Umunyarwanda uri muri Zambia amarembo yo gutaha mu rwamubyaye afunguye.
Nkuko (…)
Umuryango.rw
Amadolari 900 Rusesabagina yahaye FLN ntiyatera igihugu keretse ari ukurwanisha ibikenyeri-Uwunganira Rusesabagina
Amagare: U Rwanda rwatwaye imidali ibiri ya zahabu mu mikino nyafurika