Dr. Sendegeya Augustin, Umuyobozi w’Ibitaro bya CHUB/ Foto: Igihe
Ubuyobozi bw’Ibitaro bya Kaminuza bya Butare birahakana ko nta burangare bwabayeho mu kuvura umwe mu banyeshuli wari mu bitaro nyuma yo kuremba bikekwa ko ari ibiryo yaririye muri resitora ya Kaminuza akaza no kwitaba Imana.
Nahimana Augustin wari umunyeshuli mu mwaka wa mbere w’Imali yitabye Imana mu ijoro ryakeye mu byo yazize hakaba harimo kuremba biturutse ku biryo bikekwa ko byari byanduye yaririye muri resitora ya (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
CHUB: Ibitaro birahakana uburangare mu urupfu rw’umunyeshuli wa Kaminuza wariye ibiryo bihumanye
15 May 2017, by Ubwanditsi -
Umuyobozi w’ inama y’ubutegetsi ya ADEPR yeguye
4 November 2017, by Nsanzimana ErnestUmunyamabanga Mukuru wa ADEPR, Rev. Ruzibiza Viateur wemeye ko bakiriye ibaruwa y’ ubwegura bwa Mukaruzage
Aurea Mukaruzage wari umuyobozi w’ inama y’ ubutegetsi y’ itorero Pentekote mu Rwanda ADEPR yeguye kuri uyu mwanya avuga ko yeguye ku mpamvu ze bwite.
Amakuru yo kwegura k’ uyu muyobozi yatangajwe n’ umwe mu bari bitabiriye umwiherero w’ abayobozi b’ ADEPR wabereye mu karere ka Muhanga, ari naho Mukaruzage yatangarije ko asezeye ku mwanya w’ ubuyobozi yari afite muri ADEPR.
Hari (…) -
Nyanza: Abanyeshuli bayobora abandi biga mu mashuli bacumbika bari mu itorero ryihariye
2 November 2019, by UbwanditsiKu bufatanye bw’Akarere ka Nyanza, MINEDUC ndetse n’Itorero ry’Igihugu hateguwe Itorero ry’iminsi 5 ku banyeshuri bayobora abandi mu mashuri yisumbuye yo mu Karere ka Nyanza ku bigo bicumbikira abanyeshuri rikaba riri kubera muri Kavumu TVET mu murenge wa Busasamana.
-
Press Release - Enter 2021 with a sports feast on StarTimes
20 December 2020, by UbwanditsiChristmas is around the corner, New Year is following and many sports events entered their winter break. But not all of them! StarTimes offers you a real sports feast to end 2020 with passion and start 2021 with excitement.
Spanish football league LaLiga will hold four match days between 19 December and January 4, i.e. 40 live matches in two weeks’ time on ST Sports Premium! Real Sociedad, Atletico Madrid and Real Madrid are on top of the table with 26 points, which club will start 2021 as (…) -
Umujyi wa Kigali washyize hanze ingano y’amande azajya acibwa abarenze ku mabwiriza yo kwirinda COVID-19
3 September 2020, by Dusingizimana RemyUmujyi wa Kigali wasohoye amabwiriza agena ibihano bihabwa abatubahiriza amabwiriza yo kwirinda #COVID19 yashyizweho n’Inama y’Abaminisitiri.
-
Drone zatangiye gukoreshwa mu buhinzi mu Rwanda
29 November 2018, by Nsanzimana ErnestLeta y’ u Rwanda yatangiye gukusanya amakuru y’ ubutaka buhinzweho ikoresheje utudege tutagira abapilote drone, bamwe mu baturage ngo n’ ubwo ari ubwa mbere babonye drone bazifitiye icyizere.
-
Minisitiri Shyaka yahishuye abantu bihariye bemerewe gusezerana muri iyi minsi
16 December 2020, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ubutegetsi bw’igihugu,Prof.Shyaka Anastase yatangaje ko abari bafite ubukwe muri izi mpera z’uyu mwaka basabwa kubusubika gusa yemeza abantu bazagaragaza impamvu zumvikana zo kudasubika ishyingirwa ryabo ku murenge bashobora gushyingirwa nka serivisi ariko batazemererwa gukora ibirori.
-
Karongi: Uwirinze n’ abana be bane babayeho mu buzima bubabaje nyamara bari bijejwe ubufasha
13 June 2017, by Nsanzimana ErnestEsperance Uwirinze, umubyeyi w’ abana bane abayeho mu buzima bubi nyamara muri 2015, ubuyobozi bw’ inzego z’ ibanze bwari bwamijeje ko bugiye kumufasha gusohoka muri ubwo buzima bwo kubaho yicira isazi mu jisho.
Icyo gihe muri 2015, babaga mu nzu idasakaye idakingwa, ubuyobozi ubuyobozi bubizeza ko bugiye kwihutira kubimura, ariko nyuma y’igihe gito bagarutse hahandi kuko aho babimuriye bamutereranye ngo yikodeshereze. Ubufasha yahawe ni amabati gusa. Ubuzima ni kwakundi, ndetse yashyizwe (…) -
KIGALI:Reba Video Ishimwe asobanura uburyo yamezemo umurizo(VIDEO+AMAFOTO)
17 May 2017, by Martin MunezeroIshimwe Lorie Esperance avuga uko Imana yamuteje umurizo nk’igihano yarahawe bitewe nuko yari yaranze kuva mu byaha yarimo , agafatanya umurimo w’Imana n’ibyaha by’ubusambanyi , ubusinzi n’ibindi , nyamara ari umukozi w’Imana unafite inshingano mu Itorero yasengeragamo. Akizwa yari umuririmbyi w’indirimbo z’ibisope ( karahanyuze ) , akabifatanya no kuririmba Hip Hop nk’umuraperi w’umukobwa ku giti cye.
Lorie nkuko ariko benshi bamuzi yavuze ko mbere yuko amera umurizo yabanje kugerwaho (…) -
Hari abatangiye gusaba ko ikibuga cy’indege cya Bugesera cyakwitirirwa Paul Kagame
12 August 2017, by UbwanditsiUko ikibuga cy’indege kiri kubakwa i Bugesera kizasa
Urubuga change.org rugaragaho inyandiko isaba imikono y’abayishyigikiye (Petition) yashyizweho n’umunyarwanda KAREKEZI Parfait avuga ko igenewe abanyarwanda akaba yifuza ko bamushyigikira ku gitekerezo afite cyo gusaba ko ikibuga mpuzamahanga cy’indege cya Bugesera ubwo kizaba cyuzuye cyazitirirwa Perezida Paul Kagame.
Iyi nyandiko imaze iminsi ibiri ishyizwe ahagaragara imaze kubona imikono 540y’abayishigikiye (ubwo twandikaga iyi (…)
Umuryango.rw
CHUB: Ibitaro birahakana uburangare mu urupfu rw’umunyeshuli wa Kaminuza wariye ibiryo bihumanye
Umujyi wa Kigali washyize hanze ingano y’amande azajya acibwa abarenze ku mabwiriza yo kwirinda COVID-19