Kuri uyu wa Gatandatu tariki 02 Ukwakira 2021,Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima, RBC, cyatangiye gupima Covid-19 mu buryo butunguranye ahahurira abantu benshi nko mu tubari, insengero n’ahandi mu rwego rwo kureba uko iki cyorezo gihagaze.
Iyi gahunda ije nyuma y’uko mu ijoro rya tariki 01 Ukwakira 2021, Umujyi wa Kigali wafunze akabari kitwa “People”gaherereye mu Murenge wa Kacyiru, nyuma yo gusanga abantu ari uruvunganzoka, babyina kandi barenze ku mabwiriza yo kwirinda COVID-19.
Mu (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Kigali: RBC yatangaje ibisubizo bya Covid-19 byafashwe mu bari mu tubari
3 October 2021, by Dusingizimana Remy -
Ibyo wamenya kuri wa mwana wo mu biryogo wahobeye Perezida Kagame [AMAFOTO]
2 May 2022, by Rebecca UFITAMAHOROKu munsi w’ejo ku cy’umweru ku ya 1 Gicurasi nibwo ku mbuga nkoranyambaga hasakaye amashusho n’amafoto y’umwana muto wabonye Perezida Paul Kagame akirukanka ajya kumuhobera undi na we amwakirana ubwuzu bwinshi.
Uyu mwana yitwa Mugisha Ally akaba umuhungu wa Mukakamali Kurusumu batuye mu Karere ka Nyarugenge, mu Murenge wa Nyarugenge mu Kagari ka Biryogo, umudugudu wa Biryogo. Umubyeyi w’uyu mwana aganira na ISIMBI TV yavuze ko uyu umwana we akunda Perezida Kagame , yahoraga yifuza (…) -
Urutonde rw’ impunzi zishaka gusubira iwabo ruriho 11 000
19 June 2018, by Nsanzimana ErnestImpunzi zigera ku bihumbi 11 nizo ziyandikishije ko zishaka gusubira iwabo mu gihe Leta y’ u Rwanda n’ ishami ry’ Umuryango w’ Abibumbye bari batanze uburenganzira busesuye ngo impunzi yose yumva ikeneye gusubira iwabo yiyandikishe.
-
Uruzinduko rwa Perezida Lungu rusigiye iki u Rwanda
22 February 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida wa Zambia Edgar Lungu wasoje uruzinduko rwe i Kigali yatangaje ko bazakomeza gufatanya n’u Rwanda kugira ngo hatabwe muri yombi abakekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe abatutsi, kandi ngo n’abanyarwanda bari mu gihugu ke ari impunzi ntibazakomeza kwitwa impunzi.
Mu kiganiro n’abanyamakuru, Perezida Edgar Lungu yagarutse ku kibazo cy’abanyarwanda bakekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi bihishe muri Zambia.
Yavuze ko bakira impunzi batari bafite amakuru (…) -
Impumeko ya Harerimana, Meya wa Rusizi weguye n’ icyo asaba uzamusimbura
13 May 2018, by Nsanzimana ErnestHarerimana Frederic wari umaze imyaka ibiri n’ igice ari Umuyobozi w’ Akarere ka Rusizi weguye arasaba uzamusimbura kuzita ku mutekano no kwegera abaturage.
-
Isesengura: Ubuyapani mu nkundura yo guhirika Ubushinnwa ku isoko ryo muri Afurika
22 February 2018, by UbwanditsiMinisitiri w’ Intebe w’ Ubuyapani Shinzo Abe
Mu bihe byashize kuva mu ntambara y’ubutita igihugu cy’Ubuyapani cyakunze kugenda biguruntege mu ishoramari ku mugabane wa Afurika.Nyamara muri iki kinyejana cya 21 kiri kugaragaza imbaraga zidasanzwe mu gukorana n’uyu mugabane usa n’uwari mu kato k’ubucuruzi n’iki gihugu.
Hateganyijwe inama mpuzamahanga y’ubuyapani ku iterambere rya Afurika “Sommet de la Conférence internationale de Tokyo sur le développement africain (Ticad)”mu ntangiriro (…) -
Rusesabagina n’abo bareganwa bazasomerwa mu kwezi gutaha
22 July 2021, by Dusingizimana RemyUrugereko rw’urukiko rukuru ruburanisha imanza zambukiranya imipaka n’iz’iterabwoba rwashoje urubanza rwitiriwe Paul Rusesabagina icyemezo cy’urukiko kikaba kigomba gutangazwa mu kwezi gutaha.
-
Umukobwa uhataniye ikamba na Mwiseneza muri Miss Rwanda yatutswe ibitutsi bidasanzwe nyuma yo kumwita Inyamaswa[AMAFOTO]
8 January 2019, by Martin MunezeroUmukobwa witwa Uwihirwe Casmir Yasipi uhataniye ikamba na Mwiseneza Josiane muri Miss Rwanda yatutswe bikomeye n’abakoresha imbuga nkoranyambaga nyuma yo kwandika ijambo ryateye urujijo ku ifoto y’uyu mugenzi we.
-
Ngoma: Gitifu w’ umurenge ngo atukira abayobozi bagenzi be mu ruhame
30 August 2018, by Nsanzimana ErnestBamwe mu bakozi b’umurenge wa Rukumberi n’abanyamabanga nshingwabikorwa ba tumwe mu tugari tuwugize, barashinja gitifu Arcade MURAGIJEMUNGU kubategekesha igitugu no kubatukira mu ruhame bigatuma bahorana impungenge zo kwirukanwa mu kazi.
-
Habonetse undi ushaka kuba Perezida w’ u Rwanda avuga ko azaca kugumirwa
12 June 2017, by Nsanzimana ErnestFred Sekikubo Barafinda kuri uyu wa 12 Kamena 2017, yatunguye abatari bake atanga candidature ye ku mwanya w’ umukuru w’ igihugu.
Ku isaha ya saa tanu ubwo komisiyo y’ amatora yari imaze kwakira candidature ya Dr Frank Habineza n’ iya Mwenedata Gilbert hari undi mugabo wageze kuri komisiyo y’ amatora aje gutanga kanditature ye.
Sekikubo ubwo yatangaga ibyangombwa hari ibyangombwa atari afite komisiyo y’ amatora imubwira ko afite iminsi itanu yo kuba yatanze ibyo byagombwa.
Sekikubo (…)
Umuryango.rw
Kigali: RBC yatangaje ibisubizo bya Covid-19 byafashwe mu bari mu tubari
Ibyo wamenya kuri wa mwana wo mu biryogo wahobeye Perezida Kagame [AMAFOTO]
Rusesabagina n’abo bareganwa bazasomerwa mu kwezi gutaha