Kuri iki Cyumweru ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwiye akavidewo kagufi humvikanamo Umuyobozi wa Zion Temple avuga ko abasengera mu idini aribo gusa bazajya mu ijuru ko abandi ishyano ribaguyeyo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Zion Temple yamaganye abitiriye Apotre Gitwaza ubutumwa atatanze
29 October 2018, by Martin Munezero -
Ikiganiro kirambuye na Amabilisi Sibomana/ Mu ibonekerwa yabwiwe kudakurikira Guverinoma y’Abatabazi
19 November 2019, by UbwanditsiMu kiganiro Umuryango Tv wagiranye na Amabilisi Sibomana, umugabo w’imyaka 67 wakoze itangazamakuru imyaka 35, yagarutse ku buzima bwa buri munsi bwa Radio Rwanda yakozeho igihe cy’imyaka 33. ibi ni imwe mu by’ingenzi yagiye agarukaho:
"Nagiye gukora ikizamini cyo gukora kuri Radiyo Rwanda kubera gutinya kwigisha mu wa gatandatu. Kubera taille yanjye nto kandi mu wa gatandatu harabaga ibisore natinyaga ko byazajya binsuzugura" Perezida Habyarimana yigeze kuza kuri Radiyo Rwanda aje kureba (…) -
Rubavu: Umusirikare warashe abaturage 3, umwe agapfa yafashwe
11 August 2018, by Nsanzimana ErnestAmakuru agera ku UMURYANGO aremeza ko Umusirikare witwa Ngendahimana Jean Damascene wakoreraga muri batayo ya 11 ubu yatawe muri yombi akaba afunzwe n’ igisirikare nyuma yo kurasira abaturage mu kabari k’uwitwa Mugwaneza Christine.
-
Aho igitekerezo cyo gusinyisha Olivier Karekezi muri Rayon Sports Cyaturutse hamaze kumenyekana.
26 July 2017Mu minsi ishize nibwo umuyobozi w’ikipe ya Rayon Sports Bwana Gacinya Dennis yatangarije Radio 10 ko Karekezi Olivier ariwe mutoza mushya wa Rayon Sports ibintu byakuruye umwuka mubi muri iyi kipe hagati y’inzego 3 ziyobora Rayon Sports aho ubuyobozi bw’ikipe bwashinjwe ni umuryango ko bakoze ibintu batabanje kubibamenyesha ndetse bamwe mu bafana batangaza ko ubuyobozi bw’umuryango wa Rayon Sports butemera uyu mutoza ibintu byahakanwe n’ubuyobozi bw’Umuryango.
Mu kiganiro kirambuye (…) -
Mpayimana yatangaje ko yatanze kandidatire mu matora y’ abadepite
25 July 2018, by Nsanzimana ErnestAha Mpayimana Philippe yari amaze gutanga dosiye ari kumwe n’ abamufashije Madamazella Mukamana Rachel wamuhagarariye mu karere ka Nyaruguru n’inshuti ye Otto Ahmed babana mu mujyi wa Kigali
Mpayimana Philippe wiyamamarije kuba Perezida w’ u Rwanda umwaka ushize wa 2017 agatsindwa na Perezida Kagame yatanze kandidatire nk’ umukandida wigenga mu matora y’ abadepie nk’ uko atahemye kubitangaza kuva atsinzwe amatora ya Perezida.
-
“Dufite abantu bafunze kuko babangamiye abana babo bababuza gushakana” Fidele Ndayisaba
16 April 2018, by Nsanzimana ErnestKomisiyo y’ Igihugu y’ Ubumwe n’ ubwiyunge yagaragaje ko mu Rwanda ikintu cyose kijyanye n’ amacakubiri n’ ivangura kidakinishwa kugeza aho ababyeyi babujije abana babo gushakana kuko hari ibyo badahuje babihanirwa n’ amategeko.
Umunyambanga nshingwabikorwa wa komisiyo y’ igihugu y’ ubumwe n’ ubwiyunge Fidele Ndayisaba yabikomojeho ubwo yaganirizaga abanyamakuru kuri uyu wa 16 Mata 2018, anavuga ko magingo aya hari ababyeyi bafunzwe bazira kubangamira abana babo bababuza gushyingiranwa (…) -
Abafite ubumuga barasaba kwibukwa no gufashwa byihariye muri gahunda zigamije kuvana abaturage mu bukene
27 November 2017, by Nsanzimana ErnestAbafite ubumuga mu Rwanda baravuga ko bafite imbogamizi zo kutagerwaho na gahunda za leta zigamije kuvana abaturage mu bukene zirimo VUP n’inkunga y’ingoboka, bagasaba ko bakwibukwa, ndetse abashoboye gukora muri bo bagahabwa igihembo cyisumbuye ku gihabwa abataramugaye bakorana.
Babigaragaje mu nama nyunguranabitekerezo ngarukamwaka itegurwa n’Umuryango w’Abanyamakuru baharanira amahoro, Pax Press yabaye ku wa Gatanu tariki ya 24 Ugushyingo 2017.
Abafite ubumuga ngo hari abafatwa (…) -
Gitega/ Nyarugenge: Baganuye umutsima w’ imvange y’ ibinyampeke urabaryohera bagira ngo urimo isukari
3 August 2018, by Nsanzimana ErnestAbaturage bo mu mudugudu w’ Amayaga bateraniye ku biro by’ Akagari kabo ka Akabahizi ko mu murenge wa Gitega Akarere ka Nyarugenge mu mujyi wa Kigali basangira umuganura urimo umutsima w’ imvange y’ ibinyampeke birindwi urabaryohera bagira ngo watekanywe isukari ariko nyir’ ukuwuteka abamara impugenge.
-
Nyabihu: Abaturage basabye meya mushya kubakemurira ikibazo cy’ ubucukuzi bw’ umucanga cyasizwe n’ abo yasimbuye
6 July 2018, by Nsanzimana ErnestAbaturage b’ umurenge wa Rugera mu karere ka Nyabihu Mukandayisenga Antoinette uherutse gutorerwa kuyobora aka karere yabasuye bamusaba ko abakemurira ikibazo cy’ amanyanga ari mu bucukuzi bw’ umucanga.
-
Watch UEFA Europa League on StarTimes Arsenal looking for success in the Europa League
26 October 2020, by UbwanditsiEnglish clubs made it three wins out of three games in the first round of match days in the Europa League and are looking towards continuing that run on Thursday.
For Arsenal coach Mikel Arteta, the Europa League offers some respite from a difficult start to the league that has seen the Gunners lose three of their last four matches, the latest 1-0 on Sunday at home to Leicester City.
They did, however, get three points in the Europa League after coming from behind in Vienna to beat Rapid (…)
Umuryango.rw