Abafite ubumuga mu Rwanda baravuga ko bafite imbogamizi zo kutagerwaho na gahunda za leta zigamije kuvana abaturage mu bukene zirimo VUP n’inkunga y’ingoboka, bagasaba ko bakwibukwa, ndetse abashoboye gukora muri bo bagahabwa igihembo cyisumbuye ku gihabwa abataramugaye bakorana.
Babigaragaje mu nama nyunguranabitekerezo ngarukamwaka itegurwa n’Umuryango w’Abanyamakuru baharanira amahoro, Pax Press yabaye ku wa Gatanu tariki ya 24 Ugushyingo 2017.
Abafite ubumuga ngo hari abafatwa (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Abafite ubumuga barasaba kwibukwa no gufashwa byihariye muri gahunda zigamije kuvana abaturage mu bukene
27 November 2017, by Nsanzimana Ernest -
Gitega/ Nyarugenge: Baganuye umutsima w’ imvange y’ ibinyampeke urabaryohera bagira ngo urimo isukari
3 August 2018, by Nsanzimana ErnestAbaturage bo mu mudugudu w’ Amayaga bateraniye ku biro by’ Akagari kabo ka Akabahizi ko mu murenge wa Gitega Akarere ka Nyarugenge mu mujyi wa Kigali basangira umuganura urimo umutsima w’ imvange y’ ibinyampeke birindwi urabaryohera bagira ngo watekanywe isukari ariko nyir’ ukuwuteka abamara impugenge.
-
Nyabihu: Abaturage basabye meya mushya kubakemurira ikibazo cy’ ubucukuzi bw’ umucanga cyasizwe n’ abo yasimbuye
6 July 2018, by Nsanzimana ErnestAbaturage b’ umurenge wa Rugera mu karere ka Nyabihu Mukandayisenga Antoinette uherutse gutorerwa kuyobora aka karere yabasuye bamusaba ko abakemurira ikibazo cy’ amanyanga ari mu bucukuzi bw’ umucanga.
-
Watch UEFA Europa League on StarTimes Arsenal looking for success in the Europa League
26 October 2020, by UbwanditsiEnglish clubs made it three wins out of three games in the first round of match days in the Europa League and are looking towards continuing that run on Thursday.
For Arsenal coach Mikel Arteta, the Europa League offers some respite from a difficult start to the league that has seen the Gunners lose three of their last four matches, the latest 1-0 on Sunday at home to Leicester City.
They did, however, get three points in the Europa League after coming from behind in Vienna to beat Rapid (…) -
Kapiteni wa Rayon Sports Rutanga Eric yagize icyo asaba abakunzi b’iyi Kipe kubakorera mu bihe bibi barimo
7 October 2019, by Martin MunezeroKapiteni wa Rayon Sports, Rutanga Eric yasabye abakunzi ba Rayon Sports gukomezakubashyigikira no kutabatererana mu bihe bibi barimo kunyuramo kuko ari bwo babakeneye cyane kuruta igihe barimo batsinda.
-
Nyamagabe: Umuntu utaramenyekana yataye umwana w’uruhinja amusigira urwandiko ruvuga ko amukunda
27 September 2019, by Dusingizimana RemyUmuntu utaramenyekana yataye umwana w’amezi 4 mu ishyamba ryo mu mudugudu wa Sumba, Akagari ka Sumba umurenge wa Gasaka mu karere ka Nyamagabe, arangije amusigira akandiko gato kanditseho igihe yavukiye ndetse n’amagambo agira ati “’Bayi Bebe ndagukunda”.
-
Nizeyimana Olivier yikuye mu mishinga ya De Gaulle
19 July 2017Umuyobozi w’ikipe ya Mukura VS Nizeyimana Olivier wari waratanzwe na Nzamwita Vincent De Gaulle ku rutonde rw’abazaba bagize komite ye niyongera gutorerwa kuyobora FERWAFA yamaze gutangaza ko atakiri mu bazafatanya nawe bitewe n’imirimo myinshi afite.
Nubwo yari ku rutonde ndakuka De Gaulle yari yenda gutanga rw’abazafatanya nawe kwicara ku ntebe ya FERWAFA mu myaka 4 iri imbere, uyu mugabo yamaze kwemeza ko atakibonetse ndetse ko Nzamwita yashaka undi muntu dore ko yari yatanzwe kuri uru (…) -
Abaganga ba Baho International Hospital bahanaguweho icyaha cyo kwica umuntu bashinjwaga
16 January 2023, by Dusingizimana RemyUrukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro ruheruka kwemeza ko nta bimenyetso simusiga bigaragaza ko habaye uburangare bw’abaganga mu rupfu rwa Kamanzi Ngwinondebe Chantal.
Kamanzi wari ufite imyaka 54 yaganye ibitaro bya Baho International Hospital ku wa 7 Nzeri 2021, afite agapira ku nkondo y’umura kamufashaga kuringaniza urubyaro yifuza kugakuramo, apfa nyuma y’igihe gito agakuwemo.
Ku wa 26 Ukwakira 2021 nibwo Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwatangiye kuburanisha urubanza rwaregwagamo (…) -
Peter Sagan ashyigikiye ubusabe bw’u Rwanda bwo kuzakira shampiyona y’isi yo gusiganwa ku magare muri 2025
17 September 2019, by Dusingizimana RemyUmwe mu bakinnyi ba mbere ku isi mu gusiganwa ku magare,Peter Sagan ukomoka mu gihugu cya Slovakia,yatangaje ko ashyigikiye ko u Rwanda rwahabwa amahirwe yo kwakira shampiyona y’isi ya 2025 ruhanganyemo n’igihugu cya Morocco.
-
Niyonzima Olivier Sefu yahishuye igihe azakorera ubukwe n’umukunzi we
11 March 2020, by Dusingizimana RemyUmukinnyi wo hagati mu ikipe ya APR FC,Niyonzima Olivier uzwi nka Sefu yavuze ko nyuma yo gutera ivi ku Cyumweru tariki 8 Werurwe 2020 agasaba umukunzi we Mushambokazi Belyse,uyu mwaka utazasiga akiri ingaragu.
Umuryango.rw
Abaganga ba Baho International Hospital bahanaguweho icyaha cyo kwica umuntu bashinjwaga