Kuri uyu wa 03 Kanama 2021 mu karere ka Rusizi mu murenge wa Kamembe ku rukiko rwibanze rwa Kamembe hatangiye kuburanishwa mu mizi abagore bane aribo Mukamana Jaeanine, Nyirabakiza Beatrice, Nyampundu Speratha, na Tuyishime Alphonsine.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide

Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Rusizi: Ba bagore bakekwaho gukubita umucamanza bihannye umucamanza urubanza rurasubikwa
4 August 2021, by Dusingizimana Remy -
Umutoza w’ Amavubi yagaragaje aho akura icyizere cyo gutsinda Centrafrique
9 June 2017, by Dusingizimana RemyUmutoza w’ikipe y’igihugu amavubi mbere yo kwerekeza muri Centrafrique yijeje Abanyarwanda ko nta kabuza azakura intsinzi muri icyo gihugu nyuma y’imyitozo ikarishye abakinnyi bakoze.
Uyu mutoza ukomoka mu gihugu cy’u Budage yavuze ko abakinnyi bameze neza kandi umwuka uri mu ikipe ari mwiza ku buryo bitanga icyizere ko twakwitwara neza.
Yagize ati “Muri rusange imyiteguro yagenze neza cyane, twagerageje gukora kuri buri gice kigize umukino ni uburyo twakwinjira mu mukino neza kuko tuzi ko (...) -
Covid19: Bwa mbere mu Rwanda habonetse umubare munini w’abanduye mu bipimo by’umunsi umwe
24 April 2020, by Dusingizimana RemyNibwo bwa mbere mu Rwanda habonetse abanduye Coronavirus barenga 20 mu bipimo by’umunsi umwe nyuma y’aho kuri uyu wa Gatanu tariki ya 24 Mata 2020 Minisante itangarije ko habonetse abantu 22 bashya banduye Coronavirus mu bipimo 1,046 byafashwe. Ibi bipimo kandi akaba atari byo byinshi bipimwe umunsi umwe kuva iyi ndwara yagera mu Rwanda.
-
Uwari Gitifu wa Gisagara yakatiwe gufungwa iminsi 30 y’ agateganyo
2 November 2017, by Nsanzimana ErnestUrukiko rw’ ibanze rwa Ndora rwakatiye Mvukiyehe Innocent wari umunyamabanga nshingwabikorwa w’akarere ka Gisagara gufungwa iminsi 30.
Kuri uyu wa Gatatu tariki 1 Ugushyingo 2017, urukiko rw’ ibanze rwa Ndora rwafashe umwanzuro wo gufunga by’ agateganyo iminsi 30, Mukiyehe wari gitifu w’ akarere ka Gisagara.
Me Pascal Munyemana wunganira Mvukiyehe mu mategeko yatangarije UMURYANGO ko umukiriya we yakatiwe gufungwa iminsi 30 y’ agateganyo gusa avuga ko bataramenya niba bazajurira.
Yagize ati (...) -
Umutwe udasanzwe w’ingabo za Kenya wahitanye ibyihebe 5 muri Congo.
20 April 2022, by Joseph IradukundaAbasirikare ba Kenya (KDF) bagabye igitero mu burusirazuba bw’igihugu cya Congo mu gace ka Beni, bica ibyhebe bitanu byo mu mutwe wa Islamic state uzwi nka ( IS-CAP).
-
Nyuma yo gukatirwa azira kwiba Shene ya Youtube ya Yago, Ally yiyemeje gukora ikintu gikomeye
12 August 2024, by EmmyNdangwa Ally uheruka gukatirwa ashinjwa kwiba Yago Tv Show ,yatangaje ko yiteguye kuvuga ukuri nyuma yo kubona ko Nyarwaya Innocent [Yago] adasobanura imvano y’ibyabye byose.
-
Ikizami cya Leta muri Primaire ntabwo kigiye kuvaho, ibimaze iminsi bivugwa byavugurujwe
17 May 2018, by Nsanzimana ErnestMinisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yahakanye amakuru amaze iminsi avuga ko ifite gahunda yo gukuraho ibizami bya leta bisoza amashuri abanza n’ayisumbuye, ivuga ko ibyo Minisitiri wa MINEDUC yavuze byumvikanye uko bitari.
-
Abasirikare b’ u Rwanda bari mu butumwa Darfur bambitswe imidari
14 September 2017, by Iyamuremye JanvierIngabo z’u Rwanda bari mu butumwa i Darfur muri Sudani bwo kubungabunga amahoro, bashimiwe umuhate n’umurava bagaragaza mu kazi kabo bambikwa imidari y’ishimwe nk’ikimenyetso gishimangira ko ubunyamwuga bwabo bubonywa n’amahanga.
Kuri uyu wa 12 Nzeri uyu mwaka nibwo aba basirikare bambitswe imidari; aba bose babarizwa muri batayo ya 49 (Rwanbatt49) bakaba bari mu butumwa bw’umuryango w’abibumbye bwo kugarura amahoro mu gihugu cya Sudani mu mugi wacyo mukuru Darfur.
Uyu muhango wo kwambikwa (...) -
Rusizi: Umugabo akurikiranyweho gutema umukobwa we amuziza kurya ibishyimbo byari mu nkono akabimara
27 December 2017, by Nsanzimana ErnestUmugabo wo mu murenge wa Bugarama Akagari ka Nyange ari mu maboko ya polisi nyuma yo gutema umukobwa we w’ imyaka 15 amuketseho kurya ibishyimbo byari mu nkono akabimaramo.
Nk’ uko umuvugizi wa Polisi mu ntara y’ uburengera IP Eulade Gakwaya yabitangarije Ikinyamakuru UMURYANGO byabaye saa mbili z’ ijoro kuri uyu wa Kabili tariki 26 Ukuboza 2017.
Yagize ati “Mu gihe cya saa mbili n’ igice hari umugabo ukekwaho kuba yakomerekeje umwana we w’ umukobwa, umwana yatwawe kwa muganga umugabo ari mu (...) -
Dr Asiimwe yakebuye ababyeyi bigana imvugo y’ umwana utaramenya kuvuga
6 November 2017, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi mukuru ushinzwe gahunda y’ imikurire y’ umwana ukiri muto yakebuye ababyeyi baganiriza abana babo bataramenya kuvuga bakajya basubiramo imvugo y’ uwo mwana, agaragaza ko bigira ingaruka ku mwana.
Ubu butumwa Dr Anita Asiimwe yabutanze kuri wa 6 Ugushyingo 2017 ubwo yatangizaga amahugurwa ku buryo bwo kuganiriza abana bakiri bato.
Ni kenshi usanga umubyeyi aganira n’ umwana we utaramenya kuvuga, ukumva ashimishijwe no gusubiramo imvugo y’ uwo mwana, Dr Asiimwe avuga ko ibi ababyeyi (...)
0 | ... | 2020 | 2030 | 2040 | 2050 | 2060 | 2070 | 2080 | 2090 | 2100 | ... | 2480