Sandra Umushambokazi, umwe mu rubyiruko rwagize amahirwe yo guhambwa amasomo na SAFA BAKERIES mu gutegura amafunguro anyuranye arimo Pizza, Burgers, ifiriti na sanduici ndetse n’andi avuga ko we na mugenzi we bari kumwe bahise banagira igitekerezo cyo gushyira mu bikorwa ibyo bize ubu bakaba bafite restaurent ariko ishyira abantu ibyo kurya mu ngo zabo.
Mushambokazi avuga ko restora yabo bise SHERA BITE imaze amezi atau itangiye kandi ababatumaho amafunguro bibereye mu rugo umubare wabo (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Abo SAFA BAKERIES yigishije uburyo bwo gutunganya amafunguro bihangiye imirimo, amarembo kandi arafunguye
12 February 2021, by NIYIGABA DC CLEMENT -
Uganda: Icyuma cyashiririzaga kanseri cyarapfuye none ikomeje guhitana abantu, mu Rwanda nta kihaba ariko abarwayi bajyanwa aho kiboneka
14 June 2017, by Nsanzimana ErnestMu gihugu cya Uganda abarwayi benshi ba kanseri bataje ubuzima mu menzi 13 ashize ugereranyije n’ amezi 13 yayabanjirije, itandaro y’ izi mfu ngo ni ukuba icyuma rukumbi cyashiririzaga indwara ya kanseri cyarapfuye kikamara ayo mezi yose kitarakoreshwa.
Kuba icyo cyuma cyarapfuye bivuze ko muri Uganda umurwayi wa kanseri arimo kuvurishwa imiti gusa. Dail monitor dukesha iyi nkuru ivuga ko kuvurisha umurwayi wa kanseri imiti nabyo bihenze kuko bimusaba amashilingi ari hagati y’ ibihumbi 220 (…) -
Kabutare: Ababyeyi n’impinja zabo barazwa ku gitanda ari babiri bacurikiranye
28 September 2017, by Nsanzimana ErnestAbabyeyi babyarira mu bitaro bya Kabutare bavuga ko babangamirwa no kuba nyuma yo kubyara baryamishwa bacurikiranye ari babiri ku gitanda kimwe n’impinja zabo ebyiri.
Ibitaro bya Kabutare nibyo bitaro bikuru by’akarere ka Huye. Mu minsi ishize humvikanye abaturage binubira uburyo bakirwa n’abaganga n’ abakinubira ibikoresho bidahagije.
Ibi bitaro biri mu mugi wa Huye, umwe muri itandatu yunganira Kigali.
Nyuma y’ aho Perezida Kagame asabiye Minisiteri y’ubuzima gukosora imikorere, (…) -
Abayobozi bakuru muri COGEBANQUE batawe muri yombi
6 September 2022, by Dusingizimana RemyMu minsi mike ishize abakozi b’Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha, bazindukiye mu Biro bya Banki ya COGEBANQUE bajyanywe yo no guperereza ibya ruswa no gusesagura umutungo bihavugwa.
Ikinyamakuru Taarifa dukesha iyi nkuru kivuga ko cyamenye neza ko hari abayobozi bakuru muri iyi Banki batawe muri yombi barimo Umuyobozi mukuru ushinzwe iby’inguzanyo witwa Georges Ndizihiwe n’Umuyobozi mukuru ushinzwe iby’ubucuruzi witwa Joel Kayonga.
Bajyanywe kubazwa ibya ruswa no gusasegura umutungo (…) -
StarTimes ibazaniye promosiyo yise “inyongera” mu kwitegura Noheli n’Ubunani
15 November 2020, by UbwanditsiN’ubwo hari byinshi byahindutse muri uyu mwaka, abantu bongeye kwishimira kuba ubuzima buri gusubira mu buryo n’ubwo butarasubira nk’uko bwahoze kuko kugeza ubu ibyahuzaga abantu mu kwidagadura harimo ibitaramo, siporo n’ibindi birori bitandukanye biracyakurikiranwa hifashishijwe ikoranabuhanga nka televiziyo cyangwa telefone.
Tugeze mu mpera z’umwaka aho twitegura iminsi mikuru ya Noheli n’Ubunani, StarTimes ibazaniye promosiyo yise “inyongera” aho umufatabuguzi agura abonema y’amezi 2 (…) -
Kigali: Imibereho y’Abayisilamu mu duce batuyemo yagiye isubira inyuma, idini yabo na Leta bagire icyo bakora
14 July 2021, by KAREGEYA Jean Baptiste OmarHashize imyaka 27 nyuma y’aho RPF Inkotanyi ibohoreye abanyarwanda ikanahagarika Genocide yakorewe Abatutsi mu 1994. Abayisilamu bongeye kugira uburenganzira nk’ubw’abandi banyarwanda bose, nta guhezwa mu byiciro byose by’ubuzima bw’igihugu.
Iyo witegereje usanga muri iyi myaka 27, ku ruhande rumwe rw’abantu ku giti cyabo b’abayisilamu (Individuals) barashoboye kwiteza imbere mu nzego zitandukanye z’ubuzima ndetse abandi bafite n’inshingano zitandukanye mu nzego z’ubuyobozi bw’igihugu. Ni (…) -
Bishop Tom Rwagasana yeruye avuga byinshi kuri ADEPR yigeze kubera umuyobozi
20 June 2019, by UbwanditsiBishop Rwagasana Tom, wigeze kuba Umuvugizi wungirije w’Itorero ADEPR yahaye ikiganiro Umuryango cyagarutse ku miyoborere banyuzemo, ibyabavuzweho kurya amafaranga y’itorero, imanza barimo, gucibwa mu Itorero, ibibazo Komite iriho ubu ifite n’umuti babona byafatirwa, uko babayeho ubu n’ibindi.
Byinshi ni muri iki kiganiro twagiranye: -
Abanyarwanda bafitiye icyizere itangazamakuru kiruta icyo bafitiye amadini n’ amashyaka
30 November 2017, by Nsanzimana ErnestMu nzego zitari iza Leta itangazamakuru niryo riza imbere mu nzego abanyarwanda bafitiye ikizere.
Umuyobozi w’ Urwego rw’ igihugu rw’ igihugu rw’ imiyoborere Prof Shyaka Anastase yabitangarije abagize inteko ishinga amategeko mu nama nyungurabitekerezo ku mahame remezo u Rwanda rugenderaho.
Yifashishije ubushakashatsi n’ ibipimo bidatukanye yagiye bikorwa yagaragaje icyizere Abanyarwanda bafitiye inzego, gahunda za Leta, umukuru w’ igihugu, n’ uko bakiriye ibyavuye mu matora.
Yagize (…) -
Ingengo y’imari ya 2021/2022 iziyongeraho miliyari 342.2 Frw
12 May 2021, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Imari n’Igenamigambi (MINECOFIN) yatangaje ko amafaranga ateganyijwe mu ngengo y’imari ya 2021/22 azagera kuri Miliyari 3,807 z’amafaranga y’u Rwanda, akaba aziyongeraho agera kuri Miliyari 342.2 Frw bingana na 9.8 % ugereranyije na Miliyari 3,464.8 ari mu ngengo y’imari ivuguruye y’uyu mwaka wa 2020/21.
-
Taliki 18 Kamena: Isomere ibyaranze uyu munsi mu mateka
18 June 2017, by Renzaho FerdinandThabo Mbeki wabaye Perezida wa Afurika y’Epfo ari mu bihangange byavutse kuri iyi taliki
Turi tariki ya 18 Kamena, ni umunsi w’169 mu minsi igize umwaka, hasigaye iminsi 196 uyu mwaka ukagera ku musozo.
Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka.
• 1429: Ingabo z’igihugu cy’u Bufaransa ziyobowe na Joan of Arc zakubise inshuro ingabo z’ Ubwongereza zari ziyobowe na John Fastolf, mu gitero cyabereye ahitwa Patay.
• Ibi byabaye mu ntambara yahuje ibihugu byombi yiswe iy’imyaka ijana “La (…)
Umuryango.rw
Kabutare: Ababyeyi n’impinja zabo barazwa ku gitanda ari babiri bacurikiranye
Abayobozi bakuru muri COGEBANQUE batawe muri yombi
Kigali: Imibereho y’Abayisilamu mu duce batuyemo yagiye isubira inyuma, idini yabo na Leta bagire icyo bakora