Diane Shima Rwigara kuri uyu wa Gatatu tariki 5 Nyakanga yagejeje kuri Komisiyo y’ igihugu y’ amatora ibyangombwa atari yujuje bitagatuma atagaragara kuri lisiti y’ agateganyo y’ abakandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika.
Diane Rwigara ni umwe muri bane batanze ibyangombwa byo kuziyamamariza kuyobora u Rwanda nk’ abakandida bigenga. Muri aba bane nta n’ umwe wagaragaraye ku rutonde rw’ agateganyo rw’ abakandida. Uru rutonde NEC yarutangaje tariki 27 Kamena.
Komisiyo y’ amatora (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Diane Rwigara yashyikirije NEC ibyangombwa yaburaga avuga ko afite icyizere cyo kuzagaragara ku rutonde ndakuka
6 July 2017, by Nsanzimana Ernest -
Ni inde uzasiba urwobo rw’amacakubiri, kwikubira n’inzangano rwicukuye muri ADEPR?
8 May 2017, by Joseph HakuzwumuremyiBishop Sibomana Jean (Umuvugizi) na Bishop Rwagasana (Umuvugizi ushinzwe ubuzima bw’itorero (sic))
Iminsi y’iki cyumweru cya mbere cya Gicurasi yakomereye idini rya ADEPR n’abayobozi baryo kuko nibwo bwa mbere bamwe mu bayobozi baryo bo ku rwego rwo hejuru bafunzwe bazira amakosa bakoreye mu kazi k’itorero bari bashinzwe.
Kugeza ubu Umuvugizi wungirije w’iri torero ndetse na bamwe mu bakozi baryo 3 cyane cyane bafite aho bahurira n’amafaranga baracyari mu maboko ya Polisi bose (…) -
P.Kagame yakiriye indahiro ya Min. Mutimura na Min. Rurangirwa ataha n’ingoro y’ amateka yo guhagarika jenoside
13 December 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda ahagana saa tanu z’amanywa kuri uyu wa Gatatu tariki 13 Ukuboza 2017 yakiriye indahiro z’ abaminisitiri babiri bashya binjiye muri guverinoma y’ u Rwanda anataha ingoro y’ amateka ya jenoside yakorewe abatutsi.
Iyi bikorwa byombi byabereye ku nteko ishinga amategeko ku Kimihurura ari naho hubatswe ingoro ndangamateka yo guhagarika jenoside yakorewe abatutsi.
Abaminisitiri barahiye ni Dr Eugene Mutimura wagizwe Minisitiri w’ Uburezi asimbuye Dr Musafili Papias na Jean (…) -
Dr Ngirente yitabiriye ibirori byo guha impamyabumenyi ibihumbi 7 birangije muri UR[AMAFOTO]
2 November 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ Intebe w’ u Rwanda n’ abandi ba Minisitiri bitabiriye umuhango wo guha impamyabumenyi abanyeshuri ibihumbi 7050 basoje amasomo mu byiciro bitandukanye avuga ko nawe ashyigikiye icyemezo cyafashwe cyo guhuriza hamwe kaminuza za Leta y’ u Rwanda zikaba UR.
-
Reba Video Intumwa Gitwaza ari kwirukana abari ibyegera bye bashakaga gusibanganya burundu itorero rya Zion Temple ndetse ashyiraho na Komite Nshya(VIDEO+AMAFOTO)
18 May 2017, by Martin MunezeroUmuyobozi mukuru wa Authentic Word Ministries na Zion Temple Celebration Center Intumwa ( Apostle ) Dr. Paul Gitwaza yirukanye k’umugaragaro Bishop Dieudone Vuningoma , Bishop Bienvenue Kukimunu , Bishop Claude Okitembo Djessa , Pasiteri Kamanzi Patrick na Bishop Richard Muya , abashinja gushaka gusibanganya Zion Temple.
Ibi Intumwa Gitwaza yabitangarije ku cyicaro cy’Itorero Zion Temple i Ngoma ( mu Gatenga ) , aho yarayoboye amateraniro asanzwe yo ku cyumweru , abwira abakristu bose (…) -
Umubyeyi wijejwe inkunga na Minisiteri y’ ubutabera arifuza amafaranga cyangwa amatungo magufi
22 June 2018, by Nsanzimana ErnestAbakozi ba Minisiteri y’ubutabera kuri uyu wa 21 Kamena 2018 bibutse abazize Jenoside bo mu karere ka Huye mu Murenge wa karama ahahoze hitwa Komine Runyinya bashyikiriza Meya w’Akarere ka Huye inyandiko yemeza ko bazaremera umwe mu baturage barokotse Jenocide bo mu Murenge wa Karama.
-
Perezida w’ Ubushinwa Xi Jinping na madamu we bageze mu Rwanda
22 July 2018, by Nsanzimana ErnestKu mugoroba wo kuri iki Cyumweru tariki 22 Nyakanga 2018 nibwo Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame n’ umugore we Jeannette Kagame bakiriye Perezida w’ Ubushinwa Xi Jinping n’ umugore we Peng Liyuan.
-
Kizza Besigye yavuze ku makuru yavuzwe ko yahuriye na Perezida Kagame muri Amerika
18 November 2019, by Dusingizimana RemyMu kiganiro kirambuye umunyapolitiki Kizza Besigye yagiranye n’ikinyamakuru The East African,yavuze ko amakuru yavuzwe n’ikinyamakuru The New Vision cya Leta ko yahuriye muri USA na Perezida Paul Kagame ari ibinyoma byambaye ubusa ndetse bitazigera bibaho.
-
Ruhango: RIB yataye muri yombi abantu bane bakekwaho gutobora Duterimbere IMF bakayiba miliyoni 11 FRW
20 January 2020, by Dusingizimana RemyMu gitondo cyo kuri uyu wa mbere taliki ya 20 Mutarama 2020 nibwo hamenyekanye amakuru y’uko ikigo cy’imari iciriritse Duterimbere IMF mu Karere ka Ruhango cyibwe n’abajura batoboye inyubako ya banki, bakangiza umutamenwa bagatwara miliyoni zizaga 11frw basanzemo.
-
Karangwa yabaye Meya wa Gicumbi iminsi 6 gusa! Ese koko ni Kaboneka wamweguje igitaraganya? (Video)
5 March 2020, by UbwanditsiKarangwa Sewase niwe wabaye Meya igihe gito kuva utu turere tuzi twabaho kuko yayoboye akarere ka Gicumbi iminsi 6 gusa. Nyuma y’igihe yari mwe mu bagize nyanama y’Akarere, nyobozi yareguye bagenzi be bamutorera kuba ayoboye inzibacyuho ariko nyuma y’iminsi 6 gusa aregura.
Umuryango.rw