Ku gicamunsi cyo kuri iki Cyumweru saa cyenda tariki 25 Kamena Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame arakirwa kuri radio abaturage bagire umwanya wo kubaza ibi bibazo.
Ibi byatangajwe n’Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru (RBA), Asiimwe Arthur abinyujije ku rubuga rwa Twitter.
Asiimwe yavuze ko Perezida Kagame azakirwa muri studio aho azasubiza ibibazo bitandukanye by’abanyamakuru ndetse abakoresha urubuga rwa Twitter na bo bakazashobora kumubaza ibibazo bakoresheje hashtag (...)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide

Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Kuri iki cyumweru Perezida Kagame arakirwa kuri radio na televiziyo by’ igihugu
24 June 2017, by Nsanzimana Ernest -
Nyarugenge: Abagizi ba nabi basanze ihene 4 z’umuturage aho zarimo kurisha barazica zose
28 October 2019, by Dusingizimana RemyMu mvura yaguye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere,taliki ya 28 Ukwakira 2019, abagizi ba nabi bataramenyekana basanze ihene enye z’umugore witwa Thacienne Mukaturatsinze aho zarishaga bazica nabi.
-
Akana Alice wahoze arwanya Leta ngo Gitwaza na Minisitiri Busingye batumye ahinduka
16 June 2018, by Nsanzimana ErnestUmukobwa wa Aloys Nsekarije witwa Akana Alice wahoze mu matsinda y’ abarwanya Leta y’ u Rwanda yatangaje ko inama yagiriwe na Gitwaza na Minisitiri Busingye zatumye abona ko inzira arimo atari nziza afata icyemezo cyo gutaha mu Rwanda ubu aravuga ko yishimiye uburyo abayeho kuva yagera mu Rwanda.
-
www.mdgrou.com yabateguriye ibihembo by’akataraboneka abakomisioneri bahuza abakodesha n’abagura amazu n’ibibanza
15 November 2019, by UbwanditsiUrubuga rwa internet www.mdgrou.com, isoko rusange ryo kuri internet rwamamazwaho inzu, ibibanza, n’indi mitungo itimukanwa ikodeshwa n’igurishwa, rugahuza abakiliya n’abagurisha imitungo itimukanwa rumaze kumenywa na benshi, ndetse uwariwe wese ashobora gushyiraho inzu cyangwa ikibanza agurisha, abaguzi bakabasha kukibona ako kanya.
-
Urukundo hagati ya The Ben n’umuhanzikazi nyarwanda Marina rwafashe indi ntera mu gihe Edsha we ahekuwe uwo yari yihebeye(UBUHAMYA+AMAFOTO)
6 June 2017, by Martin MunezeroUmuhanzi Nyarwanda Mugisha Benjamin ariko uzwi ku izina rya The Ben,arashinjwa n’umuraperi nawe w’umunyarwanda uzwi nka Edsha ngo kuba yaramutwariye umukunzi we Marina bari bamaze igihe kitari gito bakundana ndetse bataryaryana.
Ni mu kiganiro uyu musore Edsha yagiranye n’umuryango.rw aho yavuza ko The Ben yamutwariye umukunzi we nawe w’umuhanzikazi uri kuzamuka "Marina"yitwaje ngo ibyo atazi,aho ngo byatangiye byitwa ko ari umunjyanama wuyu muhanzikazi ariko nyuma bikaza kuvamo tumwe mu (...) -
Amafaranga acibwa abatwaye basinze agiye kujya yunganira mutuelle de santé
31 October 2019, by Dusingizimana RemyUmuyobozi ushinzwe Ubwisungane mu Kwivuza [Mutuelle de Santes] mu kigo cy’igihugu cy’Ubwishingizi,RSSB, Deogratias Ntigurirwa yatangaje ko kubera ubushobozi budahagije bwa Mitiweli mu kuvuza abanyarwanda uko bikwiriye,Leta yafashe ingamba zo gushaka aho amafaranga yaturuka harimo no mu bihano by’amafaranga ibihumbi 150 FRW yakwa abafatwa batwaye ibinyabiziga basinze.
-
ONU yashyize hanze imigambi ya Kayumba Nyamwasa n’u Burundi k’u Rwanda
3 January 2019, by Martin MunezeroRaporo y’inzobere z’umuryango w’abibumbye zikorera muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, yagaragaje Umunyarwanda Kayumba Nyamwasa utuye muri Afurika y’epfo nk’umuyobozi w’inyeshyamba za P5 zikorera mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo ho muri Congo Kinshasa.
-
Croix-Rouge y’u Rwanda ishishikajwe nuko abagenerwabikorwa bayo bikemurira ibibazo
29 October 2018, by UbwanditsiCroix-Rouge y’u Rwanda iravuga ko kugira abagenerwabikorwa bafite uruhare mu gusesengura ibibazo bahura nabyo mu buzima ari ingenzi mu iterambere rirambye kuko ngo bituma bahitamo ibikwiye gukorwa bibafitiye akamaro.
-
Nyabihu: Abagizweho ingaruka n’ibiza barinubira ko bahawe udupfukamunwa mbere y’ibyokurya
13 May 2020, by Dusingizimana RemyAbaturage bo mu murenge wa Shyira mu karere ka Nyabihu batangaje ko inzara ibamereye nabi kuko ngo aho guhabwa ubufasha bw’ibyokurya n’ubuyobozi ahubwo bahawe udupfukamunwa.
-
U Rwanda rwungutse Abapolisi bashya barenga 890
7 July 2018, by Nsanzimana ErnestIgipolisi cy’u Rwanda cyungutse abapolisi bashya 892 barangije amahugurwa bahita boherezwa mu kazi gufatanya n’abandi basanzwe mu kazi.
0 | ... | 2150 | 2160 | 2170 | 2180 | 2190 | 2200 | 2210 | 2220 | 2230 | ... | 2480