Minisitiri w’ubucuruzi w’ Ubucuruzi wa Uganda, Amelia Kyambadde, yasabye abacuruzi bo muri Uganda kuzibukira burundu ibyo gushora imari yabo mu Rwanda kuko ngo n’ubundi rutuwe n’abantu bake.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Leta ya Uganda yasabye abacuruzi bayo kureka gucururiza mu Rwanda
26 July 2019, by Dusingizimana Remy -
Perezida Kagame yagaragarije abitabiriye inama ya“Eisenhower Fellowoships” inkomoko y’iterambere ry’u Rwanda nyuma ya jenoside
14 June 2019, by Dusingizimana RemyUbwo yari mu nama y’Umuryango Mpuzamahanga witwa “Eisenhower Fellowoships” yateraniye i Kigali kuri uyu wa gatanu tariki 14 Kamena 2019, Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yavuze ko kuba u Rwanda rukomeje gutera imbere biterwa n’uko buri munyarwanda akora cyane ndetse nta wifuza gusubira mu mateka mabi yaranze u Rwanda.
-
Imyanzuro yafatiwe mu mwiherero wa 15 w’abayobozi bakuru b’igihugu
5 March 2018, by UbwanditsiKuva ku itariki ya 26 Gashyantare kugeza ku ya 01 Werurwe 2018, mu Karere ka Gatsibo muri RDF Combat Training Center-Gabiro, habereye Umwiherero wa 15 w’Abayobozi. Uyu Mwiherero wayobowe na Nyakubahwa Paul Kagame, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda.
Mu ijambo rye ritangiza Umwiherero, yashimye intambwe u Rwanda rugezeho mu kwiyubaka anagaragaza ko hakiri byinshi bigomba gukorwa. Yibukije ko uyu mwiherero ari umuco ugamije kudufasha kwisuzuma, gusuzuma ibyo dukora no gufata ingamba zo (…) -
Rayon Sports yafashe umwanzuro ukomeye ku bijyanye no kugura abakinnyi baturutse hanze
9 June 2019, by Dusingizimana RemyUbuyobozi bwa Rayon Sports bwatangaje ko bwamaze gufata umwanzuro w’uko nta mukinnyi uturutse hanze bazongera kuzana ngo bahite bamusinyisha ahubwo azajya abanza gukoreshwa isuzuma hanyuma abafana akaba aribo bahitamo ukwiriye guhabwa amasezerano.
-
Burundi: Abakandida 10 barimo umugore umwe bamaze kwinjira mu rugamba rwo gusimbura Nkurunziza ku butegetsi
3 February 2020, by Dusingizimana RemyMuri weekend ishize amashyaka atatu yatangaje abakandida bayo mu matora ya perezida w’u Burundi ateganyijwe mu kwezi kwa gatanu, abakandida bose hamwe bamaze kuba 10.
-
Amasaro yasabwe kuba yujuje ibintu 9 birimo ubwiherero n’ ubwishingizi
28 March 2018, by Nsanzimana ErnestIkigo cy’ igihugu cy’ ubuziranenge RSB cyashyizeho urutonde rw’ ibintu 9 saro z’ ubwiza zigomba kuba zujuje, gisaba banyiri amasaro kubyubahiriza kuko hateganyijwe ibihano kubatazabyubahiriza.
Ayo masaro ni akora ibijyanye no gutunganya imisatsi, ubwanwa, uruhu, amavuta y’ ubwiza, kwandika ku mubiri(tattoos), gutunganya inzara zo ku ntoki, gutunganya inzara zo ku birenge n’ ibindi.
RSB na Minisiteri y’ Ubuzima barimo gusobanurira ba nyiri amasaro uko amasaro yakora akazi kabo kinyamwuga. (…) -
Knowless Butera akomeje kugaragaraho ukunanuka kudasanzwe bikomeje no gutangaza abantu batari bake(AMAFOTO)
4 June 2017, by Martin MunezeroUmuhanzikazi Nyarwanda Butera Jeanne d’Arc uzwi ku izina rya Butera Knowless akomeje kwibazwaho n’abantu batari bake bamukurikiranira hafi ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye bitewe n’uburyo akomeje kugenda agaragaza ukunanuka kudasanzwe buri uko bukeye.
Knowless Butera ubu wamaze no kugira inshingano z’urugo ataramenyereye,mu mafoto akomeje gushyira hanze nyuma yo kwibaruka agaragaza uburyo yagiye ananukamo mu buryo bugaragarira buri wese ndetse bikagenda bitangaza n’abantu batari bake (…) -
Leta y‘ u Rwanda yamaganye ibivugwa ako yasinyanye na Israel amasezerano mu ibanga
23 January 2018, by Nsanzimana ErnestGuverinoma y’ u Rwanda yateye utwatsi amakuru yakwirakwiye mu binyamamakuru avuga ko Leta y’ u Rwanda yasinyanye na Israel amaserano mu ibanga areba abimukira bagomba bo muri Afurika.
Kuri uyu wa Mbere tariki 22 Mutarama 2018 nibwo iyo nkuru y’ uko u Rwanda rwasinyanye na Israel amasezerano areba abimukira bagomba kuza muri Afurika by’ umwihariko Uganda n’ u Rwanda yakwirakwijwe mu binyamamakuru.
Ikinyamakuru Haaretz cyatangaje ko urwego rushinzwe abimukira rwatangiye kumenyesha abari (…) -
MissRwanda 2020: Multi Design Group Lt izahemba igisonga cya Mbere inahe itike y’indege ya Dubai Miss Rwanda 2020
21 December 2019, by UbwanditsiMulti Design Group Ltd ni imwe mubaterankunga bashya bari muri iri rushanwa rya Miss Rwanda 2020. Ikaba ari sosiyete imaze imyaka 10 ikorera mu Rwanda itanga serivisi nyinshi zinyuranye zirimo kugena agaciro k’imitungo itimukanwa; gucunga imitungo itimukanwa; guhuza abagura, abagurisha, abakodesha inzu n’ibibanza; muri Kamena 2019 yafunguje isoko rusange kuri internet www.mdgrou.com
-
Gicumbi: Gitifu w’akagari yatawe muri yombi akekwaho kunyereza imfashamikurire y’abana
2 January 2020, by Dusingizimana RemyUmunyamabanga nshingwabikorwa w’Akagari ka Rwaruyumbu gaherereye mu murenge wa Manyagiro mu karere ka Gicumbi afunzwe akurikiranyweho kunyereza amata ya Inyange yari agenewe abana bato muri gahunda yo kubafasha gukura neza.
Umuryango.rw