Umugabo witwa Ntezimana Jean Damascene wo mu karere wa Rwamagana, umudugudu wa Nyagatovu Akagari ka Kabasore murenge wa Karenge ukurikiranyweho icyaha cyo kwica umugore we azaburanishwa ejo tariki 10 Nyakanga 2018 niko akarere ka Rwamagana katangaje.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide

Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Rwamagana: Wa mugabo ukekwaho kwica umugore we akamucamo ibice akabijyana mu rufunzo agiye kuburanishwa
9 July 2018, by Nsanzimana Ernest -
Perezida Kagame yahishuye ko hari abashaka kuvangira uburyo bwashyizweho mu gukemura ikibazo cya RDC
13 March 2023, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yongeye gushimangira ko uburyo bwashyizweho na EAC mu nama zabereye Angola,Nairobi n’ahandi zakemura ikibazo ariko hari imbaraga ziri guturuka ahandi zishobora kuzambya ibintu.
Yabitangaje kuri uyu wa Mbere tariki 13 ubwo yatangaga ikiganiro ku bitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku mutekano w’Isi (Global Security Forum), iri kubera i Doha muri Qatar.
Yavuze ko hari imbaraga ziri kuva hanze zishaka kuvangira ingamba ibihugu byo mu karere byafashe ngo ikibazo gikemuke. (...) -
“Ntabwo ari njyewe gusa bambitse ubusa …Imana izahora igihe nikigera” Diane Rwigara
20 June 2017, by Nsanzimana ErnestDiane Shimwa Rwigara, umukobwa wa Nyakwigendera Assinapol Rwigara ushaka kwiyamamariza kuyobora u Rwanda yongeye kuvuga ku mafoto yakwirakwiye y’ umuntu w’ igitsina gore wambaye ubusa buriburi, avuga ko abakoze ariya mafoto atari we gusa bambitse ubusa ahubwo babwambitse Abanyarwandakazi bose.
Yabitangarije Abanyamakuru kuri uyu wa Kabiri tariki 20 Kamena 2017 ubwo yari amaze gushyikiriza komisiyo y’ igihugu y’ amatora ibyangombwa bye nk’ umuntu ushaka kwiyamamariza kuyobora u Rwanda.
Nyuma y’ (...) -
Muhanga: Umugabo wafatanywe ‘uburozi’ mu rukiko ngo hari ibintu yaciririye
5 March 2018, by Nsanzimana ErnestMu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere Gasangwa Joseph wo mu Murenge wa Mwendo uburana n’ umugore we ibijyanye n’imitungo, yafatiwe mu cyumba cy’Urukiko rwisumbuye anyanyagizamo ‘ibirozi’, yari anafite ihembe, gusa we avuga ko ari iryo kumurinda uburwayi. Umucamanza yategetse ngo bamwambure ibintu bindi yari afite ngo bitwikwe. Umugore we yatangaje ko afite amakuru ko hari ibintu umugabo we yaciririye
ubwo abakozi b’Urukiko rwisumbuye rwa Muhanga bazaga mu kazi bahuriranye n’ikivunge cy’abari bamaze (...) -
Kuba AU yari ibeshejweho n’inkunga z’amahanga byatumaga ikora ibibereye abaterankunga-Kagame
23 September 2017, by Iyamuremye JanvierPerezida wa Republika Paul Kagame avuga ko amavugurura y’umuryango wa Afurika yunze ubumwe yari akwiye kuko imikorere myiza y’uyu muryango idafitiye inyungu abanyafurika gusa ahubwo no ku bandi batuye indi migabane. Ibi umukuru w’igihugu yaraye abivugiye mu kiganiro yatangiye mu kigo Brookings Institution giherereye i Washington D.C muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ku butumire yahawe na Perezida w’iki kigo, Strobe Talbott.
Ni ikiganiro cyagarutse ku mavugurura y’Umuryango wa Afurika yunze (...) -
Uwahoze ari umushakashatsi muri Makerere yahawe ubwenegihugu bw’ u Rwanda
13 June 2017, by Nsanzimana ErnestFrederick Golooba-Mutebi, Umunya Uganda wahoze ari umushakashatsi muri Kaminuza ya Makerere muri Uganda ari mu banyamahanga 9 bahawe ubwenegihugu bw’ u Rwanda kuri uyu wa 12 Kamena 2017.
Mu bahawe Ubunyarwanda harimo Abarundi 7, Umunya Uganda umwe, n’ Umunyekongo umwe. Umuhango wo kwakira indahiro z’ abo banyamahanga magingo aya bamaze kuba Abanyarwanda wabereye mu karere ka Kicukiro mu mugi wa Kigali.
Frederick Golooba-Mutebi yahoze ari umuyobozi wungirije w’ ikigo cya Makerere gikora (...) -
Watch LaLiga on StarTimes - Messi stays as La Liga kicks off
7 September 2020, by UbwanditsiBy Peter Auf der Heyde
When Lionel Messi announced in the first week of September that he would – after all – remain with Barcelona for the forthcoming season, a collective sigh of relief could be heard all over Spain. Messi, of course, is not just any player.
A six-time Ballon d’Or winner, the Argentine forward is arguably the greatest player the world has ever seen, or certainly ranks amongst the best. It is thus not surprising that when he wrote a letter to Barcelona requesting a (...) -
Ikibazo cy’abatuye Bannyahe ni ihurizo kuri Busingye, ava indi imwe na nyiri amazu basabwa kwimukiramo
27 April 2019, by UbwanditsiHamaze iminsi havugwa ikibazo cyo mu midugudu ya Kibariro ya I, Kangondo ya I n’iya II mu kagali ka Nyarutarama aho hari abaturage barahiye ko batazimukira mu mazu bubakiwe mu Busanza n’umushoramali Denis Karera nk’ingurane y’ubutaka bwabo ashaka kubakaho amazu agezweho.
-
Urutonde rw’imodoka 10 zihenze cyane muri uyu mwaka w’2018-AMAFOTO
8 January 2018, by Iyamuremye JanvierUyu mwaka wa 2018 utangiranye udushya twinshi nk’inkweto zikozwe mu cyuma zikorerwa muri Zambia, kuri ubu hakaba hanasohotse urutonde rw’imodoka nziza zihenze ku isi kurusha izindi z’ubwoko butandukanye.
AMAFOTO N’IBICIRO
10. Bugatti Chiron: Igura miliyoni 2.5 z’amadolari y’Amerika angana na miliyari 2,1 Rwf
9. Pagani Huayra BC igura amadolari y’Amerika miliyoni 2.8 arenga amafaranga y’u Rwanda miliyari 2.4
8.Ferrari Pininfarina Sergio ushaka kuyigura atanga miliyoni 3 z’amadorali y’amerika, (...) -
Urukiko rwategetse ko uwari gitifu wa Gisagara arekurwa by’ agateganyo
17 November 2017, by Nsanzimana ErnestUrukiko rwisumbuye rw’ akarere ka Huye Rwategetse ko Mvukiyehe Innocent wari umunyamabanga nshingwabikorwa w’akarere ka Gisagara arekurwa akaburana ari hanze.
Mvukiyehe akekwaho yatawe muri yombi tariki akurikiranyweho ibyaha bibiri harimo icyo konona no gusesagura umutungo wa Leta no gutanga amasoko ya Leta mu buryo bunyuranyije n’amategeko.
Nyuma y’ uko tariki 1 Ugushyingo 2017, Urukiko rw’ ibanze rwa Ndora rukatiye Mvuyekure Innocent wari umunyamabanga nshingwabikorwa w’akarere ka Gisagara (...)
0 | ... | 2180 | 2190 | 2200 | 2210 | 2220 | 2230 | 2240 | 2250 | 2260 | ... | 2480