Banki y’Isi yasinyanye n’ u Rwanda amasezerano y’ inkunga ingana na miliyari 46Frw azifashishwa mu bikorwa byo kurwanya indwara yo kugwingira mu bana bari munsi y’imyaka itanu.
Aya mafaranga azakoreshwa mu turere 13 turi imbere mu kugira abana bagaragaza ukugwingira gukabije, nk’uko byemeranyijweho ubwo hasinywaga aya masezerano kuri uyu wa Gatatu tariki 7 Werurwe 2018.
Icyegeranyo cyasohotse mu buzima bw’abaturage mu Rwanda muri 2015 (EICV), cyagaragaje ko 41,5% by’abana bari munsi (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Banki y’Isi yahaye u Rwanda miliyari 46 zo kurwanya imirire mibi
7 March 2018, by Nsanzimana Ernest -
Perezida Kagame yasubije abashinja u Rwanda gushaka gufata igice kimwe cya RDC
1 March 2023, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yavuze ko u Rwanda nta ntego rufite yo kwigarurira Uburasirazuba bwa RDC nkuko bamwe babivuga kuko ngo narwo rufite amabuye y’agaciro kandi meza kurusha aya RDC.
Ubwo yari mu kiganiro n’Abanyamakuru kuri uyu wa 01 Werurwe 2023,Perezida Kagame yavuze ko nubwo u Rwanda rwambuwe bimwe mu byo rwahoranye, nta ntego rufite yo kwigarurira ibice by’abandi nk’uko bivugwa.
Ati "Dufite coltan nyinshi, kandi nziza kurusha ahandi uzabona harimo no muri Congo. Uzakore ubushakashatsi (…) -
U Bufaransa: Umunyarwanda Twagira ukurikiranyweho Jenoside yirukanywe ku kazi yari yahawe
7 February 2018, by Nsanzimana ErnestNyuma y’ uko CNLG yamaganye kuba Umunyarwanda Dr. Charles Twagira yarahawe akazi n’ ibitaro byo mu Bufaransa kandi akurikiranyweho ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi ibyo bitaro byanzuye ko yirukanwa.
Nk’ uko byatangajwe Komisiyo y’ igihugu yo kurwanya Jenoside CNLG, Dr Twagira yari yatangiye gukora muri ibi bitaro bya “Paul Doumer”, nyuma yo guhabwa akazi kandi yarigeze gufungwa n’ubutabera bw’u Bufaransa kubera ibyaha yari akurikiranyweho bya Jenoside.
Nubwo yaje gufungurwa ariko (…) -
Urukiko rwategetse ko Bayigamba wabaye Minisitiri akurikiranwa adafunze
18 November 2019, by Dusingizimana RemyUrukiko rw’ibanze rwa Nyarugenge,mu mujyi wa Kigali rwategetse ko Robert Bayigamba wahoze ari minisitiri w’urubyiruko,umuco na siporo mu Rwanda arekurwa agakurikiranwa adafunze kuko nta mpamvu zikomeye ngo rwabonye akwiye gukomeza gufungwa.
-
Ba Imam 300 bo muri Austrariya bagereranyije Umutwe wa Leta ya Kisilamu “ Islamic State” nk’ intama y’umukara mu ntama zera.
16 June 2017, by Renzaho FerdinandBa Imam bo muri Austrariya ubwo bari bahuye/ Foto: Reuters
Ba Imam 300 muri Austria baramaganira kure ibikorwa by’umutwe bavuga ko ari uw’iterabwoba wa Leta ya Kisilamu “Islamic State” wiyitirira amahame ya kislamu, bavuga ko uyu mutwe ukomeje kubangamira igerwaho z’intego nyakuri z’idini ya Islamu ku isi.
Ibi bikaba byemejwe n’iteraniro ry’ Umuryango w’idini ya Islam muri Austria IGGÖ (The Islamic Religious Community of Austria), wavuze ko wamaganye wivuye inyuma ubuhezanguni, (…) -
Just Selfie! itel S13 niyo smartphone ihendutse ifite camera ya 13MP mu ziri ku isoko!
3 October 2018, by UbwanditsiMu gukomeza uruhererekane rwa smartphone za itel zizwiho kugira selfie nziza, itel Mobile ubu yashyize ku isoko smartphone ifite ibyiza byinshi kandi iri ku giciro cyiza.
-
Rubavu: Umu-DASSO wari imfubyi yibana yapfuye bitunguranye
13 December 2017, by Nsanzimana ErnestMbarushimana Joseph wakoreraga urwego rushinzwe gucunga umutekano w’ abaturage mu karere (DASSO) yapfuye bitunguranye, umurambo we uboneka kuri uyu wa Kabiri tariki 12 Ukuboza 2017.
Mbarushimana witabye Imana ku myaka 34 y’ amavuko yari atuye mu murenge wa Kanzenze akagari ka Kirerema, Umudugudu wa Rushasho. Yari imfubyi yibana ndetse yanarerewe mu kigo cy’ imfubyi bitaga ’Imbabazi’
Amakuru y’ urupfu rwe yamenyekanye mu gitondo cyo ku wa Kabili ubwo bamusangaga mu mzu yashizemo umwuka. (…) -
Donald Trump yabaye perezida wa mbere wa USA wakandagiye ku butaka bwa Koreya ya ruguru [AMAFOTO]
30 June 2019, by Dusingizimana RemyPerezida wa USA,Donald Trump yagiriye urugendo rw’amateka ku butaka bwa Koreya ya ruguru ahita yandika amateka yo kuba perezida wa mbere wa Amerika usuye iki gihugu kizwiho kwihaza mu gukora ibisasu bya kirimbuzi.
-
MINICOM yashyize hanze amabwiriza 12 agomba kugenda ifungurwa ry’utubari
23 September 2021, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda (MINICOM) ku bufatanye n’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Iterambere (RDB) byashyizeho amabwiriza agenga ifungurwa ry’utubari.
Akabari gafungurwa ni agafite icyangombwa cy’ubucuruzi cya RDB cyangwa agafite ipatanti itangwa n’umurenge bikemerera gutanga serivisi z’akabari.
Muri aya mabwiriza kandi harimo ko buri kabari kagomba kugira umukozi ushinzwe kwita ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19 kandi wambaye umwambaro w’umuhondo.
Abakiriya b’akabari bagomba (…) -
Hari kugeragezwa ubuhinzi bushya mu Rwanda budakeneye ifumbire n’ubutaka
17 November 2020, by Dusingizimana RemyMu rwego rwo gufasha abanyarwanda kwihaza mu biribwa no kugabanya amafaranga bakoresha bahinga,umuryango utegamiye kuri Leta, ARDE /Kubaho ku bufatanye na Tennessee State University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bakomeje kureba niba ubuhinzi bukorewe mu mabuye bushoboka.
Umuryango.rw
Perezida Kagame yasubije abashinja u Rwanda gushaka gufata igice kimwe cya RDC
Just Selfie! itel S13 niyo smartphone ihendutse ifite camera ya 13MP mu ziri ku isoko!
MINICOM yashyize hanze amabwiriza 12 agomba kugenda ifungurwa ry’utubari