Ikipe ya Chelsea FC irashaka umusimbura wa Maurizio Sarri nyuma y’umukino wa nyuma wa Europa League aho kuri ubu yamaze guhanga amaso ku munya Espagne Julen Lopetegui wirukanwe nabi na Real Madrid mu mwaka w’imikino ushizewayandikiye ayisaba akazi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Umutoza wirukanwe mu ikipe ya Real Madrid yasabye akazi ko gusimbura Sarri muri Chelsea FC
26 May 2019, by Dusingizimana Remy -
Man U yahawe penaliti umukino warangiye, Chelsea ibona inota rimwe ku kaburembe
26 September 2020, by Dusingizimana RemyKu munsi wa 3 wa Shampiyona habaye ibitangaza bitari bisanzwe aho umusifuzi witwa Chris Kavanagh yahaye Manchester United penaliti nyuma yo gusoza umukino mu gihe Chelsea yo yishyuye ibitego 3 West Bromo yari yayitsinze mu minota 27 y’igice cya mbere.
-
FERWAFA yafatiye ibihano Rayon Sports na APR FC kubera urugomo rw’abafana bazo kuri stade Amahoro
27 May 2019, by Dusingizimana RemyIshyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA,ryamaze guca ihazabu y’amafaranga y’u Rwanda ibihumbi ijana ku ikipe ya Rayon Sports ndetse na APR FC kubera ubushyamirane bwaranze abafana b’amakipe yombi ku wa 20 Mata 2019 mu mukino w’umunsi wa 23 wa Shampiyona.
-
Gasabo: Amazi yatembanye inzu bituma abantu bari bayirimo bahasiga ubuzima
3 February 2020, by Dusingizimana RemyImvura nyinshi yaraye iguye mu mujyi wa Kigali yasenye amazu menshi n’ibindi bikorwaremezo bitandukanye ariko by’umwihariko itwara ubuzima bw’abantu hirya no hino aho mu karere ka Gasabo havugwa urupfu rw’abantu 7 barimo umukecuru, abana be n’abuzukuru be bari mu nzu yatwawe n’amazi ayita mu mugezi wa Yanze bahasiga ubuzima.
-
Abana b’abakobwa ibihumbi cumi na birindwi bari hagati y’imyaka 16 na 17 y’amavuko nibo mu Rwanda batewe inda zidateguwe mu mwaka umwe gusa
17 May 2017, by Martin MunezeroKuri uyu wa Kabiri ushize tariki ya 16 Gicurasi 2017 nibwo Minisiteri y’uburinganire n’iterambere ry’umuryango (MIGEPROF), yatangaje ko mu mwaka wa 2016 abana b’abakobwa bari hagati y’imyaka 16 na 19 bagera ku 17500 batewe inda zitateguwe ndetse binabaviramo ingaruka zitandukanye harimo no kuva mu ishuri. Minisitiri Nyirasafari Espérance uyobora MIGEPROF
Minisitiri Nyirasafari Espérance uyobora MIGEPROF yavuze ko uyumubare uhangayikishije, hakaba hagiye gukazwa ingamba zizafatirwa (…) -
Umukobwa wigaga mu cyaho ari KIE bamusanze mu nzu yabagamo yimanitse mu mugozi
12 May 2017, by Nsanzimana ErnestUmwana w’ umukobwa witwa Bayavuge Jacqueline wigaga mu cyahoze ari KIE, ubu akaba ari Kaminuza y’ u Rwanda ishami ry’ uburezi bamusanze mu nzu yakodeshaga yapfuye yimanitse mu mugozi birakekwa ko yihahuye.
Umunyamabanga nshingwabikorwa w’ umurenge wa Kimironko Karamuzi Godfrey yabwiye Ikinyamakuru Umuryango ko ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 11 Gicurasi 2017 aribwo bamenye ko uyu mukobwa wari ufite imyaka 21 y’ amavuko yiyahuye.
Yagize ati “Ejo saa sita nibwo umuyobozi w’ umudugudu yabwiye (…) -
M23 yafashe ibifaru n’imbunda za FARDC ibindi irabitwika [AMAFOTO]
12 November 2022, by Dusingizimana RemyUmutwe wa M23 wongeye guha isomo ingabo za Leta ya Congo,FARDC,aho wafashe ibikoresho byayo birimo imbunda, amasasu ndetse n’ibifaru ibindi irabitwika.
Amakuru aravuga ko ibifaru 4 bya FARDC byatwitswe birimo icyari cyafunze Rugari na Kibumba n’ikindi cyari cyafunze inzira yerekeza I Rwindi.
Nyuma y’imirwano ikaze yubuye kuri uyu wa gatanu ndetse no kuri uyu wa Gatandatu,M23 yagaragaye ifite ibikoresho bya FARDC ndetse yishe umusirikare mukuru wa Leta ya Congo, Lt Col Faustin Sengabo (…) -
Rayon Sports ntiyishimiye icyemezo cya FERWAFA yayitegetse kwishyura Minnaert miliyoni 32 FRW
6 August 2019, by Dusingizimana RemyIshyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda,FERWAFA,ryategetse ikipe ya Rayon Sports kwishyura uwahoze ari umutoza wayo Ivan Jacky Minnaert akayabo ka miliyoni zisaga 32 FRW [35 535 USD] kubera ko yamusezereye Minaert mu buryo budakurikije amategeko.
-
Nyagatare: Munyeshyaka wari Umupolisi uzwi ku izina rya Rwatubyaye yapfuye avuye ku mugore yari yasuye
23 June 2020, by UbwanditsiKu mugoroba w’ejo nibwo Umupolisi muto witwa Jean Bosco Munyeshyaka wari uzwi ku izina ry’irihimbano rya Rwatubyaye yagiye gusura umudamu utuye mu Murenge wa Nyagatare, akagali ka Bushoga umudugudu wa Cyonyo mu Karere ka Nyagatare atashye asubiye mu kigo ngo atangira kumva atameze neza ndetse aza guhita apfa bitunguranye. Harakekwa amarozi.
Uyu mu Polisi bitaga Rwatubyaye yari yagiye kusura umugore wibana ariko wigeze kuba afite umugabo. Amakuru avuga ko umugabo yahoranye nawe yari (…) -
Ni iki kigize u Rwanda uko turubona uku?
17 January 2018, by Jules NTAHOBATUYEIsura u Rwanda rufite ubu mu ruhando mpuzamahanga itandukanye n’iyo rwahoranye kandi iraba nziza umunsi ku wundi nyuma ya jonoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994.
Ese ni iki kigize u Rwanda uko turubona uku?
[Kanda hano wumve icyo abasesenguzi bagaragaza.
Umuryango.rw
Man U yahawe penaliti umukino warangiye, Chelsea ibona inota rimwe ku kaburembe
Gasabo: Amazi yatembanye inzu bituma abantu bari bayirimo bahasiga ubuzima
M23 yafashe ibifaru n’imbunda za FARDC ibindi irabitwika [AMAFOTO]
Nyagatare: Munyeshyaka wari Umupolisi uzwi ku izina rya Rwatubyaye yapfuye avuye ku mugore yari yasuye