Uwamahoro Bonavanture niwe watorewe kuba Umuyobozi w’ Akarere ka Nyamagabe atsinze arusha cyane Mujawayezu Louise bari bahanganiye uyu mwanya.
Guverineri w’Intara y’Amajyepfo Marie Rose Mureshyankwano ni umwe mu bitabiriye aya matora. Uwamahoro yabonye amajwi 324 kuri 337 bagombaga gutora naho Mujawayezu Louise agira amajwi 13 gusa.
Uwamahoro yasimbuye Mugisha Philbert wegujwe na njyanama y’ akarere ka Nyamagabe tariki 18 /11/2017 nyuma yo gutabwa muri yombi na polisi y’ u Rwanda.
Mugisha (...)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide

Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Nyamagabe yabonye meya mushya usimbura Mugisha Philbert
9 February 2018, by Nsanzimana Ernest -
Ruhango: Umukecuru w’imyaka 80 yatawe muri yombi kubera amagambo yuzuyemo ingengabitekerezo ya Jenoside yabwiye uwayirokotse
10 April 2020, by Dusingizimana RemyUmukecuru w’imyaka 80 witwa Mukamushumba Sarah utuye mu karere ka Ruhango mu Murenge wa Bweramana yatawe muri yombi azira kubwira amagambo yuzuyemo ingengabitekerezo uwarokotse Jenoside baturanye witwa Afazari Speciose w’imyaka 68.
-
Ishyaka PDC naryo ryatangaje ko rizashyigikira Paul Kagame mu matora
17 June 2017, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi w’ Ishyaka Riharanira Demokarasi ihuza Abanyarwanda (PDC) yashimangiye ko nta mukandida wundi iri shyaka ryatanga mu matora y’Umukuru w’igihugu muri Kanama 2017 atari Paul Kagame.
Mukabaranga Agnès, mu kiganiro na RBA yeruye agaragaza ko nta wundi mukandida abarwanashyaka b’ishyaka rye bashyigikira utari Perezida Kagame w’ Umuryango FPR Inkotanyi, ashingiye no ku mahitamo yAbanyarwanda bagaragaje muri Referandumu mu 2015 ubwo batoraga ko havugururwa Itegeko Nshinga, hagakurwaho (...) -
Gicumbi: RIB yakanguriye abaturage gukumira ibyaha by’icuruzwa ry’abantu n’ibiyobyabwenge
14 May 2019, by Dusingizimana RemyIkigo cy’igihugu cy’ubugenzacyaha,RIB,cyasabye abaturage bagize Umurenge wa Ruvune mu karere ka gicumbi ubufatanye mu gukumira ibyaha by’icuruzwa ry’abantu n’ibiyobyabwenge bitaraba binyuze mu gutangira amakuru ku gihe.
-
Komisiyo y’Amatora (NEC) yakiriye kandidatire ya Perezida Paul Kagame- AMAFOTO
22 June 2017, by Iyamuremye Janvier, Nsanzimana ErnestPerezida Paul Kagame yageze ku cyicaro cya Komisiyo y’Amatora (NEC) aho agiye gutanga kandidatire ye izamwemerera guhatana mu matora ya Perezida ateganyijwe muri Kanama 2017.
Kuri uyu wa kane tariki ya 22 Kamena uyu mwaka, nyuma yo kwakira Kandidatire ya MPayimana Phillipe, Komisiyo y’Igihugu y’Amatora yakiriye Paul Kagame uzahagararira Ishyaka RPF-Inkotanyi mu matora ya Perezida wa Repubulika ateganyijwe ku matariki 03 na 04 Kanama 2017.
Perezida Kagame yabanje gusuhuza abaturage bari (...) -
Perezida Kagame yashimangiye ko hakenewe ubufatanye hagati ya Leta n’abaturage mu guharanira iterambere
3 July 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida wa Repubulika yavuze ko hakenewe ubufatanye hagati ya leta n’abaturage kugira ngo imibereho myiza ya buri wese irusheho kuba myiza ndetse n’iterambere rirusheho kwihuta.
-
Abasirikare bakekwaho kurasa Ntivuguruzwa bagiye kuburanishwa
22 June 2017, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa Gatanu tariki 23 Kamena I Gikondo hateganyijwe urubanza ruregwamo abasikare bakurikiranyweho kwica barashe Aimé Ntivuguruzwa Yvan.
Mu ntangiriro za Gicurasi uyu mwaka nibwo abasirikare babiri bivugwa ko bari basinze barashe Ntivuguruzwa amasasu menshi bimuviramo urupfu.
Uru rubanza ruraburanishirizwa mu cyumba cy’ Akagari ka Karugira guhera saa mbili z’ igitondo.
Aimé Kalisa mukuru wa Nyakwigendera aganira n’ Ikinyamakuru Umuryango kuri uyu wa 22 Kamena yashimiye Minisiteri y’ (...) -
Myugariro ukomeye wa APR FC Rugwiro Herve yasezeranye imbere y’Imana n’abantu kubana akaramata na Carine Mugabekazi(AMAFOTO)
16 July 2017, by Martin MunezeroKuri uyu wa gatandatu tariki ya 15 Nyakanga 2017, Myugariro w’ikipe ya APR FC, Rugwiro Herve yakoze ubukwe n’umukunzi we Mugabekazi Carine bamaze imyaka myinshi bakundana.
Herve usanzwe ukinira ikipe y’igihugu Amavubi akanakinira ikipe ya APR FC ni umwe muri ba myugariro nyarwanda bafite ibigango bikanga abataka b’amakipe menshi akunze guhura na APR FC.
Kuya 4 Werurwe 2017, uyu musore yasabye anakwa umukunzi we Carine amusaba kuzamubera umugore imbere y’ababyeyi n’inshuti mu mihango yabereye i (...) -
Miss Mwiseneza yerekanye umugabo ugiye kumubera umujyanama akamufasha muri Byinshi[AMAFOTO]
19 April 2019, by Martin MunezeroMwiseneza Josiane wamamaye cyane kubera irushanwa rya Miss Rwanda 2019 ndetse bikanamuhesha ikamba ry’umukobwa wakunzwe cyane mu irushanwa, Miss Popularity, yerekanye umujyanama we ugiye kumufasha kunoza neza umushinga we wo kurwanya igwingira ry’abana.
-
Zion Temple yamaganye abitiriye Apotre Gitwaza ubutumwa atatanze
29 October 2018, by Martin MunezeroKuri iki Cyumweru ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwiye akavidewo kagufi humvikanamo Umuyobozi wa Zion Temple avuga ko abasengera mu idini aribo gusa bazajya mu ijuru ko abandi ishyano ribaguyeyo.
0 | ... | 2220 | 2230 | 2240 | 2250 | 2260 | 2270 | 2280 | 2290 | 2300 | ... | 2480