Umugore wa Perezida w’ u Rwanda yavuze ko ibigo bifite abagore benshi mu nzego zifatirwamo ibyemezo birangwamo ruswa nkeya, nyamara ngo iyo ruswa itanzwe abagore nibo bagerwaho n’ ingaruka cyane.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide

Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
‘Abagore barya ruswa gake’ Jeannette Kagame
31 October 2018, by Nsanzimana Ernest -
Visi Meya Muhongerwa yagoroye imvugo yigeze gukoresha ku basabiriza
3 October 2018, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi w’umujyi wa Kigali wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage Madame MUHONGERWA Patricie yasabye buri wese wamwumvise nabi mu mvugo ye yo mu ntangiriro z’ukwezi kwa kane ko nta kintu kibi yari agendereye.
-
"P. Kagame yampakaniye ko Kakwenza Rukirabashaija yahungiye mu Rwanda": Gen Muhoozi
9 February 2022, by NIYIGABA DC CLEMENTMu masaha y’Umugoroba yo kuri uyu wa gatatu nibwo inkuru zakomeje kugenda zicicikana ku mbuga nkoranyambaga ko umwe mu banditsi b’ibitabo bakomeye muri Uganda usanzwe utavuga rumbe n’ubutegetsi bwa Kampala yahunze igihugu akerekeza mu Rwanda
-
Umucungamutungo mu kigo nderabuzima cya Burega yatorokanye miliyoni 11
27 August 2017, by Iyamuremye Janvier, Nsanzimana ErnestUmugabo witwa Ndayishimiye Rodrigue wo mu karere Rulindo mu murenge wa Burega mu ntara y’amajyaruguru, yatorokanye amafaranga agera kuri miliyoni 11 kugeza n’ubu ubuyozi ndetse n’umuryango we ntibazi aho aherereye.
Mwemayire Donath uyobora Centre de Cente ya Burega yemereye Umuryango ko uwo wari ushinzwe imari y’iki kigo nderabuzima yatwaye koko agera kuri miliyoni 11 ariko ko kugeza ubu bataramenya aho aherereye.
Uyu muyobozi yanatangarije Umuryango ko bakomeje kubaza abo mu muryango w’ uwo (...) -
Polisi yafashe amavuta menshi ya mukorogo mu ntara y’Amajyepfo
11 February 2019, by Dusingizimana RemyPolisi y’u Rwanda yakoze umukwabu mu ntara y’Amajyepfo ishaka amavuta ya mukorogo yari agicuruzwa mu ibanga n’abacuruzi,ifata amaduzeni asaga 470 yayo ndetse n’amasabune ahindura uruhu.
-
Aho bamwe mu bahanzi nyarwanda ntibazagumirwa ko batandukana n’inkumi z’ikimero nta gihe gishize?
20 August 2017, by Iyamuremye JanvierAbahanzi n’abaririmbyi, abakinnyi ba filime, Abanyamideli n’abandi ni bamwe mu bantu bakurikirwa n’abantu benshi binyuze ku mbuga nkoranyambaga n’ amatsinda n’abo.
Ifoto cyangwa se ikindi kintu yakwandika ku rukuta runaka akoresha, yakirijwe amashimwe n’abakunzi icyo kintu batabarika. Mu bitekerezo bitangwa uzasanga higanjemo abifuza guhura nawe; abamubwira ko bamukunda; n’abandi banyurwa n’ibihangano cyangwa se ibindi bikorwa abakorera.
Ntabwo ndi umuhanga mu rukundo cyane ariko simpamya (...) -
RIB yemeje ko yashyikirijwe Umuhanzi Kizito Mihigo wafashwe ashaka gutorokera mu Burundi
14 February 2020, by Dusingizimana RemyUrwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha [RIB] rumaze gutangaza ko rwamaze gushyikirizwa umuhanzi Kizito Mihigo wafashwe kuwa Kane agiye kwambuka umupaka w’u Rwanda ngo yerekeze mu gihugu cy’u Burundi.
-
Imyitozo y’Ingabo z’u Rwanda ubwo zagaragarizaga Perezida Kagame ubuhanga n’ubushobozi zifite
11 November 2017, by Martin MunezeroPerezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, kuri uyu wa Gatanu yitabiriye imyitozo ya gisirikare y’ingabo z’u Rwanda y’urukomatane rw’intwaro, mu kigo cya gisirikare i Gabiro mu karere ka Gatsibo. Ni imyitozo imugaragariza ubuhanga n’ubushobozi bw’ingabo mu bya gisirikare. Nk’uko tubikesha urubuga rwa Twitter rwa Village urugwiro, Iyi n’imyitozo igizwe n’ibice bitandukanye birimo icy’ingabo zirwanira ku butaka n’izirwanira mu kirere. Mu busanzwe ingabo zikoresha uburyo bukomatanyije mu ntambara (...)
-
Kigali: Hagiye gufungurwa ambasade ya Isiraheli
28 November 2017, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa Kabiri tariki 28 Ugushyingo 2017, Minisitiri w’Intebe wa Isiraheli, Benjamin Netanyahu yatangaje ko igihugu cye kiri kwitegura gufungura bwa mbere Ambasade yacyo i Kigali mu Rwanda.
Netanyahu yabitangaje ubwo yahuriraga na Perezida Paul Kagame i Nairobi, nyuma y’umuhango wo kurahira kwa Perezida Uhuru Kenyatta kuri uyu wa.
Abinyujije ku rubuga rwe rwa Twitter, Netanyahu agira ati "Nahuye na Perezida Paul Kagame mubwira ko Isiraheli izafungura bwa mbere Ambasade yayo i Kigali, (...) -
Umudipolomate w’Ubwongereza mu Bushinwa yakoze benshi ku mutima kubera ukuntu yatabaye umugore wari ugiye kurohama
17 November 2020, by Dusingizimana RemyNubwo ari umunyacyubahiro,Bwana Stephen Ellison,uherutse koherezwa guhagararira Ubwongereza mu Bushinwa ari gushimwa na benshi kubera ukuntu yatabaye umugore wari mu mazi ari kurohama yabuze umutabara.
0 | ... | 2210 | 2220 | 2230 | 2240 | 2250 | 2260 | 2270 | 2280 | 2290 | ... | 2480