Perezida w’ Intebe y’ Inteko Nyarwanda y’ ururimi n’ umuco yabwiye abanyamakuru ko Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yamenyesheje iyi ntebe ko afatanyije nayo urugamba rwo kubahisha ururimi rw’ Ikinyarwanda.
Prof. Niyomugabo uyobora iyi nteko yabitangaje kuri uyu wa Mbere tariki 29 Gicurasi 2017. Ngo ubutumwa iyi ntebe yabugejejweho na Protais Mitari wari Minisitiri w’ urubyiruko umuco na Siporo.
Prof. Niyomugabo yagize ati “Muri 2014, Perezida Kagame yahaye Protais Mitari ubutumwa (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Perezida Kagame yahaye Mitari ubutumwa bwo kubahisha Ikinyarwanda abushyikiriza Intebe y’ Inteko
29 May 2017, by Nsanzimana Ernest -
Impuguke ntizemeranya n’ abanyamugi bahamba amazi mu butaka
31 August 2017, by Nsanzimana ErnestAbashashatsi bateraniye I Kigali mu nama yiga ku kwita ku bidukikije baragaya uburyo bukoreshwa mu mugi bwo gucukura ibyobo bifata amazi kuko ayo mazi baba bayapfushije ubusa kandi bakiyakeneye.
Mu mugi nka Kigali n’ indi mu rwego rwo kwirinda ko amazi ava mu rugo runaka yagiriza abaturanyi abaturage baba baragiye bacukura ibyo bifata ayo mazi aribyo impuguke mu bijyanye n’ imicungire y’ amazi zivuga ko atari bwo buryo bwiza bwo gukemura ikibazo cy’ amazi.
Abo bashakashatsi n’ inzobere (…) -
Minisitiri w’Ubuzima yavuze ku mugore wari ufite akabari mu rugo wasanganwe Coronavirus
19 April 2020, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ubuzima,Dr.Ngamije Daniel yasabye abanyarwanda kuba maso bakareka gukerensa ingamba zafashwe na Leta y’u Rwanda zo kwirinda ikwirakwira rya Coronavirus kuko ngo hari umugore wasanganwe iki cyorezo kandi yarashinze akabari mu rugo.
-
Reba urutonde rw’abahanzi/kazi nyarwanda 23 utaruzi ko babyaye abana mbere yo gushinga urugo
13 July 2017, by Martin MunezeroHari umubare munini w’abakora umuziki mu Rwanda bakiri ingaragu. Bamwe muri bo ariko bamaze kwibaruka mbere yo kurushinga. Bamwe byagiye bijya hanze abantu bakabimenya ariko abandi bakabigira ibanga.
Nubwo hari abahanzi bibarutse mbere yo kurushinga, bamwe muri bo ntibaba bifuza ko amakuru y’uko babyaye cyangwa batandukanye n’abagore yajya hanze. Kuri uru rutonde rwakozwe na Umuryango.rw hariho bamwe mu bahanzi bashyize ku mugaragaro abana bibarutse, abandi babigira ubwiru gusa ntawe (…) -
Bugesera: Uwari Meya n’abamwungirije bose beguye ku "bushake" bwabo
27 May 2018, by Nsanzimana ErnestNyuma ya Ruhango na Gicumbi inama njyanama y’ akarere ka Bugesera kuri uyu wa 27 Gicurasi 2018 nayo yemeje ubwegure bw’uwari Umuyobozi w’Akarere ka Bugesera, Nsanzumuhire Emmanuel n’abamwungirije.
-
Diane Rwigara na nyina basabiwe gufungwa imyaka 22 no kwishyura amande
7 November 2018, by Nsanzimana ErnestUbushinjacyaha bushingiye ku ngingo zihana ibyaha baregwa, bwasabye Urukiko kwemeza Adeline Mukangemanyi, n’abantu 5 badahari, icyaha cyo gukurura imvururu muri rubanda, ngo kuko ibyaha aregwa ari impurirane mbonezamugambi, ngo urukiko ruzamuhanishe igihano kiruta ibindi no kongeraho kimwe cya kabiri k’igihano kiruta ibindi, agahanishwa imyaka 22 n’ihazabu ya miliyoni imwe no guhanisha bariya bandi imyaka 15.
Bwasabye kandi ko Diane Rwigara ahamya ibyaha aregwa, agafungwa imyaka 15 ku gukurura imvururu muri rubanda, imyaka irindwi (7) ku nyandiko mpimbano, n’ihazabu ya miliyoni eshatu(3).
-
Watch La Liga on StarTimes: Barcelona need points
14 December 2020, by UbwanditsiSince 2008, Barcelona have always finished in the top two of the La Liga – winning eight of the 12 titles contested during that time.
This year they seem to have their work cut out for them though, if they want to continue that excellent run.
Despite Atlético Madrid losing the city derby on the weekend against Real Madrid, Diego Simeone’s side enjoys a lead in the table and look convincing when they take to the field.
Barcelona meanwhile, have been blowing hot and cold – more cold (…) -
Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yo kuwa Mbere tariki 24 Kamena 2019
24 June 2019, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Mbere, tariki ya 24 Kamena 2019, Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.
-
Press Release - AFC and StarTimes confirm media rights deal in Africa
26 April 2021, by UbwanditsiAFC and StarTimes partnership involves the AFC’s major national team and club competitions for 2021.
The Asian Football Confederation (AFC) has today announced StarTimes as their new media partner in Sub-Saharan Africa for 2021 to broadcast the AFC’s national team and club competitions including the AFC Asian Qualifiers – Road to Qatar Final Round (until December 31, 2021) as well as the Group Stages, Knock-out Stages and Finals of the AFC Champions League 2021 and the AFC Cup 2021 on a (…) -
“Nta mpamvu y’uko Afurika n’u Burayi byarebana nk’ibitezanya ibibazo” Perezida Kagame
7 June 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame asanga bidakwiye ko umugabane w’ u Burayi n’ uwa Afurika birebana nk’ ibitezanya ibibazo kubera ikibazo cy’ abimukira.
Ibi yabitangarije I Bruxelles mu gihugu cy’ u Bubiligi kuri uyu wa Gatanu tariki ya 7 Kamena aho yitabiriye inama ngarukamwaka yatumiwemo na Perezida wa Komisiyo Ubumwe bw’Ibihugu by’i Burayi Jean-Claude Juncker.
Muri iyi nama, Perezida Kagame yavuze ku uguteza imbere abikorera, guteza imbere uburinganire bw’abagabo n’abagore, guteza (…)
Umuryango.rw
Minisitiri w’Ubuzima yavuze ku mugore wari ufite akabari mu rugo wasanganwe Coronavirus