Umwanya munini wafashwe n’umwanditsi w’urukiko asoma ibiregwa Felicien Kabuga, we yahisemo guceceka ariko ngo bisobanuye ko atemera ibyo yarezwe.
Iburanisha ryo kuri uyu wa gatatu ritangiye umucamanza mukuru, Iain Bonomy, yabwiye Kabuga ko afite uburenganzira bwo kugira ibyo avuga mu rukiko, guceceka, cyangwa kunganirwa.
Kabuga w’imyaka 85, nk’uko byavuzwe mu rukiko, yafatiwe mu Bufaransa mu kwezi kwa gatanu nyuma y’imyaka irenga 20 yihisha ubucamanza mpuzamahanga bwamushakishaga ku byaha bya (...)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide

Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Uko iburanisha rya mbere rya Kabuga Felicien i La Haye ryagenze
11 November 2020, by Dusingizimana Remy -
Min Evode Uwizeyimana na Isaac Munyakazi beguye, bashobora no gukurikiranwa mu nkiko
7 February 2020, by NIYIGABA DC CLEMENTKu mugoroba wo kuri uyu wa kane taliki 6 Gashyantare 2020 nibwo Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubutabera Ushinzwe kurinda Iremezo ry’Itegeko Nshinga n’andi Mategeko ndetse n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi Isaac Munyakazi byatangajwe ko batanze amabaruwa y’ubwegure.
-
NISR yagaragaje ukuntu ibiciro byatumbagiye cyane mu Rwanda
11 June 2022, by Dusingizimana RemyIkigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare cyatangaje igipimo cy’ihindagurika ry’ibiciro mu kwezi Gicurasi uyu mwaka, muri rusange ibiciro byakomeje kuzamuka muri uko kwezi kuko byiyongereyeho 14,8% ugereranyije n’ibiciro byo mu byo mu kwezi kwa Gicurasi umwaka ushize.
Bimwe mu byatumye ibiciro byiyongera muri Gicurasi 2022 nk’uko bitangazwa n’iki kigo, ni ibiciro by’ibiribwa n’ibinyobwa bidasembuye, ibiciro by’inzu, amazi, amashanyarazi, gaz n’ibindi bicanwa.
Ugereranyije ibiciro byo Mu mijyi no mu (...) -
COVID-19:U Rwanda rwashyizwe mu bihugu 14 byizewe abaturage babyo bemerewe kwinjira i Burayi
30 June 2020, by Dusingizimana RemyUmuryango w’Ubumwe bw’Uburayi (EU/UE) watangaje ibihugu 14 uvuga ko abaturage babyo "badateje akaga" bemerewe kwinjira i Burayi kuva tariki 01 z’ukwezi kwa karindwi, nubwo hakiri icyorezo cya Covid-19, Abanyarwanda bari mu bemerewe, Amerika, Brazil n’Ubushinwa ntibemerewe.
-
Muhanga: Mu byumweru bitatu hamaze gupfa inka 20 mu zahawe abaturage
22 May 2018, by Nsanzimana ErnestInka 20 mu nka 104 zahawe bamwe mu baturage b’ umurenge wa Nyarusange mu karere ka Muhanga zimaze gupfa mu byumweru bitatu, bigakekwa ko zirimo kuzira kutishimira ikirere.
-
Umuzamu wa Rayon Sports yitabye Imana azize urupfu rutunguranye
12 September 2017Umunyezamu Mutuyimana Evariste warindiraga ikipe ya Rayon Sports mu buryo butunguranye aguye iwe mu rugo.
Iyi nkuru y’akababaro yamenyekanye muri iki gitondo yatunguye abantu benshi cyane ko yakoze imyitozo hamwe na bagenzi be ku munsi w’ejo ku wa mbere Taliki ya 11 Nzeri 2017.
Nkuko tubikesha Ruhagoyacu aya makuru yemejwe n’umutoza wungirije muri Rayon Sports Lomami Marcel aho yemeje ko nabo babimenye ubwo bari bagiye gukora imyitozo muri iki gitondo.
Yagize ati" Uyu munsi yafashwe ari (...) -
Minisitiri Biruta yahishuye igihe impunzi zizava UK zizagerera mu Rwanda
31 May 2022, by Dusingizimana RemyMinisitiri Dr Vincent Biruta yavuze ko abimukira bazava mu Bwongereza bategerejwe mu Rwanda muri Kamena mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru kuri uyu wa Kabiri tariki ya 31 Gicurasi 2022.
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Dr Vincent Biruta yagiranye ikiganiro n’abanyamakuru cyibanze ku mwuka mubi ukomeje gututumba hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ariko anagaruka no kuri aya masezerano y’u Rwanda na UK yo kwakira abimukira bajya muri ubwo bwami (...) -
U Rwanda rwavuze kuri ‘Nkurunziza wasabye ko abaperezida ba EAC baterana kubera ibibazo biri hagati y’ ibihugu byombi’
8 December 2018, by Nsanzimana ErnestLeta y’ u Rwanda yagaragaje ko ntacyo ibwiwe n’ ubusabe bwa Perezida w’ u Burundi Pierre Nkurunziza wandikiwe Perezida Museveni uyoboye EAC asaba ko haterana inama y’ abakuru b’ ibihugu yo kwiga ku bibazo avuga ko biri hagati y’ u Rwanda n’ u Burundi.
-
Rubavu/ Rugerero: Batewe ubwoba n’ ikiraro giherutse guhitana umwana w’ inshuke [AMAFOTO]
15 October 2017, by Nsanzimana ErnestAbuturage bafite ubwoba ko ikiraro cya Dobogo cyaridutse mu mezi arindwi ashize kitubatswe vuba cyakomeza guhitana abana bajya ku mashuri nk’ uko byagenze mu kwezi gushize kwa Nzeli 2017.
Iki kiraro gica hejuru y’ umugezi wa Sebeya mu murenge wa Rugerero. Gihuza ahitwa Kiroje n’ akagari ka Rwaza umudugudu wa Mushoko.
Nk’ uko aba baturage babitangarije Umuryango ngo iki kiraro gisa n’ icyaharitse ubuzima bwabo kuko cyambukirizwagaho ibicuruzwa.
Segasimba Patrice yavuze ko hashize amezi arindwi (...) -
Igikombe cy’Intwali 2019 APR FC yatsinze Rayon, umva uko Rujugiro yishongoye kuri Rwarutabura
5 February 2019, by UbwanditsiMu mukino wari bwemeze utwara igikombe cy’Intwali wabaye taliki 1/2/2019 ku munsi w’Intwali wahuje Rayon Sport na APR FC ukarangira APR itsinze Rayo 1-0, Rujugiro umufana ukomeye wa APR yishongoye cyane kuri Rwarutabura.
0 | ... | 2190 | 2200 | 2210 | 2220 | 2230 | 2240 | 2250 | 2260 | 2270 | ... | 2480