Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame ategerejwe i Lusaka muri Zambia kuri uyu wa Mbere tariki 19 Kamena 2017 mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri yatumiwemo na Perezida wa Zambia Edgar Lungu.
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Harry Kalaba yatangarije ibiro Ntaramakuru bya Zambia (ZANIS) ko abayobozi bombi baragirana ibiganiro bigamije kurebera hamwe uburyo bwo kwagura umubano hagati y’u Rwanda na Zambia.
Perezida Kagame arasura ibice bitandukanye birimo ahashyinguye abayoboye Zambia hazwi (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Perezida Kagame ategerejwe I Lusaka muri Zambia
19 June 2017, by Nsanzimana Ernest -
Hategekimana Gangi yitabye Imana kuri uyu wa kabiri
14 November 2017• Hategekimana Bonaventure yitabye Imana azize uburwayi
• Hategekimana yapfuye kuri uyu wa kabiri mu bitaro bya CHUB -
Perezida Kagame yavuze ko ibyabaye mu Rwanda byagize ingaruka ku rusore ry’ ibinyabuzima
1 November 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda akaba n’ umuyobozi wa Afurika ubwo Perezida Kagame kuri uyu wa 1 Ugushyingo 2018 ubwo yafunguraga ku mugaragaro Inama y’ iminsi 3 yiga ku bijyanye no kubungabunga urusobe rw’ibinyabuzima, yavuze ko n’urusobe rw’ibinyabuzima mu Rwanda rwagizweho ingaruka.
-
U Rwanda rwihanganishije imiryango y’ abakubiswe n’ inkuba I Nyaruguru
13 March 2018, by Nsanzimana ErnestGuverinoma y’ u Rwanda yihanganishije imiryango y’ abantu 17 mu karere ka Nyaruguru barimo 45 yakubise bari mu rusengero rw’ abadivanditse mu murenge Nyabimata 15 bakahasiga ubuzima.
Mu kiganiro n’ abanyamakuru kuri uyu wa Kabiri tariki 13 Werurwe 2018 Minisitiri w’ Ububanyi n’Amahanga n’ Umuryango w’ Afurika y’ Iburasirazuba Louise Mushikiwabo yavuze ko guverinoma y’ u Rwanda yihanganishije imiryango y’ abazize inkuba.
Yagize ati “Nagira ngo mabanzirize ku kwihanganisha Abanyarwanda, (…) -
Komisiyo y’Amatora (NEC) yakiriye kandidatire ya Perezida Paul Kagame- AMAFOTO
22 June 2017, by Iyamuremye Janvier, Nsanzimana ErnestPerezida Paul Kagame yageze ku cyicaro cya Komisiyo y’Amatora (NEC) aho agiye gutanga kandidatire ye izamwemerera guhatana mu matora ya Perezida ateganyijwe muri Kanama 2017.
Kuri uyu wa kane tariki ya 22 Kamena uyu mwaka, nyuma yo kwakira Kandidatire ya MPayimana Phillipe, Komisiyo y’Igihugu y’Amatora yakiriye Paul Kagame uzahagararira Ishyaka RPF-Inkotanyi mu matora ya Perezida wa Repubulika ateganyijwe ku matariki 03 na 04 Kanama 2017.
Perezida Kagame yabanje gusuhuza abaturage bari (…) -
Eyob Metkel uherutse kwitwara neza muri tour du Rwanda yabonye ikipe nshya
20 December 2017Umunya Eritrea wamamaye mu Rwanda kubera gutsinda uduce twinshi muri Tour du Rwanda, yari amaze iminsi ari mu gihirahiro kubera ko nta kipe yari afite nyuma yo gusezererwa na Dimension Data y’abatarengeje imyaka 23,yamaze kubona ikipe nshya mu gihugu cya Malaysia yitwa Terengganu Cycling Team.
Uyu musore w’imyaka 24, yari amaze imyaka 2 akinira ikipe ya Dimension Data y’abatarengeje imyaka 23 aza gusezererwa kubera kubura umwanya mu ikipe nkuru ikina amarushanwa yo ku rwego rw’isi yahawe (…) -
Uko mbibona: Ni iki cyihishe inyuma y’imvururu ziri mu matorero ya gikiristo ? Pastor Desire
1 June 2017, by UbwanditsiPastor Desire Habyarimana / www.agakiza.org
Abantu benshi ntibasobanukirwa icyo itorero ari cyo by’ukuri. Ijambo "itorero" ni Ikinyarwanda cy’ijambo ry’Ikigiriki Ekklesia, ryahabwaga ihuriro ry’abaturage ba leta y’u Bugiriki ya cyera. Iri jambo rero ni naryo ryaje guhabwa ihuriro ry’abemera Kristo mu minsi yakurikiyeho.
Itorero ryumvikana neza icyo ari cyo muri 1 Petero 2:9-10 handitse ngo: "Mwebweho muri ubwoko bwatoranijwe, abatambyi b’ubwami, ishyanga ryera n’abantu Imana yaronse, (…) -
Barafinda ngo dosiye ye yitiranyijwe n’ iya Diane Rwigara, akavuga ko agitegereje igisubizo cye
10 July 2017, by Nsanzimana ErnestBarafinda Ssekikubo Fred umwe mu bari batanze kandi kandidatire ku mwanya wa Perezida wa Repubulika utaragaragaye ku rutonde ndakuka rw’ abemerewe kwiyamamaza aravuga ko Komisiyo y’ amatora yamuhaye igisubizo kitari icye.
Mu kiganiro yagiranye n’ Umuryango kuri iki cyumweru tariki 9 Nyakanga yadutangarije ko igisubizo yahawe ari icya Diane Shima Rwigara nawe utaragaye ku rutonde ndakuka rw’ abemerewe kwiyamamaza.
Uyu mugabo aravuga ku wa Mbere tariki 10 arageza kuri NEC ubujurire bwe (…) -
Rwakazina atorewe kuba meya mushya w’ umujyi wa Kigali
25 May 2018, by Nsanzimana ErnestInama Njyanama y’ umujyi wa Kigali itoreye Marie-Chantal Rwakazina w’ imyaka 45 wize ibijyanye n’ ubukungu kuba kuba Umuyobozi w’ umujyi wa Kigali asimbura Pascal Nyamulinda weguye mu kwezi gushize.
-
Umubikira Mukamukiga yagabiwe inka kubera kudatererana umunyeshuri utwite
14 June 2018, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi w’ ikigo cy’ abiyaye Imana wanze gutererana umukobwa w’ umunyeshuri wari watewe yiga mu kigo ayobora ahubwo akamufasha gukomeza amashuri yahawe inka n’ iyayo by’ ishimwe.
Umuryango.rw
Uko mbibona: Ni iki cyihishe inyuma y’imvururu ziri mu matorero ya gikiristo ? Pastor Desire