Umwanya munini wafashwe n’umwanditsi w’urukiko asoma ibiregwa Felicien Kabuga, we yahisemo guceceka ariko ngo bisobanuye ko atemera ibyo yarezwe.
Iburanisha ryo kuri uyu wa gatatu ritangiye umucamanza mukuru, Iain Bonomy, yabwiye Kabuga ko afite uburenganzira bwo kugira ibyo avuga mu rukiko, guceceka, cyangwa kunganirwa.
Kabuga w’imyaka 85, nk’uko byavuzwe mu rukiko, yafatiwe mu Bufaransa mu kwezi kwa gatanu nyuma y’imyaka irenga 20 yihisha ubucamanza mpuzamahanga bwamushakishaga ku (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Uko iburanisha rya mbere rya Kabuga Felicien i La Haye ryagenze
11 November 2020, by Dusingizimana Remy -
Perezida Kagame yashyizwe ku rutonde rw’ abantu 100 ba mbere bubashywe ku Isi
10 June 2017, by Nsanzimana ErnestIkinyamakuru Reputation Poll cyashyize Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame ku rutonde rw’ abantu 100 ba mbere bubashywe cyane kurusha abandi mu Isi muri uyu mwaka wa 2017.
Uru rutonde rugaragaraho abanyapoltiki bakomeye, abakinnyi b’ umupira w’ amaguru, abahanzi, abanyamadini n’ abandi.
Leta zunze ubumwe z’ Amerika nicyo gihugu cya mbere gifite abantu benshi kuri uru rutonde aho gifiteho abantu 39 barimo 25 b’ igitsina gore. Kuri uru rutonde hagaragaraho abakundana batatu (3 Couples), n’ (…) -
Hari amakuru avuga ko Maj Sankara Callixte yafashwe akaba yaranagejejwe i Kigali
15 April 2019, by UbwanditsiKuva mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere hatangiye gukwirakwiaa amakuru ku mbuga nkoranyambaga avuga ko Maj Nsabimana Callite Sankara yafatiwe mu Birwa bya Comores agahita azanwa mu Rwanda n’indege yihariye yari yavuye mu Rwanda.
-
Myugariro ukomeye wa APR FC Rugwiro Herve yasezeranye imbere y’Imana n’abantu kubana akaramata na Carine Mugabekazi(AMAFOTO)
16 July 2017, by Martin MunezeroKuri uyu wa gatandatu tariki ya 15 Nyakanga 2017, Myugariro w’ikipe ya APR FC, Rugwiro Herve yakoze ubukwe n’umukunzi we Mugabekazi Carine bamaze imyaka myinshi bakundana.
Herve usanzwe ukinira ikipe y’igihugu Amavubi akanakinira ikipe ya APR FC ni umwe muri ba myugariro nyarwanda bafite ibigango bikanga abataka b’amakipe menshi akunze guhura na APR FC.
Kuya 4 Werurwe 2017, uyu musore yasabye anakwa umukunzi we Carine amusaba kuzamubera umugore imbere y’ababyeyi n’inshuti mu mihango (…) -
U Rwanda rwavuze ku biganiro Uganda yagiranye na Gen Kayumba n’aho umubano n’Abaturanyi ugeze
16 March 2022, by Dusingizimana RemyNyuma y’aho Inama y’Abaminisitiri iheruka guterana yemeje ko imipaka yose yo ku butaka ifunguye,u Rwanda rurakataje mu kunoza ubuhahirane n’ibihugu bya Uganda n’Uburundi.
Mu kiganiro abagize Guverinoma bagiranye n’Abanyamakuru uyu munsi,bagarutse ku mubano w’u Rwanda n’ibihugu bitumvikanaga birimo Uganda n’u Burundi.
Minisitiri w’Intebe, Dr Ngirente agaruka ku rugendo Lt. Gen Muhoozi aherutse kugirira mu Rwanda n’urwa Minisitiri w’Ingabo, Maj Gen Albert Murasira mu Burundi, yagize (…) -
Dr. Munyakazi wari Minisitiri yitabye urukiko ataha ataburanye
9 September 2020, by Dusingizimana RemyDr Isaac Munyakazi wari witabye Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge, mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 09 Nzeri 2020 ariko ataha ataburanye kuko uwo bareganwa atabonetse.
-
Nyaruguru: Polisi yafunze Gitifu w’akagari na bagenzi be 2 bafatanyije gukubita umukecuru w’imyaka 95
26 April 2020, by Dusingizimana RemyPolisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Nyaruguru mu murenge wa Ngoma mu kagari ka Nyamirama yafashe uwitwa Kayigamba Valens w’ imyaka 35 akaba yari umuyobozi w’akagari ka Nyamirama mu murenge wa Ngoma mu karere ka Nyaruguru na bagenzi be bafatanyije gukubita umukecuru witwa Nyirabititaweho Anastasie w’imyaka 95 n’abakobwa be babiri.
-
Perezida wa Sena y’u Rwanda n’iy’u Burundi bahuje urugwiro ubwo bahuriraga I Vienne
8 September 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Gatatu, Perezida wa Sena y’u Rwanda,Hon Iyamuremye Augustin yagiranye ibiganiro na Perezida wa Sena y’ u Burundi,Sinzohagera Emmanuel,bahuriye i Vienne muri Autriche mu nama yari yahuje ba Perezida b’inteko zishinga amategeko.
-
Minisitiri Shyaka yashimye gitifu watangije ‘mituweri y’inka’ agahesha u Rwanda igikombe
13 November 2018, by Nsanzimana ErnestNsengiyumva Vincent de Paul ni Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Kamembe mu Karere ka Rusizi ariko igihembo yahawe nk’uhagarariye u Rwanda cyagenewe gahunda yagize ubwo yayoboraga Umurenge wa Nkungu muri ako karere.
-
Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’Uburusiya Sergey Lavrov ari mu Rwanda
3 June 2018Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yakiriye Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’Uburusiya Sergey Lavrov uri mu ruzinduko mu Rwanda baganira ku mubano w’ibihugu byombi.
Umuryango.rw
U Rwanda rwavuze ku biganiro Uganda yagiranye na Gen Kayumba n’aho umubano n’Abaturanyi ugeze
Dr. Munyakazi wari Minisitiri yitabye urukiko ataha ataburanye
Perezida wa Sena y’u Rwanda n’iy’u Burundi bahuje urugwiro ubwo bahuriraga I Vienne