Bamwe mu batuye umujyi wa Kigali, bakunze kwitabira cyamunara zitandukanye, baravuga ko babangamiwe cyane n’umutekano mucye bakomeje guterwa n’agatsiko k’abantu biyise Marine, kuko bakubita abitabiriye cyamunara bakanahohotera abahesha b’ inkiko.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide

Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Abiyise ‘Marine’ nibo basigaye bateza akajagari muri za cyamunara
28 July 2018, by Nsanzimana Ernest -
Biravugwa ko Sergeant Robert ukekwaho gusambanya umwana we yatorokeye muri Uganda
24 November 2020, by Dusingizimana RemySergeant Major Kabera Robert uzwi mu muziki nka “Sergeant Robert” uri gushakishwa n’ubutabera bw’ingabo z’u Rwanda kubera icyaha akekwaho cyo gusambanya umwana we w’imyaka 15,biravugwa ko yaciye mu nzira zitemewe ahungira muri Uganda.
Ku munsi w’ejo nibwo Ingabo z’u Rwanda zasohoye itangazo rigira riti “Ishami ry’Ubushinjacyaha mu Gisirikare cy’u Rwanda, ryatangiye iperereza ku byaha bishinjwa Sergeant Major Kabera Robert a.k.a “Sergeant Robert” bijyanye no gusambanya umwana wo mu muryango we.” (...) -
Ababyeyi ntibemeranya na MIFOTRA ibuza umwana uri munsi y’imyaka 5 gukora umurimo uwo ari wo wose
22 November 2017, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ Abakozi ba Leta n’ Umurimo Kayirangwa Fanfan
Mu gihe hirya no hino mu Rwanda hakomeje kumvikana cy’ abana bato bakoresha imirimo mibi bamwe bagateshwa amashuri, Minisiteri y’ abakozi ba Leta n’ umurimo MIFOTRA yashyize ahagaragara amabwiriza arimo ingingo ivuga ko umwana uri munsi y’ imyaka itanu atenerewe gukora umurimo uwo ari wose.
Ingingo ya 6 aya mabwiriza ya Minisiteri y’ Abakozi ba Leta n’ Umurimo yo ku wa 11 Ugushyingo 2017, mu kiciro cya mbere kivuga icyo aya mabwiriza (...) -
Perezida Kagame yagizwe umuyobozi w’umwaka muri Afurika
20 December 2018, by Martin MunezeroIkinyamakuru cyandikirwa ku mugabane wa Afurika ariko kikaba ari umutungo wa Euronews cyagize perezida Kagame umuyobozi w’Umwaka kubera ibikorwa bitandukanye yakoreye u Rwanda ndetse na Afurika.
-
Gasabo: Trinity yagonganye n’ ikamyo umwe arapfa 7 barakomereka [AMAFOTO]
24 September 2017, by Nsanzimana ErnestBisi ya Kampani itwara abagenzi ya Trinity yagoganye n’ ikamyo umushoferi w’ ikamyo arapfa abandi 7 barimo n’ umushoferi wa Trinity barakomereka.
Iyi mpanuka yabaye mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru tariki 24 Nzeli mu murenge wa Jabana mu karere ka Gasabo.
Trinity yakoze impanuka yahagurutse I Kampala saa moya z’ umugoroba, yagombaga kugera I Kigali, ikaza gukomeza yerekeza muri Congo. Iyi kamyo yakoze impanuka hashize akanya gato ihagurutse mu isanteri ya Nyaconga mu karere ka Gasabo. (...) -
Dr Frank Habineza kwiyamamariza I Huye byajemo ka kidobya
23 July 2017, by Nsanzimana ErnestUmukandida w’ ishyaka riharanira Demukarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda Dr Frank Habineza gahunda ye yo kwiyamamariza mu karere ka Huye yahindutse kubera impamvu nyir’ ubwite yise “akabazo tekiniki”.
Kuri iki Cyumweru tariki 23 Nyakanga 2017 umukandida Dr Frank Habineza byari biteganyijwe ko yiyamamariza mu karere ka Nyaruguru n’ akarere ka Huye twombi two mu ntara y’ Amajyepfo gusa ntabwo yabashije kwimamariza mu karere ka Huye.
Uyu mukandida yatangaje ko impamvu yahinduye gahunda ye (...) -
Nyaruguru: Polisi y’ u Rwanda yatangaje ko abagabye igitero baturutse mu Burundi
2 July 2018, by Nsanzimana ErnestMu ijoro ryakeye ryo ku itariki 01 Nyakanga 2018 mu gihe cya saa 23H30 abagizi ba nabi bitwaje intwaro bateye mu Karere ka Nyaruguru, Umurenge wa Nyabimata, Akagari ka Ruhinga mu mudugudu wa Cyamuzi.
-
Perezida Kagame yaburiye abayobozi batanga serivisi zitanoze
6 October 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yongeye gusaba abayobozi b’ inzego z’ ibanze kurushaho gutanga serivisi zinoze ababurira ko atakomeza kubibasaba ahubwo hari igihe kizagera akisaba icyo akwiriye gukora.
Ubutumwa Perezida Kagame yabutanze kuri uyu wa Gatanu tariki 6 Ukwakira 2017, ubwo hatangazwaga uko uturere twarushanyijwe kwesa imihigo ya 2016/17. Abayobozi bakongera gusinyana n’ umukuru y’ imihugu imihigo ya 2016/2017.
Perezida Kagame yashimiye uturere twaje imbere mu kwesa imihigo, avuga (...) -
Kamonyi: Umwarimu wakorakoraga abana b’abakobwa yigishaga akanabasoma yatawe muri yombi
24 October 2019, by Dusingizimana RemyUmwarimu wo mu karere ka Kamonyi washinjwaga n’abakobwa yigishaga kuba yarabakorakoraga ku mabere, ku kibuno ndetse akanabasoma, yatawe muri yombi n’Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB.
-
Impuguke yasobanuye ukuntu hari igihe umugore ahabwa umwanya ukomeye mu buyobozi akaba agushije ishyano iwe mu rugo
3 July 2017, by Nsanzimana ErnestMu bigaragara inyuma umugore n’ umugabo bateye bitandukanye. Mu by’ ubwenge siko bimeze kuko mu bagore habamo abafite ubushobozi bw’ ubwenge buri ku kigero cyo hejuru n’ abafite ubushobozi bwo ku kigero kiringaniye nk’ uko bimeze mu bagabo.
Patrick Mico impuguke akaba n’ umushakashatsi mu by’ uburinganire bw’ abagabo n’ abagore avuga ko amateka n’ imiryango y’ abantu byafashe umugabo bikamuha amahirwe yo kugaragaza ubushobozi bw’ ubwenge afite. Mu mateka y’ u Rwanda ngo abagore ntabwo babonye (...)
0 | ... | 2170 | 2180 | 2190 | 2200 | 2210 | 2220 | 2230 | 2240 | 2250 | ... | 2480