Diane Rwigara wari watanze kandidatire ku mwanya wa Perezida wa Repubulika y’ u Rwanda akaba ataremerewe kwiyamamaza yatangaje ko atazitabira amatora y’ umukuru w’ igihugu avuga ko komisiyo y’ amatora mu Rwanda itigenga.
Uyu mukobwa wa Nyakwigendera Assinapol Rwigara avuga ko amatora Abanyarwanda bagiye kujyamo atari amatora y’ ukuri kuko ikizayavamo kizwi.
Yabitangarije Umuryango.rw hasigaye amasaha 12 ngo igitondo cyo ku wa 04 Kanama 2017 umunsi Abanyarwanda bamaze iminsi bategereje (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Diane Rwigara yatangaje ko ataritabira itora rya Perezida
3 August 2017, by Nsanzimana Ernest -
Umuturage wo muri EAC akoresha KWH 136, uwo muri Amerika agakoresha KWH 7000
19 March 2018, by Nsanzimana ErnestIngufu z’ amashanyarazi zirakenewe ngo ibihugu by’ Afuruka y’ Iburasirazuba bikomeze inzira y’ iterambere, gusa amashanyarazi EAC ifite ntabwo ahagije kandi nta nubwo akoreshwa yose.
Ibi byatangarijwe mu nama y’ iminsi itatu iteraniye I Kigali yatangiye kuri uyu wa Mbere tariki 19 Werurwe 2018. Abayitabiriye barimo kwiga uburyo ibihugu by’ Afurika byakoresha ingufu zisubira ‘Renewable energy’ kugira uyu mugabane ubashe kwihaza mu bijyanye n’ ingufu z’ amashanyarazi.
Minisitiri ushinzwe (…) -
CNLG yatangaje impinduka mu bikorwa byo kwibuka ku nshuro ya 26 Jenoside yakorewe Abatutsi
29 March 2020, by Dusingizimana RemyKubera icyorezo cya COVID 19 gihangayikishije isi, Komisiyo y’igihugu yo kurwanya Jenoside (CNLG),yatangaje ko Kwibuka ku nshuro ya 26 Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994 bizakorwa ariko hagandewe ku ngamba zo kwirinda ikwirakwira ry’iki cyorezo Leta iheruka gushyiraho.
-
Dr Habumuremyi yifurije Perezida Kagame Noheli nziza n’ umwaka mushya muhire
24 December 2017, by Nsanzimana ErnestDr Pierre Damien Habumurenyi wahoze ari Minisitiri w’ intebe w’ u Rwanda yakomoje kubyiza u Rwanda rwagezeho muri uyu mwaka wa 2017 anifuriza Noheli nziza n’ umwaka mushya muhire Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame n’ umuryango we.
Ni mubutumwa yanyujije ku rubuga rwe rwa twitter kuri uyu wa 24 Ukuboza 2017.
Uyu mwaka 2017 watubereye mwiza cyane: Twitoreye HE @PaulKagame ,Yatorewe kuyobora AU,twizihije isabukuru y'imyaka 30 ya RPF,twitoreye Chairman wa RPF,twagize umushyikirano mwiza mu (…) -
Perezida Felix Tshisekedi nawe yafashe ingamba zikomeye mu rwego rwo kurwanya COVID-19
20 March 2020, by Dusingizimana RemyPerezida wa DR Congo,Felix Tshisekedi, yatangaje ingamba nshya zo kurwanya ikwirakwira rya Covid-19 muri iki gihugu yamaze kugeramo.
-
Kamonyi: Abasenyewe baravuga ko barimo kurara mu matongo banyagirwa
22 September 2017, by Nsanzimana ErnestAbaturage basenyewe amazu yubatswe atubahirije igishushanyo mbonera mu murenge wa Runda, baravuga ko nyuma yo gusenyerwa, barimo kurara mu matongo banyagirwa, bikaba byatumye abana babo barwara umusonga.
Icyumweru kirashize ubuyobozi butangiye gusenya amazu yubatswe muri Runda buryo Leta yita ubw’ akajagari. Ni igikorwa gikomeza gusa abamaze gusenyerwa bavuga ko barara mu matongo, abana babo bataye amashuri, ngo ntibafite uburyo bwo guteka n’ ibindi bibazo binyuranye.
Aba baturage bavuga (…) -
Umuyobozi Mukuru wari ushinzwe imirimo rusange mu mujyi wa Kigali yasezeye ku mirimo
24 May 2018, by Nsanzimana ErnestMugabo Vianney wari Umuyobozi Mukuru ushinzwe imirimo rusange mu mujyi wa Kigali ari n’ Umunyamabanga nshingwabikorwa w’ agateganyo yasezeye kuri iyi mirimo.
Tariki 23 Gicurasi 2018 nibwo Mugabo Vianney yandikiye ubuyobozi bw’ umujyi wa Kigali asaba guhagarika imirimo, tariki 24 ubu buyobozi bwasuzumye ibaruwa ye bumwerera guhagarika imirimo.
Mugabo abaye umuyobozi wa Gatatu usezeye imirimo yari ashinzwe mu mujyi mu gihe kitarenze amezi abiri kuko tariki 11 z’ ukwezi gushize kwa Mata (…) -
Ibintu wakora mu kugaragariza uwo mwashakanye ko umukunda nyabyo (Igice cya mbere)
19 March 2019, by Rev./Ev. Eustache NibintijeMuri Bibiliya, mu gitabo cy’Imigani mu gice cya 18 ku murongo wa 22, hasobanura neza uburyo umugabo ubonye umugore mwiza aba agize umugisha utangaje agabiwe n’Imana ishobora byose.
-
Ni gute wahangana n’ibibazo urimo? (Igice cya 4)
18 May 2019, by Rev./Ev. Eustache NibintijeUmurongo wa Bibiliya 2Ngoma 20:21-23
Imana igihe cyose ihora ari nziza. Mukurangiza ibibazo byacu tugenda duhura nabyo ndetse tunyuramo. Imana iba ifite igihe cyayo cyo gutabara ndetse n’uburyo bwayo ikoresha kuri buri kibazo kandi inzira ikoresha ziba zitandukanye. Iyo ntekereje iyo mpanganye n’ikibazo mubuzima. Ibibazo byose mpura nabyo byubaka ukwizera kwanjye muburyo bushya.
-
Rayon Sports yemeje ko Kayiranga Baptista ariwe uzatoza umukino wa Al Hilal [Yavuguruwe]
16 August 2019, by Dusingizimana RemyIkipe ya Rayon Sports yatangaje ko Kayiranga Baptiste yasinye amasezerano y’imyaka ibiri nk’umuyobozi wa Tekininike n’umutoza w’ikipe y’abatarengeje imyaka 15 n’iy’abatarengeje imyaka 17, aho azanatoza umukino wo kwishyura wa Al Hilal.
Umuryango.rw