Kuri iki Cyumweru tariki 27 Gashyantare 2022, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda na Madamu Jeannette Kagame, bitabiriye amasengesho ngarukamwaka yo gusengera Igihugu n’abayobozi bacyo azwi nka ‘National Prayer Breakfast’.
Muri ayo masengesho Perezida Kagame yavuze ko u Rwanda bibaye ngombwa ko uruhuza n’izina ry’umuntu wo muri Bibiliya,warwitirira Dawidi, umwe mu ntwari zo muri Bibiliya wanesheje igihangange Goliyati cyari cyarazengereje Abisiraheli nk’uko biboneka mu rwandiko rwa 1 rwa (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
"Igihugu cyacu kimeze nka Davidi watsinze Goliyati"-Perezida Kagame
27 February 2022, by Dusingizimana Remy -
Rulindo: Polisi yarashe umugabo wahamwe n’icyaha cyo gutobora amazu washakaga gutoroka aho yari afungiye
13 September 2020, by Dusingizimana RemyUwitwa Maniragaba François wari ufungiye kuri station ya Police ya Murambi mu Karere ka Rulindo, yarashwe na Police kuri iki cyumweru, ubwo yagerageza gutoroka aho yari afungiye, ahita ahasiga ubuzima.
-
Umukozi w’Inteko Ishinga Amategeko wari ukurikiranyweho gufata ku ngufu Umurundikazi yakatiwe imyaka 10
23 December 2019, by Dusingizimana RemyUrukiko rwisumbuye rwa Gasabo kuri uyu wa Mbere rwakatiye Mushingwamana Evode wari umukozi mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, igifungo cy’imyaka icumi n’amande y’amafaranga miliyoni.
-
NI GUTE WAHANGANA N’IBIBAZO URIMO-IGICE CYA 3 – Rev. / Ev. Eustache Nibintije
17 May 2019, by Rev./Ev. Eustache NibintijeUmukozi w’Imana, Rev./Ev. Eustache Nibintije, Umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “Nibintije Evangelical Ministries” yigisha ijambo ry’Imana nkuko Imana yamuhaye uyu muhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro.
-
Perezida Kagame yongeye atungura abaturage i Kabarondo ava mu modoka arabasuhuza[AMAFOTO]
10 June 2019, by Martin MunezeroKuri iki cyumweru, Perezida Kagame yongeye gutungura abaturage nyuma yo kuva mu modoka agasuhuza abaturage bo mu duce twa Rwinkwavu na Kabarondo ho mu karere ka Kayonza, mu burasirazuba bw’igihugu.
-
Urukiko rwategetse ko Rashid Hakuzimana afungwa iminsi 30 y’agateganyo
22 November 2021, by Dusingizimana RemyUrukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge rwategetse ko Hakizimana Abdul Rashid afungwa iminsi 30 y’agateganyo, mu gihe agikorwaho iperereza ku byaha akurikiranyweho birimo icyo gupfobya no guhakana Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 n’icyo gukurura amacakubiri muri rubanda.
-
Perezida Kagame na Ange Kagame bagaragaye bambaye umupira ushushanyijeho ingagi
3 June 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yasabye ko imbaraga zishyirwa mu bikorwa byo kubungabunga ibinyabuzima by’umwihariko ingagi zo mu Birunga zikomeza kwiyongera.
-
Umugenzuzi w’ imari ya Leta yakemanze uko miliyari zirenga 100 zinjizwa na Minisante na Mineduc zicungwa
30 April 2018, by Nsanzimana ErnestUmugenzuzi w’ imari ya Leta Obadiah Biraro yavuze ko Minisiteri y’ Ubuzima na Minisiteri y’ uburezi bakora ibikorwa byinjiza amafaranga agera kuri miliyari 107 ku mwaka. Ngo umwaka ushira aya mafaranga yaracunzwe mu buryo buteye amakenga nyamara Leta ikabongera indi ngengo y’ imari.
-
“Hari abazimyaga ariya matara nk’ abazimya agatadowa” Perezida Kagame
4 July 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yashimagiye ukuntu mu myaka 23 ishize Abanyarwanda bavuye mu bwigunge avuga ko hari abahawe amazu arimo amashyanyarazi batazi uko amatara y’ amashyanyarazi azimywa bakajya bahuha nk’ abazimya agatadowa.
Umukuru w’ igihugu yabivuze kuri uyu wa Kabiri tariki 4 Nyakanga 2017 ubwo u Rwanda rwizihizaga ku nshuro ya 23 umunsi wo kwibohora.
Perezida Kagame yavuze ko habayeho kwibohora ku buryo bubiri. Kwibohora abantu no kwibohora mu bikorwa.
Yagize ati “ (…) -
Volleyball:u Rwanda ruratangira rwisobanura na Sudan y’Amajyepfo mu mikino ya Zone V
21 July 2017Imikino y’Akarere ka gatanu iratangira kuri uyu wa gatandatu taliki ya 22 Nyakanga aho ikipe y’u Rwanda iratangira yesurana na Sudan y’amajyepfo ku I saa moya z’umugoroba.Imikino yose y’akarere ka gatanu izabera kuri Petit Stade I Remera.
Umukino urabimburira iyindi ni urahuza ikipe ya Kenya na Uganda baza gucakirana guhera ku i saa kumi z’umugoroba (4:00pm), mu gihe saa kumi n’ebyiri (6:00pm) ari bwo haraza kuba umuhango wo gufungura ku mugaragaro irushanwa ry’Akarere ka gatanu uraza (…)
Umuryango.rw
"Igihugu cyacu kimeze nka Davidi watsinze Goliyati"-Perezida Kagame
Rulindo: Polisi yarashe umugabo wahamwe n’icyaha cyo gutobora amazu washakaga gutoroka aho yari afungiye
Urukiko rwategetse ko Rashid Hakuzimana afungwa iminsi 30 y’agateganyo