Abapasiteri bo mu itorero Inkuru nziza ishami rya Kibungo mu karere ka Ngoma mu ntara y’ iburasirazuba barwaniye mu rusengero, inzego z’ umutekano n’ iz’ ubuyobozi zirahagoboka abantu 9 barimo abapasiteri n’ abakiritsu batabwa muri yombi.
Ibi byabaye kuri iki Cyumweru tariki 21 Gicurasi 2017 ubwo abakiristo b’ iryo torero bari mu materaniro.
Umuvugizi wa Polisi y’ u Rwanda mu ntara y’ iburasirazuba IP Emmanuel Kayigi yatangaje ko uko gushyamirana kwaturutse ku kuba hari abapasiteri (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Abapasiteri bo mu itorero Inkuru Nziza bafatanye mu mashati, 9 batabwa muri yombi
21 May 2017, by Nsanzimana Ernest -
Rayon Sports na APR FC zashyize hanze abakinnyi zizakoresha mu irushanwa ry’Agaciro
12 September 2019, by Dusingizimana RemyIkipe ya Rayon Sports ishaka igikombe cy’Agaciro ku nshuro ya 2 yikurikiranya yamaze gushyira hanze urutonde rw’abakinnyi 27 izakoresha barimo Micheal Sarpong bivugwa ko afite imvune yakuye ku mukino baheruka gukina na Mukura VS.
Rayon Sports izakina na Police FC ku munsi w’ejo taliki ya 13 Nzeri uyu mwaka,yamaze gutangaza urutonde rurerure rw’abakinnyi izakoresha muri iri rushanwa imaze kumenyera gutwara.
Amakipe azaba yemerewe gukoresha abakinnyi bose afite batarenze 30,mu gihe ntayo (…) -
Kandida- depite wandikiwe amazina atariyo ku rupapuro rw’ itora byarangiye anyuzwe n’ ibyayavuyemo
6 September 2018, by Nsanzimana ErnestNsengiyumva Janvier wari umukandida wigenga mu matora y’ abadepite ubu aravuga ko kuba yarahawe izina ritari irye ku rupapuro rw’ itora nta ngaruka byamugizeho ahubwo yanyuzwe n’ ibyavuye mu matora.
-
Abantu 20 nibo bamaze kurega abimana amakuru
13 June 2018Abanyamakuru n’ abashinzwe itumanaho mu bigo bya Leta n’ ibyigenga bahuye baganira ku mikoranire yabo itajya iburamo birantega maze ushinzwe itangwa ry’ amakuru mu rwego rw’ igihugu rw’ umuvunyi avuga ko abantu 20 aribo bamaze kurega ababimye amakuru nyamara itegeko riha abantu uburenganzira bwo kubona amakuru rimaze imyaka 5.
-
“Nakwegura aho kubuza umuturage kuvugana n’ itangazamakuru” Meya Nambaje
11 July 2017, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi w’ akarere ka Ngoma Nambaje Aphrodis avuga ko umuturage afite uburenganzira bwo gutambutsa ibitekerezo mu itangazamakuru akavuga ko yahitamo kwegura aho kugira ngo abuze umuturage kuvugana n’ itangazamakuru.
Intara y’ uburasirazuba aka karere gahereremo, ikunze kuvugwamo ubuyobozi bw’ inzego z’ ibanze bubuza abaturage kuvugana n’ itangazamakuru.
Bamwe mu baturage bo muri iyo ntara bavuga ko rimwe na rimwe iyo bavuganye n’ itangazamakuru bibagiraho ingaruka zirimo kwimwa (…) -
Nyarutarama huzuye inzu nziza zihendutse ku bifuza gutura cyangwa gutuza imiryango yabo
30 December 2019, by UbwanditsiDND Developers Ltd, Sosiyete y’Ubwubatsi ikorera mu Rwanda yashinzwe mu 2015 ifite intego yo guteza imbere imiturire myiza kandi ihendutse ubu ikaba yujuje amazu meza I Nyarutarama kandi ari ku giciro gito ugereranyije n’agaciro kazo n’aho ziri kuri ubu ndetse n’uko kazagenda kazamuka uko imyaka nayo izagenda ishira.
Iki kigo gikorera i Nyarutarama mu Mujyi wa Kigali, kimaze kubaka inzu nyinshi zigerekeranye (Apartments) kandi zihendutse ugereranyije n’izindi zubatse mu gace ziherereyemo (…) -
Malariya yariyongereye, abakene ntibari guhabwa inzitiramubu gusa, bari guhabwa n’uburiri
26 November 2018, by Joseph HakuzwumuremyiIfoto y’uko baryama mu nzitirmubu / Imvahonshya
OMS yatangaje ko u Rwanda ruza mu bihugu byagabanyije mu buryo bugararagara malaria kuko mu mwaka wa 2017 hagabanutseho ibihumbi 430 ku mibare y’abayirwaye mbere yawo.
-
Mu byaranze tariki 19 Nyakanga, mu Rwanda hashyizweho guverinoma ya mbere nyuma ya jenoside
19 July 2017, by Renzaho FerdinandIbyaranze tariki ya 19 Nyakanga harimo n’ijyaho rya Guverinoma ya mbere ya nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi.
Turi tariki ya 19 Nyakanga ni umunsi wa 200 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 165 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo, uyu munsi umaze guhurirana no ku wa Gatatu inshuro 56. Bimwe mu bintu mu byaranze uyu munsi mu mateka 1553: Lady Jane Grey wahimbwe akabyiniriro ka The Nine Days’ Queen, umuntu agenekereje yabyita umwamikazi mu minsi icyenda, yasimbuwe n’umwamikazi (…) -
Imashini zo mu ruganda rwa Rwigara zatejwe cyamunara kuri miliyari 1 na miliyoni 700
18 June 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa Mbere tariki 18 Kamena 2018, umuhesha w’ inkiko w’ umwuga yagurishije imashini zikora itabi zo mu ruganda Primier Tobacco Company Ltd rw’ umuryango wa Rwigara zigurwa n’ Ikigo cyitwa MM & RGD Company Ltd gihagarariwe na Olivier Udahemuka kuri miliyari imwe na miliyoni 797 Frw.
-
Umujyanama w’ ubuzima yafatiwe mu cyuho yibye amata yagenewe abana barwaye bwaki
8 June 2017, by Nsanzimana ErnestUmujyanama w’ubuzima wafatanywe amata yagenewe abana barwaye bwaki/ ifoto ya izuba rirashe
Umujyanama w’ ubuzima wo mu kagari ka Bahimba ho mu murenge wa Nyundo w’ akarere ka Rubavu yafashwe yibye amata yagenewe abana barwaye bwaki
Umunyamabanga nshingwabikorwa w’ umurenge wa Nyundo Tuyishime Jean Bosco yatangaje ko bari basanzwe bafite amakuru ko abajyanama b’ ubuzima bafite ingeso yo kwiba amata yagenewe abana barwaye bwaki.
Yagize ati “ Ni ikibazo kuko dufite amakuru ko ariya mata (…)
Umuryango.rw
Umujyanama w’ ubuzima yafatiwe mu cyuho yibye amata yagenewe abana barwaye bwaki