Umuyobozi w’Itorero ry’igihugu, Bamporiki Edouard asaba abamwita Umutahira w’intore kubireka,bakamwita umukuru w’itorero cyangwa se perezida waryo, kuko ubusanzwe ngo nta mutahira w’abantu ubaho, ahubwo habaho umutahira w’inka.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide

Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Edouard Bamporiki ngo ntashaka ko hari uzongera kumwita umutahira w’ Intore
6 July 2018, by Nsanzimana Ernest -
Abaturage basabwe kuba maso ngo imvura nyinshi iracyariho
4 May 2018, by Nsanzimana ErnestLeta y’ u Rwanda yasabye abaturarwanda kutirara kuko imvura nyinshi ishobora gukomeza guteza ibiza igikomeje by’ umwihariko mu ntara y’ Amajyaruguru n’ amagepfo.
-
Nyamirambo: Umugabo wari uvuye gukina ikiryabarezi yagonzwe n’imodoka arapfa
18 June 2019, by Dusingizimana RemyUmugabo uzwi ku izina rya Cyondo yaraye agonzwe n’imodoka mu masaha ya saa tatu z’ijoro ryo kuri uyu wa Mbere tariki ya 17 Kamena 2019 ahita yitaba Imana aho bivugwa ko yari avuye gukina ikiryabarezi i Nyamirambo mu karere ka Nyarugenge.
-
‘Uyu mugore muto hari ibitekerezo ahagarariye’ Mushikiwabo avuga kuri D. Rwigara
29 October 2017, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Ubutwererane n’ibikorwa by’Umuryango wa Afurika y’Uburasirazuba, Louise Mushikiwabo mu kiganiro n’ itangazamakuru mpuzamahanga yabajijwe kuri Diane Rwigara wifuje kuba Perezida w’ u Rwanda ubu akaba ari mu nkiko, avuga ko uyu mukobwa hari ibitekerezo ahagarariye.
Ni mu kiganiro Hon. Mushikiwabo yagiranye na Televiziyo ya ‘TV5Monde’, Radiyo mpuzamahanga y’Abafaransa ‘RFI’ n’ikinyamakuru le monde.
Umunyamakuru yabajije Mushikiwabo ati “Uyu munsi Diane Rwigara wari (...) -
Mushikiwabo yakiriwe na Perezida Kabore bagirana ibiganiro
10 September 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ Ububanyi n’ amahanga w’ u Rwanda Louise Mushikiwabo urimo kwiyamamaza ku mwanya w’ Umunyamabanga w’ Umuryango w’ ibihugu bikoresha ururimi rw’ Igifaransa uyu munsi yakiriwe na Perezida wa Burkinafaso Roch Marc Christian Kaboré baganira kuri Kandidatire ye.
-
Hari ibibanza byiza bigurishwa kuri make mu Kagarama/Kicukiro no mu Bugesera i Nyamata na Ntarama
11 March 2020, by UbwanditsiKTN Rwanda LTD, Sosiyete isanzwe ifasha abantu kugurisha imitungo yabo ibashakira abaguzi iratangariza abantu ko iba ifite ibibanza byiza ahantu hanyuranye, haba muri Kigali, mu Bugesera ndetse n’ahandi kandi ku biciro byiza .
-
Seburikoko ntiyiteguye kujyana mu Nkiko abavuze ko Yapfuye
8 June 2019, by Martin MunezeroKuwa Mbere w’iki cyumweru nibwo hasakaye inkuru y’igihuha ivuga ko Niyitegeka Gratien, wamenyekanye nka Seburikoko , Papa Sava yitabye Imana azize impanuka ndetse ko umurambo we ukaba warahise ujyanwa mu buruhukiro bw’ibitaro bya Kanombe.
-
FPR igiye kwemeza abo yifuza ko bazayibera abakandida mu matora y’ Abadepite
8 July 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa 8 Nyakanga abanyamuryango b’ ishyaka FPR inkotanyi riri ku butegetsi mu Rwanda barenga 2000 bateraniye muri Nama ya Biro Politiki iremerezwamo urutonde ntakuka rw’abakandida mu matora y’Abadepite ateganyijwe muri Nzeli 2018. Hasigaye iminsi ine ngo Komisiyo y’ amatora itangire kwakira kandidatire z’ abifuza kuba abadepite.
-
Amwe mu mateka yaranze tariki 2 Nyakanga umunsi Lumumba yavutseho
2 July 2017, by Renzaho FerdinandIsomere ibyaranze tariki ya 02 Nyakanga, umunsi ugaragaza kimwe cya kabiri cy’umwaka usanzwe, umunsi urimo iyicwa ry’umugabo utazibagirana mu mateka y’isi cyane muri Afurika. Turi tariki ya 02 Nyakanga, ni umunsi w’ 183 mu minsi 365 igize uyu mwaka usigaje iminsi 182 ngo ugere ku musozo.
Uyu munsi ni umunsi uri hagati na hagati y’iminsi yose igize umwaka usanzwe, kubera ko hamaze kurangira iminsi 182 hakaba hasigaye iyindi minsi 182. Isaha nyakuri igaragaza ko umwaka ugeze hagati ni saa sita (...) -
KU KUBONEZA URUBYARO: ‘Amadini yo mu Rwanda ari hejuru y’ itegeko nshinga?’ Hon Mukama
22 December 2017, by Nsanzimana ErnestVisi Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko, Umutwe w’Abadepite, Mukama Abbas yasabye urwego rw’ igihugu rw’ imiyoborere RGB gutegurira itorero abanyamadini kuko ngo banga gahunda zo kuboneza urubyaro batari hejuru y’ itegeko nshinga kandi banahabwa ku ngengo y’ imari ya Leta.
Hon. Mukama Abbas yabivugiye mu nteko Ishinga Amategeko, ahabereye inama nyunguranabitekerezo y’ihuriro ry’Abagize Inteko Ishinga Amategeko baharanira iterambere ry’Abaturage n’izindi nzego, hagamije kurebera hamwe ibyavuye mu (...)
0 | ... | 2140 | 2150 | 2160 | 2170 | 2180 | 2190 | 2200 | 2210 | 2220 | ... | 2480