Kuri iki Cyumweru ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwiye akavidewo kagufi humvikanamo Umuyobozi wa Zion Temple avuga ko abasengera mu idini aribo gusa bazajya mu ijuru ko abandi ishyano ribaguyeyo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide

Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Zion Temple yamaganye abitiriye Apotre Gitwaza ubutumwa atatanze
29 October 2018, by Martin Munezero -
“Simbuze aho kujya nyuma y’ iyi bizinesi” Perezida Kagame
22 June 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida Kagame yavuze ko atabuze aho kujya igihe azaba atakiri Perezida w’ u Rwanda anakomoza ku ishusho y’ u Rwanda yifuza ubwo azaba atakiri ku butegetsi.
Mu kiganiro Perezida Kagame yahaye abanyamakuru kuri uyu wa 22 Kamena, nyuma yo gushyikiriza komisiyo y’ igihugu y’ amatora ibyangombwa bisabwa uwifuza kwiyamamariza kuyobora u Rwanda muri manda y’ imyaka irindwi iri imbere, umunyamakuru yamubajije u Rwanda yifuza ubwo azaba atakiri ku butegetsi abanza kumubwira ko atabuze aho kujya nyuma (...) -
Ikibazo cy’abatuye I Runyombyi kizacyemurwa mu murongo Perezida yagihaye - Meya Habitegeko
27 July 2018, by Nsanzimana ErnestNyuma y’aho hari abaturage bo mu kagali ka Runyombyi mu murenge wa Busanze banze kwimuka ku musozi bimurwagaho n’uwabatsinze mu manza avuga ko akomoka ku mutware wahayoboye ,kuri ubu buyobozi bw’akarere buravuga ko hatangiye inzira yo gusubirishamo urubanza,kandi bikananyura no mu nzira umukuru w’igihugu yatanze kuri iki kibazo.
Aba baturage banze kuva aha mu isambu bavuga ko ari gakondo yabo bimurwamo n’uwayitsindiye uvuga ko nawe akomoka ku mutware wayoboye, nk’uko byakomeje kugarukwaho mu (...) -
Umunyakenya Lt Gen Muriuki yagizwe umugaba mukuru w’ingabo za Loni n’ iz’ Afurika yunze ubumwe ziri muri Darfur
9 August 2017, by Iyamuremye JanvierUmunyakenya Gen Leonard Muriuki Ngondi yagizwe umugaba mukuru w’ingabo za Loni n’iz’Afurika Yunze Ubumwe mu ntara ya Darfur muri Sudani (UNAMID/ MINUAD).
Ni inshingano yahawe n’Umunyamabanga mukuru wa Loni António Guterres na Perezida wa komisiyo y’ Afurika Yunze Ubumwe, Moussa Faki Mahamat. Gen Leonard .
Gen. Mushyo wigeze kuyobora izi ngabo muri Mata uyu mwaka yagizwe umuyobozi w’ ingabo za Loni ziri mu butumwa bw’ amahoro muri Sudani y’ Epfo.
Ku wa 07 Mata 2017 nibwo Umunyamabanga Mukuru (...) -
The Ben yashimiwe ubumuntu yagize ubwo yashyiraga ahagaragara abantu 9 akesha kuba uwo ari we (AMAFOTO)
31 May 2017, by Martin MunezeroThe Ben yavuze kuri Dr Jack witabye Imana wamukoreye ibihangano bitandukanye.The Ben yanyuzwe n’akazi yakorewe n’aba Producers barenga umunani.The Ben ngo akazi kakozwe n’aba Producers icyenda kamukoze ku mutima.
Mugisha Benjamin uzwi cyane nka The Ben akaba umuhanzi w’umunyagikundiro usigaye ukorera muzika muri Leta zunze ubumwe za Amerika, yatangaje ko yanyuzwe n’akazi gakomeye yakorewe n’aba Producers [Abatunganya muzika] bo mu Rwanda batumye aba uwo ariwe kugeza ubu.
Uyu muhanzi wari umaze (...) -
Abantu 20 nibo bamaze kurega abimana amakuru
13 June 2018Abanyamakuru n’ abashinzwe itumanaho mu bigo bya Leta n’ ibyigenga bahuye baganira ku mikoranire yabo itajya iburamo birantega maze ushinzwe itangwa ry’ amakuru mu rwego rw’ igihugu rw’ umuvunyi avuga ko abantu 20 aribo bamaze kurega ababimye amakuru nyamara itegeko riha abantu uburenganzira bwo kubona amakuru rimaze imyaka 5.
-
Bamporiki yakomoje ku nzozi za Padiri Nahimana (umupagani) na Twagiramungu bifuje kuyobora u Rwanda
29 July 2017, by Iyamuremye JanvierDepite Bamporiki Edouard yahamirije Paul Kagame ko Abaturage ba Rusizi batari inyuma y’umupadiri wabaye umupagani (Padiri Nahimana) n’umunyapolitiki ushaje (Twagiramungu) baba hanze y’u Rwanda barwanya leta y’u Rwanda.
Ibi yabitangaje kuri uyu wa 28 Nyakanga 2017 mu gikorwa cyo kwiyamamaza no kwamamaza umukandida wa RPF-Inkotanyi, Kagame Paul. Bamporiki yavuze ko nubwo Nahimana na Twagiramungu bavuka I Rusizi mu cyahoze ari Cyangungu nta n’umwe ubari inyuma nubwo bakomeje kugaragaza ko (...) -
Hagati y’Amavubi y’u Rwanda n’Intare za Cameroon rwabuze gica
24 February 2020, by Dusingizimana RemyUmukino wa Gicuti wahuje ikipe y’igihugu Amavubi na Cameroon, warangiye amakipe yombi anganya 0-0 kuri stade ya Ahmadou Ahidjo Stadium.
-
Perezida wa Sena y’u Rwanda n’iy’u Burundi bahuje urugwiro ubwo bahuriraga I Vienne
8 September 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Gatatu, Perezida wa Sena y’u Rwanda,Hon Iyamuremye Augustin yagiranye ibiganiro na Perezida wa Sena y’ u Burundi,Sinzohagera Emmanuel,bahuriye i Vienne muri Autriche mu nama yari yahuje ba Perezida b’inteko zishinga amategeko.
-
Abafana ba Rayon Sports bamaze gukusanya miliyoni 2.644.618 FRW mu minsi 4 ....biyemeje gushaka 20
23 March 2020, by Dusingizimana RemyAbakunzi ba Rayon Sports bakomeje kwishakamo ubushobozi bwo gufasha ikipe yabo muri ibi bihe bibi isi yose yugarijwe na Coronavirus yatumye gahunda zose zirimo n’iz’imikino zihagarara.
0 | ... | 2230 | 2240 | 2250 | 2260 | 2270 | 2280 | 2290 | 2300 | 2310 | ... | 2480