Paul Kagame wakomereje ibikorwa byo kwiyamamaza mu karere ka Gasabo ko mujyi wa Kigali, yavuze ko hari abibaza niba u Rwanda ruzagira amahoro igihe azaba atarikiri Perezida wa Repubulika.
Ku isaha ya saa cyenda zuzuye nibwo Umukandida wa FPR Inkotanyi, Paul Kagame, yageze mu Murenge wa Bumbogo aho yakiranywe amashyi n’impundu n’ibihumbi by’abaturage bo mu Mujyi wa Kigali bakoraniye ahabereye ibikorwa bye byo kwiyamamaza.
Kagame, mbere yo kugeza imigabo n’imigambi ye kubaturage ba Gasabo (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Kagame naba atakiri umuyobozi ubu u Rwanda ruzagira amahoro?
2 August 2017, by Iyamuremye Janvier -
Umudugudu wa UWIMANA wahembwe kubera kutagira ibyaha
15 May 2018, by Nsanzimana ErnestUmudugudu wa UWIMANA wo mu karere ka Kamonyi polisi y’ u Rwanda yawuhaye amazi meza, n’ umuriro w’ amashanyarazi ukomoka ku mirasire y’ izuba inawubahira ibiro byiza kuko wabaye indashyikirwa mukurwanya ibyaha.
-
Musanze: Ndabereye wahoze ari Visi Meya yakatiwe gufungwa imyaka isaga 5 azira gukubita umugore we
27 February 2020, by Dusingizimana RemyUwahoze ari Visi Meya w’akarere ka Musanze ushinzwe iterambere ry’Ubukungu Ndabereye Augustin yakatiwe n’Urukiko rwisumbuye rwa Muhoza mu Karere ka Musanze,gufungwa imyaka itanu n’ukwezi kumwe, runamuca ihazabu ya miliyoni imwe y’amafaranga y’u Rwanda nyuma yo kumuhamya ibyaha byo gukubita no gukomeretsa umugore we.
-
U Rwanda rwihanganishije imiryango y’ abakubiswe n’ inkuba I Nyaruguru
13 March 2018, by Nsanzimana ErnestGuverinoma y’ u Rwanda yihanganishije imiryango y’ abantu 17 mu karere ka Nyaruguru barimo 45 yakubise bari mu rusengero rw’ abadivanditse mu murenge Nyabimata 15 bakahasiga ubuzima.
Mu kiganiro n’ abanyamakuru kuri uyu wa Kabiri tariki 13 Werurwe 2018 Minisitiri w’ Ububanyi n’Amahanga n’ Umuryango w’ Afurika y’ Iburasirazuba Louise Mushikiwabo yavuze ko guverinoma y’ u Rwanda yihanganishije imiryango y’ abazize inkuba.
Yagize ati “Nagira ngo mabanzirize ku kwihanganisha Abanyarwanda, (…) -
Urwego rw’ umuvunyi rugiye kongererwa ubushobozi
20 June 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa Gatatu tariki 20 Kamena 2018 Leta y’ u Rwanda n’ Umuryango w’ ubumwe bw’ ibihugu by’ I Burayi batangije umushinga wa miliyoni 8 z’amayero uzegereza abaturage ubutabera ukanazamura ubushobozi bw’ urwego rw’umuvunyi.
-
Pasiteri Mpyisi mu bitabiriye umuhango wo kwita amazina imfura y’Umupfumu Rutangarwamaboko wakozwe mu buryo bwa gakondo[AMAFOTO]
22 May 2018, by Martin MunezeroNzayisenga Modeste uzwi cyane nk’Umupfumu Rutangarwamaboko n’umugore we Umuziranenge Sana Cynthia, bakoze ibirori byo gusohora umwana no kumwita amazina bikozwe mu buryo bw’umwihariko wa gakondo ya Kinyarwanda
-
Ibyo abanyapolitiki b’i Burundi bavuze ku magambo ya Benjamin Mkapa
15 June 2017, by Ferdinand DukundimanaGaston Sindimwo/Visi Perezida w’u Burundi
Ntawe udutegeka, Mkapa nta na kimwe yagezeho, ahubwo Mkapa arimo araha urwaho Perezida Nkurunziza,…. Aya ni amwe mu magambo Abanyapolitiki n’abagendera hafi politiki y’u Burundi batangaje nyuma y’uko Benjamin Mkapa avugiye ko u Burundi bumeze nk’umunyeshuri utumva.
Gaston Sindimwo, “Nta n’umwe uzategeka u Burundi icyo bukora”
Avuga ku magambo yatangajwe n’uwahoze ari Perezida wa Tanzaniya Benjamin Mkapa, Visi Perezida w’u Burundi Gaston (…) -
Perezida Kagame yaganiriye na Ellen DeGeneres na Portia De Rossi bagiye kubaka ikigo kita ku ngangi
29 May 2018, by Nsanzimana ErnestMu gihe u Rwanda rurimo gushyira imbaraga mu guteza imbere ubukeragendo Perezida Paul Kagame yahuye na Ellen DeGeneres na Portia De Rossi bari mu Rwanda mu biruhuko no kureba aho Ellen azubaka ikigo kihariye cyo kwita ku ngagi ku bufatanye na Dian Fossey Gorilla Fund.
-
Bishop Rugagi n’ abandi ba pasiteri 5 batawe muri yombi
5 March 2018, by Nsanzimana ErnestApostle Rwandamura Charles, R. Pastor Nyamurangwa Fred, Bishop Rugagi Innocent, Rev Ntambara Emmanuel, Pastor Dura James na Pastor Kalisa Shyaka Emmanuel batawe muri yombi na Polisi y’Igihugu bakurikiranyweho gutambamira gahunda yo kugenzura insengero zitujuje ibyangombwa no gukoresha inama mu buryo bunyuranyije n’ amategeko.
Mu itangazo yashyize ahagaragara Polisi y’Igihugu yavuze ko abatawe muri yombi bose bashinjwa ko ‘baremye itsinda bagatangira n’inama zitemewe bagamije gutambamira (…) -
IJAMBO RY’UMUNSI NA NEMI TV: 1Samuel 1: 1-18: Kuguma mu byiringiro
4 April 2020, by Rev./Ev. Eustache NibintijeNshuti ya Nemi Tv
Iyi coronavirus ntituvugishe menshi bitume tuva mu byiringiro byacu ahubwo icyo dukwiriye gukora ni Ugutumbira Umwami wacu Yesu Kristo gusa no gukora ibyo ubuyobozi budusaba gukora.
Kurikirana iyi nyigisho, ukande subscribe kandi uyihe n’abandi tujye dukomeza gusangira iby’umwuka
Imana iguhe umugisha..!
Ibi mubigezwaho na Nibintije Estache mw’ Izina rya NEMI Wifuza gufashwa mw’ Ijambo ribohora watwandikira Kuri WhatsApp number: +14123265034.
Umuryango.rw