Umwana w’ umukobwa witwa Bayavuge Jacqueline wigaga mu cyahoze ari KIE, ubu akaba ari Kaminuza y’ u Rwanda ishami ry’ uburezi bamusanze mu nzu yakodeshaga yapfuye yimanitse mu mugozi birakekwa ko yihahuye.
Umunyamabanga nshingwabikorwa w’ umurenge wa Kimironko Karamuzi Godfrey yabwiye Ikinyamakuru Umuryango ko ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 11 Gicurasi 2017 aribwo bamenye ko uyu mukobwa wari ufite imyaka 21 y’ amavuko yiyahuye.
Yagize ati “Ejo saa sita nibwo umuyobozi w’ umudugudu yabwiye (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Umukobwa wigaga mu cyaho ari KIE bamusanze mu nzu yabagamo yimanitse mu mugozi
12 May 2017, by Nsanzimana Ernest -
M23 yafashe ibifaru n’imbunda za FARDC ibindi irabitwika [AMAFOTO]
12 November 2022, by Dusingizimana RemyUmutwe wa M23 wongeye guha isomo ingabo za Leta ya Congo,FARDC,aho wafashe ibikoresho byayo birimo imbunda, amasasu ndetse n’ibifaru ibindi irabitwika.
Amakuru aravuga ko ibifaru 4 bya FARDC byatwitswe birimo icyari cyafunze Rugari na Kibumba n’ikindi cyari cyafunze inzira yerekeza I Rwindi.
Nyuma y’imirwano ikaze yubuye kuri uyu wa gatanu ndetse no kuri uyu wa Gatandatu,M23 yagaragaye ifite ibikoresho bya FARDC ndetse yishe umusirikare mukuru wa Leta ya Congo, Lt Col Faustin Sengabo (…) -
Rayon Sports ntiyishimiye icyemezo cya FERWAFA yayitegetse kwishyura Minnaert miliyoni 32 FRW
6 August 2019, by Dusingizimana RemyIshyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda,FERWAFA,ryategetse ikipe ya Rayon Sports kwishyura uwahoze ari umutoza wayo Ivan Jacky Minnaert akayabo ka miliyoni zisaga 32 FRW [35 535 USD] kubera ko yamusezereye Minaert mu buryo budakurikije amategeko.
-
Nyagatare: Munyeshyaka wari Umupolisi uzwi ku izina rya Rwatubyaye yapfuye avuye ku mugore yari yasuye
23 June 2020, by UbwanditsiKu mugoroba w’ejo nibwo Umupolisi muto witwa Jean Bosco Munyeshyaka wari uzwi ku izina ry’irihimbano rya Rwatubyaye yagiye gusura umudamu utuye mu Murenge wa Nyagatare, akagali ka Bushoga umudugudu wa Cyonyo mu Karere ka Nyagatare atashye asubiye mu kigo ngo atangira kumva atameze neza ndetse aza guhita apfa bitunguranye. Harakekwa amarozi.
Uyu mu Polisi bitaga Rwatubyaye yari yagiye kusura umugore wibana ariko wigeze kuba afite umugabo. Amakuru avuga ko umugabo yahoranye nawe yari (…) -
Ni iki kigize u Rwanda uko turubona uku?
17 January 2018, by Jules NTAHOBATUYEIsura u Rwanda rufite ubu mu ruhando mpuzamahanga itandukanye n’iyo rwahoranye kandi iraba nziza umunsi ku wundi nyuma ya jonoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994.
Ese ni iki kigize u Rwanda uko turubona uku?
[Kanda hano wumve icyo abasesenguzi bagaragaza. -
Eng. Sagashya nyuma yo kwirukanwa mu kazi n’ umugi wa Kigali arafunze
17 November 2017, by Nsanzimana ErnestEng. Didier Sagashya Umunyamabanga nshingwabikorwa uherutse kwirukanwa n’ umugi wa Kigali yatawe muri yombi na polisi y’ u Rwanda, afunganywe n’ abakozi babiri bivugwa ko yategetse guca amadosiye.
Polisi y’ u Rwanda yavuze ko imukurikiranyeho icyaha kusibanganya ibimenyetso no konona inyandiko.
Ibi bitangajwe nyuma y’ iminsi ibiri Eng. Sagashya yirukanywe burundu ku mwanya w’ umunyamabanga nshingwa bikorwa w’ umugi wa Kigali.
Perezida wa Njyanama y’Umujyi wa Kigali Me Rutabingwa (…) -
Rayon Sports yasinyishije Umunya Ghana wakinnye mu Butaliyani [AMAFOTO]
13 June 2019, by Dusingizimana RemyIkipe ya Rayon Sports ibifashijwemo na MK Card imaze gusinyisha umukinnyi wo hagati ukomoka mu gihugu cya Ghana witwa Olokwei Commodore nyuma yo gushima urwego rwe mu myitozo yari amaze iminsi akorera mu Nzove.
-
Gakenke: Padiri wa paruwasi ya Mbogo yafunzwe akekwaho gusambanya umwana
18 May 2020, by Dusingizimana RemyUrwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha rwatangaje ko rwataye muri yombi mu cyumweru gishize Padiri Mukuru wa Paroise ya Mbogo iherereye mu murenge wa Rushashi mu Karere ka Gakenke, Bwana Dukuzumuremyi Jean Leonard, rumukurikiranyeho ibyaha byo gusambanya umwana w’umukobwa ku gahato..
-
Abapolisi 481 birukanwe mu kazi kubera imyitwarire idahwitse
17 December 2021, by Dusingizimana RemyInama Nkuru ya Polisi y’Igihugu, yafashe icyemezo cyo kwirukana burundu mu kazi abapolisi 481 kubera amakosa n’ibyaha bihabanye n’imyitwarire y’umwuga iranga igipolisi cy’u Rwanda,aya makosa akaba arimo ruswa,ubusinzi no gutoroka mu kazi.
Uyu munsi tariki ya 17 Ukuboza 2021,nibwo Minisitiri w’umutekano mu gihugu, Gasana Alfred, ari kumwe na IGP Dan Munyuza, bayoboye umuhango wo gutangiza ku mugaragaro inama nkuru ya polisi iteraniye ku cyicaro gikuru, Kacyiru.
Inama nkuru ya polisi nirwo (…) -
Rubavu: Wa mugabo wagaragaye ari gukubitwa kubera ko yibye igitoki yapfuye
29 March 2020, by Dusingizimana RemyUmugabo witwa Niyonzima Salomon w’imyaka 27 wo mu karere ka Rubavu, uherutse kugaragara mu mashusho ari gukubitwa n’umugabo umwe abandi bamufashe amaguru n’amaboko bamuziza kwiba igitoki yapfuye azize uru rugomo yakorewe.
Umuryango.rw
M23 yafashe ibifaru n’imbunda za FARDC ibindi irabitwika [AMAFOTO]
Nyagatare: Munyeshyaka wari Umupolisi uzwi ku izina rya Rwatubyaye yapfuye avuye ku mugore yari yasuye
Abapolisi 481 birukanwe mu kazi kubera imyitwarire idahwitse
Rubavu: Wa mugabo wagaragaye ari gukubitwa kubera ko yibye igitoki yapfuye