Guverinoma y’ u Rwanda yatangaje ko Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yakiriye intumwa ya Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni bakaganira ku bibazo biri gahati y’ u Rwanda na Uganda, ibiganiro byibanze ku kwishyirahamwe kw’ ibihugu.
Nk’ uko Minisitiri w’ ububanyi n’ amahanga, Umuryango w’ Afurika y’ iburasirazuba akaba n’ Umuvugizi wa guverinoma y’ u Rwanda Mme Louise Mushikiwabo yabitangarije ku rubuga rwe rwa Twitter yavuze ko mu byo aba bayobozi baganiriyeho harimo ikibazo cy’ (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Perezida Kagame yakiriye intumwa ya Museveni baganira ku bibazo biri hagati y’ u Rwanda na Uganda
6 January 2018, by Nsanzimana Ernest -
Ni inde wabwiye Obama na Trump ko ngomba kubaho nkabo?-Perezida Kagame
14 August 2017, by Iyamuremye JanvierPaul Kagame watanzwe n’ishyaka FPR Inkotanyi mu matora y’umukuru w’Igihugu akaza no kongera gutorerwa kuyobora u Rwanda, yatangaje ko atifuza kubaho cyangwa se kwemeza Brack Obama wayoboye Amerika, Donald Trump wamusimbuye n’abandi bo mu burengerazuba w’Iburayi.
Mu kiganiro cyihariye yagiranye na Daily Telegraph cyo mu gihugu cy’u Bwongereza, Perezida Paul Kagame, yabajijwe n’umunyamakuru icyo avuga kubivugwa ko yashatse kugundira ubutegetsi n’icyo azakora mu kwemeza umuryango mpuzamahanga (…) -
Abantu 20 nibo bamaze kurega abimana amakuru
13 June 2018Abanyamakuru n’ abashinzwe itumanaho mu bigo bya Leta n’ ibyigenga bahuye baganira ku mikoranire yabo itajya iburamo birantega maze ushinzwe itangwa ry’ amakuru mu rwego rw’ igihugu rw’ umuvunyi avuga ko abantu 20 aribo bamaze kurega ababimye amakuru nyamara itegeko riha abantu uburenganzira bwo kubona amakuru rimaze imyaka 5.
-
Nyarugenge: Abagizi ba nabi basanze ihene 4 z’umuturage aho zarimo kurisha barazica zose
28 October 2019, by Dusingizimana RemyMu mvura yaguye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere,taliki ya 28 Ukwakira 2019, abagizi ba nabi bataramenyekana basanze ihene enye z’umugore witwa Thacienne Mukaturatsinze aho zarishaga bazica nabi.
-
Manzi Thierry na Djabel biyemeje kwishyura agahimbazamusyi abakinnyi 12 batandukanye na Rayon Sports
12 September 2019, by Dusingizimana RemyAbakinnyi ba APR FC barimo MANZI Thierry na Manishimwe Djabel bahoze bakina muri Rayon Sports biyemeje guha agahimbazamusyi abakinnyi 12 baherutse gutandukana n’iyi kipe ikunzwe kurusha izindi mu Rwanda kubera ko ngo batahawe agahimbazamusyi k’ibihumbi 500 FRW bemerewe kubera gutwara shampiyona.
-
Perezida Kagame yagaragarije abitabiriye inama ya“Eisenhower Fellowoships” inkomoko y’iterambere ry’u Rwanda nyuma ya jenoside
14 June 2019, by Dusingizimana RemyUbwo yari mu nama y’Umuryango Mpuzamahanga witwa “Eisenhower Fellowoships” yateraniye i Kigali kuri uyu wa gatanu tariki 14 Kamena 2019, Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yavuze ko kuba u Rwanda rukomeje gutera imbere biterwa n’uko buri munyarwanda akora cyane ndetse nta wifuza gusubira mu mateka mabi yaranze u Rwanda.
-
Nyamagabe: Gitifu w’Akarere afunze by’agateganyo akekwaho kwiba amafaranga y’Akarere
14 June 2018, by UbwanditsiKu mugoroba wo kuri uyu wa Kane nibwo Urwego rw’Umuvunyi ku bufatanye na RIB (Urwego rw’Ubugenzacyaha) bataye muri yombi Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Nyamagabe TWAYITURIKI Emmanuel bamukurikiranyeho ibyaha birimo gukoresha inyandiko mpimbano yiba amafaranga y’Akarere.
Urwego rw’Umuvunyi rwatangarije Umuryango ko Twayituriki Emmanuel akurikiranweho ibyaha byo kwaka cyangwa kwakira amafaranga bidakwiye, kwiha inyungu zinyuranyije n’amategeko no gukoresha inyandiko mpimbano. (…) -
Barafinda akimara gutora yasabye ko uzatorwa yazakuraho umusoro ku butaka gakondo bw’abanyarwanda
8 August 2017, by UbwanditsiBarafinda n’umugore ku munsi w’itora kuri King David Academy aho batoreye
Barafinda Sekikubo Fred wagerageje kwiyamamariza kuzayobora u Rwanda ariko Komisiyo y’Amatora ikanga kwemeza kandidature ye ivuga ko atujuje ibisabwa byose nawe yitabiriye itora rya Perezida wa Repubulika taliki 4/8/2017.
Barafinda watoreye kuri site y’Itora ya King David Academy mu Murenge wa Kanombe mu Karere ka Kicukiro aherekejwe n’umugore we yavuze ko uzatorwa akwiriye kuzakuraho umusoro ku butaka gakondo (…) -
“Guhindura imyumvire bisaba kubanza kumva ubukungu dufite” Perezida Kagame [AMAFOTO]
8 May 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yavuze ko kugira ngo u Rwanda rutere nta gihe kinini gishize ruvuye muri Jenoside yakorewe abatutsi byasabye Abanyarwanda gushyirahamwe no guhindura imyumvire, avuga ko kugira ngo abantu bahindure imyumvire bibasaba kubanza kumenya ubukungu bafite.
Yabitangaje kuri uyu wa 7 Gicurasi 2017, ubwo yari ayoboye inama yahuje Abaminisitiri b’ ububanyi n’ amahanga baturutse mu bihugu bitandukanye by’ Afurika yiga ku mpinduka mu muryango w’ Afurika yunze ubumwe AU. (…) -
U Rwanda rwahawe inkunga ya miliyari 55.5 FRW na EU yo kurufasha guhangana n’ingaruka za COVID-19
8 June 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Mbere tariki ya 8 Kamena 2020, Leta y’u Rwanda yasinyanye n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU), amasezerano y’inkunga ya miririyari zigera kuri 55.5 z’amafaranga y’u Rwanda (miriyoni 52 z’Amayero).
Umuryango.rw