Ambasade ya Israel mu Rwanda yatangaje ko Ambasaderi Belaynesh Zevadia uhagarariye Israel mu Rwanda azitabira imurikabikorwa ry’ ubuhinzi zizabera ku Mulindi kuva tariki 22 – 27 Kamena 2017.
Nk’ uko bikubiye mu itangazo rigewe abanyamakuru iyi ambasade yashyize ahagaragara ngo Amb. Zevadia guhera ku cyumweru tariki 25 Kamena kugeza tariki 27 azagirana ikiganiro n’ abanyamakuru babyifuza. Iki kiganiro kizibanda ku bikorwa igihugu cya Israel gifatanyamo n’ u Rwanda aribyo by’ ubuhinzi bw’ (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Ambasaderi wa Israel mu Rwanda azitabira imurikabikorwa ry’ ubuhinzi rigiye gutangira
21 June 2017, by Nsanzimana Ernest -
Minisitiri Munyangaju yasubije abayobozi b’amakipe bababajwe bikomeye n’ihagarikwa rya shampiyona
15 December 2020, by Dusingizimana RemyMinisitiri wa Siporo,Munyangaju Aurore Mimosa,yibukije abayobozi b’amakipe bababajwe cyane no kuba shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda ko ubuzima bw’abakinnyi babo ndetse n’abanyarwanda aribwo bw’ingenzi kurusha amafaranga bavuga ko bagiye guhomba.
-
Murenzi Abdallah yatumije inama yo guhosha amakimbirane ari muri Rayon Sports
23 July 2017Amakuru agera ku kinyamakuru Umuryango aravuga ko uwahoze ari umuyobozi wa Rayon Sports na mayor w’akarere ka Nyanza Murenzi Abdallah na Mugenzi we Hadji basanzwe ari abafana bakomeye b’ikipe ya Rayon Sports, kuri uyu munsi taliki ya 23 Nyakanga batumije inama irahuriramo abagize ubuyobozi bwa Rayon sports FC, Boad n’umuryango mu rwego rwo guhosha amakimbirane yavutse hagati y’izi nzego zose nyuma yo gutangaza isinya ry’umutoza Olivier Karekezi.
Ikibazo cyo kutavuga rumwe kw’izi nzego (…) -
Adrien Niyonshuti akomeje kwitabira amarushanwa akomeye i Burayi
12 June 2017, by Dusingizimana RemyUmusore w’Umunyarwanda Adrien Niyonshuti akomeje kwitabira amarushanwa akomeye yo gusiganwa ku magare ku mugabane w’I Burayi aho ku munsi w’ejo tariki 11 Kamena yarangije irushanwa ribanziriza Tour de France ryaberaga mu Bufaransa rya Criterium du dauphine nubwo atabashije kurangiza agace ka nyuma.
Uyu mwaka Adrien yarakoze cyane ugereranyije n’indi myaka amaze muri Dimension Data akinira kuko yitabiriye amarushanwa menshi arimo Tour de Langkawi muri Malaysia,Pais vasco muri Espagne,Tour (…) -
Bwa mbere u Rwanda rwohereje mu butumwa abapolisikazi benshi [AMAFOTO]
27 June 2018, by Nsanzimana ErnestUmuriri w’ amashyi n’ uruvange rw’ amajwi yiganjemo ay’ igitsina gore byumvikanye ku kibuga cy’ indege cya Kigali I Kanombe mu gitondo cyo kuri uyu wa 27 Kamena ubwo abapolisikazi u Rwanda rwohereje kubungabunga amahori muri Sudani y’ Epfo baririmbaga ngo “Tuzazikurikiza, tuzazikurikiza inama mutugira, tuzazikurikiza”
-
Shyorongi: Impanuka yaraye ibaye yahitanye umugore we n’abana be bose: Teta na Olga
28 May 2017, by UbwanditsiNyakwigendera Itangishaka Candide Seraphine n’abana be:Teta Kamugisha Ornella(umukuru) na Olga Gwiza Kamugisha (umuto) bose baguye mu mpanuka ya Shyorongi
Impanuka yabaye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki 27 Gicurasi 2017 imodoka ya bisi ya kampani itwara abagenzi Kigali Safari yarenze umuhanda ikabirinduka ku musozi ikagwa mu mugezi wa Yanze nyuma yo kugongana n’ikamyo yahitanye abagera kuri 15 nk’uko byatangajwe na Polisi.
Umuryango wamenye ko mu baburiye ababo muri iyi (…) -
BNR irimo gutegura itegeko rirengera abagana ibigo by’ imari
21 May 2017, by Nsanzimana ErnestBanki Nkuru y’Igihugu irimo kunonosora itegeko rishya rigena ingingo 7 zirengera uburenganzira bw’abakiriya bagana ibigo by’imari ubusanzwe ryitwa ‘The Client Protection Principles’ rikoreshwa hirya no hino ku Isi.
Byitezwe ko rizarushaho kunoza serivisi zirengera abakiriya b’ibigo by’Imari mu Rwanda, nk’uko bitangazwa n’Ishyirahamwe ry’Ibigo by’Imari Iciriritse mu Rwanda (AMIR –Association of Microfinance Institutions of Rwanda).
Uwizeye Jean Pierre Umuyobozi wungirije ushinzwe gahunda (…) -
Dore ibyangombwa birenga 10 bisabwa ushaka kwiyamamariza kuyobora u Rwanda
12 June 2017, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa Mbere tariki 12 Kamena 2017, komisiyo y’ igihugu yatangiye kwakira kandidatire z’ abifuza kuyobora u Rwanda binyuze mu matora ya Perezida wa Repubulika y’ u Rwanda ateganyijwe muri Kanama 2017.
Dore ibyangombwa iyi komisiyo irimo kwaka abifuza guhatanira intebe y’ umukuru w’ igihugu mu matora.
1. Icyangombwa cyemeza ko ari Umunyarwanda. 2. Icyangombwa cyemeza ko afite ubwenegihugu bw’ u Rwanda gusa. 3. Icyemeza ko ubwenegihugu yari afite yabushubije niba yarabuhoranye. 4. (…) -
‘Uyu mugore muto hari ibitekerezo ahagarariye’ Mushikiwabo avuga kuri D. Rwigara
29 October 2017, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Ubutwererane n’ibikorwa by’Umuryango wa Afurika y’Uburasirazuba, Louise Mushikiwabo mu kiganiro n’ itangazamakuru mpuzamahanga yabajijwe kuri Diane Rwigara wifuje kuba Perezida w’ u Rwanda ubu akaba ari mu nkiko, avuga ko uyu mukobwa hari ibitekerezo ahagarariye.
Ni mu kiganiro Hon. Mushikiwabo yagiranye na Televiziyo ya ‘TV5Monde’, Radiyo mpuzamahanga y’Abafaransa ‘RFI’ n’ikinyamakuru le monde.
Umunyamakuru yabajije Mushikiwabo ati “Uyu munsi Diane (…) -
Abaregwa gushaka gutorokesha Nyakwigendera Kizito Mihigo Basabiwe Gufungwa Imyaka 7 n’Igice
12 October 2021, by Dusingizimana RemyUbushinjacyaha bw’u Rwanda burasabira igifungo cy’imyaka irindwi n’igice n’ihazabu ya miliyoni ebyiri n’igice ku bagabo babiri baregwa muri dosiye y’umuhanzi w’icyamamare Nyakwigendera Kizito Mihigo.
Undi mugabo wa gatatu we busaba ko yafungwa amezi atandatu n’ihazabu ya miliyoni imwe y’amafaranga y’u Rwanda.
Bose baregwa ko mu mwaka wa 2020 bashatse gutorokesha Kizito Mihigo baciye mu nzira zitemewe n’amategeko. Abaregwa n’ababunganira mu mategeko barasaba ko amategeko yakurikizwa (…)
Umuryango.rw
Ambasaderi wa Israel mu Rwanda azitabira imurikabikorwa ry’ ubuhinzi rigiye gutangira
Abaregwa gushaka gutorokesha Nyakwigendera Kizito Mihigo Basabiwe Gufungwa Imyaka 7 n’Igice