Abapolisi bashoje ikiciro cy’amasomo bari bategereje kwinjizwa mu kiciro cya ba Ofisiye/ Foto: Kigali Today
Ku basomyi b’ikinyamakuru Umuryango, nagira ngo mbasangize bumwe mu buhamya bwankoze ku mutima ubwo nari kuri Polisi I Remera ahakorera ubuyobozi bwa Polisi mu Umujyi wa Kigali.
Nagiye ku cyicaro cya Polisi mu Mujyi wa Kigali giherereye i Remera. Dosiye yari injyanye ntiyari butinde kwari ukuyoboza serivisi nifuza n’ibyo nsabwa kuzuza.
Manuka kuri etage ya mbere aho abayobozi (...)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide

Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Polisi irizihiza imyaka 17 imaze: Umwe mu bayobozi bayo bakuru yavanye umuturage mu gihirahiro binkora ku mutima-Ubuhamya
16 June 2017, by Ubwanditsi -
Guverinoma y’u Rwanda yashyizeho umuvugizi wayo mushya n’uwa Perezidansi
31 July 2021, by Dusingizimana RemyInama y’Abaminisitiri yateranye ku wa Gatanutariki 30 Nyakanga, 2021,yagize Madamu Yolande Makolo Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Rwanda naho Stephanie Nyombayire we akaba yagizwe Umuvugizi wa Perezidansi y’u Rwanda.
Stephanie Nyombayire yari asanzwe ari umukozi mu Biro bya Perezida wa Repubulika ushinzwe amakuru no kuvuga ibireba biriya biro( Public Relations Office).
Yolande Makolo yagizwe Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda muri Minisiteri (...) -
Perezida Kagame yongeye kugaragaza indi mpano afite muri Siporo [AMAFOTO]
25 April 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame nyuma y’ igihe kirekire abantu baziko akina umukino wa tennis kuri ubu yagaragaje asigaye akina umukino wa Basketball.
-
Perezida Mnangagwa yatangaje ikintu gikomeye perezida Kagame yasabiye Zimbabwe mu nama ya G7
2 September 2019, by Dusingizimana RemyPerezida w’igihugu cya Zimbabwe Emerson Mnangagwa yabwiye abanyamakuru ko perezida Kagame ari umwe mu bakuru b’ibihugu bifuza ko Zimbabwe ikurirwaho ibihano yafatiwe aho yabisabwe mu nama iherutse guhuza ibihugu 7 bikize ku isi bizwi nka “G7”.
-
Perezida Macron yashyizeho umugaba mukuru w’Ingabo wagize uruhare muri ‘Operation Turquoise’
20 July 2017, by Iyamuremye JanvierPerezida w’Ubufaransa Jean Michelle Emmanuel Macron yashyizeho Umugaba Mukuru w’ingabo mushya General François Lecointre usimbura Gen Pierre Le Jolis de Villiers weguye ku mirimo ye.
General François Lecointre yashyizwe kuri uyu mwanya ku wa Gatatu tariki ya 19 Nyakanga 2017. Uyu mugabo yagize uruhare rukomeye muri Operation Turquoise mu Rwanda.
Uwo asimbuye ni Gen Pierre de Villiers weguye ku mirimo ye nyuma yo kutumvikana na Perezida Emmanuel Macron ku kugabanya ingengo y’imari yari (...) -
U Rwanda mu nzira yo kwiyongera ku bihugu bitanu by’ Afurika bitunze ibyogajuru
12 March 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa 12 Werurwe 2018 I Kigali hatangijwe amahugurwa yahuje ibihugu mu rwego rwo kongera ubumenyi bwo gukoresha ibyogajuru dore ko ari cyo kibura ngo buri gihugu cy’ Afurika kigire icyogajuru cyacyo.
Icyogajuru ni ingirakamaro ku gihugu kuko gituma igihugu kimenya amakuru yizewe yakwifashishwa mu iteganyagihe no mu buhinzi kuko kiba gihugu ubushobozi bwo kureba ahantu hose.
Abitabiriye aya mahugurwa bemeza ko ikibura ngo buri gihugu cy’ Afurika kigire icyogajuru cyacyo ari uguhindura (...) -
Perezida Museveni yangiye Abuzukuru be kuza mu Rwanda mu ikipe ya Basketball
10 June 2019, by UbwanditsiMu ikipe ya Uganda y’abakobwa n’abahungu ya Basketball yari igiye kuza mu Rwanda ku munsi w’ejo mu marushanwa ya Basketball y’abatarengeje imyaka 16 igiye kubera mu Rwanda, Abuzukuru batatu ba Perezida Museveni bari muri izi kipe bakuwe ku rutonde ku munota wa nyuma.
Harakekwa umubano mubi uri hagati y’ibihugu byombi muri iyi minsi.
Ibindi kuri aya makuru ni muri iyi nkuru:
Foto: Ikipe ya Uganda ya Basketball U16/Credit: (...) -
Ahahoze hatuye umugore wa Musinga hagiye kubungabugwa
1 September 2017, by Nsanzimana ErnestInzu y’ amategura n’ amafari ahiye bigaragara ko yari yubatswe mu buryo bwa gihanga n’ ubwo ubu yatangiye kwangirika niyo yari ituwemo na Nyirakabuga Therese wabaye umwe mu bagore b’Umwami Yuhi V Musinga.
Iyi nzu iherereye Mu mudugudu wa Kibimba, mu kagari k’Akagarama, mu murenge Rurenge mu karere ka Ngoma, ubuyobozi bw’ akarere buravuga ko bugiye kuyitaho kuburyo mu mwaka umwe haraba hageze icyapa kigaragaza ko ari ahantu nyamateka.
Ni nyuma y’ uko abazi uyu Umwamikazi Nyirakabuga waranatwaye (...) -
Abanyarwanda bakomeje kungukira ku bikorwa by’ ingabo z’ u Rwanda mu iterambere [AMAFOTO]
5 May 2018, by Nsanzimana ErnestAbaturage b’ akarere ka Rulindo baravuga ko bafite icyizere cyo kuzabona umusaruro mwinshi w’ ibijumba kuko tariki 4 Gicurasi 2018 ingabo z’ u Rwanda zabafashije gutabira hegitari 15 z’ imigozi y’ ibijumba mu gishanga cya Bahimba giherereye mu murenge wa Mbogo.
-
Uwakekwagaho gushimuta akanica wa mwana wa Kicukiro yapfuye
22 May 2018, by Nsanzimana ErnestMu gitondo cyo kuri uyu wa 22 Gicurasi nibwo hamenyekanye amakuru avuka ngo Emmanuel Karake w’ imyaka 23 wari ukurikiranyweho gushimuta no kwica umwana w’ imyaka itanu w’ umubyeyi witwa Nakabonye Aurelie yiyahuye agapfa.
0 | ... | 2270 | 2280 | 2290 | 2300 | 2310 | 2320 | 2330 | 2340 | 2350 | ... | 2480