Mu kiliziya y’i Namugongo, ahaguye abahowe Imana b’i Bugande, Perezida Museveni yatangaje ko yifuza ko kiliziya Gatolika yatora intwari Mwalimu J. Nyerere nk’umutagatifu.
Ku itariki ya 1 Kamena ni umunsi wahariwe kuzirikana intwari Mwalimu Julius Nyerere.
Ikifuzo cya Museveni agishingira ku bikorwa by’ubutwari Nyerere yakoze mu gihe yaharaniraga ubwigenge bw’ibihugu bya Afurika arwanya abakoloni.
Kuwa 13 Gicurasi 2005, Nyirubutungane Papa Benedigito wa XVI yatangaje ko Mwalimu Nyerere (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Uganda: Perezida Museveni yifuza ko Mwalimu J. Nyerere yagirwa umutagatifu
3 June 2017, by Ferdinand Dukundimana -
Mudugudu Havugiyaremye yavumbuye ibanga rituma abaturage ayoboye batanga mituweli 100/100
24 June 2018, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi w’ umudugudu wa Nyarurama akagari ka Nyakibungo umurenge wa Gishubi mu karere ka Gisagara abaturage ayoboye bamaze imyaka ibiri ikurikirana batanga ubwisungane mu kwivuza ku kigero cy’ 100/100.
-
Muhanga: Umugabo wafatanywe ‘uburozi’ mu rukiko ngo hari ibintu yaciririye
5 March 2018, by Nsanzimana ErnestMu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere Gasangwa Joseph wo mu Murenge wa Mwendo uburana n’ umugore we ibijyanye n’imitungo, yafatiwe mu cyumba cy’Urukiko rwisumbuye anyanyagizamo ‘ibirozi’, yari anafite ihembe, gusa we avuga ko ari iryo kumurinda uburwayi. Umucamanza yategetse ngo bamwambure ibintu bindi yari afite ngo bitwikwe. Umugore we yatangaje ko afite amakuru ko hari ibintu umugabo we yaciririye
ubwo abakozi b’Urukiko rwisumbuye rwa Muhanga bazaga mu kazi bahuriranye n’ikivunge cy’abari (…) -
Iby’ ingenzi mu kiganiro Perezida Kagame yagiranye na Perezida Macron w’ u Bufaransa
23 May 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame kuri uyu wa Kane tariki 23 Gicurasi 2018 yakiriwe na mugenzi we w’ u Bufaransa Emmanuel Macron bagirana ibiganiro aho Perezida Kagame yavuze ko u Rwanda rushimishijwe no kuba rwatanga abayobozi nka Louise Mushikiwabo bakayobora Umuryango w’ ibihugu bikoresha ururimi rw’ Igifaransa.
-
Amateka y’Abarinzi b’Igihango b’uyu mwaka barimo AERG na Musenyeri HAKIZIMANA Celestin warokoye abatutsi bari St Paul
26 October 2018, by UbwanditsiMusenyeri Hakizmana Celestin wa Diyosezi ya Gikongoro ushimirwa na Unity Club nk’Umurinzi w’Igihango
Kuva mu mwaka 2010, Umuryango Unity Club Intwararumuri watangije ishimwe ry’Ubumwe Unity Award, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda abimburira abandi nyuma hagenda hakurikiraho amashyirahamwe yagaragaje ibikorwa by’indashyikirwa mu bumwe n’ubwiyunge.
-
Ellen ufite ikiganiro gikunzwe na benshi ku isi azerekana (Live) umuhango wo gufungura ikigo cye mu Rwanda[AMAFOTO]
25 May 2019, by Martin MunezeroEllen DeGeneres uherutse gusura u Rwanda aho yagiye kubaka ikigo kigamije kubungabunga urusobe rw’ibinyabuzima, abicishije mu kiganiro cye The Ellen Show gica kuri Televisiyo ya NBC yavuze ko azerekana imbona nkubone umuhango gufungura ku mugaragaro ikigo kizajya gifasha mu bikorwa byo kubungabunga Ingagi muri Pariki y’Igihugu y’Ibirunga.
-
Kwizera Pierrot niwe wahize abandi mu mwaka w’imikino ushize
9 July 2017Umurundi Kwizera Pierrot niwe wongeye gutorwa nk’umukinnyi wahize abandi muri uyu mwaka w’imikino igihembo ahawe ku nshuro ya Kabiri yikurikiranya nyuma y’uko ni umwaka w’imikino uheruka nawo yari yanikiye bagenzi be.
Uyu musore ukina hagati abigezeho nyuma y’aho yafashije ikipe ya Rayon Sports gutwara igikombe cya shampiyona y’uyu mwaka.Benshi mu bakurikiranira hafi iyi kipe bemeza ko ariwe wayoboraga abakinnyi n’umukino wa Rayon Sports cyane ko imikino yasibye ari mbarwa.
Kwizera (…) -
Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yo kuwa Mbere tariki 24 Kamena 2019
24 June 2019, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Mbere, tariki ya 24 Kamena 2019, Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.
-
Umuzamu wa Rayon Sports yitabye Imana azize urupfu rutunguranye
12 September 2017Umunyezamu Mutuyimana Evariste warindiraga ikipe ya Rayon Sports mu buryo butunguranye aguye iwe mu rugo.
Iyi nkuru y’akababaro yamenyekanye muri iki gitondo yatunguye abantu benshi cyane ko yakoze imyitozo hamwe na bagenzi be ku munsi w’ejo ku wa mbere Taliki ya 11 Nzeri 2017.
Nkuko tubikesha Ruhagoyacu aya makuru yemejwe n’umutoza wungirije muri Rayon Sports Lomami Marcel aho yemeje ko nabo babimenye ubwo bari bagiye gukora imyitozo muri iki gitondo.
Yagize ati" Uyu munsi yafashwe (…) -
Gicumbi: Gitifu w’akagari yatawe muri yombi akekwaho kunyereza imfashamikurire y’abana
2 January 2020, by Dusingizimana RemyUmunyamabanga nshingwabikorwa w’Akagari ka Rwaruyumbu gaherereye mu murenge wa Manyagiro mu karere ka Gicumbi afunzwe akurikiranyweho kunyereza amata ya Inyange yari agenewe abana bato muri gahunda yo kubafasha gukura neza.
Umuryango.rw