Dr Iyamuremye Augustin wari Perezida wa Sena yaraye yeguye kuri uyu mwanya no ku busenateri kubera impamvu z’uburwayi.
Mu ibaruwa yandikiye Inteko Rusange ya Sena yavuze ko yeguye kubera impamvu z’uburwayi.
Itegeko ngenga rigena imikorere ya Sena rivuga ko mu gihe Perezida wa Sena avuye mu mwanya we burundu, Visi Perezida ushinzwe gukurikirana iby’amategeko, kumenya no kugenzura ibikorwa bya Guverinoma atumiza kandi akanayobora inama yo kubyemeza. Akamenyesha inzego bireba ko Perezida wa (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Harakurikiraho iki muri Sena nyuma yo kwegura kwa Dr Iyamuremye Augustin?
9 December 2022, by Dusingizimana Remy -
Perezida Kagame yavuze ko ibyabaye mu Rwanda byagize ingaruka ku rusore ry’ ibinyabuzima
1 November 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda akaba n’ umuyobozi wa Afurika ubwo Perezida Kagame kuri uyu wa 1 Ugushyingo 2018 ubwo yafunguraga ku mugaragaro Inama y’ iminsi 3 yiga ku bijyanye no kubungabunga urusobe rw’ibinyabuzima, yavuze ko n’urusobe rw’ibinyabuzima mu Rwanda rwagizweho ingaruka.
-
Mu mafoto reba uburanga budasanzwe bw’abakobwa mutigeze mumenya bahataniye ikamba rya Miss Rwanda na Mwiseneza Josiane[AMAFOTO]
14 January 2019, by Martin MunezeroAbakobwa bazatoranywamo Nyampinga w’u Rwanda basangiye ifunguro rya mbere ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru, tariki ya 13 Mutarama 2018 mu mwiherero w’ibyumweru bibiri bari gukorera mu Mujyi wa Nyamata.
-
"Iyo abantu batabonye ubutabera bamwe barabwiha" Minisitiri Busingye
9 May 2017, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’Ubutabera; akaba n’Intumwa ya Leta, Johnston Busingye yabwiye icyiciro cya gatanu cy’Abofisiye bakuru ba Polisi 30 biga mu Ishuri Rikuru rya Polisi y’u Rwanda riri mu karere ka Musanze ibijyanye n’Ubuyobozi mu bya Gipolisi no guhosha amakimbirane ko ubutabera kuri bose ari inkingi ya mwamba y’amahoro, umutekano n’iterambere birambye.
Ibi yabibabwiriye mu kiganiro yagiranye na bo kuri Minisiteri y’Ubutabera mu rugendo shuri bahagiriye ku wa mbere tariki 8 z’uku Kwezi. Kuri (…) -
Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yo kuwa 4 Ukwakira 2017
4 October 2017, by Iyamuremye JanvierNone ku wa Gatatu, tariki ya 04 Ukwakira 2017, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame.
1. Inama y’Abaminisitiri yemeje imyanzuro y’Inama y’Abaminisitiri yo ku wa 12 Nzeri 2017.
2. Inama y’Abaminisitiri yagejejweho Icyegeranyo cy’ishusho y’umutungo wa Leta mu mwaka w’ingengo y’imari warangiye ku itariki ya 30 Kamena 2017, ishima ko umutungo wa Leta ugenda urushaho gucungwa neza.
3. Inama y’Abaminisitiri (…) -
Perezida Kagame yafunguye ikigo cy’ubuvuzi bwa Kanseri bwisumbuyeho
4 February 2020, by Dusingizimana RemyIkigo cy’ubuvuzi bwa cancer bwisumbuyeho mu Rwanda cyatangijwe uyu munsi mu bitaro bya gisirikare by’u Rwanda biri i Kanombe mu mujyi wa Kigali.
-
Abashinwa barimo kwiga ku kwagura ibikorwa byabo mu Isi
16 March 2018, by Nsanzimana ErnestMu gihe mu gihugu cy’ Ubushinwa harimo kubera inama yaguye yiga ku kwagura ibikorwa byabo mu Isi Abanyarwanda bakorera Abashinwa mu mirimo itandukanye mu Rwanda baravuga ko bamaze kubungukiraho ubumenyi bwinshi mu gukorana nabo.
Ubushinwa ni kimwe mu bihugu bikomeye mu Isi. Iki gihugu gikorera ibikorwa byinshi mu bihugu bitandukanye birimo n’ u Rwanda.
Umubano w’ u Rwanda n’ Ubushinwa umaze imyaka irenga 46 kuko watangiye 12 Ugushyingo 1971. Abashinwa bakora imirimo itandukanye mu (…) -
Abakirisito bo muri AEBR nabo bafatanye mu mashatsi, DASSO aje kubakiza bamuciraho imyenda
5 June 2017, by Nsanzimana ErnestMu karere ka Musanze abakiristo bo mu idini ry’ Ababatisita, Association of Baptist Churches of Rwanda AEBR barwanye inkundura umudaso aje kubakiza bamuciraho imyenda.
Intandaro y’ aya makimbirane ngo ni ukuba aba bakiristo bo mu murenge wa Muko akagari ka Cyogo mu karere ka Musanze barahawe umupasiteri mushya batamushaka.
Aya makimbirane yatangiye ku Cyumweru tariki 4 Kamena 2017 ubwo aba bakirisito bamenyeshwaga ko bahawe umupasiteri mushya, uwari uhari akimurirwa ahandi.
N’ (…) -
FPR yatangaje aho Kagame azatangirira kwiyayamamaza
12 July 2017, by Nsanzimana ErnestUbuyobozi bw’ ishyaka FPR Inkontanyi rizahagaragarirwa na Nyakubahwa Paul Kagame mu matora y’ umukuru w’ igihugu ateganyijwe mu kwezi kwa 8 uyu mwaka bwatangaje ko umukandida w’ iri shyaka azatangirira ibikorwa byo kwiyamamaza mu karere ka Ruhago mu ntara y’ amajyepfo.
Ibikorwa byo kwiyamamaza ku bakandida batatu bazatanira kuyobora u Rwanda binyuze matora y’ umukuru w’ igihugu agiye kuba ku nshuro ya 3 u Rwanda ruvuye mu icuraburindi rya jenoside yakorewe abatutsi bizatangira ku wa Gatanu (…) -
Evode Imena wari ugiye kumara umwaka akurikiranyweho ibyaha yagizwe umwere
7 December 2017, by Nsanzimana ErnestUrukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwagize umwere Imena Evode wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Umutungo Kamere.
Evode Imena washinjwaga ibyaha birimo itonesha mu itangwa ry’amasoko.
Imena watawe muri yombi muri Mutarama 2017 akaza gufungurwa by’agateganyo muri Gashyantare, kuri uyu wa Kane tariki 7 Ukuboza 2017 nibwo urukiko rwasomye umwanzuro ku byaha yashinjwaga. Yashinjwaga ko yatonesheje sosiyete yitwa Mwashamba Mining Ltd ayiha uruhushya rwo gucukura amabuye (…)
Umuryango.rw
Harakurikiraho iki muri Sena nyuma yo kwegura kwa Dr Iyamuremye Augustin?
Perezida Kagame yafunguye ikigo cy’ubuvuzi bwa Kanseri bwisumbuyeho