Kuri uyu wa Kane taliki ya 08 Kanama 2019, nibwo Nyakubahwa Perezida Kagame yasoje Itorero Ingangamirwa icyiciro cya 12 ryitabiriwe n’urubyiruko rw’Abanyarwanda rugera kuri 689, mu muhango ukomeye witabiriwe na Perezida Paul Kagame.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide

Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Njya numva ikinyarwanda tuvuga nitutareba neza kizaba urundi rurimi-perezida Kagame
8 August 2019, by Dusingizimana Remy -
AMAFOTO na VIDEWO utabonye ubwo Perezida Kagame yafunguraga ikibuga cya Basketball I Nyamirambo
8 August 2017, by Iyamuremye JanvierKuri uyu wa 09 Kanama 2017 Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yatashye ku mugaragaro ikibuga cya Basketball giherereye kuri Club Rafiki I Nyamirambo mu mujyi wa Kigali.
Ni ibirori byahurije hamwe abayobozi batandukanye barimo:Minisitiri w’Umuco na Siporo, Uwacu Julienne, Masai Ujiri wavukiye muri Nigeria uyoborai tsinda rya Giants of Africa; Richard Mutabazi, Umunyamabanga mukuru wa FERWABA na Ange Kagame umukobwa wa Perezida Kagame.
Igikorwa cyo kuvugura ikibuga cya Club (...) -
KNC yababajwe bikomeye n’uko Gasogi United itatomboye Rayon Sports cyangwa APR FC ngo azihe isomo rya ruhago
23 May 2019, by Dusingizimana RemyUmuyobozi w’ikipe ya Gasogi United akaba na nyirayo,Kakooza Nkuliza Charles yatangaje ko yababajwe n’uko yatomboye Hope FC aho gutombora ibigugu nka Rayon Sports cyangwa APR FC ngo abyereke ubukana bw’iyi kipe.
-
Msgr Bimenyimana Jean Damascène wayoboraga Diyosezi ya Cyangugu yaguye muri Kenya
11 March 2018, by UbwanditsiKuri iki cyumweru nibwo hamenyekanye inkuru y’urupfu rwa Musenyeli Bimenyimana Jean Damascene wari Umushumba wa Diyosezi Gatulika ya Cyangugu wari umaze igihe arembye cyane akaba yaguye muri Kenya aho yari yagiye kwivuriza.
Musenyeli Bimenyimana Jean Damascène yayoboraga Diyosezi avukamo. Yari Umushumba wa Diyosezi ya Cyangugu kuva muri Mutarama 1997.
Umwe mu bakilisitu bo muri iyi Diyosezi wabanaga bya hafi na Nyakwigendera akaba ari nawe waduhaye aya makuru yatangarije Umuryango ko (...) -
Perezida Kagame yakiriye Perezida Ramaphosa
20 March 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yakiriye Perezida w’ igihugu cya Afurika y’ Epfo wamaze kugera I Kigali ahateganyijwe inama idasanzwe y’ abakuru b’ ibihugu.
Kuri uyu wa Kabiri tariki 20 Werurwe 2018 nibwo Perezida Ramaphosa yageze I Kigali.
Biteganyijwe ko kuri uyu wa Gatatu tariki 21 Werurwe Ramaphosa na bagenzi be bagera kuri 26 bazashyira umukono mu masezerano ashyiraho isoko rimwe rya Afurika.
Uretse Cyril Ramaphosa abandi bakuru b’ ibihugu bamaze kugera I Kigali ni Perezida Brahim Ghali (...) -
Leta y’ u Rwanda igiye kubaka imihanda mishya ya kaburimbo irimo uwa km 123
4 December 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ Intebe w’ u Rwanda Dr Ngirente yatangaje gahunda zitandukanye u Rwanda rufite mu rwego rwo kubungabunga imihanda harimo na gahunda yo kubaka imihanda mishya ya kaburimbo ireshya na km 394.
-
Mushikiwabo natorerwa kuyobora Francophonie aregura ku buminisitiri amazeho imyaka 10
12 October 2018, by Nsanzimana ErnestUyu munsi tariki 12 Ukwakira 2018 nibwo mu gihugu cya Armenia hateganyijwe amatora y’ Umunyamabanga w’ Umuryango uhuza ibihungu bikoresha ururimi rw’ Igifaransa Francophonie. Abakandida ni babiri Louise Mushikiwabo n’ umunya- Canada usanzwe awuyobora Michaelle Jean.
-
Abarenga ibihumbi 30 bari baratiwe TIG baburiwe irengero
7 June 2017, by Nsanzimana ErnestMinisiteri y’Ubutabera yabwiye komisiyo ya politike n’imiyoborere myiza muri Sena ko ishyirwa mu bikorwa ry’imyanzuro Sena yashyikirije Guverinoma ku birebana n’imanza za Gacaca zitararangizwa, ishyirwa mu bikorwa ry’igihano nsimburagifungo (TIG), n’ikibazo cya dosiye z’imfungwa n’abagororwa. Uhagarariye Minisiteri yavuze ko ubu hari abantu barenga ibihumbi 30 bakatiwe n’inkiko gacaca bagahabwa igihano cy’imirimo nsimburagifungo ariko baraburiwe irengero.
Umunyamabanga uhoraho muri Ministeri (...) -
Perezida Nkurunziza yavuze intambwe ikomeye yafashije u Burundi gutera n’imbogamizi zikomeye yahuye nazo zirimo u Rwanda
27 December 2019, by Dusingizimana RemyPerezida w’u Burundi Pierre Nkurunziza yavuze ko mu myaka 15 amaze ayobora iki gihugu yacyubatse ku kigero cya 95 ku ijana gusa ngo yahuye n’imbogamizi zikomeye zaturutse ku miryango mpuzamahanga ndetse n’u Rwanda.
-
Rwanda vs Centrafrica: Byinshi wamenya kuri aya makipe yombi azacakirana ku Cyumweru
9 June 2017, by Dusingizimana RemyKuri iki Cyumweru Abanyarawanda ndetse n’abanya Centrafrika bahanze amaso umukino wo guhatanira itike yo kwerekeza mu gikombe cy’Afrika “CAN 2019” kizabera muri Cameroon.
Aya makipe akurikirana ku rutonde ngarukakwezi rwa FIFA ruheruka kujya ahagaragara taliki ya mbere y’uku kwezi aho u Rwanda ruri ku mwanya wa 128 ku isi n’amanota 246 mu gihe Centrafrique irugwa mu ntege ku mwanya 129 n’amanota 237.
Ikipe y’u Rwanda irasa naho irusha gato ibigwi ikipe ya Centrafrique kuko yo yabashije kubona (...)
0 | ... | 2280 | 2290 | 2300 | 2310 | 2320 | 2330 | 2340 | 2350 | 2360 | ... | 2480