Mu ijoro ryo ku wa gatatu tariki 27 Gashyantare 2019 saa tanu n’iminota 37, icyogajuru cy’u Rwanda cyahawe izina ‘Icyerekezo’ cyoherejwe mu kirere ku bufatanye n’ikigo mpuzamahanga cy’itumanaho cyitwa ‘One Web’ igikorwa cyabereye muri Guyana muri Amerika y’Amajyepfo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Ibiteye amatsiko wamenya ku Cyogajuru u Rwanda rwohereje mu kirere cyahawe izina rya OneWeb[AMAFOTO]
28 February 2019, by Martin Munezero -
‘U Burundi ntibwatewe n’igisirikare c’u Rwanda rwatewe n’igihugu c’u Rwanda’-Perezida Nkurunziza
26 December 2019, by Dusingizimana RemyPerezida Petero Nkurunziza yongeye gushimangira ko igihugu cy’u Rwanda aricyo cyateye u Burundi mu gitero cyagabwe ku birindiro bya gisirikare muri komine Mabayi mu ntara ya Cibitoke.
Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru n’abenegihugu i Gitega kuri uyu wa Kane,Nkurunziza yabajijwe ibibazo bitandukanye birimo n’icyerekeye umubano n’u Rwanda.
Muri icyo kiganiro, Perezida Petero Nkurunziza yavuze ko atari ubwa mbere u Rwanda rutera u Burundi, yemeza ko ibimenyetso byose bihari.
Leta y’u (…) -
Umuforomo yanze kwakira umurwayi ngo udafite mituelle ahita yirukanwa
15 June 2018, by Nsanzimana ErnestUmuforomo witwa Nyirarukundo Josiane wok u bitaro bya Kaminuza I Butare CHUB yirukanwe mu bitaro nyuma yo kwanga kwakira umurwayi wari usanywe na Ambilance ngo ntafite ubwisungane mu kwivuza.
-
VIDEO- ’Imbabazi nari nizeye uwo nzisaba niyo mpamvu aho kuburana nahisemo gutakamba’ Kizito Mihigo
15 September 2018, by Nsanzimana ErnestUmuhanzi Kizito Mihigo yashimiye Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame wamuhaye imbabazi avuga ko yari abyizeye ko azazimuha kuko ari umuntu ufite umutima.
-
Kuba uyu munsi u Rwanda rutekanye ntibyikoze – Minisitiri Uwacu
30 March 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ Umuco na Siporo Uwacu Julienne yavuze ko kuba u Rwanda rwaravuye muri Jenoside yakorewe abatutsi uyu munsi akaba ari igihugu gifite umutekano usesuye bitikoze ahubwo byagezweho kubera ubwuzuzanye bw’ inzego.
Uwacu yabivugiye mu kiganiro ngarukagihembwe gihuza polisi y’ u Rwanda n’ itangazamakuru cyabaye kuri uyu wa 29 Werurwe 2018.
Yagize ati "Kuva kuri Jenoside kugera ku gihugu gifite umutekano usesuye;Igihugu kirangwamo ubumwe n’iterambere; aho Isi itatekerezaga ko U (…) -
Depite Rwabyoma watutse umuyobozi wa HRW yanamusabiye kwigishwa
30 October 2017, by Nsanzimana Ernest.Depite Rwabyoma yashimangiye ko aticuza kuba yaravuze ko Kenneth uyobora HRW ari imbwa.
. Kenneth uyobora HRW yanenze gahunda yo guca amashashi
-
MissRwanda 2020: Multi Design Group Lt izahemba igisonga cya Mbere inahe itike y’indege ya Dubai Miss Rwanda 2020
21 December 2019, by UbwanditsiMulti Design Group Ltd ni imwe mubaterankunga bashya bari muri iri rushanwa rya Miss Rwanda 2020. Ikaba ari sosiyete imaze imyaka 10 ikorera mu Rwanda itanga serivisi nyinshi zinyuranye zirimo kugena agaciro k’imitungo itimukanwa; gucunga imitungo itimukanwa; guhuza abagura, abagurisha, abakodesha inzu n’ibibanza; muri Kamena 2019 yafunguje isoko rusange kuri internet www.mdgrou.com
-
Burera: Abatuye mu gace k’amakoro bugarijwe n’umwanda uterwa no kutagira ubwiherero
8 June 2017, by Ferdinand DukundimanaAbaturage b’akarere ka Burera by’umwihariko abatuye hafi y’ikirunga mu gace k’amakoro baravuga ko bugarijwe n’umwanda uterwa n’ubwiherero bwubatswe nabi kubera ubutaka bugufi mu bujyakuzimu.
Nk’uko bitangazwa n’abaturage batuye mu murenge wa Gahunga, ngo usanga ubwiherero bwabo butarengeje metero imwe y’ubujyakuzimu kubera ko iyo bacukura bahura n’urutare rushashe kandi bitakorohera buri wese kurumena.
Uyu ni umuturage wo mu murenge wa Gahunga "Ubwiherero butujuje ubuziranenge dufite (…) -
Umuyobozi Mukuru wa StarTimes yatanze inama 4 z’ingenzi zafasha kurwanya ikwirakwira rya Covid-19
5 April 2020, by UbwanditsiUmuyobozi Mukuru wa StarTimes Pang Xinxing
Kuva icyorezo cya Covid-19 cyatangira kwaduka, StarTimes, sosiyete iyoboye izindi muri Afurika mu bijyanye n’isakazamashusho rya televiziyo yakoze ibintu binyuranye mu gufasha abantu gukumira iki cyorezo binyuze mu bitekerezo bigari byatanzwe n’Umuyobozi Mukuru w’iyi sosiyete Pang Xinxing birimo Kuba ahantu heza (Healthy environment), imitekerereze myiza (Health mindset), imyitwarire myiza (health behavior) no kwita ku mubiri (health body).
-
Rusesabagina yishimiye uko afunzwe muri kasho ya Remera
3 September 2020, by Dusingizimana RemyUmunyarwanda Paul Rusesabagina uherutse gutabwa muri yombi n’u Rwanda ashinjwa ibyaha bikomeye birimo n’iterabwoba yavuze ko afunzwe mu buryo bwa kimuntu ndetse yizeye ko ubutabera bw’u Rwanda buzamucira urubanza runyuze mu mucyo.
Umuryango.rw
Burera: Abatuye mu gace k’amakoro bugarijwe n’umwanda uterwa no kutagira ubwiherero
Rusesabagina yishimiye uko afunzwe muri kasho ya Remera