Frederick Golooba-Mutebi, Umunya Uganda wahoze ari umushakashatsi muri Kaminuza ya Makerere muri Uganda ari mu banyamahanga 9 bahawe ubwenegihugu bw’ u Rwanda kuri uyu wa 12 Kamena 2017.
Mu bahawe Ubunyarwanda harimo Abarundi 7, Umunya Uganda umwe, n’ Umunyekongo umwe. Umuhango wo kwakira indahiro z’ abo banyamahanga magingo aya bamaze kuba Abanyarwanda wabereye mu karere ka Kicukiro mu mugi wa Kigali.
Frederick Golooba-Mutebi yahoze ari umuyobozi wungirije w’ ikigo cya Makerere gikora (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Uwahoze ari umushakashatsi muri Makerere yahawe ubwenegihugu bw’ u Rwanda
13 June 2017, by Nsanzimana Ernest -
Kagame yumvise ubusabe bw’umwana afunguza umubyeyi we wari ufungiye ibiyobyabwenge
17 September 2017, by Iyamuremye JanvierUmwana witwa Igisubizo Swaliha wagize amahirwe yo guterurwa na Perezida Paul Kagame i Nyamirambo, yongeye kugira ibyishimo by’ikirenga nyuma y’uko kagame yumvise ubusabe bwe agafunguza ise umubyara wari ufungiye gukoresha ibiyobyabwenge kuva mu 2016.
Tariki 20 Nyakanga 2017 nibwo Perezida Paul Kagame yiyamamarije i Nyamirambo, ahurira n’ uyu mwana w’imyaka ine y’amavuko witwa Gisubizo Swariha Yassine hafi ya Maison Tresor.
Ubwo Umuryango wasuraga uyu mwana na mama we aho batuye mu (…) -
Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yo ku wa 7 Kamena 2019
8 June 2019, by Dusingizimana RemyKu wa Gatanu, tariki ya 7 Kamena 2019, Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateraniye muri Village URUGWIRO, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.
-
Ibyaranze Ubutegetsi bwa Bizimungu Pasteur n’ibibazo by’ingutu yahuye nabyo
18 April 2023, by Dusingizimana RemyPasiteri Bizimungu niwe wabaye Perezida w’u Rwanda nyuma ya jenoside yakorewe Abatutsi kuva tariki 19 Nyakanga 1994,aho yabarizwaga mu ishyaka rya FPR INKOTANYI.
Urubuga rwa Wikipedia, rugaragaza ko Pasteur Bizimungu yavukiye mu cyahoze ari Gisenyi mu 1950, ndetse akaba yaranahoze mu ishyaka rya Perezida Juvenal Habyarimana mbere yo kwiyunga na FPR Inkotanyi.
Hagati y’umwaka wa 1980 na 1990, Bizimungu yari mu ishyaka rya MRND ndetse yari umuntu wa hafi wa Perezida Juvenal Habyarimana, (…) -
CNLG yagaragaje ko kuba mu matsinda yo kuri interinete y’ abarwanya u Rwanda atari cyo kibazo
17 April 2018, by Nsanzimana ErnestUmunyamategeko wa Komisiyo y’ igihugu yo kurwanya Jenoside yavuze ko kuba Umunyarwanda yaba ari mu matsinda yo kuri interinete avugirwamo ibitekerezo birwanya Leta y’ u Rwanda, ibitekerezo birimo amacakubiri n’ ivangura ahanini rishingiye ku moko atari cyo kibazo ko ahubwo ikibazo ari ukwifatanya n’ abo bantu ushyigikira ibitekerezo byabo cyangwa ubikwirakwiza.
-
Me Evode yagaragaje ko hari ba noteri bakora nk’ inyeshyamba
10 December 2018, by Nsanzimana ErnestUmunyamabanga wa leta muri Minisiteri y’Ubutabera, ushinzwe Itegeko Nshinga n’andi mategeko, Me Evode Uwizeyimana, yavuze ko kugeza uyu munsi hari ba noteri batagira aho bakorera avuga ko usanga bagikora bunyeshyamba.
-
STARTIMES IGIYE KUZAMURA IBICIRO BY’IFATABUGUZI
27 May 2020, by UbwanditsiHashize imyaka abaturarwanda baravuye mu bwigunge aho bakurikirana amakuru, siporo, filime, imyidagaduro n’ibindi byinshi hifashishijwe StarTimes. Kuri ubu StarTimes yugarijwe nizamuka ry’ibiciro ku isoko ugereranyije uko ifaranga ry’idorari rihagaze.
Ubusanzwe StarTimes igura gahunda zigiye zitandukanye ikazinyuza kumuyoboro wayo kugirango isubize ubusabe bw’abakunzi bayo ndetse kuva uyu mwaka wa 2020 watangira StarTimes imaze kubazanira shene zirenga 15 zasabwe n’abakunzi bacu. (…) -
2017 ishoramari mu Rwanda ryiyongereho miliyoni 515 z’ amadorali y’ Amerika
19 January 2018, by Nsanzimana ErnestUmwaka ushize ishoramari mu Rwanda ryageze kuri miliyari 1.675 mu madorari y’ Amerika Ikigo cy’igihugu cy’iterambere,RDB, cyatangaje ibi kivuga ko miliyoni 515 z’ Amadorari bagereranyije n’ishoramari ryabaruwe mu mwaka wa 2016.
Iki kigo kivuga ko urwego rw’ ubwubatsi n’ urwego rw’ ubucukuzi bw’ amabuye y’ agaciro arizo zazamuye cyane ishoramari mu Rwanda, mu mwaka wa 2017.
Ikibuga cy’ indege cya Bugesera ni mushinga munini wihariye 398.68 z’ amadorali. Ignite Power Rwanda Ltd yashoye (…) -
Reba Ikiganiro kirambuye na Bishop Rugagi umaze kwamamara mu gukiza abantu no guhanurira abifuza Range Rover, inzu n’ibindi(VIDEO)
29 May 2017, by Martin MunezeroBishop Rugagi Innocent ni Umushumba w’Amatorero y’Abacunguwe mu Rwanda. Afite impamyabumenyi (diploma) mu bya tewolojiya yakuye i Nairobi muri Kenya, akaba yitegura kubona iy’icyiciro cya kabiri cya kaminuza mu mpera za Kanama i California.
Ni umugabo wubatse, afite abana batandatu; umuryango we utuye mu Murenge wa Gatsata mu Karere ka Gasabo. Bishop Rugagi Innocent aherutse kwereka abakirisitu be imodoka ihenze na we yahawe n’Imana
Ku biro bye ahari icyicaro cy’Itorero ry’Abacunguwe, (…) -
Inkura 8 n’ intare 2 z’ ingabo byagejejwe muri Pariki y’ Akagera
9 May 2017, by Nsanzimana ErnestNyuma y’ uko minsi ishize pariki y’ Akagera yagejejewemo inkura 10 zivuye muri Afurika y’ Epfo, kuri uyu wa Kabiri tariki 9 Gicurasi 2017 izindi nkura umunani nazo zagejejwe muri iyo pariki ziri kumwe n’ intare ebyiri z’ ingabo.
Nkuko bigaragara kuri twitter ya pariki y’Akagera, izo nyamaswa zagejejwe mu Rwanda zivanywe muri Afurika y’Epfo.
Izo nkura ziyongereye ku zindi 10 zazanywe mu Rwanda mu cyumweru gishize zivanywe muri icyo gihugu.
Ku byerekeranye n’intare, zije ziyongera ku (…)
Umuryango.rw
Ibyaranze Ubutegetsi bwa Bizimungu Pasteur n’ibibazo by’ingutu yahuye nabyo
STARTIMES IGIYE KUZAMURA IBICIRO BY’IFATABUGUZI