NBC yemeye ku mugaragaro ko umuherwe Elon Musk yaguze urubuga nkoranyambaga rwa Twitter ku kayabo ka miliyari 44 z’amadorali.
Ibi byatangajwe ku ya 25 Mata 2022 ko Elon Musk yamaze kwegukana imigabane yose ya Twitter.
Uyu mugabo yasobanuye ko abona Twitter nk’urubuga rwo kuganiriraho ingingo z’ingenzi ku buzima bwa muntu.
Yavuze ko ashaka kugira Twitter urubuga nkoranyambaga rwiza, ruha abantu uburenganzira bwo kwisanzura bakavuga ibyo batekereza, akaruha imikorere mishya ku buryo (...)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide

Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Umuherwe Elon Musk yiyeguriye urubuga rwa Twitter ku kayabo
26 April 2022, by Rebecca UFITAMAHORO -
Kamonyi: Abasenyewe baravuga ko barimo kurara mu matongo banyagirwa
22 September 2017, by Nsanzimana ErnestAbaturage basenyewe amazu yubatswe atubahirije igishushanyo mbonera mu murenge wa Runda, baravuga ko nyuma yo gusenyerwa, barimo kurara mu matongo banyagirwa, bikaba byatumye abana babo barwara umusonga.
Icyumweru kirashize ubuyobozi butangiye gusenya amazu yubatswe muri Runda buryo Leta yita ubw’ akajagari. Ni igikorwa gikomeza gusa abamaze gusenyerwa bavuga ko barara mu matongo, abana babo bataye amashuri, ngo ntibafite uburyo bwo guteka n’ ibindi bibazo binyuranye.
Aba baturage bavuga (...) -
Umuhanzikazi Sheebah yahakanye ibivugwa ko aryamana n’abo bahuje igitsina
10 May 2022, by Rebecca UFITAMAHOROUmuhanzi Sheebah Karungi uzwi ku izina rya Queen Sheebah wamamaye cyane mu muziki wo muri Uganda, yanyomoje abamaze Iminsi bamwita umutinganyi , nyuma yo kwemerera umubyeyi we umwuzukuru mugihe cyavuba.
-
Perezida Kagame nawe yasubije Michaëlle Jean ku rubanza rwa Diane Rwigara
12 November 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame kuri iki Cyumweru tariki 11 Ugushyingo 2018, ari I Paris yasubije Umunyamabanga Mukuru w’ Umuryango w’ ibihugu bikoresha ururimi rw’ Igifaransa Michaëlle Jean uherutse gutsindwa na Louise Mushikiwabo ko ‘ubutabera bw’ u Rwanda bwigenga’
-
REG yahawe umuyobozi mushya usimbura Mugiraneza
17 May 2017, by Nsanzimana ErnestJean Bosco Mugiraneza wari umuyobozi mukuru w’ikigo gishinzwe ingufu, Rwanda Energy Group (REG)yasimbujwe Ron Weiss
Inzego zishinzwe gutangaza amakuru muri iki kigo zabwiye Umuseke ko zitaramenya iby’aya makuru. Kuri uyu wa gatatu ariko amakuru agera k’Umuseke aremeza ko uyu muyobozi mushya yeretswe abakozi.
Mu 2010, Guverinoma y’u Rwanda yihaye intego yo kugera kuri MW 563 z’amashanyarazi mu mu 2017, iyi ntego iza guhuzwa na gahunda y’imbaturabukungu ya kabiri ‘EDPRS2’; Ibi bigafasha guha (...) -
Imfubyi Minisitiri Nyirasafari yasanze zifashwe nabi bikamutera agahinda, zimuriwe ahandi
23 June 2017, by Nsanzimana ErnestAbana b’ imfubyi barererwaga mu kigo cy’ imfubyi cya CENA mu Rusayo mu Murenge wa Gashonga ho mu karere ka Rusizi, bamwe bimuriwe I Kigali abandi bimurirwa mu karere ka Nyamagabe.
Iki cyemezo gifashwe nyuma y’ aho tariki 15 Kamena , Minisitiri w’ uburinganire n’ iterambere ry’ umuryango Esperance Nyirasafari yasuye iki kigo agasanga akana bafite guhera ku myaka 8 kuzamura barya rimwe ku munsi n’ aho abafite guhera ku myaka 8 gusubira hafi akaba aribo barya kabiri ku munsi.
Umwana umwe yagize ati (...) -
Umuhanda Kigali – Gatuna wongeye kwangirika
19 May 2018, by Nsanzimana ErnestNyuma y’ uko umuhanda Kigali- Gatuna wangijwe n’ inkangu mu karere ka Gicumbi u Rwanda rukawusana mu maguru mashya ukongera kuba nyabangenda uyu muhanda wongeye kwangirikira muri Uganda mu karere ka Kabale.
-
Perezida Kagame yongeye kugaragara atwaye igare [AMAFOTO]
21 October 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame kuri uyu wa 21 Ukwakira 2018 yifatanye n’ abanyaKigali muri siporo rusange isigaye iba kabiri mu kwezi mu mihanda itarimo ibinyabiziga bya moteri. Ni ku nshuro ya kabiri agaragaye atwaye igare kuko yaherukaga kugaragara aritwaye ubwo hafatwaga amashusho ya filime mbarankuru ku Rwanda ’Rwanda The Royal tour’
-
‘Ntabwo u Rwanda rwigeze rutora itegeko ryo gukuramo inda’
30 September 2017, by Nsanzimana ErnestUmuryango utari uwa Leta HDI uharanira ko abaturage bagira ubuzima buzira uvuga ko hari Abanyarwanda bumvise mu Rwanda hari ingingo zemerera umunyarwandakazi gukuramo inda bakagira ngo mu Rwanda hari itegeko ryo gukuramo inda nyamara ngo siko bimeze.
HDI ushima kuba muri 2012, igitabo cy’ amategeko ahana ibyaha mu Rwanda cyaravuguruwe hakongerwamo ko Umunyarwandazi ashobora gukurirwamo inda igihe bibaye ngombwa.
Ingingo ya 166 mu gitabo cy’ amategeko ahana ibyaha mu Rwanda niyo ifite ibika (...) -
Abize ‘microbiology’ na ‘food science’ ntibarabonerwa akazi bashobora gukora
1 December 2017, by Nsanzimana ErnestHari bamwe mu banyeshuri barangiza muri amwe mu masomo ya kaminuza n’ amashuri makuru bagera ku isoko ry’ umurimo ntibagire na hamwe bisanga mu myanya y’ akazi ishyirwa ku isoko.
Abo banyeshuri ni abize isomo rya food science, abize isomo rya microbiology, n’ abize land of savey.
Minisitiri w’ Abakozi ba Leta n’ Umurimo yavuze ko Minisiteri ayoboye yagerageje kwandikira inzego zimwe zitanga akazi izisaba ko abanyeshuri barangije muri aya masomo bajya bashyirwa mu bagomba gupiganira akazi, hamwe (...)
0 | ... | 2360 | 2370 | 2380 | 2390 | 2400 | 2410 | 2420 | 2430 | 2440 | ... | 2480