Taliki 19/8/2020 Minisitiri w’Ibidukikije Dr. Mujawamaliya Jeane D’Arc yandikiye ibaruwa mugenzi we w’Uburezi Dr. Uwamaliya Valentine amumenyesha ko Minisiteri ayoboye iri kwangiza ibidukikije muri bimwe mu bikorwa byo kubaka amashuli ndetse anamusaba raporo yihuse y’icyo iyi Minisiteri y’Uburezi iteganya gukora kuri ibyo bibazo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Minisitiri w’Ibidukikije Dr. Mujawamaliya "yihanangirije" Minisitiri w’Uburezi ndetse anamusaba raporo yihuse
25 August 2020, by Ubwanditsi -
Uganda: Minisitiri Tumwine yemeje ko polisi ifite uburenganzira bwo kurasa abigaragambya
23 November 2020, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Umutekano muri Uganda, Elly Tumwine, yabwiye abanyamakuru ko polisi ifite uburenganzira bwo kurasa abigaragambya ikabica igihe bashatse kuyisagarira.
-
Abayobozi ba ADEPR bafunze baherekejwe n’ abacungagereza bajya guha ububasha ababasimbuye
2 June 2017, by Nsanzimana ErnestAbayobozi b’ itorero Pantekote mu Rwanda bari mu maboko y’ ubutabera bakuwe muri gereza bajya guhererekanya ububasha n’ abayobozi bashya b’ iri torero.
Uyu muhango urimo kubera mu biro by’ ADEPR biherereye ku Kimihurura mu mujyi wa Kigali. Aharimo kubera uyu muhango umutekano ucunzwe neza n’ abarinda gereza baherekeje abo bayobozi ba ADEPR bari mu maboko y’ ubutabera.
Ni umuhango urimo kubera mu muhezo aho abanyamakuru bitabiriye uyu muhango batemnerewe kunjira ngo bakurikirane imigekere (…) -
Nyabihu: Gitifu w’umurenge yakiriye umukecuru umutwaro w’inkwi
24 May 2018, by Nsanzimana ErnestNdandu Marcel, Umunyamabanga Nshingabikorwa w’Umurenge wa Rurembo mu Karere ka Nyabihu, yagaragaye yikoreye umutwaro w’inkwi yari yakiriye umucecuru bitangaza benshi mu bamubonye.
-
Iwacu Trust Management ije gufasha abari mu Rwanda no mu mahanga gucunga imitungo yabo kinyamwuga
15 March 2021, by UbwanditsiKenshi usanga Abanyarwanda baba mu mahanga bahura n’imbogamizi zo gutangiza no gukurikirana ishoramari mu Rwanda bitewe n’uko batahibereye, bikaba byabateza igihombo gishobora no gutuma bazinukwa gutekereza gushora imari mu gihugu cy’amavuko.
Hari bamwe mu banyarwanda baba mu mahanga bifuza gutangira ishoramari mu gihugu cy’amavuko, bakiringira bene wabo, inshuti zabo n’abandi bafitanye amasano bari mu Rwanda maze bakabaha inshingano zo kubagurira, kubagurishiriza no kureberera imitungo (…) -
Bamwe mu bateye Kitabi bishwe, abashimuswe baratabarwa. Bimwe mu bindi utamenye byabereye muri iki gitero
18 December 2018, by UbwanditsiLt Col Innocent Munyengango yatangaje ko Ingabo z’u Rwanda zakurikiye abaheruka kugaba igitero ku Kitabi ku mugoroba wo kuwa gatandatu ushize zikicamo batatu abasigaye bakambuka Nyungwe bagahungira i Burundi.
-
Diane Rwigara yashimiye abamubaye hafi mu gihe cy’ umwaka yamaze mu buroko
15 October 2018, by Nsanzimana ErnestUmunyapolitiki utavuga rumwe n’ ubutegetsi Diane Rwigara yashimiye abamubaye hafi mu gihe cy’ umwaka we na nyina Mukangemanyi Adeline Rwigara bamaze muri gereza.
-
“Nakwegura aho kubuza umuturage kuvugana n’ itangazamakuru” Meya Nambaje
11 July 2017, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi w’ akarere ka Ngoma Nambaje Aphrodis avuga ko umuturage afite uburenganzira bwo gutambutsa ibitekerezo mu itangazamakuru akavuga ko yahitamo kwegura aho kugira ngo abuze umuturage kuvugana n’ itangazamakuru.
Intara y’ uburasirazuba aka karere gahereremo, ikunze kuvugwamo ubuyobozi bw’ inzego z’ ibanze bubuza abaturage kuvugana n’ itangazamakuru.
Bamwe mu baturage bo muri iyo ntara bavuga ko rimwe na rimwe iyo bavuganye n’ itangazamakuru bibagiraho ingaruka zirimo kwimwa (…) -
Kagame yabwiye ab’I Gakenke ko ibyo FPR Inkotanyi yemereye abaturage itajya yirarira ibikora
31 July 2017, by Iyamuremye JanvierMu ijambo Paul Kagame uhatanira kuyobora u Rwanda yagajeje ku bihumbi by’abaturage bari bateraniye mu karere ka Gakenke, yavuze ko ibyo FPR Inkotanyi yemereye abaturage itajya yirarira ibikora.
Mbere yo kugeza ijambo ku baturage Kagame yabanjirijwe na Murebwayire Christine wamamazaga umukandida wa FPR Inkotanyi.
Yagize ati “Yaturinze abacengezi, aturinda ibiza twahuye nabyo muri 2016, atwubakira imihanda, atwubakira umudugudu w’icyitegererezo i mugunga, ubu dufite ibisubizo. Kera (…) -
Ibiciro by’ ingendo byazamutseho amafaranga 2 ku kilometero
29 March 2018, by Nsanzimana ErnestIkigo cy’ igihugu ngenzura mikorere RURA cyatangaje ko ibiciro by’ ingendo byazamuwe. Mu mugi wa Kigali igiciro cy’ urugendo mu modoka zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange cyavuye cyavuye ku mafaranga 20 ku kilometero kimwe kigera ku mafaranga 22 naho ku mugenzi uva mu mujyi umwe ajya mu wundi kiva ku 19 Frw kigera kuri 21 Frw.
Ibiciro bishya bizatangira kubahirizwa kuwa Mbere tariki 2 Mata 2018.
Ibi bitangajwe nyuma y’ uko kuva mu mwaka ushize wa 2017 buri mezi abiri RURA yatangazaga (…)
Umuryango.rw
Minisitiri w’Ibidukikije Dr. Mujawamaliya "yihanangirije" Minisitiri w’Uburezi ndetse anamusaba raporo yihuse