Ku wa Gatanu, tariki ya 7 Kamena 2019, Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateraniye muri Village URUGWIRO, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yo ku wa 7 Kamena 2019
8 June 2019, by Dusingizimana Remy -
Perezida Kagame yavuze umurage Umwamikazi w’Ubwongereza asigiye Commonwealth
9 September 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame yihanganishije u Bwongereza n’umuryango w’Umwamikazi Elizabeth II watanze kuri uyu wa Kane,tariki ya 08 Nzeri 2022.
Mu butumwa Perezida Kagame yanyujije kuri Twitter, yashimye umusanzu w’umwamikazi Elizabetj II, haba mu Bwongereza no mu muryango wa Commonwealth.
Yanditse kuri Twitter ati “Muri ibi bihe by’akababaro kubera itanga ry’Umwamikazi Elisabeth II, turazirikana imyaka 70 yari amaze ku buyobozi bw’umuryango w’ibihugu bigize Commonwealth. Commonwealth igezweho (…) -
Indangamuntu y’ ikoranabuhanga ntabwo iteza ibibazo- Perezida Kagame
18 November 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda akaba n’ umuyobozi wa Afurika yunze ubumwe Paul Kagame yasabye ibihugu bya Afurika kwimakaza ikoreshwa ry’ ikoranabuhanga mu rwego rwo gukorera mu mucyo avuga ko indangamuntu ikoresha ikoranabuhanga idateza ibibazo ahubwo yongera ubwizerane mu bantu.
-
Pasiteri Rutayisire wifuzaga kuba padiri yavuze uko kurambagiza byamugoye
12 November 2017, by Iyamuremye JanvierPasiteri Antoine Rutayisire avuga ko akiri umusore yifuzaga kuzaba Padiri ngo amaze kuba Pasiteri yagowe no guhitamo umufasha aho atangaza ko yabenzwe n’abakobwa ndetse n’uwo yumvaga yakunze akaza gushakwa n’undi musore.
Ngo mu mabyiruka ye yumvaga azaba Padiri ariko ngo nanubu aracyafite izo nzozi ku buryo yemerewe yaba Padiri mu idini rya Katolika.Ati ”Ubundi ndi mutoya numvaga nzaba Padiri rwose hari n’abantu bakubwira ngo wenda bagira ibintu by’ibigeragezo ariko ukuntu ugenda akura (…) -
Bwa mbere Kigali igiye kwakira inama nini izitabirwa n’ abantu 10 000
24 March 2018, by Nsanzimana ErnestMu mpera z’ umwaka utaha I Kigali mu Rwanda hazabera inama nini ivuga kuri SIDA, International Conference on AIDS and STI’s in Afurika izitabirwa n’ abantu ibihumbi 10 akaba ariyo nama izaba yitabiriwe n’ abantu benshi mu Rwanda.
Iyi nama yatangiye kuba mu 1990. Mu buryo busimburana ibera mu bihugu bikoresha Icyongereza no mu bikoresha Igifaransa. Iyi nama ibanzirizwa n’ inama yo gutoranya ikirango kizakoreshwa (Logo), uyu mwaka uzatsinda azahabwa 1000$.
Abategura iyi nama bavuga ko iyo (…) -
"P. Kagame yampakaniye ko Kakwenza Rukirabashaija yahungiye mu Rwanda": Gen Muhoozi
9 February 2022, by NIYIGABA DC CLEMENTMu masaha y’Umugoroba yo kuri uyu wa gatatu nibwo inkuru zakomeje kugenda zicicikana ku mbuga nkoranyambaga ko umwe mu banditsi b’ibitabo bakomeye muri Uganda usanzwe utavuga rumbe n’ubutegetsi bwa Kampala yahunze igihugu akerekeza mu Rwanda
-
‘Gusebanya’ cyakuwe mu mushinga w’ itegeko rigena ibyaha n’ibihano muri Rusange...ntabwo bivuze ko kitazahanwa
28 December 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida wa Komisiyo ya politiki n’uburinganire bw’abagabo n’abagore mu iterambere ry’igihugu Depite Kayiranga Alfred Rwasa ubwo abadepite bari bagiye gutora itegeko rigena ibyaha n’ibihano muri Rusange yavuze ko icyaha cyo gusebanya cyakuwemo.
Hon Rwasa yagize ati “Icyaha cyo gusebanya cyakuwe mu itegeko rigena ibyaha n’ibihano muri Rusange, ariko ntabwo bivuze ko kitazahanwa. Kizahanwa n’ amategeko yandi arimo n’ ay’ itangazamakuru”
Mu minsi ishize inzego zitandukanye (…) -
Abakirisito bo muri AEBR nabo bafatanye mu mashatsi, DASSO aje kubakiza bamuciraho imyenda
5 June 2017, by Nsanzimana ErnestMu karere ka Musanze abakiristo bo mu idini ry’ Ababatisita, Association of Baptist Churches of Rwanda AEBR barwanye inkundura umudaso aje kubakiza bamuciraho imyenda.
Intandaro y’ aya makimbirane ngo ni ukuba aba bakiristo bo mu murenge wa Muko akagari ka Cyogo mu karere ka Musanze barahawe umupasiteri mushya batamushaka.
Aya makimbirane yatangiye ku Cyumweru tariki 4 Kamena 2017 ubwo aba bakirisito bamenyeshwaga ko bahawe umupasiteri mushya, uwari uhari akimurirwa ahandi.
N’ (…) -
MINISANTE yasubije mu kazi umuforomo wahaye umurwaza amaraso ngo age kuyipimishiriza I Kigali
29 July 2018, by Nsanzimana ErnestMinisiteri y’Ubuzima (Minisante) yasubije mu kazi umuforomo wo mu bitaro bya Byumba iherutse guhagarika by’agateganyo azira ko yafashe amaraso y’umurwayi akayaha umurwaza ngo ayijyanire kuyapimisha ku kigo cy’Igihugu gipima amaraso kiri i Kigali.
-
Kimenyi Yves yafashije Rayon Sports kubona itike iyerekeza ku gutwara igikombe cy’Agaciro ku nshuro ya 3 yikurikiranya
13 September 2019, by Dusingizimana RemyUmunyezamu Kimenyi Yves wa Rayon Sports utari uzwiho gukuramo penaliti cyane,yifatiye ku gahanga Police FC akuramo penaliti zayo ebyiri,atuma ikipe ye igera ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’Agaciro ishobora gutwara ku nshuro ya 3 yikurikiranya.
Umuryango.rw
Perezida Kagame yavuze umurage Umwamikazi w’Ubwongereza asigiye Commonwealth
Bwa mbere Kigali igiye kwakira inama nini izitabirwa n’ abantu 10 000
"P. Kagame yampakaniye ko Kakwenza Rukirabashaija yahungiye mu Rwanda": Gen Muhoozi