Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, Nyirasafari Espérance, yanenze inyigisho z’umuvugabutumwa wigisha avuga ko nta mugabo w’ingazwa uzajya mu ijuru, avuga ko nta wari ukwiye guterwa ipfunwe no kuba afasha umugore we kwita ku nshingano zo mu rugo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Nyirasafari yanenze bwa butumwa buvuga ko ’nta mugabo w’ inganzwa uzajya mu ijuru’
26 June 2018, by Nsanzimana Ernest -
Areruya Joseph yegukanye Tour du Rwanda 2017 Ndayisenga Valens yegukana agace ka nyuma
19 November 2017• Bidasubirwaho Areruya Joseph yegukanye Tour du Rwanda 2017
• Ndayisenga Valens niwe wegukanye agace ka nyuma ka Tour du Rwanda 2017
• Ndayisenga Valens yanze kuva mu irushanwa adatsinze afasha Tirol Cycling kuba mu makipe yatsinze muri Tour du Rwanda
• Areruya Joseph aruhije amasegonda 35 mugenzi we Eyob Metkel bakinana muri Dimension Data
• Areruya abaye umunyarwanda wa 3 utwaye Tour du Rwanda
• Abanyarwanda nibo bamaze gutwara Tour du Rwanda 4 ziheruka -
Enjoy a football festival this February with StarTimes
3 February 2021, by UbwanditsiJanuary is already over but football never stops on StarTimes. The CAF African Nations Championship CHAN 2020 playing its final match this Sunday on 7th February exclusively on StarTimes.
The Coppa Italia is going into semi-finals. Juventus Turin is visiting Inter Milan is on 2 February and the Milanese will return the courtesy on 10 for the second leg.
Quarter-finals round saw Inter going past AC Milan in the heated Milan derby while Ronaldo’s team comfortably beat Serie B side Spal. (…) -
Dr Munyakazi yavuze ko n’uwateka ibuye rigatota atasinya umwanzuro w’urukiko
23 May 2017, by UbwanditsiDr. Leopord Munyakazi ufuginze gukekwaho kugira uruhare muri jenoside yakorewe abatutsi 1994 mu cyahoze ari Komini Kayenzi. Foto: Umusekei
Icyemezo cyo gutesha agaciro igikorwa cyo kwikoma umucamanza mu rubanza rwa Dr Munyakazi uregwa Ibyaha bya Genocide kije gishimangira ko uyu uregwa wari wasabye ko Adolphe UDAHEMUKA, umucamanza uburanisha urunza rwe yarwirukanwamo nta shingiro gifite kandi ko agomba kugumana n’Umucamanza wamuburanishaga.
Umucamanza yasomeye Dr Leopold MUNYAKAZI (…) -
Rubavu: Umukobwa uri mu kigero cy’imyaka 18 yasanzwe ku giti aziritse anambaye ubusa
4 May 2020, by Dusingizimana RemyUmukobwa uri mu kigero k’imyaka 18 wo mu murenge wa Mudende mu karere ka Rubavu yahohotewe n’abantu bataramenyekana mu ijoro ryo ku cyumweru tariki 3 Gicurasi 2020 barangije basiga bamuziritse ku giti yambaye ubusa.
-
Kigali: Abamotari bahishuye impamvu bitwikira ijoro bagahenda abagenzi
13 May 2022, by Dusingizimana RemyAbakora umwuga wo gutwara abagenzi kuri moto mu Mujyi wa Kigali, bavuga ko bahitamo kudakoresha mubazi mu masaha y’umugoroba kubera ko baba biriwe bazikoresha bagacibwa amafaranga n’ubu batarumva igisobanuro cyayo hanyuma bagashaka uko bayagarurira ku bagenzi mu masaha y’ijoro.
Bamwe mu bakunze gutega moto mu Mujyi wa Kigali, babwiye RADIOTV10 dukesha iyi nkuru ko mu masaha y’umugoroba ibiciro by’ibi binyabiziga biba byikubye kabiri kandi abamotari ntibemere gukoresha mubazi zashyizweho mu (…) -
Urukundo hagati ya The Ben n’umuhanzikazi nyarwanda Marina rwafashe indi ntera mu gihe Edsha we ahekuwe uwo yari yihebeye(UBUHAMYA+AMAFOTO)
6 June 2017, by Martin MunezeroUmuhanzi Nyarwanda Mugisha Benjamin ariko uzwi ku izina rya The Ben,arashinjwa n’umuraperi nawe w’umunyarwanda uzwi nka Edsha ngo kuba yaramutwariye umukunzi we Marina bari bamaze igihe kitari gito bakundana ndetse bataryaryana.
Ni mu kiganiro uyu musore Edsha yagiranye n’umuryango.rw aho yavuza ko The Ben yamutwariye umukunzi we nawe w’umuhanzikazi uri kuzamuka "Marina"yitwaje ngo ibyo atazi,aho ngo byatangiye byitwa ko ari umunjyanama wuyu muhanzikazi ariko nyuma bikaza kuvamo tumwe mu (…) -
Imberakuri na Green Party muri Guverinoma? Mu zihe Minisiteri se? Ese ni ryali? Uko mbibona!
29 July 2019, by UbwanditsiDepite Frank Habineza uyobora Democratic Green Party hamwe na Depite Mukabunani uyobora PS Imberakuli bamaze iminsi basaba ko ibikubiye mu itegeko nshinga mu ngingo ya 10 ivuga ku isaranganya ry’ubutegetsi ndetse n’ingingo ya 62 ivuga ko imitwe ya politiki yatsindiye imyanya mu inteko ishinga amategeko rihabwa n’imyanya muri Guverinoma byakubaihirizwa.
-
Kenya:Raila Odinga yikuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu
10 October 2017, by Iyamuremye JanvierRaila Odinga wari uhagarariye amashyaka atavuga rumwe n’ubutegetsi muri Kenya, NASA yikuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu yagombaga kuzasubirwamo kuwa 26 Ukwakira 2017.
Ibi bije nyuma y’aho Perezida Uhuru Kenyata abivugiye Mombasa ko yakiriye neza icyifuzo cya Raila Odinga cyo gukuramo kanditatire ye "Niba abo duhanganye badashaka amatora aciye mu mucyo bagomba kuva mu nzira kugirango igihugu gikomeze gutera imbere."
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 10 Ukwakira, Odinga yatangaje ko n’uwo (…) -
“Rusesabagina yizanye I Kigali turamufata”-Umuyobozi wa RIB
8 September 2020, by Dusingizimana RemyUmunyamabanga Mukuru w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, Rtd Col Jeannot Ruhunga, yatangaje ko nta gihugu na kimwe cyigeze gifasha u Rwanda mu guta muri yombi rya Paul Rusesabagina, ahubwo ko yafatiwe ku Kibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Kigali yizanye mu Rwanda.
Umuryango.rw
Kigali: Abamotari bahishuye impamvu bitwikira ijoro bagahenda abagenzi
“Rusesabagina yizanye I Kigali turamufata”-Umuyobozi wa RIB