Shyaka James w’ imyaka 23 y’ amavuko yakoze urubuga rwa internet ashyiraho ibizamini bya Leta byose byakozwe ndetse n’ ibizamini by’ uruhushya.
Uyu musore wiga ibijyanye n’ ikoranabuga avuga ko yakoze uru rubuga www.isomo.info kugira ngo afashe abanyeshuri bitegura ibizamini kubona ibizamini byagiye bikorwa mu myaka yabanje bizwi nk’ ibicupuri.
Aganira n’ Umuseke dukesha iyi nkuru yagize ati “Twajyaga mu isomero tugasanga kopi z’ibizamini zirimo ni eshanu, kandi na zo uwinjiye akayiba (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Umunyarwanda yakoze urubuga ruriho ibizamini bya Leta byose
7 September 2017, by Nsanzimana Ernest -
Perezida Kagame yakiriye Perezida Ramaphosa
20 March 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yakiriye Perezida w’ igihugu cya Afurika y’ Epfo wamaze kugera I Kigali ahateganyijwe inama idasanzwe y’ abakuru b’ ibihugu.
Kuri uyu wa Kabiri tariki 20 Werurwe 2018 nibwo Perezida Ramaphosa yageze I Kigali.
Biteganyijwe ko kuri uyu wa Gatatu tariki 21 Werurwe Ramaphosa na bagenzi be bagera kuri 26 bazashyira umukono mu masezerano ashyiraho isoko rimwe rya Afurika.
Uretse Cyril Ramaphosa abandi bakuru b’ ibihugu bamaze kugera I Kigali ni Perezida (…) -
KNC yababajwe bikomeye n’uko Gasogi United itatomboye Rayon Sports cyangwa APR FC ngo azihe isomo rya ruhago
23 May 2019, by Dusingizimana RemyUmuyobozi w’ikipe ya Gasogi United akaba na nyirayo,Kakooza Nkuliza Charles yatangaje ko yababajwe n’uko yatomboye Hope FC aho gutombora ibigugu nka Rayon Sports cyangwa APR FC ngo abyereke ubukana bw’iyi kipe.
-
Umupolisi w’i Burundi wafatiwe ku mupaka w’u Rwanda yasubijwe iwabo
16 April 2018, by Martin MunezeroKuwa gatanu, umupolisi wo ku mupaka Irakoze Théogene ku ruhande rw’i Burundi yafatiwe mu Rwanda yambutse yasinze arafungwa. Kuri uyu wa mbere nibwo yasubijwe inzego z’umutekano iwabo.
Ubuyobozi bw’Akarere ka Rusizi bwatangaje ko bwashyikirije abayobozi b’i Burundi uyu mupolisi wari wafatiwe ku butaka bw’u Rwanda.
Ubusanzwe uyu mupolisi akorera ku mupaka wa Ruhororo mu Ntara ya Cibitoke inahana imbibi n’u Rwanda ku gice cy’iburengerazuba bw’amajyepfo y’u Rwanda.
Radio na Televiziyo by’u (…) -
Gasabo: Mu murenge wa Gatsata hongeye gutoragurwa umurambo w’umugore utazwi
8 August 2018, by Nsanzimana ErnestUmurambo w’umugore utaramenyekana imyirondoro watoraguwe mu karere ka Gasabo, umurenge wa Gatsata akagari ka Karuruma mu mudugudu wa Rogoro hatoraguwe
-
Ibura ry’akazi, abanebwe n’inkorabusa ni imwe mu mizigo ikomeye ku bukungu
10 December 2020, by Joseph HakuzwumuremyiIbarura rusange ryakozwe muri 2012 ryagaragaje ko ugereranyije abantu 100 bishingira/batunga abagera kuri 93 (age dependency ratio) batari mu myaka yo gukora. Ibi biteza impungenge cyane iyo usanze umubare utari muto w’abari mu myaka yo gukora ari abashomeri cyangwa batari ku isoko ry’umurimo.
Muri raporo ya 2019 igaragaza uko umurimo uhagaze mu Rwanda yasohowe n’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) yasohotse muri Werurwe uyu mwaka, igaragaza ko muri miliyoni zisaga cumi n’ebyiri (…) -
Perezida Kagame yahaye imbabazi Kizito Mihigo na Victoire Ingabire Umuhoza
14 September 2018, by UbwanditsiMu itangazo ryaturutse muri Misiteri y’Ubutabera iravuga ko kuri uyu wa 14/9/2018 Inama y’abaminisitiri yemeje irekurwa ry’abanyururu 2,140 nyuma y’uko bahawe imbabazi na Perezida wa Repubulika. Mu barekuwe kandi hakaba aharimo na Victoire Ingabire Umuhoza ndetse na Kizito Mihigo.
-
Rurageretse hagati ya Diyosezi ya Butare na Sosiyete y’Ubwubatsi Garco
27 September 2020, by UbwanditsiMu Ukuboza 2017 nibwo habayeho amasezerano hagati ya Diyosezi Gatolika ya Butare ihagarariwe na Msgr Filipo Rukamba na sosiyete y’Ubwubatsi Garco Ltd ihagarariwe na Architect Jean Baptiste Cyusa yo kubaka Centre Pastorale, iruhande rwo ku gice cy’ahahoze Procure ku bazi Umujyi wa Butare.
Aya masezerano yari afite agaciro ka 314,869,700frws yari ayo kubaka inyubako ya niveau 3 yo gukoreramo n’imwe mu miryango gatolika ya Diyosezi ya Butare ndetse n’igice cy’abacunga ibintu bya Diyozezi (…) -
Umuyobozi Mukuru wari ushinzwe imirimo rusange mu mujyi wa Kigali yasezeye ku mirimo
24 May 2018, by Nsanzimana ErnestMugabo Vianney wari Umuyobozi Mukuru ushinzwe imirimo rusange mu mujyi wa Kigali ari n’ Umunyamabanga nshingwabikorwa w’ agateganyo yasezeye kuri iyi mirimo.
Tariki 23 Gicurasi 2018 nibwo Mugabo Vianney yandikiye ubuyobozi bw’ umujyi wa Kigali asaba guhagarika imirimo, tariki 24 ubu buyobozi bwasuzumye ibaruwa ye bumwerera guhagarika imirimo.
Mugabo abaye umuyobozi wa Gatatu usezeye imirimo yari ashinzwe mu mujyi mu gihe kitarenze amezi abiri kuko tariki 11 z’ ukwezi gushize kwa Mata (…) -
Perezida Kagame yitabiriye siporo rusange aranipimisha
3 December 2017, by Nsanzimana ErnestKuri iki Cyumweru tariki 3 Ukuboza 2017, Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame n’ umufasha we Jeannette Kagame bitabiriye siporo rusange ngarukakwezi mu mihanda itarangwamo ibinyabizi.
Iyi siporo iba buri Cyumweru cya mberegitangira ukwezi. Bamwe mu bitabira iyi siporo bahagurukira mu mugi wa Kigali bagahurira ku kigo cy’ igihugu cy’ imisoro n’ amahoro n’ abahagurikiye Kimironko.
Kuri RRA niho hakorerwa imyitozo yo kunanura no kugorora ingingo, bigakorwa bibangikanye no kwipisha kubifuza (…)
Umuryango.rw
Rurageretse hagati ya Diyosezi ya Butare na Sosiyete y’Ubwubatsi Garco