Kwizera Pierrot umaze imyaka 2 aba umukinnyi wa mbere mu Rwanda biravugwa ko yaba ari mu biganiro n’ikipe ya AS Kigali ndetse ashobora kuzayikinira umwaka w’imikino utaha. Amakuru umuryango ukesha ikinyamakuru Ruhagoyacu aravuga ko uyu musore amaze iminsi avugana n’ikipe ya AS Kigali ndetse mu minsi iri imbere dushobora kumva yamaze kuyisinyira. Uyu musore usigaje umwaka umwe ku masezerano yagiranye na Rayon Sports mu mwaka wa 2016 ubwo yahabwaga miliyoni 10 kugira ngo asinye,agiye guca mu (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Biravugwa : Kwizera Pierrot ashobora kwerekeza muri AS Kigali
29 August 2017 -
Ambasaderi w’Ubutaliyani wiciwe muri RDC yakoraga iki aho yiciwe?
24 February 2021, by Dusingizimana RemyUmurambo wa ambasaderi w’Ubutaliyani wagejejwe i Roma nyuma y’uko yiciwe hafi y’umujyi wa Goma muri DR Congo ku wa mbere.
-
Indangamuntu y’ ikoranabuhanga ntabwo iteza ibibazo- Perezida Kagame
18 November 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda akaba n’ umuyobozi wa Afurika yunze ubumwe Paul Kagame yasabye ibihugu bya Afurika kwimakaza ikoreshwa ry’ ikoranabuhanga mu rwego rwo gukorera mu mucyo avuga ko indangamuntu ikoresha ikoranabuhanga idateza ibibazo ahubwo yongera ubwizerane mu bantu.
-
Mageragere/ Nyarugenge: Abaturage baterateranyije amafaranga muri 2011 ngo bahabwe umuriro w’ amashanyarazi kugeza ubu nta n’ ipoto barabona
24 May 2017, by Nsanzimana ErnestImyaka irenga 6 irashize abaturage bo mu mudugudu wa Mpanga akagari ka Kanzenze mu murenge wa Mageragere mu karere ka Nyarugenge mu mujyi wa Kigali baterateranyije amafaranga ngo bahabwe umuriro w’ amashanyarazi. Ar’ umuriro ntawo barabona ari n’ amafaranga ntibayasubijwe.
Nk’ uko bisobanurwa na Bimenyimana Jean Berchmas muri 2010 nibwo aba baturage bagize igitekerezo cyo gushaka uko bakwikura mu bwigunge bwo kubaho batagira amashanyarazi, batangira guterateranya amafaranga ngo bahabwe (…) -
Abahagarariye urubyiruko bagaragaje impamvu zituma rutitabira ku bwinshi kwinjira muri politiki
29 January 2020, by Dusingizimana RemyAbahagarariye urubyiruko mu turere twa Gisagara,Huye,Nyabihu,Ngororero na Nyamagabe dukoreramo umushinga wa Never Again Rwanda witwa Inzira nziza batangaje ko urubyiruko bahagarariye rufite imbogamizi nyinshi zituma rugenda biguru ntege mu kwinjira mu nzego zifata ibyemezo.
-
Perezida Kagame yitabiriye siporo rusange aranipimisha
3 December 2017, by Nsanzimana ErnestKuri iki Cyumweru tariki 3 Ukuboza 2017, Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame n’ umufasha we Jeannette Kagame bitabiriye siporo rusange ngarukakwezi mu mihanda itarangwamo ibinyabizi.
Iyi siporo iba buri Cyumweru cya mberegitangira ukwezi. Bamwe mu bitabira iyi siporo bahagurukira mu mugi wa Kigali bagahurira ku kigo cy’ igihugu cy’ imisoro n’ amahoro n’ abahagurikiye Kimironko.
Kuri RRA niho hakorerwa imyitozo yo kunanura no kugorora ingingo, bigakorwa bibangikanye no kwipisha kubifuza (…) -
Depite Mukayisenga Françoise Yitabye Imana
12 June 2017, by Martin MunezeroDepite Mukayisenga Françoise wavutse mu 1969 yitabye Imana mu ijoro ryo kuri uyu wa Mbere aguye mu bitaro bya Gisirikare i Kanombe.
-
Inkuru irambuye y’urukundo rwa Jeanette Kagame na Perezida Paul Kagame n’uburyo yamwakirije amata babonana bwa mbere[AMAFOTO]
23 September 2018, by Martin MunezeroTariki 10 Kamena 1989, Paul Kagame yashakanye na Jeanette Nyiramongi wari warahungiye i Nairobi muri Kenya we n’umuryango we, baje gukorera ubukwe bwabo mu gihugu cya Uganda. Ubu imyaka 29 irashize basezeranye kubana akaramata, bakaba bizihiza iyi sabukuru ku itariki 10 Kamena 2018.
-
Urukiko rwarekuye by’agateganyo Bishop Tom Rwagasana
17 August 2017, by Iyamuremye JanvierUwahoze ari umuvugizi wungirije ushinzwe ubuzima bw’ iterero pentekote mu Rwanda ADEPR, Bishop Tom Rwagasana yarekuwe n’urukiko kubera impamvu z’uburwayi.
Uyu mugabo yatawe muri yombi nyuma y’umunsi hafashwe n’abandi bayobozi batatu babarizwa muri ADEPR n’abo bakurikiranyweho gucunga nabi umutungo w’iri torero.
Rwagasana yarekuwe n’urukiko asabwa, kujya yibataba ushinjacyaha buri cyumweru anasabwa gutanga Pasiporo bivuze ko atagizwe umwere ahubwo n’uko yarekuwe by’agateganyo
Iri (…) -
Kayumba Nyamwasa yambuwe sitati y’ ubuhunzi muri Afurika y’ Epfo
26 May 2017, by Nsanzimana ErnestUrukiko rw’Ikirenga mu bujurire mu mujyi wa Bloemfontein ho muri Afurika y’Epfo rwategetse ko Lt Gen Kayumba Nyamwasa wahoze ari umugaba mukuru w’ingabo z’u Rwanda yakwa sitati y’ubuhungiro muri icyo gihugu.
Gen Kayumba Nyamwasa yari impunzi muri icyo gihugu guhera muri Gashyantare 2010.
Ubujurire bwari bwatanzwe n’umuryango ushinzwe iby’ impunzi muri icyo gihugu CoRMSA (The Consortium for Refugees and Migrants in South Africa) uvuga ko kumuha ubuhungiro binyuranyije n’amategeko kandi (…)
Umuryango.rw
Abahagarariye urubyiruko bagaragaje impamvu zituma rutitabira ku bwinshi kwinjira muri politiki