Isura u Rwanda rufite ubu mu ruhando mpuzamahanga itandukanye n’iyo rwahoranye kandi iraba nziza umunsi ku wundi nyuma ya jonoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994.
Ese ni iki kigize u Rwanda uko turubona uku?
[Kanda hano wumve icyo abasesenguzi bagaragaza.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide

Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Ni iki kigize u Rwanda uko turubona uku?
17 January 2018, by Jules NTAHOBATUYE -
APR FC yashenguwe no gutakaza igikombe cya Shampiyona yatsindiwe I Kigali na Espoir FC
25 May 2019, by Dusingizimana RemyIkipe ya APR FC yaraye itwawe igikombe cya shampiyona na Rayon Sports,yatsinzwe na Espoir FC ibitego 2-1, mu mukino w’umunsi wa 29, yakinnye byo kurangiza umuhango.
-
Antoinette Niyongira arakwereka uko wakwikorera imitobe y’imbuto ituma unanuka vuba utagombye kwiyicisha inzara (Video)
15 September 2020, by UbwanditsiHari uburyo wavanga imboga n’imbuto ugakora imitobe iryoshye, ikagufasha gutwika ibinure mu buryo bwihuse kandi ukanakuramo intungamubiri ukeneye.
Buri muntu ashobora kwita ku mubiri we awuha intungamubiri ukeneye. Hari juices zagufasha gutwika ibinure mu mubiri kandi zikawongerera intungamubiri. Antoinette Niyongira arakwereka uburyo wakora juices zakunanura vuba kandi ziryoshye.
Muri iyi video iri hasi urareba uburyo wavanga imboga n’imbuto ugakora imitobe iryoshye, ikagufasha gutwika (...) -
Chelsea FC yafatiwe ibihano bikarishye cyane kubera kwica amategeko ya FIFA
22 February 2019, by Dusingizimana RemyChelsea yahawe igihano cyo kumara amasoko abiri itagura abakinnyi kubera kwica amategeko ya FIFA nkana ikagura abakinnyi bakiri bato mu buryo budakurikije amategeko aho yaciwe n’ibihumbi 460,314 by’amapawundi.
-
Bwa mbere Kigali igiye kwakira inama nini izitabirwa n’ abantu 10 000
24 March 2018, by Nsanzimana ErnestMu mpera z’ umwaka utaha I Kigali mu Rwanda hazabera inama nini ivuga kuri SIDA, International Conference on AIDS and STI’s in Afurika izitabirwa n’ abantu ibihumbi 10 akaba ariyo nama izaba yitabiriwe n’ abantu benshi mu Rwanda.
Iyi nama yatangiye kuba mu 1990. Mu buryo busimburana ibera mu bihugu bikoresha Icyongereza no mu bikoresha Igifaransa. Iyi nama ibanzirizwa n’ inama yo gutoranya ikirango kizakoreshwa (Logo), uyu mwaka uzatsinda azahabwa 1000$.
Abategura iyi nama bavuga ko iyo logo (...) -
Musanze iramagana ivangura rishingiye ku ngano y’ intwererano mu bukwe
26 June 2017, by Nsanzimana ErnestBitandukanye n’ ibimenyerewe mu muco nyarwanda, mu karere ka Musanze harimo kwaduka umuco utamenyerewe aho uwakoresheje ubukwe yicaza abantu akurikije ingano y’ icyo umuntu yatwerereye.
Uretse n’ icyo kandi bamwe mu baturage batanga intwererano mu bukwe bafite imyumvire y’ uko uwatwerereye agomba gutaha amaze kimwe cya kabiri cy’ intwererano yatanze.
Umwe mu baturage baganiriye na Radio1 dukesha iyi nkuru yagize ati “Niba utwereye umuntu ikesi ya Primus uba ugomba gutaha unyweye amacupa (...) -
"....Tuzatuma hari umuntu urara amajoro adasinziriye"-Perezida Kagame avuga ku kujya RDC
30 November 2022, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa gatatu, ari mu nteko ishinga amategeko y’u Rwanda yakira indahiro z’abminisitiri bashya, mu buryo butari buherutse Perezida Kagame yafashe isaha imwe avuga ku kibazo cy’umutekano mucye mu burasirazuba bwa DR Congo,anasubiza ibyo bamwe bashinja u Rwanda.
Mu ijambo rye yahakanye ko u Rwanda rwateye Congo ariko avuga ko “hari impamvu zatujyanayo” akomoza ku bisasu byarashwe mu majyaruguru y’u Rwanda mu mezi ashize, n’ibitero bya FDLR mu 2019.
Yavuze ko yasabye mugenzi we wa Congo ko u (...) -
Startimes izerekana imikino izahuza ibihugu bikomeye I burayi muri UEFA Nations League
6 October 2020, by Dusingizimana RemyUbwo UEFA yicaraga igashyiraho irushanwa rya UEFA Nations League,yashakaga ko ibihugu byo ku mugabane w’I burayi bihangana mu mikino ikomeye cyane n’amarushanwa akomeye.
-
Mukansanga wari Visi Meya wa Nyabihu akimara kwegura yahise atabwa muri yombi
12 May 2018, by Nsanzimana ErnestMukansanga Clarisse nyuma y’ amasaha make yeguye kumwanya w’ Umuyobozi w’ akarere ka Nyabihu wungirije ushinzwe imibereho myiza y’ Abaturage yahise atabwa muri yombi akurikiranyweho ibyaha bifitanye isano n’ ingengabitekerezo ya Jenoside.
-
Press Release – The 2020/21 football season begins on StarTimes
24 August 2020, by Ubwanditsi2020 is indeed a special year. It is the year football fans around the world had to live without football during several months while staying home. It is the year players had to play in empty stadiums without fans shooting and singing. Things have been slowly returning back to normal. And August 29 will mark another step toward the return of football as we love it with the beginning of the new 2020/21 season.
Digital TV operator StarTimes will celebrate the new season by broadcasting live (...)
0 | ... | 2390 | 2400 | 2410 | 2420 | 2430 | 2440 | 2450 | 2460 | 2470 | 2480