Ishimwe Dieudonné uyobora Rwanda Inspiration Backup itegura irushanwa rya Miss Rwanda , yatawe muri yombi ku byaha bifitanye isano n’ihohoterwa rishingiye ku gitsina yakoreye abakobwa bitabiriye iri rushanwa mu bihe bitandukanye.
Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), Dr Murangira B Thierry, yavuze ko Price Kid afunze akekwaho icyaha cyo guhohotera bishingiye ku gitsina abana bajya muri Miss Rwanda. Ati "Ni byo koko Ishimwe Dieudonne usanzwe ategura Miss Rwanda arafunze". (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Amakuru mashya:Umuyobozi wa Miss Rwanda Ishimwe Dieudonne yatawe muri yombi
26 April 2022, by Rebecca UFITAMAHORO -
The Ben yasezeranye na Pamella imbere y’amategeko
31 August 2022, by ISHIMWE JANEUmuhanzi The Ben ukunzwe hano mu Rwanda ndetse no hanze yarwo yasezeranye mu mategeko n’umukunzi we Uwicyeza Pamella nyuma y’amezi icumi amwambitse impeta.
-
Gicumbi :Imodoka ya RITCO yakoze impanuka igwa mu mugezi Imana ikinga ukuboko
19 July 2020, by Dusingizimana RemyImodoka itwara abagenzi ya kompanyi ya RITCO yakoreye impanuka mu karere ka Gicumbi mu murenge wa Ruvune mu Gasantere ka Cyandaro mu gitondo cyo kuri iki cyumweru tariki ya 19 Nyakanga 2020,gusa nta muntu wahasize ubuzima.
-
Nizeyimana Olivier yeguye ku buyobozi bwa FERWAFA
19 April 2023, by Dusingizimana RemyNizeyimana Olivier watorewe kuyobora FERWAFA yandikiye Inama y’Inteko Rusange ayimenyesha ko yeguye kuri uyu mwanya.
Mu ibaruwa yashyize hanze uyu mugabo wari watowe ku ya 27 Kamena 2021 yavuze ko yeguye ku mirimo ye.
Yavuze ko yeguye ku ’mpamvu zanjye bwite zinkomereye nsanga zitanshoboza gukomeza kuzuza inshingano mwampaye."
Uyu yashimiye abakozi bose bari bafatanyije muri FERWAFA,abanyamuryango,abakunzi ba ruhago,abayobozi b’igihugu kuba baramugiriye icyizere.
Uyu yagiye kuri uyu (…) -
Umucuruzi w’Umunyarwanda wari muri Uganda yashimuswe
7 January 2018, by Nsanzimana ErnestAbantu bakekwaho kuba abakozi b’inzego z’umutekano za Uganda bongeye guta muri yombi Umunyarwanda witwa Emmanuel Cyemayire bamukuye mu mujyi wa Mbarara.
Amakuru ahari akaba avuga ko Cyemayire yari muri uyu mujyi uherereye mu burengerazuba bwa Uganda kuri uyu wa Gatanu ushize, itariki 05 Mutarama 2018, ubwo abo bantu bamwinjizaga mu modoka bari barimo bakamujyana ahantu hataramenyekana.
Umwe mu babonye uko ibintu byagenze avuga ko Cyemayire asanzwe afite iduka muri Mbarara, bakaba batazi (…) -
Adrien Niyonshuti akomeje kwitabira amarushanwa akomeye i Burayi
12 June 2017, by Dusingizimana RemyUmusore w’Umunyarwanda Adrien Niyonshuti akomeje kwitabira amarushanwa akomeye yo gusiganwa ku magare ku mugabane w’I Burayi aho ku munsi w’ejo tariki 11 Kamena yarangije irushanwa ribanziriza Tour de France ryaberaga mu Bufaransa rya Criterium du dauphine nubwo atabashije kurangiza agace ka nyuma.
Uyu mwaka Adrien yarakoze cyane ugereranyije n’indi myaka amaze muri Dimension Data akinira kuko yitabiriye amarushanwa menshi arimo Tour de Langkawi muri Malaysia,Pais vasco muri Espagne,Tour (…) -
REG yahawe umuyobozi mushya usimbura Mugiraneza
17 May 2017, by Nsanzimana ErnestJean Bosco Mugiraneza wari umuyobozi mukuru w’ikigo gishinzwe ingufu, Rwanda Energy Group (REG)yasimbujwe Ron Weiss
Inzego zishinzwe gutangaza amakuru muri iki kigo zabwiye Umuseke ko zitaramenya iby’aya makuru. Kuri uyu wa gatatu ariko amakuru agera k’Umuseke aremeza ko uyu muyobozi mushya yeretswe abakozi.
Mu 2010, Guverinoma y’u Rwanda yihaye intego yo kugera kuri MW 563 z’amashanyarazi mu mu 2017, iyi ntego iza guhuzwa na gahunda y’imbaturabukungu ya kabiri ‘EDPRS2’; Ibi bigafasha (…) -
U Rwanda rwahagaritse ibiganiro rwari kugirana n’U Bubiligi kubera amagambo yabwo kuri Rusesabagina
21 September 2021, by Dusingizimana RemyU Rwanda rwasubitse ibiganiro byagombaga guhuza ba Minisitiri barwo n’ab’u Bubiligi bishamikiye ku Nama y’Inteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye nyuma y’aho Minisitiri w’Intebe wungirije w’iki gihugu, Sophie Wilmes, anengeye imikirize y’urubanza rwa Paul Rusesabagina.
-
Gen. Muhoozi umuhungu wa Perezida Museveni ati ’bitwaye iki kuba Museveni yaba ari Umunyarwanda’
10 August 2020, by Martin MunezeroLt. Gen. Muhoozi Kainerugaba, umuhungu wa Yoweri Museveni uyoboye Uganda, yagarutse ku butumwa bwa se mu 1986 ubwo yari amaze gufata ubutegetsi, aho yibaza icyo byaba bitwaye aramutse ari Umunyarwanda.
-
Gitwaza ngo yahishuriwe icyo u Rwanda ruzamarira Afurika
10 July 2017, by Nsanzimana ErnestIntumwa y’ Imana Dr Paul Gitwaza Zion Temple ku Isi yatangaje ko Imana yamuhishuriye ko u Rwanda ruzaba icyitegererezo cy’ Afurika mu myumvire n’ imikorere.
Yabitangaje kuri iki Cyumweru tariki 9 Nyakanga mu muhango wo gusoza igiterane ‘Africa Haguruka’.
Yagize ati “Kuri twebwe u Rwanda ni ingobyi izabyara Afurika niko Imana yatubwiye. U Rwanda ruzayibera icyitegererezo mu mikorere n’imivugire. Abanyafurika bamaze imyaka isaga 50 bavuga imbwirwaruhame nziza ariko nta bikorwa bafite. U (…)
Umuryango.rw
Amakuru mashya:Umuyobozi wa Miss Rwanda Ishimwe Dieudonne yatawe muri yombi
The Ben yasezeranye na Pamella imbere y’amategeko
Gicumbi :Imodoka ya RITCO yakoze impanuka igwa mu mugezi Imana ikinga ukuboko
Nizeyimana Olivier yeguye ku buyobozi bwa FERWAFA
U Rwanda rwahagaritse ibiganiro rwari kugirana n’U Bubiligi kubera amagambo yabwo kuri Rusesabagina
Gen. Muhoozi umuhungu wa Perezida Museveni ati ’bitwaye iki kuba Museveni yaba ari Umunyarwanda’