Mu myaka 2 yari amaze atoza ikipe ya Rayon Sports aho yari amaze kuyihesha ibikombe 2 icya shampiyona yahawe uyu munsi ndetse n’igikombe cy’Amahoro yatwaye umwaka w’imikino ushize, kuri iyi taliki ya 08 Nyakanga umutoza Masudi Djuma atangaje ko yeguye mu ikipe ya Rayon Sports.
Uyu mutoza wari usigaranye imyaka 2 ku masezerano ye ntabwo yemeye gukomezanya urugendo rwe rw’ubutoza n’iyi kipe aho atangaje ko yeguye ku mugaragaro nyuma y’aho iyi kipe yari imaze gushyikirizwa igikombe cya shampiyona (...)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide

Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Nyuma yo gutwara igikombe cya shampiyona masudi Djuma areguye
8 July 2017 -
KCCA yegukanye CECAFA Kagame Cup yari imaze imyaka 13 idataha muri Uganda
21 July 2019, by Dusingizimana RemyNkuko yabigenje mu matsinda,KCCA yasubiriye AZAM FC iyitsinda igitego 1-0 ku mukino wa nyuma wa CECAFA Kagame Cup,itwara iki gikombe cyari kimaze imyaka 13 kitagera ku butaka bwa Uganda.
-
Nyarugenge: Umukobwa yasimbutse ku igorofa rya kane ry’inyubako yo kwa Makuza kubera umusore yakundaga ntabihe agaciro
6 September 2019, by Dusingizimana RemyUmukobwa witwa Hatangimana Scolastique w’imyaka 25 y’amavuko,yasimbutse kuri Etage ya kane yo ku nyubako izwi nko kwa Makuza (Makuza Peace Plaza) mu mujyi rwagati ahagana saa tanu z’amanywa, yikubita hasi gusa ntiyapfa kuko polisi yahise ihagera bahamagaza imbangukiragutabara imujyana kwa muganga.
-
America yashyigikiye amatora ya Kenya, ivuga ko gutangaza uwatsinze ari intabwe ikomeye
16 August 2022, by Joseph IradukundaAmbasade y’Amerika muri Kenya yashimye Abanya-Kenya ku kuntu batoye mu mahoro, ishishikariza impande zose gukorana mu gucyemura mu mahoro impungenge izo ari zo zose zisigaye.
-
Menya ibyaranze tariki 22 Kamena, umunsi kiliziya yatesheje agaciro ubushakashatsi bwa Galilei
22 June 2017, by Renzaho FerdinandUyu munsi ni tariki ya 22 Kamena, ni umunsi wa 173 mu minsi 365 igize uyu mwaka wa 2017. Iminsi 192 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo. Kuri iyi tariki nibwo kiliziya gatorika yategetswe umushakashatsi mu by’ isanzure Galilei kuvuguruza ibyo yari yatangaje avuga ko Isi izenguruka izuba, gusa nyuma byaje kongera kwemezwa ko ariko kuri.
Bimwe mu bintu bikuru bikuru mu byaranze tariki ya 22 Kamena mu mateka 168 Mbere y’ivuka rya Yezu: Mu rugamba rwa Pydna: Abaromani bayobowe na (...) -
Abantu 4 bahitanwe na Covid-19 mu Rwanda abandi 110 barayandura
25 February 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Kane tariki ya 25 Gashyantare 2021,Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko abantu 4 bishwe na COVID-19 mu Rwanda, batuma abamaze gupfa bahitanwe nayo bagera kuri 258.
-
Polisi y’u Rwanda yashyikirije ya mafaranga Umunyarwandakazi wayataye
23 November 2020, by Dusingizimana RemyPolisi y’u Rwanda uyu munsi yatangaje ko yashyikirije amafaranga yatoraguwe n’umupolisi wayo,hagafatwa umwanya wo kurangisha nyirayo.
-
Nyuma y’imyaka 10 Kayitare Wayitare Dembe atumvikana mu muziki nyarwanda yakoresheje mu mashusho y’indirimbo ye umuzungukazi ufitanye isano rya hafi na Katty Perry[AMAFOTO]
16 February 2019, by Martin MunezeroUmuhanzi Nyarwanda Kayitare Emmanuel uzwi ku izina rya Kayitare Wayitare Dembe wamenyekaniye mu ndirimbo zivugira imfubyi z’abana basizwe iheruheru na Sida harimo nkizamenyekanye cyane arizo “Abana b’Afurika,East Africa nizindi nyinshi kuri ubu agarutse mu ruhando rwa Muzika aho ari gukora amashusho y’indirimbo afite yise ’Anita’ yakoreshejemo umuzungukazi ufitanye isano rya hafi na Katty Perry.
-
Amezi abaye atanu umuraperi nyarwanda P-Fla ari mu gihome,gusa nubwo afunze hari abo anenga cyane(AMAFOTO)
20 June 2017, by Martin MunezeroUmuraperi Hakizimana Murerwa Amani uri muri Gereza ya 1930 i Mageragere, aratangaza ko yababajwe bikomeye n’uburyo abakunzi be birirwa babaza amakuru ye nyamara bazi ko afunze bakaba batamusura.
Tariki ya 13 Ukuboza 2016 nibwo Pfla yatawe muri yombi, yafashwe anywa ikiyobyabwenge cya Héroïne kizwi ku izina rya Mugo, tariki ya 20 Mutarama 2017 nibwo yahamijwe iki cyaha Urukiko rumukatira umwaka umwe w’igifungo nyuma yo kuburana agatsindwa.
Ubungubu amezi abaye 5 P fla afungiye i Mageragere (...) -
Umuturage wo muri EAC akoresha KWH 136, uwo muri Amerika agakoresha KWH 7000
19 March 2018, by Nsanzimana ErnestIngufu z’ amashanyarazi zirakenewe ngo ibihugu by’ Afuruka y’ Iburasirazuba bikomeze inzira y’ iterambere, gusa amashanyarazi EAC ifite ntabwo ahagije kandi nta nubwo akoreshwa yose.
Ibi byatangarijwe mu nama y’ iminsi itatu iteraniye I Kigali yatangiye kuri uyu wa Mbere tariki 19 Werurwe 2018. Abayitabiriye barimo kwiga uburyo ibihugu by’ Afurika byakoresha ingufu zisubira ‘Renewable energy’ kugira uyu mugabane ubashe kwihaza mu bijyanye n’ ingufu z’ amashanyarazi.
Minisitiri ushinzwe iby’ (...)
0 | ... | 2390 | 2400 | 2410 | 2420 | 2430 | 2440 | 2450 | 2460 | 2470 | ... | 2480