Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame kuri uyu 1 Werurwe 2018 ubwo yasozaga umwiherero w’ abayobozi bakuru b’ u Rwanda wari umaze iminsi ine ubera I Gabiro mu karere ka Gatsibo yatanze uburenganzira bwo kuruhuka ku muyobozi ushaka akaruhuko ku munsi w’ ejo tariki 2 Werurwe.
Asoza ijambo ryari ryuzuyemo impuguro nyinshi n’ impanuro yagize ati “Narimfite byinshi cyane nashakaga kubabwira ariko reka mbibikire undi munsi,mwakoze cyane… Icyo twakwiriye kwibagirwa kubabwira, ejo tuzaruhuke, kereka (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Perezida Kagame yahaye akaruhuko abayobozi basoje umwiherero wa 15
1 March 2018, by Nsanzimana Ernest -
Reba ubwiza bw’urugo rwa Bamporiki afungiwemo by’agateganyo [AMAFOTO]
6 June 2022, by Dusingizimana RemyUwari umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko Bamporiki Edouard yasuwe n’umunyamakuru Nkundineza Jean Paul mu rugo rwe ruteye amabengeza aho afungiye by’agateganyo akurikiranyweho ibyaha bya ruswa.
Uyu Bamporiki Edouard wari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco yafungiwe mu rugo rwe kuwa 05 Gicurasi 2022 aho akurikiranyweho icyaha cya ruswa n’ibyaha bifitanye isano na yo.
Uyu mugabo kuva ubwo ntiyemerewe kuva mu rugo rwe nkuko RIB yabitangaje mu itangazo (…) -
Abayobozi ba ADEPR bafunze baherekejwe n’ abacungagereza bajya guha ububasha ababasimbuye
2 June 2017, by Nsanzimana ErnestAbayobozi b’ itorero Pantekote mu Rwanda bari mu maboko y’ ubutabera bakuwe muri gereza bajya guhererekanya ububasha n’ abayobozi bashya b’ iri torero.
Uyu muhango urimo kubera mu biro by’ ADEPR biherereye ku Kimihurura mu mujyi wa Kigali. Aharimo kubera uyu muhango umutekano ucunzwe neza n’ abarinda gereza baherekeje abo bayobozi ba ADEPR bari mu maboko y’ ubutabera.
Ni umuhango urimo kubera mu muhezo aho abanyamakuru bitabiriye uyu muhango batemnerewe kunjira ngo bakurikirane imigekere (…) -
100 Days until Euro 2020 on StarTimes
5 March 2021, by UbwanditsiThis Wednesday marks 100 days until the scheduled start of UEFA Euro 2020. While the exact location of the top European football tournament remains uncertain, COVID-19 won’t prevent the event to take place again this year. Leading digital TV operator StarTimes is set to broadcast the event in Sub-Saharan Africa.
The opening match of Euro 2020 between Turkey and Italy is due to be played in Rome on June 11, while seven matches are set to go ahead at Wembley in London, including both (…) -
KTN Rwanda na StarTimes bahembewe kuba ku isonga mu gutanga serivisi nziza
5 December 2020, by UbwanditsiStartimes na KTN RWANDA (Sosiyete Nyarwanda yo kugura no kugurisha) ni bimwe mu bigo byegukanye ibihembo by’abaje ku isonga kurusha abandi mu gutanga serivisi nziza bizwi nka Service Excellence Awards mu muhango wo kubitanga waraye ubaye ku mugoroba w’ejo kuwa gatanu taliki 04/12/2020.
Ibi bihembo bitangwa n’ikigo KALISIMBI EVENTS gikora ibikorwa byo guhemba abantu n’ibigo bitandukanye. Ibyatanzwe uyu mwaka bikaba byatangwaga ku nshuro ya gatanu.
Mu muhango wo gutanga ibi bihembo, (…) -
Rubavu: Umugore yishe umwana we ngo yanyaye ku buriri
17 October 2017, by Nsanzimana ErnestUmugi wa Rubavu Niyonteze Leatitia atuyemo
Umugore wo mu karere ka Rubavu bivugwa ko akora uburaya yatawe muri yombi nyuma yo gukubita umwana we w’ imyaka itanu amuziza kunyara ku buriri bikamuviramo urupfu.
Saa tatu n’ igice mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabili tariki 17 Ukwakira 2017, nibwo Niyonteze Leatitia w’ imyaka 20 yakubise umwana we Umutoni Hadidja bimuviramo urupfu.
Niyonteze atuye mu kagari k’ Umuganda umurenge wa Gisenyi mu mugi wa Rubavu.
Umuvugize wa polisi y’ u Rwanda mu (…) -
Perezida Ali Bongo yagarutse mu Rwanda mu ruzinduko rw’ umunsi umwe
13 February 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida wa Gabon Ali Bongo Ondimba waherukaga mu Rwanda mu mezi atanu ashize kuri uyu wa Kabiri tariki 13 Gashyantare yageze mu Rwanda mu ruzinduko rw’ umunsi umwe.
Ku isaha ya Saa tanu nibwo Perezida Ali Bongo yageze ku kibuga cy’ indege cya Kigali I Kanombe aho yakiriwe n’ abayobozi batandukanye barimo Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Louise Mushikiwabo; Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Gen Patrick Nyamvumba n’Umuyobozi Mukuru wa Polisi, IGP Emmanuel Gasana.
Muri uru ruzinduko rw’ (…) -
Kigali: Abagabo 3 bafatanwe ibyapa byo ku muhanda bagiye kubigurisha
23 November 2020, by Dusingizimana RemyUbuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko abagabo 3 bafashwe na Polisi y’u Rwanda nyuma y’amakuru yatanzwe n’umuturage bagiye kumugurishaho ibyapa bari bibye ku mihanda, bahita batabwa muri yombi.
-
IFOTO Y’UMUNSI: Minisitiri Gatabazi na Maj Gen Murokore bafashe icyondo bubakira utishoboye
14 March 2022, by Dusingizimana RemyMinisitiri Gatabazi na Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru, Nyirarugerero Dancille na Maj Gen Eric Murokore batangije Urugerero rw’urubyiruko rwarangije amashuri yisumbuye mu Ntara y’Amajyaruguru, aho batangiye iki gikorwa hubakirwa inzu n’ubwiherero umuryango utishoboye wa Mpiranyi na Nyiraguhirwa.
Ni igikorwa cyatangirijwe mu Kagari ka Nyarubuye, Umurenge wa Musanze mu Karere ka Musanze.
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 14 Werurwe 2022,hirya no hino mu Gihugu hatangiye ibikorwa by’urugerero (…) -
Rayon Sports yamaze gusezerera Niyonzima Olivier Sefu na Manzi Thierry
17 June 2019, by Dusingizimana RemyUbuyobozi bwa Rayon Sports bumaze gushyira hanze amabaruwa yemeza ko bwamaze gutandukana n’abakinnyi babo bakomeye barimo Niyonzima Olivier uzwi nka Seif na Manzi Thierry,nyuma yo kurangiza amasezerano bagasaba kwigendera.
Umuryango.rw
Reba ubwiza bw’urugo rwa Bamporiki afungiwemo by’agateganyo [AMAFOTO]
IFOTO Y’UMUNSI: Minisitiri Gatabazi na Maj Gen Murokore bafashe icyondo bubakira utishoboye