GOLDEN HEALTH REFLEXOLOGY CLINIC ni ivuriro rikoresha ubuvuzi bugezweho muri icyi kinyejana, buzwi kw’izina rya Comprementary Therapies. bukoreshwa kw’isi hose no mu bihugu byateye imbere. ubu buryo bufasha umubiri kwirinda no kurwanya indwara zikomeye zihitana benshi muri iki gihe .
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
GOLDEN HEALTH REFLEXOLOGY CLINIC, ivuriro rikoresha ubuvuzi bugezweho muri icyi kinyejana
25 March 2019, by Ubwanditsi -
Min. Munyeshyaka yagaragaraje inzira yo gusohoka mu bushomeri
14 November 2017, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ubucuruzi n’inganda, Vincent Munyeshyaka yeretse abafite ikibazo cy’ubushomeri ko hari urwego rwirengangizwa nyamara rushobora gutanga akazi ku bantu benshi.
Uyu muyobozi asanga ibigo biciriritse ari byo bifasha cyane mu guhangana n’ikibazo cy’ubushomeri kuko ngo n’ubwo biba ari bito ariko ari byo bitanga akazi kenshi ugereranyije n’ibigo binini kuko ari byinshi cyane ugereranyije n’ibinini.
Ibi Ministiri Vincent Munyeshyaka yabitangaje ku wa 13 Ugushyingo 2017, ubwo (…) -
Kicukiro: Abantu babiri basanzwe mu nzu bapfuye nyuma yo gusangira ku Cyumweru
1 April 2020, by Dusingizimana RemyAbantu babiri barimo Armel Ntwari wari uzwi ku izina rya Micomyiza ,Umurundi uri mu kigero cy’imyaka 30 wari impunzi mu Rwanda babasanze bapfiriye mu nzu bakodeshaga mu karere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali.
-
RIB yataye muri yombi Umuvugizi Wungirije wa ADEPR
27 October 2019, by Dusingizimana RemyUmuvugizi Wungirije wa ADEPR, Rev. Karangwa John, yatawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) aho akurikiranyweho gukoresha inyandiko mpimbano.
-
Rusesabagina yasabye imbabazi Perezida Kagame mbere yo kurekurwa [Urwandiko rwe]
24 March 2023, by Dusingizimana RemyUyu munsi tariki ya 24 Werurwe 2923,nubwo Perezida Kagame yahaye imbabazi Paul Rusesabagina na Nsabimana Callixte uzwi nka Sankara nyuma yo kuzimusaba.
Mu ibaruwa Rusesabagina yandikiye Umukuru w’Igihugu ku wa 14 Ukwakira 2023, Rusesabagina avuga ati “nciye bugufi nsaba imbabazi”.
Uyu yavuze ko yifuza gusanga Umuryango we kuko arwaye indwara nyinshi.
Yakomeje ati "ndakwizeza ko nta zindi gahunda za politiki mfite kandi ibibazo bya politiki bivuga ku Rwanda nzabitera umugongo." (…) -
Maj. Dr Rugomwa yateye utwatsi bumwe mu buhamya bw’umugore we
6 June 2017, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa Kabiri tariki 6 Kamena 2017, Urukiko rw’ibanze rwa gisirikare rwa Nyamirambo rwakomeje kuburanisha urubanza Maj. Dr Rugomwa Aimable aregwamo kwica Mbarushimana Théogène, humvwa abatangabuhamya barimo umugore we wivugiye ko yabujije umugabo we kwica akabyanga.
Muri uru rubanza rwitabiriwe n’abantu benshi cyane kuva rwatangira, Maj. Rugomwa yagaragaye mu rukiko ari kumwe n’abunganizi babiri.
Ubushinjacyaha bwatangiye bubaza Maj. Rugomwa niba ibiri mu nyandiko y’ibazwa rya Uwase (…) -
Perezida Kagame yavuze ko Afurika ikwiye gukuraho inzitizi z’ubuhahirane
1 July 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida Kagame yavuze ko ibihugu bya Afurika bikwiye gushyira imbaraga mu kwishyira hamwe no gukuraho inzitizi zikibangamiye ubuhahirane, kugira ngo bibashe kugera ku iterambere rirambye.
Kuri uyu wa Gatandatu Umukuru w’Igihugu yitabiriye inama ya Banki Nyafurika iteza imbere ubucuruzi (African Export-Import Bank, Afreximbank) yari imaze iminsi ibera mu Rwanda, ikaba yaritabiriwe n’abarenga 1000 barimo abayifitemo imigabane n’abandi bafatanyabikorwa.
Yashimiye uburyo mu myaka 20 ishize (…) -
Abanyarwanda bakuriweho Viza ku berekeza mu bihugu 22 bikurikira-URUTONDE
24 August 2017, by Martin MunezeroNyuma yuko u Rwanda rwiyemeje guha ikaze abanyamahanga bashaka kuruzamo bakabakuriraho visa abandi bakoroherezwa kujya bayisaba baramaze kugera mu gihugu, ubu noneho n’Abanyarwanda bakuriweho visa mu bihugu 22 byo ku migabane itandukanye y’Isi, hakaba n’ibindi bisaga 27 byoroheje imigenderanire n’Abanyarwanda bakazajya basaba visa baramaze kubigeramo.
Tariki ya 1 Mutarama 2013 nibwo Guverinoma y’u Rwanda yafashwe icyemezo cy’uko abanyafurika baje mu Rwanda bazajya bahabwa visa bakihagera, (…) -
Rwanda: Umubare ungana n’ uwabarwayi ba SIDA urya biwugoye
27 June 2018, by Nsanzimana ErnestMinisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango binyuze muri Porogaramu y’Igihugu mbonezamikurire y’Abana bato, yakoze isesengura isanga abanyarwanda 40% ni ukuvuga abagera kuri miliyoni 4 na 800 batihagije mu biribwa naho abangana na 3% ari nawo mubare SIDA iriho mu Rwanda barya bibagoye.
-
Byagendekeye bite abandi banya Politiki bahagaritswe mu buryo bumwe nk’ubwa Bamporiki ?
5 May 2022, by Dusingizimana RemyUmunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco, Bamporiki Edouard, yahagaritswe ku mirimo ye kubera ibyo agomba kubazwa akurikiranyweho birimo icyaha cya ruswa.
Itangazo ryashyizwe ahagaragara n’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe, rivuga ko umwanzuro wo guhagarika Bamporiki wafashwe na Perezida wa Repubulika.
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIBRw rwatangaje ko Bamporiki Edouard wari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco afungiwe iwe.
Akaba akurikiranweho (…)
Umuryango.rw
GOLDEN HEALTH REFLEXOLOGY CLINIC, ivuriro rikoresha ubuvuzi bugezweho muri icyi kinyejana
Rusesabagina yasabye imbabazi Perezida Kagame mbere yo kurekurwa [Urwandiko rwe]
Byagendekeye bite abandi banya Politiki bahagaritswe mu buryo bumwe nk’ubwa Bamporiki ?