Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yakoreye uruzinduko rw’ akazi rw’umunsi muri Uganda yakirwa na mugenzi we Museveni wavuze ko anejejwe no kwakira Kagame
Mu butumwa Museveni yashyizwe kuri Twitter yagize ati "Nejejwe no kwakira Nyakubwa Paul Kagame muri Uganda mu ruzinduko rw’ akazi rw’ umunsi umwe. Turagirana ibiganiro bifitiye umumaro impande zombi."
Mu gitondo cyo kuri uyu wa 25 Werurwe 2018 nibwo Perezida Museveni yakiriye Kagame mu biro bye Entebbe.
Amakuru yari yemejwe n’ umuvugizi wa (...)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide

Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Perezida Museveni yavuze ko yishimiye kwakira Kagame
25 March 2018, by Nsanzimana Ernest -
‘Icyemezo Afurika y’ Epfo yafashe cyo guhamagara ambasaderi wayo gishingiye ku bihuha’ u Rwanda
12 December 2018, by Nsanzimana ErnestGuverinoma y’u Rwanda yatangaje ko icyemezo Afurika y’ Epfo iherutse gufata cyo guhamagaza ambasaderi wayo mu Rwanda gishingiye ku makuru atari ukuri yahawe n’ abarwanya u Rwanda.
-
‘Imyemerere yagumisha Afurika aho imaze imyaka 100 ntabwo ari raporo twazageza ku Mana’ Minisitiri Busingye
15 September 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ Ubutabera w’ u Rwanda Johnston Busingye asanga amadini menshi atari ikibazo muri Afurika ahubwo ikibazo ari amadini yigisha Abanyafurika imyizerere irimo ubuyobe
-
Amagare: U Rwanda rwatwaye imidali ibiri ya zahabu mu mikino nyafurika
13 February 2023, by Dusingizimana RemyIkipe y’igihugu y’u Rwanda y’umukino wo gusiganwa ku magare ikomeje gukora amateka mu marushanwa nyafurika yo gusiganwa ku magare kuko mu batarengeje imyaka 23 yatwaye imidali ya zahabu mu bahungu n’abakobwa.
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 13 Gashyantare 2023,u Rwanda rwatwaye umudali wa zahabu rubifashijwemo na Uhiriwe Byiza Renus mu batarengeje imyaka 23.
Uyu yatsinze umunya Eritrea wamukurikiye ndetse n’umunya Algeria wabaye uwa gatatu.
Ku cyumweru nabwo,Umunyarwandakazi Ingabire Diane (...) -
Umwe mu bashoferi yagaragaje ikiri gutera amakamyo ya HOWO gukora impanuka bikabije
8 December 2022, by Dusingizimana RemyMu minsi ishize,abasenateri basabye Polisi ko hasuzumwa ibibazo imodoka zo mu bwoko bwa HOWO zifite bituma zikunda gukora impanuka zikanatwara ubuzima bwa benshi.
Bwana Usengamungu JMV utunze ikamyo ya HOWO yabwiye RBA ko ikibazo cy’izi mpanuka atari amakamyo ubwayo ahubwo ari abayatwara baba basinze cyangwa bakajya mu tubari bakayaha aba tandiboyi bakabasimbura.
Yagize ati "Abashoferi batwara amakamyo abenshi baba basinze.Abatasinze,ugasanga rimwe ayihaye umutandiboyi niwe (...) -
FPR yatangaje aho Kagame azatangirira kwiyayamamaza
12 July 2017, by Nsanzimana ErnestUbuyobozi bw’ ishyaka FPR Inkontanyi rizahagaragarirwa na Nyakubahwa Paul Kagame mu matora y’ umukuru w’ igihugu ateganyijwe mu kwezi kwa 8 uyu mwaka bwatangaje ko umukandida w’ iri shyaka azatangirira ibikorwa byo kwiyamamaza mu karere ka Ruhago mu ntara y’ amajyepfo.
Ibikorwa byo kwiyamamaza ku bakandida batatu bazatanira kuyobora u Rwanda binyuze matora y’ umukuru w’ igihugu agiye kuba ku nshuro ya 3 u Rwanda ruvuye mu icuraburindi rya jenoside yakorewe abatutsi bizatangira ku wa Gatanu tariki (...) -
Gakenke: Padiri wa paruwasi ya Mbogo yafunzwe akekwaho gusambanya umwana
18 May 2020, by Dusingizimana RemyUrwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha rwatangaje ko rwataye muri yombi mu cyumweru gishize Padiri Mukuru wa Paroise ya Mbogo iherereye mu murenge wa Rushashi mu Karere ka Gakenke, Bwana Dukuzumuremyi Jean Leonard, rumukurikiranyeho ibyaha byo gusambanya umwana w’umukobwa ku gahato..
-
Cameroon, Somalia presidents speak on World Press Freedom Day
4 May 2018, by Nsanzimana ErnestPresidents of Cameroon and Somalia have made official comments on the occasion of World Press Freedom Day. Both leaders used their social media handles to make their views known.
-
Imihanda yo mu Rwanda ngo mwiza ku kigero cya 97% [AMAFOTO]
4 December 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ Intebe w’ u Rwanda Dr Edouard Ngirente yatangaje ko ikigero cy’ ubwiza bw’ imihanda yo mu Rwanda kigeze kuri 97%.
-
Ese Rucagu yari ari he ubwo indege ya Habyarimana yaraswaga? Ngo yabaye mu Urugwiro hafi imyaka 10
27 March 2019, by UbwanditsiRucagu Boniface, umwe mu basaza b’inararibonye ndetse akaba n’umwe mu bagize Akana Ngishwanama k’Inararibonye z’u Rwanda yahaye ikiganiro Umuryango aho yatuganiriye byinshi ku mateka yanyuzemo ndetse n’ay’igihugu muri Rusange.
0 | ... | 2390 | 2400 | 2410 | 2420 | 2430 | 2440 | 2450 | 2460 | 2470 | 2480