Umuturage witwa Ruzirabwoba uvuka mu karere ka Nyabihu yabajije Minisititi w’ Ubutegetsi bw’ Igihugu Francis Kaboneka niba Musabimana Odette azashobora kuyobora akarere ka Nyabihu yatorewe kuyobora by’ agateganyo kandi ikigo cy’ Ishuri cya REGA ADEPR kirimo abanyeshuri 600 yayoboraga cyaranenzwe na Minisiteri y’ Uburezi ubwo yagenzuraga ireme ry’ uburezi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Kaboneka yabajijwe niba uwayoboye ikigo cy’ ishuri kikanengwa azashobora Nyabihu
4 June 2018, by Nsanzimana Ernest -
Gitifu w’Umurenge yatunguye abantu kubera kurara mu ihema ngo yegere abaturage
15 March 2018, by Nsanzimana ErnestNyuma yo kumva impanuro z’ umukuru w’ igihugu asaba abayobozi kuva mu biro bakegera abaturage bakumva ibibazo byabo, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Kabarore mu Karere ka Gatsibo Mupenzi Leon Pierre yahisemo gushaka ihema ryimukanwa ubu arimo guca ingando kuri buri kagari akazenguruka urugo ku rundi yumva ibibazo by’ abaturage.
Umuyobozi w’Akarere ka Gatsibo mu Ntara y’Iburasirazuba, Gasana Richard, yatangarije Igihe dukesha iyi nkuru ko nyuma ko bakimara kumva impanuro za (…) -
Leta ihangayikishijwe n’abacukuzi bagiye kuzagira igihugu ubutayu
28 May 2017, by Nsanzimana ErnestMu gihe hirya no hino mu gihugu hakomeje kugaragara ikibazo cy’ abacukuzi b’ amabuye y’ agaciro, umucanga n’ amabuye basiga badasubiranyije ibirombe, ikigo cy’igihugu kita ku bidukikije REMA kivuga ko iki kibazo ari ikibazo gihangayikishije.
Umuyobozi wa REMA Eng. Collethe Ruhamya yabwiye abanyamakuru ko kuba abacukura amabuye n’ umucanga byo kubakisha amazu kimwe n’ abakora ubucukuzi bw’ amabuye y’ agaciro basiga badasubiranyije ibirombe ari ikibazo gikomeye kandi kigira ingaruka ku (…) -
Minisitiri Dr Biruta yasobanuye byimbitse akamaro ibishanga bifitiye Abanyarwanda
27 August 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’Ibidukikije Dr. Biruta Vincent yatangaje ko kugira ngo habungabungwe ibishanga neza bisaba kongera gusubiranya neza ibyangiritse anasobanura byimbitse akamaro bifitiye abaturage.
-
Urubuga rwa internet www.mdgrou.com nirwo wasangaho amazu meza akodeshwa hose mu Rwanda/Menya byinshi kuri uru rubuga
24 September 2019, by UbwanditsiKuri iki gihe uko Imijyi igenda yaguka, kandi abantu bahinduranya aho gutura no gukorera ari nako bijyana n’uko banakenera aho gutura no kuba, ikigo Multi Design Group Ltd cyashyizeho urubuga rwa internet www.mdgrou.com ruhuza abafite amazu yo gukodesha ndetse n’abayakeneye batiriwe bakora ingendo ndetse bata umwanya mu gushakisha.
www.mdgrou.com ni urubuga rwamamarizwaho amazu agurishwa n’akodeshwa n’ibibanza, ruhuza aba gura nabagurisha imitungo itimukanwa, yo mubyiciro n’ibiciro (…) -
P. Kagame yizeje abakorera Nyabugogo isura nshya yayo
19 July 2017, by Iyamuremye JanvierMu gitondo cyo kuri uyu wa 19 Nyakanga 2017, Perezida Kagame yabanjirije ibikorwa byo kwiyamamaza I Nyabugogo mu karere ka Nyarugenge, yabwiye abateraniye aho Nyabugogo imaze kuba mpuzamahanga bityo ko kanewe impinduka kuriyo.
Paul Kagame yafashe ijambo asaba buri wese gukorera hamwe muri buri byose,Anaboneraho kubibutsa itariki ya 4 Kanama 2017 iteganyijweho amatora y’umukuru w’Igihugu.
Agira ati “Naje hano icya mbere ni ukugira ngo mbasabe gukorera hamwe, kwifatanya, tugakomeza kubaka (…) -
Menya uko wowe ubwawe wakwisuzuma kanseri y’ ibere igaragara cyane mu Rwanda
19 May 2017, by Nsanzimana ErnestUyu ni Muganga Umuhizi Denis wahuguriwe kuvura indwara ya kanseri Gilbert
Ibitaro bya Butaro nibyo bitaro bikuru bivura indwara ya kanseri mu Rwanda, biherereye mu karere ka Burera mu ntara y’ Amajyaruguru. Iyo ugeze muri ibi bitaro ubona abarwayi baje kwisuzumisha bwa mbere indwara ya kanseri n’ abahamaze iminsi.
Ibi bitaro byita ku barwayi hakurikijwe imyaka bafite. Abana, ni ukuvuga abafite munsi y’ imyaka 16 bavurwa ukwabo naho abakuze ni ukuvuga abarengeje imyaka 16 y’ amavuko nabo (…) -
Trusella, iguriro mpuzamahanga ryiyemeje guhindura isura y’ubucuruzi hifashishijwe internet
7 January 2021, by Martin MunezeroUko ibihe biha ibindi, ni uko umuvuduko w’iterambere ry’isi ugenda wiyongera. Ibi bigaterwa ahanini n’ikoranabuhanga ryagutse ridasiba kuvumburwa uko bwije nuko bukeye. Kimwe mu byo ikoranabuhanga ryafashije, harimo korohereza abantu kubona serivisi zitandukanye mu buryo bworoshye, ndetse no guhererekanya amafaranga mu kanya nkako guhumbya.
-
Bishop Rwagasana yandikiye ADEPR asaba gusubizwa inshingano z’ubupasiteri yambuwe
14 October 2017, by Iyamuremye JanvierBishop Tom Rwagasana wari umuvugizi wungirije yandikiye itorero rya ADEPR asaba ko yasubizwa inshingano z’ubupasiteri yahoranye na mbere.Ni nyuma y’icyumweru kimwe ADEPR itangaje ko yamwambuye izi nshingano burundu na mugenzi we, Bishop Jean Sibomana.
Ku wa 17 Nzeri 2017 Bishop Tom Rwagasana yarekuwe n’urukiko kubera impamvu z’uburwayi.
Uyu mugabo yatawe muri yombi nyuma y’umunsi hafashwe n’abandi bayobozi batatu babarizwa muri ADEPR n’abo bakurikiranyweho gucunga nabi umutungo w’iri (…) -
Perezida Kagame yahishuye ko hari abashaka kuvangira uburyo bwashyizweho mu gukemura ikibazo cya RDC
13 March 2023, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yongeye gushimangira ko uburyo bwashyizweho na EAC mu nama zabereye Angola,Nairobi n’ahandi zakemura ikibazo ariko hari imbaraga ziri guturuka ahandi zishobora kuzambya ibintu.
Yabitangaje kuri uyu wa Mbere tariki 13 ubwo yatangaga ikiganiro ku bitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku mutekano w’Isi (Global Security Forum), iri kubera i Doha muri Qatar.
Yavuze ko hari imbaraga ziri kuva hanze zishaka kuvangira ingamba ibihugu byo mu karere byafashe ngo ikibazo gikemuke. (…)
Umuryango.rw
Urubuga rwa internet www.mdgrou.com nirwo wasangaho amazu meza akodeshwa hose mu Rwanda/Menya byinshi kuri uru rubuga
Menya uko wowe ubwawe wakwisuzuma kanseri y’ ibere igaragara cyane mu Rwanda
Perezida Kagame yahishuye ko hari abashaka kuvangira uburyo bwashyizweho mu gukemura ikibazo cya RDC