Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 3 Ugushyingo 2017 bamwe mu banyeshuri 400 biga baba mu kigo cya Lycee de Kigali bigaragambije babaza ubuyobozi bw’ ikigo impamvu butakibagaburira inyama n’ imigati. Aba banyeshuri banze gusohoka mu cyumba bararamo (Dortoir) bakingira imbere bakoresheje ingufuri biguriye.
Umuyobozi ubashinzwe yageze kuri dortoir agiye kubabaza impamvu banze gusohoka bamubwira ko bashaka kuvugana n’ umuyobozi w’ ikigo ku kibazo cyo kuba basigaye bagaburirwa nabi.
Nk’ (...)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide

Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Abanyeshuri bo muri Lycee de Kigali bigaragambije
3 November 2017, by Nsanzimana Ernest -
‘Gushyira divayi nshya mu macupa ashaje ntacyo byatugezaho’ Perezida Kagame, I Berlin
30 October 2018, by Nsanzimana ErnestKagame na Angela Merkel
Perezida w’ u Rwanda akaba n’ umuyobozi wa Afurika yunze Ubumwe Paul Kagame yavuze ko Ubudage na Afurika bikwiye guhindura imikorere kugira bigeze ku ntego za Compact with Africa nubwo Afurika ifite ibikenewe byose.
-
Bitunguranye Perezida Kagame yasezereye Olivier Nduhungirehe muri Guverinoma
10 April 2020, by UbwanditsiBitunguranye, kuri uyu wa Kane tariki ya 9 Mata 2020 Perezida Paul Kagame yakuye ku mirimo Amb. Olivier J.P Nduhungirehe wari Minisitiri wa Leta muri Ministeri y’Ububanyi n’Amahanga ushinzwe ibikorwa byUmuryango w’Afurika y’Iburasirazuba.
Itangazo rihagarika Amb Nduhungirehe rivuga ko ahagaritswe kumirimo yatangiye guhera tariki 30 Kanama 2017, nyuma yo gusubiramo kenshi ikosa ryo gukora akazi ashinzwe agendeye ku myumvire ye aho gushingira kuri gahunda za Leta
Nduhungirehe yahise ashimira (...) -
Abafite ubumuga bwo kutabona babangamiwe n’abatwara ibinyabiziga bakomeje kugonga inkoni zera zibafasha kubona
9 November 2020, by Dusingizimana RemyNubwo Polisi y’igihugu yatangije gahunda nziza ya Gerayo amahoro ikangurira abatwara ibinyabiziga kwirinda umuvuduko no kubahiriza uburenganzira bw’abanyamaguru,abafite ubumuga bwo kutabona bavuga ko hari abatwara ibinyabiziga bagonga inkozi zera zibafasha kubona barangiza bakiruka.
-
Umugabo yahanutse aturutse kuri Etaje ya 4 y’inyubako yo mu mujyi wa Kigali ahita apfa
28 July 2020Umugabo witwa Uhawenayo Martin uri mu kigero cy’imyaka 30 wari mu kazi ko guhanagura ibirahuri ku igorofa rya kane ku nyubako yitwa NDARU ARCAD1 iherereye muri Quartier Matheus iri mu Mujyi wa Kigali rwagati yahanutse yitura hasi ahita apfa.
-
U Rwanda rugiye guca ukubiri no gutumiza I Mahanga indorerwamo z’ amaso [Amafoto]
9 May 2017, by Nsanzimana ErnestMu gihe u Rwanda rukomeje guteza imbere ibikorerwamu Rwanda, kuri uyu wa Kabiri tariki 9 Gicurasi 2017, mu Rwanda hafunguwe ku mugaragaro Laboratoire iri ku rwego mpuzamahanga ikora indorerwamo z’ amaso.
Ni Laboratoire yubatswe ku bufatanye bwa Leta y’ u Rwanda n’ ikigo cy’ Abanyamerika Onesight gifasha mu buvuzi bw’ amaso.
Iyo Laboratoire izajya ikorera muri Kaminuza y’ u Rwanda ishami ry’ ubuvuzi UR-CMHS.
Umuyobozi wungirije w’ iyi kaminuza Dr Francoise Kayitare yavuze ko kubera iyo (...) -
Eboue washatse no kwiyahura kubera ubukene yabonye akazi
26 December 2017, by Nsanzimana ErnestEmmanuel Eboue wabaye umukinnyi ukomeye mu ikipe ya Arsenal na Garatasaray ndetse no mu ikipe y’igihugu ya Cote d’Ivoire yamaze kwemererwa akazi mu ikipe ya Garatasaray nyuma y’ibibazo aherutse gutangaza ko arimo. Uyu mugabo w’imyaka 34 yagize ibyago bikomeye ubwo urukiko rwategekaga ko myinshi mu mitungo yakoreye irimo n’amazu ihabwa umugore we Aurelie bafitanye abana 3, byatumye asigara iheruheru ku buryo atashoboraga kubona amafaranga yo kugura imashini ifura,kwishyura umukozi no gutega (...)
-
Kwizera Pierrot yahakanye amakuru yamwerekezaga muri Zambia
17 July 2017Umusore ukina hagati mu ikipe ya Rayon Sports uherutse gutorerwa kuba ariwe wahize abandi mu mwaka w’imikino ushize Kwizera Pierrot yahakanye amakuru yavugaga ko ari mu biganiro byimbitse n’ikipe ya Nkana Red Devils yo muri Zambia ndetse ko agiye kuyerekezamo.
Kwizera Pierrot ukundwa n’abafana ba Rayon Sports kubera ubuhanga afite bwo gukinisha ikipe yose ndetse no kurema amahirwe y’ibitego yashimangiye ko agifite amasezerano y’umwaka umwe n’iyi kipe ndetse ko nta makipe aravugana nayo mu (...) -
Burundi: 37,000 baratahutse; u Burundi burashinja u Rwanda kwirukana impunzi ziba mu nkambi ya Mahama
17 June 2017, by Ferdinand DukundimanaLeta y’u Burundi yatangaje ko impunzi zigera ku 156,000 zatahutse mu gihugu cyabo nyamara raporo ya UNHCR yo ivuga ko abatahutse babarirwa mu 37,000 gussa.
Uhagarariye UNHCR mu Burundi, Abel Mbilinyi, yavuze ko hari Abarundi 138 bari mu bahugniye mu nkambi ya Lusenda (DRC) bagaragaje ko bifuza gutaha mu gihugu cyabo. Ubu UNHCR ikaba yarabateguriye inkambi y’agateganyo iri mu ntara ya Makamba.
Abel avuga ko intara za Makamba, Rutana na Rumonge zibarizwamo impunzi zitabaruwe (unregistered) (...) -
NEC yasubitse amatora yo gushaka Meya mushya wa Rubavu
1 August 2023, by Dusingizimana RemyKomisiyo y’Igihugu y’amatora [NEC],yasubitse amatora yo kuzuza Inama Njyanama na Komite Nyobozi y’Akarere ka Rubavu yari ateganyijwe hagati muri uku kwezi kwa Kanama 2023.
Itangazo iyi komisiyo yashyize hanze kuri uyu wa 1 Kanama 2023,rivuga ko aya matora atakibaye kuwa 11 Kanama 2023 nkuko byari biteganyijwe.
Aya matora yari agamije gushyiraho Meya mushya wa Rubavu usimbura Kambogo Ildephonse wegujwe azize kunanirwa gukemura ibibazo byatewe n’ibiza.
Ibikorwa byo gutegura aya matora (...)
0 | ... | 2350 | 2360 | 2370 | 2380 | 2390 | 2400 | 2410 | 2420 | 2430 | ... | 2480