Nsabimana Callixte “Sankara”, yemereye imbere y’urukiko ibyaha byose ashinjwa n’ubushinjacyaha uko ari 16,asaba imbabazi abanyarwanda n’umukuru w’Igihugu ndetse yemeza ko yitandukanyije na FLN.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Nsabimana Callixte “Sankara” yemeye ibyaha byose ashinjwa avuga ko n’inyoni zo mu ishyamba zamushinja
23 May 2019, by Dusingizimana Remy -
Rutsiro.Visi Meya ushinzwe imibereho myiza yeguye na Gitifu w’Akarere arasezera
4 September 2019, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Gatatu taliki 04, Nzeri, 2019 nibwo Jean Hermans Butasi wari usanzwe ashinzwe imibereho myiza y’abaturage mu Karere ka Rutsiro yagejeje ibaruwa y’ubwegure bwe kuri Njyanama y’Akarere.
Uyu kandi yatanze ibaruwa ari kumwe n’umunyamabanga nshingwabikorwa w’aka karere Tharcisse Niyonzima nawe weguye ku mirimo ye.
Biteganyijwe ko mu masaha ari imbere aribwo njyanama y’aka karere iricara igasuzuma ubwegure bw’aba bombi.
Kwegura kw’abayobozi gukomeje gufata indi ntera mu turere (…) -
Polisi irizihiza imyaka 17 imaze: Umwe mu bayobozi bayo bakuru yavanye umuturage mu gihirahiro binkora ku mutima-Ubuhamya
16 June 2017, by UbwanditsiAbapolisi bashoje ikiciro cy’amasomo bari bategereje kwinjizwa mu kiciro cya ba Ofisiye/ Foto: Kigali Today
Ku basomyi b’ikinyamakuru Umuryango, nagira ngo mbasangize bumwe mu buhamya bwankoze ku mutima ubwo nari kuri Polisi I Remera ahakorera ubuyobozi bwa Polisi mu Umujyi wa Kigali.
Nagiye ku cyicaro cya Polisi mu Mujyi wa Kigali giherereye i Remera. Dosiye yari injyanye ntiyari butinde kwari ukuyoboza serivisi nifuza n’ibyo nsabwa kuzuza.
Manuka kuri etage ya mbere aho abayobozi (…) -
Mpayimana ngo ishyaka rye niryemerwa rizakemura ikibazo cy’ Abanyarwanda bajya hanze bakigira intagondwa
12 November 2018, by Nsanzimana ErnestUmunyapolitiki Mpayimana Philippe uherutse gushinga ishyaka rya politiki rihanira Iterambere ry’ Abanyarwanda PPR yavuze ko iri shyaka niryandikwa kimwe mu byo rizakemura ari ikibazo cy’ Abanyarwanda bagera hanze bakigira intagondwa.
-
Ingengo y’imari ya 2021/2022 iziyongeraho miliyari 342.2 Frw
12 May 2021, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Imari n’Igenamigambi (MINECOFIN) yatangaje ko amafaranga ateganyijwe mu ngengo y’imari ya 2021/22 azagera kuri Miliyari 3,807 z’amafaranga y’u Rwanda, akaba aziyongeraho agera kuri Miliyari 342.2 Frw bingana na 9.8 % ugereranyije na Miliyari 3,464.8 ari mu ngengo y’imari ivuguruye y’uyu mwaka wa 2020/21.
-
Umuturage aratakambira Perezida Kagame ku kibazo cya Kaminuza zafunzwe
7 May 2017, by UbwanditsiMinisitiri w’Uburezi Dr. Papias Musafiri
IGITEKEREZO : UBUTUMWA BUGENEWE NYAKUBAHWA PEREZIDA WA REPUBULIKA Y’U RWANDA PAUL KAGAME.
Muraho Banyamakuru b’ikinyamakuru UMURYANGO.RW
Ndi umusomyi w’ikinyamakuru cyanyu ndetse n’ibindi bitangazamakuru binyuranye byo mu Rwanda no mu mahanga. Ndubatse mfite imyaka 56, mfite abana batatu, umwe muribo yiga muri Kaminuza.
Nkunda uburyo mukunze gufasha abaturage mu kugaragaza ibitagenda neza ndetse n’ibigenda neza mukabitugezaho byose bigamije (…) -
The Ben ushinjwa kwitukuza yashatse umuganga umufasha kongera kwirabura[AMAFOTO]
17 April 2018, by Martin MunezeroThe Ben umaze iminsi ashyirwa mu majwi ko yakoresheje amavuta adasanzwe mu guhindura uruhu nyuma yo kugera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika aho yagiye mu 2010, yatangiye gushaka uburyo bwamufasha kongera kwirabura.
Uyu muhanzi yavuye mu Rwanda mu 2010 ajya kuba muri Amerika, yagiye ari umusore w’igikara kinoze ariko ubwo yagarukaga mu Ukuboza 2016 agitunguka ku Kibuga cy’indege benshi batunguwe no kubona asigaye afite inzobe ibengerana. Nubwo hari amagambo yacicikanye ku mbuga (…) -
Perezida Kagame yazamuye mu ntera bamwe mu basirikare barwanira mu kirere
6 February 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa Perezida wa Repubulika Paul Kagame yamaze kuzamura mu ntera yo hejuru abasirikare 16 bo mu ngabo zirwanira mu kirere aho yabakuye ku ntera yo hasi cyane,abasimbutsa amapeti menshi, abagira aba Ofisiye.
-
Uko byifashe ku isi: Muri Espagne Covid-19 yishe abantu 812 mu masaha 24
30 March 2020, by Dusingizimana RemyKugeza ubu ku isi harabarurwa abantu barenga ibihumbi 735.000 banduye Covid-19, abo imaze guhitana muri bo bararenga 34.000 naho abayikize bararenga 156.000 nk’uko bivugwa na kaminuza y’ubushakashatsi ya Johns Hopkins.
-
Minisitiri w’Ibidukikije Dr. Mujawamaliya "yihanangirije" Minisitiri w’Uburezi ndetse anamusaba raporo yihuse
25 August 2020, by UbwanditsiTaliki 19/8/2020 Minisitiri w’Ibidukikije Dr. Mujawamaliya Jeane D’Arc yandikiye ibaruwa mugenzi we w’Uburezi Dr. Uwamaliya Valentine amumenyesha ko Minisiteri ayoboye iri kwangiza ibidukikije muri bimwe mu bikorwa byo kubaka amashuli ndetse anamusaba raporo yihuse y’icyo iyi Minisiteri y’Uburezi iteganya gukora kuri ibyo bibazo.
Umuryango.rw
Minisitiri w’Ibidukikije Dr. Mujawamaliya "yihanangirije" Minisitiri w’Uburezi ndetse anamusaba raporo yihuse