Igihugu cya Leta zunze ubumwe za Amerika cyafashe umwanzuro wo gukuba inshuro zirenze ebyiri imisoro ku bicuruzwa by’agaciro ka miliyari 200 z’amadolari biva mu Bushinwa.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Amerika yatangije intambara y’Ubucuruzi ku Bushinwa bari kurebana ay’ingwe
10 May 2019, by Dusingizimana Remy -
Nyarugenge: Abantu 3 bakurikiranyweho ubwambuzi bw’asaga Miliyoni eshanu
13 November 2017, by Nsanzimana ErnestPolisi y’u Rwanda mu karere ka Nyarugenge ifunze abagabo batatu bakekwaho icyaha cy’ubwambuzi bwa Miliyoni sizaga 5 z’amafaranga y’u Rwanda bibye umucuruzi ufite iduka mu kagali ka Kiyovu, mu murenge wa Nyarugenge. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Mujyi wa Kigali, Superintendent of Police (SP) Emmanuel HITAYEZU yavuze ko abafungiwe iki cyaha ari IRADUKUNDA Sadi, NZEYIMANA Innocent na NYANDWI Alexis.
Yavuze ko kandi iperereza ry’ibanze rigaragaza ko ku wa gatanu tariki 10 z’uku kwezi (…) -
VIDEO- ’Imbabazi nari nizeye uwo nzisaba niyo mpamvu aho kuburana nahisemo gutakamba’ Kizito Mihigo
15 September 2018, by Nsanzimana ErnestUmuhanzi Kizito Mihigo yashimiye Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame wamuhaye imbabazi avuga ko yari abyizeye ko azazimuha kuko ari umuntu ufite umutima.
-
‘Imyemerere yagumisha Afurika aho imaze imyaka 100 ntabwo ari raporo twazageza ku Mana’ Minisitiri Busingye
15 September 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ Ubutabera w’ u Rwanda Johnston Busingye asanga amadini menshi atari ikibazo muri Afurika ahubwo ikibazo ari amadini yigisha Abanyafurika imyizerere irimo ubuyobe
-
IGERERANYA: Imishahara y’ abaperezida b’ Afurika n’ iy’ abaperezida bakomeye mu Isi
20 July 2017, by Nsanzimana ErnestNtibyoroshye kumenya imishahara y’ abaperezida bayobora ibihugu byo ku mugabane wa Afurika bitewe n’ uburyo itumanaho rireba abaperezida bo kuri uyu mugabane ryubatse. Gusa ibinyamakuru bitandukanye mu matohora byakozwe byabashije kugira imwe n’ imwe bimenya.
Umuryango tugiye kubagezaho imishahara ya bamwe mu bakuru b’ ibihugu by’ Afurika ugereranyije n’ iy’ abakuru b’ ibihugu by’ ibihangange mu Isi.
Ikinyamakuru Jeunes Afrique mu bucukumbuzi cyakoze cyamenye ko Perezida wa Afurika y’ (…) -
Umushinga wo gukora ifumbire w’ abanyeshuri barangiye muri UR wahawe igihembo mpuzamahanga
7 October 2017, by Nsanzimana ErnestInzobere muri siyansi ku rwego mpuzamahanga zitabiriye inama y’ iminsi itatu yaberaga I Kigali zahaye igihembo umushinga wakozwe n’ abanyeshuri 14 barangije muri Kaminuza y’ u Rwanda mu bijyanye no gutunganya amazi(water engineering.
Aba banyeshuri 14 bahuriye mu muryango bise WESA, ugamije kubungabunga ibidukikije. Umushinga wabo wahembwe ni uwo gukora ifumbire mu maganga y’ inkwavu. Sosthène Kubwimana wasobanuye uyu mushinga wo gukora iyi fumbire yatangarije UMURYANGO ko iyo fumbire (…) -
CG George Rwigamba yaba yarazize iki? Ni ibihe bibazo birindiriye DCG Marizamunda?
16 April 2021, by UbwanditsiRtd Brig. Gen George RWIGAMBA yageze mu rwego rw’igihugu rushinzwe imfungwa n’abagororwa (RCS) kuri 29 Werurwe 2016 asimbuye Rtd Major Gen Paul RWARAKABIJE umwanya yari amazeho imyaka 5.
Ubwo habaga ihererekanyabubasha hagati ya Rtd Brig. Gen George Rwigamba na Rtd Major Gen Paul RWARAKABIJE, icyo gihe Rwarakabije yifurije akazi keza umusimbuye anamwizeza ubufatanye igihe buzaba bukenewe!
Mu byemezo by’Inama y’Abaminisitiri yo kuri uyu wa gatatu taliki 14/4/2021 nibwo byamenyekanye ko (…) -
Ruhango: Batatu bari bamaze iminsi 3 mu kirombe babonetse umwe yapfuye
11 October 2017, by Nsanzimana ErnestAbantu batatu bari baheze mu kirombe mu karere ka Ruhango, umurenge wa Byimana mu kagari ka Mpanga babonetse nyuma iminsi itatu umwe yapfuye.
Ku isaha ya yine kuri uyu wa Gatatu tariki 11 Ukwakira 2017 nibwo abagabo batatu baheze mu kirombe ku wa Mbere tariki 9 Ukwakira babonetse.
Umuvugizi wa polisi y’ u Rwanda mu ntara y’ amagepfo IP Emmanuel Kayigi yatangaje ko abakuwe mu kirombe bajyanywe mu bitaro bya Gitwe.
Yagize ati “Umwe niwe witabye Imana abo babiri kubera ko abo babiri (…) -
Nsabimana Callixte “Sankara” yemeye ibyaha byose ashinjwa avuga ko n’inyoni zo mu ishyamba zamushinja
23 May 2019, by Dusingizimana RemyNsabimana Callixte “Sankara”, yemereye imbere y’urukiko ibyaha byose ashinjwa n’ubushinjacyaha uko ari 16,asaba imbabazi abanyarwanda n’umukuru w’Igihugu ndetse yemeza ko yitandukanyije na FLN.
-
Rutsiro.Visi Meya ushinzwe imibereho myiza yeguye na Gitifu w’Akarere arasezera
4 September 2019, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Gatatu taliki 04, Nzeri, 2019 nibwo Jean Hermans Butasi wari usanzwe ashinzwe imibereho myiza y’abaturage mu Karere ka Rutsiro yagejeje ibaruwa y’ubwegure bwe kuri Njyanama y’Akarere.
Uyu kandi yatanze ibaruwa ari kumwe n’umunyamabanga nshingwabikorwa w’aka karere Tharcisse Niyonzima nawe weguye ku mirimo ye.
Biteganyijwe ko mu masaha ari imbere aribwo njyanama y’aka karere iricara igasuzuma ubwegure bw’aba bombi.
Kwegura kw’abayobozi gukomeje gufata indi ntera mu turere (…)
Umuryango.rw