Perezida Paul Kagame uyoboye Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe (AU) yitabiriye irahira rya Perezida wa Zimbabwe Emmerson Mnangagwa uherutse gutsinda amatora n’amajwi 50.8%.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide

Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Perezida Kagame ni umwe bitabiriye irahira rya Perezida Mnangagwa wa Zimbabwe
26 August 2018, by Nsanzimana Ernest -
Mu mezi 6, u Rwanda rwahombye miliyari 204 n’ abaturage barenga 200 kubera ibiza
15 October 2018, by Nsanzimana ErnestMinisiteri y’ Ibiza no gucyura impunzi Midimar, yatangaje ko mu mezi atandatu ya mbere y’uyu mwaka ibiza byahombeje igihugu arenga miliyari 204 Frw, mu gihe byahitanye abaturage 234 kugeza mu Ukwakira 2018.
-
TAS2019: Perezida Kagame yasabye Afurika kubyaza umusaruro umurongo mugari wa interineti
15 May 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa Perezida wa Repubulika,Paul Kagame,yavuze ko Abatuye Afurika bakwiriye kubyaza amahirwe umurongo mugari wa Interineti mu kwiteza imbere aho kuwukoresha mu kwakira ibitekerezo by’abandi gusa.
-
Barafinda ngo dosiye ye yitiranyijwe n’ iya Diane Rwigara, akavuga ko agitegereje igisubizo cye
10 July 2017, by Nsanzimana ErnestBarafinda Ssekikubo Fred umwe mu bari batanze kandi kandidatire ku mwanya wa Perezida wa Repubulika utaragaragaye ku rutonde ndakuka rw’ abemerewe kwiyamamaza aravuga ko Komisiyo y’ amatora yamuhaye igisubizo kitari icye.
Mu kiganiro yagiranye n’ Umuryango kuri iki cyumweru tariki 9 Nyakanga yadutangarije ko igisubizo yahawe ari icya Diane Shima Rwigara nawe utaragaye ku rutonde ndakuka rw’ abemerewe kwiyamamaza.
Uyu mugabo aravuga ku wa Mbere tariki 10 arageza kuri NEC ubujurire bwe kandi ko (...) -
Eden Hazard uherutse kugurwa akayabo na Real Madrid yaguze inzu y’akataraboneka I Madrid [AMAFOTO]
16 August 2019, by Dusingizimana RemyRutahizamu w’Umubiligi Eden Hazard uheruka kugurwa akayabo ka miliyoni 150 z’amapawundi ava muri Chelsea yerekeza muri Real Madrid,yaguze inzu y’akataraboneka y’umuririmbyi ukomeye wo mu mujyi wa Madrid akayabo ka miliyoni 10 z’amapawundi kashi.
-
TP Mazembe yongeye gutumirwa muri CECAFA I Kigali nyuma y’amahano iheruka kuhakorera
17 June 2019, by Dusingizimana RemyIkipe ya TP Mazembe iheruka gukorera amahano I Kigali muri 2010 ubwo umukinnyi wayo Tresor Mputu yakubitaga umusifuzi w’umunya-Ethiopia,yongeye gutumirwa muri CECAFA Kagame Cup uyu mwaka kugira ngo isimbure amakipe yo muri Tanzania yateye inyoni amahirwe yo kwitabira iri rushanwa.
-
KIGALI:Reba Video Ishimwe asobanura uburyo yamezemo umurizo(VIDEO+AMAFOTO)
17 May 2017, by Martin MunezeroIshimwe Lorie Esperance avuga uko Imana yamuteje umurizo nk’igihano yarahawe bitewe nuko yari yaranze kuva mu byaha yarimo , agafatanya umurimo w’Imana n’ibyaha by’ubusambanyi , ubusinzi n’ibindi , nyamara ari umukozi w’Imana unafite inshingano mu Itorero yasengeragamo. Akizwa yari umuririmbyi w’indirimbo z’ibisope ( karahanyuze ) , akabifatanya no kuririmba Hip Hop nk’umuraperi w’umukobwa ku giti cye.
Lorie nkuko ariko benshi bamuzi yavuze ko mbere yuko amera umurizo yabanje kugerwaho n’abahanuzi (...) -
Robot yitwa Sophia yatangaje benshi kubera imbwirwaruhame yatanze muri #TAS2019
15 May 2019, by Dusingizimana RemyImashini kabuhariwe ifite ubwenge budasanzwe yitwa “Sophia”,yashimishije abitabiriye inama ya Transform Africa 2019,ubwo yabagezagaho imbwirwaruhame mu ndimi zitandukanye zirimo n’Ikinyarwanda.
-
Mwenedata Gilbert yaba aziyamamariza kuba Perezida? Avuga iki kubatangaje ko baziyamamaza?
8 May 2017, by UbwanditsiGilbert Mwenedata wigeze kwiyamamaza ku giti cye mu matora y’abadepite aheruka muri 2013 avuga ko kugeza ubu nta cyemezo cyo kwiyamamaza afite mu bitekerezo bye haba mu matora ya Perezida y’uyu mwaka cyangwa se ay’abadepite azakurikiraho.
Gilbert Mwenedata avuga ko akomeza agatekereza kandi agakurikiranira Politiki hafi ariko kugeza ubu igisubizo yatangaza mu bijyanye no kuba yakwiyamamaza ari “oya”.
Yagize ati:” yaba amatora ya Perezida yaba amatora y’abadepite n’ubwo hakiri umwanya ngo abe (...) -
"Ikirego twaracyakiriye" RIB yavuze ku bujura bw’imyambaro y’Amavubi yibwe mu bubiko bwa FERWAFA
18 January 2021, by NIYIGABA DC CLEMENTBenshi mu bakoresha imbuga nkoranyambaga by’umwihariko Twitter na Facebook,banenze imyenda y’ikipe y’Igihugu Amavubi, kubera umwambaro wa Kwizera Olivier bigaragara ko hasibwe Rwanda hakuzuzwamo izina ry’uyu muzamu.
0 | ... | 2340 | 2350 | 2360 | 2370 | 2380 | 2390 | 2400 | 2410 | 2420 | ... | 2480