Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 23 Nzeri uyu mwaka,Polisi y’u Rwanda yafunze Diane Rwigara,murumuna we Anne Diane n’umubyeyi wabo; bakaba bafungiye kuri Station ya Remera.
Umuvugizi wa Polisi y’Igihugu, ACP Theos Badege, yemeje aya makuru avuga ko itabwa muri yombi ryabo rifitanye isano n’ibyaha bari basanzwe bakurikiranyweho ariko hiyongeraho ikindi cyo gushaka guhungabanya umutekano w’igihugu.
Yagize ati “Ubu barafunze. Ibyaha ni bya bindi ariko bagaragaweho ibimenyetso (...)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Diane Rwigara murumuna we n’umubyeyi wabo batawe muri yombi na Polisi y’Igihugu
24 September 2017, by Iyamuremye Janvier -
Wenceslas Twagirayezu uregwa ibyaha bya jenoside yagejejwe i Kigali
12 December 2018, by Nsanzimana ErnestKu mugoroba wo kuri uyu wa 11 Ukuboza nibwo indege yari intwaye Twagirayezu Wenceslas yageze ku Kibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Kigali i Kanombe ngo aburanishwe ku byaha akekwaho bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
-
Umukandida Mpayimana aravuga ko imwe mu mbogamizi yavuyeho hasigaye indi imwe
17 July 2017, by Nsanzimana ErnestUmukandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika Mpayimana Philippe yatangaje imbogamizi ebyiri yahuye nazo mu gikorwa arimo cyo kwiyamamariza kuyobora u Rwanda avuga ko imwe muri zo yamaze gukemuka.
Ku wa Gatandatu tariki 15 Nyakanga byari biteganyijwe ko umukandida wigenga Mpayimana Philippe yiyamamariza kuri site enye mu turere dutandukanye tw’ intara y’ amajyepfo siko byagenze kuko uwo munsi hari site eshatu atagaragarayeho.
Yagombaga kwiyamamariza kuri site ya Ntongwe, iya Ruhango mu (...) -
United Scholars Center (USC) irahurira mu Ntara n’Abifuza kwiga muri Kaminuza zo hanze
6 July 2023, by Ubwanditsi 1Mu buryo ngaruka mwaka United Scholars Center iratangira ibikorwa byayo bizenguruka i Gihugu bizwi nka (Education Fairs) aho baba basonurira ababyeyi n’abana babo ibijyanye n’amahirwe ahari yo kwiga hanze, ariko nako babajaga ibisobaniro byimbitse ku bibazo baba bibaza.
-
COVID-19:U Rwanda rwashyizwe mu bihugu 14 byizewe abaturage babyo bemerewe kwinjira i Burayi
30 June 2020, by Dusingizimana RemyUmuryango w’Ubumwe bw’Uburayi (EU/UE) watangaje ibihugu 14 uvuga ko abaturage babyo "badateje akaga" bemerewe kwinjira i Burayi kuva tariki 01 z’ukwezi kwa karindwi, nubwo hakiri icyorezo cya Covid-19, Abanyarwanda bari mu bemerewe, Amerika, Brazil n’Ubushinwa ntibemerewe.
-
Bugesera: Bari guhinga ibijumba nk’umuti w’inzara, imirire mibi n’ihindagurika ry’ikirere
7 November 2019, by UbwanditsiBinyuze mu mushinga wo guteza imbere ubuhinzi bw’imbuto n’ibunyabijumba hagamijwe kurwanya ubukene no guhangana n’imihindagurikire y’ikirere uterwa inkunga na PNUD/GEF /SGP koperative Facoc yo mu murenge wa Gashora Akarere ka Bugesera bahawe imbuto y’imigozi y’ibijumba yo mu bwoko bwa Kabode yera ibijumba bikungahaye ku ntungamubiri zitandukanye.
-
Kigali: Abatuye ‘Bannyahe’ bagiye kuhimurwa bahabwe umudugudu wa miliyari 10
1 April 2018, by Nsanzimana ErnestAbatuye mu kajagari kari mu tugari twa Kangondo I, Kangondo II na Kibiraro I, agace kazwi nka Bannyahe i Nyarutarama mu Karere ka Gasabo bagiye kuhimurwa bajyanywe gutuzwa mu mudugudu ugiye kubakwa mu karere ka Kicukiro mu murenge wa Busanza.
Uyu mudugudu byitezwe ko uzuzura utwaye miliyari 10 uzaba urimo ibikorwa by’ amajyambere nk’ amashuri n’ isoko ndetse n’ ikibuga cyo kwidagaduriramo.
Kuri uyu wa 31 Werurwe 2018 nibwo ubuyobozi bw’ umugi wa Kigali bwashyize ibuye ry’ ifatizo ahagiye (...) -
‘Birabujijwe kwirukana umunyeshuri azira ko yatwaye inda’ Minisitiri Nyirasafari
15 June 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ Uburinganire n’ Iterambere ry’ umuryango yatangaje ko bibijijwe ko umunyeshuri yirukanwa azizwa ko yatwaye inda ari ku ishuri nyamara ahenshi iyo umunyeshuri atwaye inda ahita yirukanwa hakaba n’ ubwo ahise atakaza uburenganzira bwe bwo kwiga.
-
Taliki ya 1 Ukwakira ni umunsi ukomeye kuri njyewe ubugira kabiri - Butera Knowless
1 October 2020, by UbwanditsiItaliki ya 1 Ukwakira Abanyarwanda baba bizihiza umunsi mukuru wo gukunda Igihugu. kuri Butera Knowless ho biba ari akarusho ngo kuko ari nayo taliki yavutseho. Ibyo byatumye agira ubutumwa agenera ababohoye u Rwanda.
-
Uruganda rwa SKOL rwamuritse icupa rishya rya SKOL Lager ryasanishijwe n’Abanyafurika [AMAFOTO]
26 February 2023, by Dusingizimana RemyMu rwego rwo kurushaho kuzirikana Afurika no gushima abakiriya bayo bo kuri uyu mugabane,uruganda rwa SKOL rwamuritse icupa rishya rya SKOL Lager ririho ibirango bihuje n’imico y’Abanyafurika.
Iri cupa rifite isura cyangwa ibirango bishya byahujwe n’imico y’Abanyafurika kubera amateka iki kinyobwa gifitanye na bo dore ko cyatangiye kwengerwa ku mugabane wa Afurika kuva mu 1965.
Umuyobozi w’uru ruganda Thibault Relecom, akaba umwe mu bagize umuryango wa Michel Relecom, wahanze iki kinyobwa cya (...)
0 | ... | 2340 | 2350 | 2360 | 2370 | 2380 | 2390 | 2400 | 2410 | 2420 | ... | 2470