Perezida Kagame yavuze ko u Rwanda rutazemerera u Burundi gukomeza guhungabanya umutekano warwo bubinyujije mu mitwe yitwaje intwaro icumbitse ku butaka bwarwo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Niba umuturanyi ashaka guhungabanya ubusugire bwacu ....ntidushobora kubyemera"-Perezida Kagame
26 May 2021, by Dusingizimana Remy -
Watch UEFA Europa League on StarTimes Arsenal looking for success in the Europa League
26 October 2020, by UbwanditsiEnglish clubs made it three wins out of three games in the first round of match days in the Europa League and are looking towards continuing that run on Thursday.
For Arsenal coach Mikel Arteta, the Europa League offers some respite from a difficult start to the league that has seen the Gunners lose three of their last four matches, the latest 1-0 on Sunday at home to Leicester City.
They did, however, get three points in the Europa League after coming from behind in Vienna to beat Rapid (…) -
In 1xBet online betting in internet has become a full-fledged reality
7 September 2020, by UbwanditsiThe start of a new biathlon season is rapidly approaching. 1xBet online betting in internet accepts bets for all segments of the race. For biathlon fans, this is an excellent opportunity to demonstrate their knowledge in practice and get a really good reward for it.
The upcoming season for both women and men is to become one of the most unpredictable over the past few years. Now, the competition is extremely high, and given the dense schedule, it won’t be easy to demonstrate your class (…) -
Leta yumvise amarira y’ abagenzi bibwa n’ abashyira amafaranga ku ikarita y’ urugendo Tap&Go
7 July 2018, by Nsanzimana ErnestAbagenzi batangiye kwinubura uburyo bukoreshwa mu kwishyura mu modoka rusange zikorera muri Kigali buzwi nka Tap&Go, bavuga ko basigaye bibwa kubera serivisi zitanoze, gusa ikigo ngenzura mikorere RURA kivuga ko ingeso yo kwiba abagenzi ikwiye gucika
-
Ingabo za FPR-Inkotanyi zashoje urugamba rwo kubohora u Rwanda kuri iyi taliki 1994, reba amwe mu mataliki y’ingenzi y’uru rugamba rwamaze imyaka 4
4 July 2017, by Renzaho FerdinandNi urugamba rutari rworoshye na gato rwasabaga kwitanga no gushyira mbere inyungu z’igihugu kuruta kwitekerezaho turebeye hamwe uko iminsi yakurikiranye kugirango uku kwibohora kugerweho uhereye igihe urugamba rwatangiriye mu mwaka w’ 1990, guhagarika jenoside yakorerwaga abatutsi kugeza muri Nyakanga 1994 urugamba rusozwa.
Tariki ya 1 Ukwakira 1990: Umupaka wa Kagitumba wagabweho igitero cyabaye ikimenyetso cy’itangira ry’urugamba rwamaze imyaka ine nyuma y’uko abari bagize umuryango FPR (…) -
Ibyaranze tariki 20 Kamena mu mateka harimo ivuka ry’ icyamamare Frank Rampard
20 June 2017, by Renzaho FerdinandMu byaranze uyu munsi mu mateka harimo, ivumburwa ry’ikibuye cyagwiriye isi cya Eureka ndetse n’ivuka ry’ikirangirire mu mupira w’amaguru. Turi ku wa ka Kabiri tariki ya 20 Kamena, ni umunsi w’171 mu minsi 365 igize uyu umwaka, iminsi 194 niyo isigaye ngo uyu mwaka ukagera ku musozo.
1837: Umwamikazi Victoria yimye ingoma y’ubwami y’Abongereza. 1840: Samuel Morse yabonye icyemezo cy’uko ariwe wakoze telegraph. 1862: Barbu Catargiu wari Minisitiri w’Intebe wa Romania yarishwe. 1863: Mu (…) -
Gitwaza ngo yahishuriwe icyo u Rwanda ruzamarira Afurika
10 July 2017, by Nsanzimana ErnestIntumwa y’ Imana Dr Paul Gitwaza Zion Temple ku Isi yatangaje ko Imana yamuhishuriye ko u Rwanda ruzaba icyitegererezo cy’ Afurika mu myumvire n’ imikorere.
Yabitangaje kuri iki Cyumweru tariki 9 Nyakanga mu muhango wo gusoza igiterane ‘Africa Haguruka’.
Yagize ati “Kuri twebwe u Rwanda ni ingobyi izabyara Afurika niko Imana yatubwiye. U Rwanda ruzayibera icyitegererezo mu mikorere n’imivugire. Abanyafurika bamaze imyaka isaga 50 bavuga imbwirwaruhame nziza ariko nta bikorwa bafite. U (…) -
KWIHANA-Rev./Ev. Eustache Nibintije
29 April 2019, by Rev./Ev. Eustache NibintijeUmukozi w’Imana, Rev./Ev. Eustache Nibintije, Umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “Nibintije Evangelical Ministries” asigaye adufasha mu kugabura ijambo ry’Imana nkuko Imana yamuhaye uyu muhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugirango agirire abantu benshi umumaro mu gihe gisa niki. Uyu munsi yaduteguriye inyigisho yahaye umutwe ugira uti:” KWIHANA”.
-
Perezida Kagame yaganiriye na Minisitiri w’Intebe wa Québec wemeye gushyigikira kandidatire ya Mushikiwabo
11 October 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa 10 Ukwakira, Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yagiranye ibiganiro na Minisitiri w’Intebe wa Québec,François Legault, nyuma y’ uko avuze ko ashyigikiye kandidatire ya Louise Mushikiwabo ku mwanya w’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’ibihugu bikoresha Igifaransa, OIF.
-
Barack Obama n’umugore we akayabo k’amafaranga bari kwishyura ku munsi inzu baruhukiyemo mu gihugu cy’Ubutaliyani yatangaje abantu batari bake(AMAFOTO)
17 May 2017, by Martin MunezeroUwahoze ari Perezida wa leta zunze ubumwe za Amerika, Barack Obama n’umugore we Michelle Obama bari mubiruko mugace kitwa Borgo Finocchieto mu Butaliyani aho bagiye kuryoherezayo ubuzima, icyatangaje abantu benshi akaba ari amafaranga y’umurengera barikwishura ku munsi , aho batanga agera kuri millioni 12 uyashyize mu mafaranga y’u Rwanda.
Agace Barack Obama n’umugorewe batembereyemo ni ahantu hatuje cyane hakunda kujya bamukerarugendo, ni agace kagaragaramo inyubako zimaze imyaka isaga (…)
Umuryango.rw
In 1xBet online betting in internet has become a full-fledged reality