Umunyarwanda Paul Rusesabagina uherutse gutabwa muri yombi n’u Rwanda ashinjwa ibyaha bikomeye birimo n’iterabwoba yavuze ko afunzwe mu buryo bwa kimuntu ndetse yizeye ko ubutabera bw’u Rwanda buzamucira urubanza runyuze mu mucyo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Rusesabagina yishimiye uko afunzwe muri kasho ya Remera
3 September 2020, by Dusingizimana Remy -
Diane Rwigara na nyina batangiye kuburanishwa mu mizi
24 July 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa 24 Nyakanga, Urubanza rwa Diane Rwigara na Adeline Mukangemanyi rwatangiye kuburanishwa mu mizi nyuma y’uko urukiko rwemeje ko abantu 4 bakekwaho ubufatanyacyaha n’abaregwa nabo bashyirwa mu rubanza.
-
Umubyeyi utwite yemerewe gukomeza konsa umwana yazavuka agasangira ibere na mukuru we
5 August 2018, by Nsanzimana ErnestInzobere nyarwanda mu bijyanye no konsa zivuga ko umubyeyi ugize ibyago byo gusama umwana yonsaga akiri muto adakwiye kumukura ku ibere ahubwo ko aguma kumwonsa kugeza undi avutse bakaba banasangira ibere.
-
Perezida Kagame yavuze ko ibyabaye mu Rwanda byagize ingaruka ku rusore ry’ ibinyabuzima
1 November 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda akaba n’ umuyobozi wa Afurika ubwo Perezida Kagame kuri uyu wa 1 Ugushyingo 2018 ubwo yafunguraga ku mugaragaro Inama y’ iminsi 3 yiga ku bijyanye no kubungabunga urusobe rw’ibinyabuzima, yavuze ko n’urusobe rw’ibinyabuzima mu Rwanda rwagizweho ingaruka.
-
Uganda: Icyuma cyashiririzaga kanseri cyarapfuye none ikomeje guhitana abantu, mu Rwanda nta kihaba ariko abarwayi bajyanwa aho kiboneka
14 June 2017, by Nsanzimana ErnestMu gihugu cya Uganda abarwayi benshi ba kanseri bataje ubuzima mu menzi 13 ashize ugereranyije n’ amezi 13 yayabanjirije, itandaro y’ izi mfu ngo ni ukuba icyuma rukumbi cyashiririzaga indwara ya kanseri cyarapfuye kikamara ayo mezi yose kitarakoreshwa.
Kuba icyo cyuma cyarapfuye bivuze ko muri Uganda umurwayi wa kanseri arimo kuvurishwa imiti gusa. Dail monitor dukesha iyi nkuru ivuga ko kuvurisha umurwayi wa kanseri imiti nabyo bihenze kuko bimusaba amashilingi ari hagati y’ ibihumbi 220 (…) -
Perezida Kagame yaganiriye na Donald Trump wa Amerika-AMAFOTO
26 January 2018, by Iyamuremye JanvierKu gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame amaze guhura na mugenzi wa Leta zunze ubumwe za Amerika Donald Trump aho biteganyijwe ko baza kugirana ibiganiro byihariye.
Perezida Kagame na Trump bahuriye mu nama yiga ku bukungu bw’isi i Davos mu Busuwisi igiye kumara iminsi ine. Aba bakuru b’ibihugu byombi bakaba baganiriye ku bijyane n’imikoranire y’Afurika n’Amerika.
Tryump aherutse kuvuga imvugo itaravuzweho rumwe n’ibihugu bya Afurika aho yagize (…) -
Rayon Sports yo turayihotora,mu kuri kw’Imana isumba byose irapfa-KNC perezida wa Gasogi
16 September 2019, by Dusingizimana RemyUmuyobozi wa Gasogi United,Kakoza Nkuriza Charles uzwi nka KNC, yatangaje ko yishimiye ko ku mukino wa mbere wa shampiyona bazandagaza Rayon Sports aho yemeje ko yabonye iri ku rwego rwo hasi mu irushanwa ry’Agaciro nta kabuza bazayirahira.
-
RIB yataye muri yombi abakekwaho kwica umunyeshuli wo muri kaminuza yahoze ari KIST
12 September 2019, by Dusingizimana RemyUrwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko rwamaze guta muri yombi abantu 2 bakekwaho kwica umukobwa witwa Sandrine Imanishimwe w’imyaka 21 y’amavuko ,wigaga muri Kaminuza y’u Rwanda ishami ry’Ubumenyi n’Ikoranabuhanga (UR-CST) .
-
Diyabete, umuvuduko n’ umubyibuho bikabije ni bimwe mu bishobora gutera ubuhumyi
12 October 2017, by Nsanzimana ErnestDr Innocent Turate
U Rwanda rurakangurira abaturage kwirinda no kwivuza indwara z’ amaso kuko mu Rwanda hari ubushobozi bwo kuvura indwara zose z’ amaso.
Ubu butumwa, Umuyobozi w’ ikigo gishinzwe kurwanya SIDA n’ izindi ndwara Dr Innocent Turate yabutanze kuri uyu Kane tariki 12 Ukwakira umunsi muzamahanga wahariwe kwita ku buzima bw’ amaso.
Uyu munsi wizihirijwe I Masaka mu mugi wa Kigali, ninaho Dr Turate yavugiye ko indwara zirimo umuvuduko n’ umubyibuho bikabije bishobora gutera (…) -
Minisante: Iyari Labophar yahoze ikora imiti 32, ubu ikora ibiri gusa, hari n’igihe yiyambajwe nk’uburuhukiro
2 July 2020, by UbwanditsiDr. Binagwaho, wasize afunze uruganda rw’imiti rw’icyari Labophar bwo yayoboraga Minisante//Photo: Newtimes
Icyari Laboratwari y’igihugu ya pharmacie muri 2013 cyari kigeze ku rwego rwo gukora imiti 32 yifashishwa cyane mu mavuriro yo mu Rwanda ubu gisigaye gikora imiti 2 gusa nyuma yo gufungwa abakozi bacyo n’imirimo cyakoraga igahurizwa hamwe n’icyahoze ari Camerwa, ikigo cy’igihugu cyatumizaga imiti hanze.
Umuryango.rw
Rusesabagina yishimiye uko afunzwe muri kasho ya Remera
Umubyeyi utwite yemerewe gukomeza konsa umwana yazavuka agasangira ibere na mukuru we
Minisante: Iyari Labophar yahoze ikora imiti 32, ubu ikora ibiri gusa, hari n’igihe yiyambajwe nk’uburuhukiro