Kizito Mihigo n’abamwunganira Kuri uyu wa Mbere tariki ya 11 Kamena bageze Kimihurura mu cyumba cy’iburanisha cy’Urukiko rw’Ikirenga batungurwa no gusanga urubanza rwasubitswe runimurirwa mu Rukiko rushya rw’Ubujurire ruherutse gushyirwaho.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide

Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Kizito Mihigo yageze mu rukiko asanga urubanza rwe rwimuriwe mu rukiko rushya
11 June 2018, by Nsanzimana Ernest -
Urukiko rwategeko Bishop Sibomana afungurwa by’ agateganyo
22 September 2017, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa 22 Nzeli 2017, urukiko rwa Kigali rwategetse ko Bishop Sibomana Jean wahoze ari umuvugizi w’ ADEPR afungurwa by’ agateganyo kubera impamvu zirimo n’ uburwayi.
Saa tanu zo kuri uyu wa Gatanu nibwo hari hateganyijwe isomwa ry’ urubanza bw’ urujurire aho Bishop Sibomana yajuririye icyemezo cy’ urukiko rwisumbuye rw’ akarere ka Gasabo cyo kongera igifungo cy’ agateganyo. Bishop Sibomana yasabye kurekurwa agakurikiranwa ari hanze ku mpamvu z’ uburwayi.
Umucamanza n’umwanditsi w’urukiko (...) -
Perezida Kagame na Madamu we batoye abadepite [AMAFOTO]
2 September 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame n’ umufasha we Jeannette Kagame kuri iki Cyumweru tariki 2 Nzeli 2018 bitabiriye amatora y’ abadepite.
-
Gakenke: RITCO yakoze impanuka ihitana 3 ikomeretsa 17
13 November 2017, by Nsanzimana ErnestAbantu batatu bapfuye 17 barakomereka ubwo imodoka ya Sosiyete itwaraba abagenzi yakoreraga impanuka mu karer ka Gakenke saa mbili z’ijoro kuri iki Cyumweru tariki ya 12 Ugushyingo 2017.
Iyi mpanuka yabereye ahazwi nko ‘Muri Buranga’, habereye impanuka y’imodoka itwara abagenzi ya sosiyete ya Ritco abantu batatu bitaba Imana abandi 17 barakomereka.
Byabereye mu Mudugudu wa Burego, Akagari ka Buranga, Umurenge wa Nemba. Imodoka yakoze impanuka yari ifite purake ya RAD 578J, inkomere zahise (...) -
Ingabire Victoire yasezeye mu ishyaka FDU Inkingi ahita ashinga irindi rishya
9 November 2019, by Dusingizimana RemyMadame Victoire Ingabire wari umaze igihe kinini ari umurwanashyaka wa FDU INKINGI yarisezeyemo ahita ashinga irindi shyaka riharanira iterambere na Demokarasi yise ’DALFA UMURINZI’.
-
Perezida Kagame yanyomoje Umunyazimbabwe wavuze ko yamufashije gushyira u Rwanda ku murongo
30 May 2018Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yahakanye ibyatangajwe n’umukandida utavuga rumwe n’ubutegetsi mu matora ya Perezida wa Zimbabwe, wavuze ko yamufashije kongera kuzahura ubukungu bw’u Rwanda binyuze mu nama yamugiriye kuri politiki y’ikoranabuhanga avuga ko ntaho amuzi.
-
“Aho abandi bagenda bisanzwe, twe dukwiye kwiruka ngo tugere aho bageze” Perezida Kagame
25 June 2017, by Ferdinand DukundimanaMu kiganiro n’Abanyarwanda cyahise kuri radiyo na Tereviziyo by’u Rwanda, Perezida Paul Kagame yasabye abanyarwanda kuzagendera ku muvuduko urenze uwo basanzwe bagenderaho mu rwego rwo kugera ku byiza birushijeho.
Ibi yabitangarije abanyarwanda ubwo yari mu kiganiro cyatambutse bitangazamkuru bya Leta y’u Rwanda ku gicamunsi cyo kuri iki cyumweru.
Perezida Kagame yasubije uwari umubajije icyo yifuza ku banyarwanda nibaramuka bamutoreye kongera kuyobora u Rwanda kuri manda ya gatatu, aho (...) -
"SOBANUKIRWA IBINTU Y’ INGENZI BYAGUKOMEZA MU IBYO UHURA NABYO":Rev./Ev. Eustache Nibintije
27 May 2019, by Rev./Ev. Eustache NibintijeUmukozi w’Imana, Rev./Ev. Eustache Nibintije, Umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “Nibintije Evangelical Ministries” yigisha ijambo ry’Imana nkuko Imana yamuhaye uyu muhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro.
-
U Rwanda rwakiriye imirambo 2 y’Abanyarwanda biciwe muri Uganda
9 September 2021, by Dusingizimana RemyKu mupaka wa Gatuna uhuza u Rwanda na Uganda, inzego z’ubuyobozi mu Rwanda zakiriye imirambo ibiri y’Abanyarwanda biciwe muri Uganda mu bihe bitandukanye.
Abagabo biciwe muri Uganda ni Dusabimana Theoneste w’imyaka 52 y’amavuko wo mu Murenge wa Rubaya wishwe ku itariki 30 Kanama 2021 na Bangirana Paul w’imyaka 47 wo mu Murenge Kaniga wishwe kuwa 2 Nzeri 2021 bose batoraguwe mu Karere ka Kabale muri Uganda bacucuwe n’ibyabo.
Amakuru y’urupfu rwabo yamenyekanye atanzwe na bagenzi babo bahamagaye (...) -
"SOBANUKIRWA IBINTU BY’ INGENZI BIZAGUKOMEZA MU BYO UHURA NABYO": Rev./Ev. Eustache Nibintije
24 May 2019, by UbwanditsiUmukozi w’Imana, Rev./Ev. Eustache Nibintije, Umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “Nibintije Evangelical Ministries” yigisha ijambo ry’Imana nkuko Imana yamuhaye uyu muhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi.
0 | ... | 2290 | 2300 | 2310 | 2320 | 2330 | 2340 | 2350 | 2360 | 2370 | ... | 2480