Mwizere Marcel wari umunyamabanga nshingwabikorwa w’ akagari ka Tambwe ko mu murenge wa Ruhango uherutse gusenyerwa inzu yari imaze kumutwara miliyoni zirenga enye z’ amafaranga y’ u Rwanda aravuga ko yasenyewe kubera ko yanze gutanga ruswa y’ ibihumbi 500.
Ku Gatanu w’ icyumweru gishize tariki 28 Nyakanga nibwo ubuyobozi bw’ akarere ka Ruhango bwashyize hasi inzu ya Mwizere.
Marcel yatangarije Umuryango ko ubuyobozi bumukuriye na polisi baje bagasohora ibikoresho byari mu nzu yari amaze (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Ruhango: Gitifu wâasenyewe inzu yabanagamo n’ umuryango we aravuga ko yazize kwanga guha umuyobozi ruswa
2 August 2017, by Nsanzimana Ernest -
“Gutsindwa amatora y’ umukuru w’ igihugu birarura” Dr Mwangi
1 July 2017, by Nsanzimana ErnestDr Haron Mwangi umushakashatsi wahoze ari umuyobozi mukuru w’ inama nkuru y’ itangazamakuru muri Kenya yavuze ko impamvu muri Afurika abenshi mu bakandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika batsindwa amatora bakavuga ko amatora yabayemo uburiganya ari uko gutsindwa amatora birura.
Uyu mushakashatsi yabitangarije mu kiganiro yahaye abanyamakuru bitabiriye amahugurwa yari agamije gufasha abanyamakuru kumva no gusobanukirwa itegeko ry’ itora n’ andi mategeko agenga amatora mu Rwanda.
Aya (…) -
Imigabo n’ imigambi ya Guverineri Gatabazi na Guverineri Mufulukye bari mu bemejwe na Sena
7 September 2017, by Nsanzimana ErnestSena y’ u Rwanda kuri uyu wa Kane tariki 7 Nzeli 2017 yemeje abayobozi 8 barimo Guverineri Gatabazi Jean Marie Vianney w’ intara y’ amajyaruguru na guverineri Fred Mufulukye w’ intara y’ iburasirazuba.
Perezida wa komisiyo ya politiki n’imiyoborere myiza, Hon. Jean Nepomuscène Sindikubwabo, yavuze ko aba bayoboz bose bemejwe babanje kugirana ibiganiro birambuye n’abagize komisiyo harebwa by’umwihariko ingamba n’ubushobozi bafite mu kunoza inshingano.
Hon. Sindikubwabo yabwiye inteko (…) -
Bakundukize Ruth yameze ibisa n’amabere abiri manini ku kaboko, aratabaza ngo avuzwe
13 November 2019, by UbwanditsiBakundukize Ruth utuye mu Karere ka Rubavu, Umurenge wa Nyamyumba Akagali ka Busoro Umudugudu wa Buvano wavutse 1981 avuga ko kuva ku myaka 7 yatangiye kumva ibisa n’intozi bimurya cyane imbere mu kaboko bamuvuza hose biranga nyuma aho akuriye ku kaboko ke haza kumeraho ibisa n’amabere abiri manini cyane.
-
Mu rubanza rw’ abari abayobozi ba ADEPR umushinjacyaha yahindutse umushinjura
31 October 2018, by Nsanzimana ErnestNtibikunze kubaho ariko biremewe ko umushinjacyaha ashobora gushinjura. Mu iburanisha rya 2 mu rubanza mu mizi ruregwamo abari abayobozi ba ADEPR Ubushinjacyaha Emmenuel Nkubito yavuze ko nta bimenyetso bihamya ibyaha bihari.
-
Umuyobozi w’ ibitaro bya Muhima yikomye itangazamakuru
28 July 2017, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi w’ ibitaro bya Muhima bimaze iminsi bivugwaho kurangarana abarwayi no kudatanga serivise zinoze, aravuga ko atazi icyo abanyamakuru bapfa n’ ibitaro ayoboye kuko ngo bagaragaza isura itari yo y’ ibitaro bigatera umwuka mubi mu baturage.
Ibitaro bya Muhima byahoze ari ishami ry’ ibitaro bikuru bya Kaminuza CHUK. Icyo gihe inshingano nyamukuru yabyo yari ukubyaza. Nyuma ibi bitaro byaje kugirwa ibitaro by’ akarere ka Nyarugenge bitangira gutanga izindi serivisi z’ ubuvuzi.
Dr (…) -
AZAM Media Ltd yahagaritse burundu imikoranire yayo na FERWAFA
30 August 2019, by Dusingizimana RemyKompanyi ya AZAM Media Ltd yamaze kwandikira FERWAFA iyimenyesha ko yahagaritse burundu amasezerano yo gutera inkunga shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda.
-
Meya Nambaje arashinjwa ko yanze guhemba umushoferi we amezi 9 amwishyuje aramukubita
10 July 2018, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi w’Akarere ka Ngoma Aphrodis Nambaje aravugwaho ko yanze kwishyura umushoferi bamaranye imyaka ine bagatandukana amukubise kuko ashatse kumwishyuza amezi 9 amurimo.
-
De Gaulle yimye amatwi abamusaba gutumiza inama ya komite Nyobozi ya FERWAFA
22 August 2017Mu itangazo rigenewe abanyamakuru rimaze gushyirwa ku rubuga rw’ ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA riravuga ko Komite nyobozi ya FERWAFA nta burenganzira ifite bwo gutegeka Perezida wa FERWAFA gutumiza Inama ya Komite Nyobozi kugirango atange ibisobanuro ku kibazo cy’amafaranga ibihumbi 20 by’amadolari y’Amerika yategetse ko ashyirwa kuri konti ye ndetse ko ibisobanuro birebana n’ikoreshwa ry’amafaranga bizahabwa Inteko Rusange ya FERWAFA niyongera guterana.
Nkuko (…) -
Perezida Kagame yatanze isezerano rikomeye ku mutwe wa FDLR
9 February 2023, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yavuze ko azakora ibishoboka byose kugira ngo umutwe w’iterabwoba wa FDLR ntukomeze kugaba ibitero ku Rwanda, kandi ko na Jenoside itazongera kuba ukundi.
Ibi yabigarutseho ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki 8 Gashyantare 2023, ubwo yakiraga Abahagarariye Ibihugu n’Imiryango Mpuzamahanga mu Rwanda, mu isangira risanzwe riba buri mwaka.
Mu ijambo yagejeje ku bahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda,Perezida Kagame yagarutse ku mwuka mubi uri hagati y’u Rwanda na Repubulika ya (…)
Umuryango.rw
Bakundukize Ruth yameze ibisa n’amabere abiri manini ku kaboko, aratabaza ngo avuzwe
Perezida Kagame yatanze isezerano rikomeye ku mutwe wa FDLR