Umwe mu byanzuro wafatiwe mu nama y’ abaminisitiri yateranye tariki 8 Ugushyingo 2017 ni iteka rya Minisitiri w’ intebe ryirukana mu kazi abacungagereza 36.
Umuvugizi w’ urwego rw’ igihugu rushinzwe imfungwa n’ abagororwa yatangarije Izubarirashe ko abo bacungagereza birukanywe burundu muri aka kazi bazira guta.
CIP Sengabo Helaly yavuze ko byitwa ko umucungagereza yataye akazi iyo amaze iminsi irindwi ataboneka ku kazi.
Inama y’ amaminisitiri kandi Iteka rya Minisitiri w’Intebe (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
RCS yatangaje impamvu abacungagereza 36 birukanywe burundu
9 November 2017, by Nsanzimana Ernest -
Ruhango: Umugore yakase igitsina cy’ umugabo we aratoroka
31 July 2018, by Nsanzimana ErnestUmugore w’ imyaka 23 yakase igitsina cy’ umugabo we w’ imyaka 32 ahita atoroka, umugabo ajya kwa muganga abatekerereza uko byamugendekeye.
-
Aho bamwe mu bahanzi nyarwanda ntibazagumirwa ko batandukana n’inkumi z’ikimero nta gihe gishize?
20 August 2017, by Iyamuremye JanvierAbahanzi n’abaririmbyi, abakinnyi ba filime, Abanyamideli n’abandi ni bamwe mu bantu bakurikirwa n’abantu benshi binyuze ku mbuga nkoranyambaga n’ amatsinda n’abo.
Ifoto cyangwa se ikindi kintu yakwandika ku rukuta runaka akoresha, yakirijwe amashimwe n’abakunzi icyo kintu batabarika. Mu bitekerezo bitangwa uzasanga higanjemo abifuza guhura nawe; abamubwira ko bamukunda; n’abandi banyurwa n’ibihangano cyangwa se ibindi bikorwa abakorera.
Ntabwo ndi umuhanga mu rukundo cyane ariko (…) -
Karongi: Iyi misozi yahoze ituwe ubu yambaye ubusa itegereje icyayi [AMAFOTO]
21 September 2018, by Nsanzimana ErnestUbuzima bagiye kubamo nyuma y’ uko bimuwe aho bari batuye ngo haterwe icyayi ntibabuvugaho rumwe, cyokora ubuyobozi bw’ akarere bubamara impungenge.
-
"P. Kagame yampakaniye ko Kakwenza Rukirabashaija yahungiye mu Rwanda": Gen Muhoozi
9 February 2022, by NIYIGABA DC CLEMENTMu masaha y’Umugoroba yo kuri uyu wa gatatu nibwo inkuru zakomeje kugenda zicicikana ku mbuga nkoranyambaga ko umwe mu banditsi b’ibitabo bakomeye muri Uganda usanzwe utavuga rumbe n’ubutegetsi bwa Kampala yahunze igihugu akerekeza mu Rwanda
-
Burundi: UN yakoze urutonde rw’ abayobozi bakuru bakekwaho ibyaha bikomeye
4 September 2017, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa Mbere tariki 4 Nzeli inzobere z’ umuryango w’ Abibumbye zasabye urukiko mpuzamahanga mpanabyaha gutangiza ibirego ku byaha birimo ubwicanyi n’ iyicarubozo bikorerwa mu Burundi hagatungwa agatoki abayobozi bakuru b’ iki gihugu.
Izi nzobere zivuga ko zakoze urutonde rw’ abayobozi bakuru bakekwaho ibi byaha, zigaragaza, amazina y’ ukekwaho icyaha, igihe icyaha cyakorewe, n’ uko cyakozwe.
Kiomisiyo y’ Umuryango w’ abibumbye ivuga ko uwagera mu Burundi yabona ibimenyetso by’ uko (…) -
Minisitiri Musoni aravugwaho gusambanya umugore w’ uwahoze ari umusirikare akamusenyera urugo
18 March 2018Minisitiri w’Ibikorwa Remezo, James Musoni arashinjwa n’ umugabo wahoze ari umusirikare w’ u Rwanda kumusambanyiriza umugore akanabyara umwana muri urwo rugo bikaba byaratumye urwo rugo rusenyuka nyiri urugo aravuga ko ubukene bukomeye.
Rtd. Captain Safari Patrick avuga Minisitiri Musoni yitwaje umwanya afite avogera urugo rwe ashukisha umugore we imyanya y’ ubuyobozi ubwo uyu mugabo yari yaragiye kwiga muri Uganda.
Rtd. Capt. Safari wakoze mu nzego zitandukanye z’ubuyobozi mu Rwanda, (…) -
Abanyarwanda babangamiwe no kubwirwa ko umuceri wo muri Congo iyo urenze ikilo kimwe utakaza ubuziranenge
29 August 2017, by Nsanzimana ErnestAba baturage bari bavuye guhinga muri Congo, ifoto yafashwe tariki 25 Kanama 2017
Abanyarwanda baturanye n’ igihugu cya Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo bavuga ko ubuyobvozi bwababujije kwinjiza mu Rwanda umuceri wo muri Congo urenze ikilo kimwe kuko uba udafite ubuziranenge.
Iyo ugeze ku mupaka uhuza u Rwanda na Congo uri mu karere ka Rusizi mu murenge wa Bugarama, uhahurira n’ urujya n’ uruza rw’ abavuga Ikinyarwanda n’ abavuga Igiswahili kivanze n’ igifaransa.
Abanyarwanda (…) -
Imvo n’ imvano y’ umunsi mpuzamahanga wa Mandela
19 July 2017, by Renzaho FerdinandTariki ya 18 Nyakanga ni Umunsi Mpuzamahanga wa Mandela, warashyizweho n’Umuryango w’Abibumbye mu mwaka wa 2009 mu rwego rwo kumuha icyubahiro nk’umuntu wagize ibigwi bikomeye mu guhirimbanira uburenganzira bw’ikiremwamuntu.
Nyakwigendera Nelson Mandela yagize ibigwi bitangaje, Afurika y’Epfo iramwirahira, isi yose imuha amashyi n’impundu kubera gukura Abanyafurika y’Epfo mu maboko ya bagashakabuhake b’abazungu bari barimitse ivangura ryari ryaraciye ibintu muri icyo gihugu, maze rigahabwa (…) -
Dubai: Umunyarwanda w’imyaka 12 yatwaye igikombe mu marushanwa y’icyongereza yitabiriwe n’ibihugu 20
8 October 2019, by Dusingizimana RemyUmwana w’umunyarwanda witwa Rugwiro Musoni Bria w’imyaka 12 ukomoka mu karere ka Huye, yabaye uwa kabiri mu marushanwa yo gusasengura amagambo y’icyongereza (Spelling) yaberega i Dubai muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu ahigitse bagenzi be bari baturutse mu bihugu 20 byo hirya no hino ku isi.
Umuryango.rw
"P. Kagame yampakaniye ko Kakwenza Rukirabashaija yahungiye mu Rwanda": Gen Muhoozi