Jeannette Kagame, umufasha wa Perezida w’ u Rwanda, Ishami ry’ Umuryango w’ Abibumbye rishinzwe kurwanya SIDA ryamugize ambasaderi wihariye w’ urubyiruko ingimbi n’ abangavu.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Jeannette Kagame yagizwe ambasaderi wihariye w’ ingimbi n’ abangavu
7 December 2018, by Nsanzimana Ernest -
Musanze: Wa muganga ukekwaho kwica Iradukunda biravugwa ko yabitewe n’ubwoba bw’inda yamuteye
11 November 2020, by Dusingizimana RemyKuwa 02 Ugushyingo 2020 nibwo mu karere ka Musanze hamenyekanye inkuru y’urupfu rw’amayobera rwa Iradukunda w’imyaka 17, wasanzwe mu murima w’ibishyimbo, nta mwambaro n’umwe yambaye, ahubwo aziritswe imigozi mu ijosi, amaguru n’amaboko.
-
Impuguke yasobanuye ukuntu hari igihe umugore ahabwa umwanya ukomeye mu buyobozi akaba agushije ishyano iwe mu rugo
3 July 2017, by Nsanzimana ErnestMu bigaragara inyuma umugore n’ umugabo bateye bitandukanye. Mu by’ ubwenge siko bimeze kuko mu bagore habamo abafite ubushobozi bw’ ubwenge buri ku kigero cyo hejuru n’ abafite ubushobozi bwo ku kigero kiringaniye nk’ uko bimeze mu bagabo.
Patrick Mico impuguke akaba n’ umushakashatsi mu by’ uburinganire bw’ abagabo n’ abagore avuga ko amateka n’ imiryango y’ abantu byafashe umugabo bikamuha amahirwe yo kugaragaza ubushobozi bw’ ubwenge afite. Mu mateka y’ u Rwanda ngo abagore ntabwo (…) -
Mpayimana Phillipe adaherekejwe n’umugore we yatanze kandidatire-AMAFOTO
22 June 2017, by Iyamuremye Janvier, Nsanzimana ErnestKomisiyo y’Amatora yari yavuze ko ku isaha ya saa ine (10h30 a.m) yakira inyandiko z’ibisabwa Umukandida wigenga Phillipe Mpayimana.
Ari mu ivatiri y’umweru yo mu bwoko bwa Toyota Carina itariho icyapa cya Taxi, Mpayimana yasesekaye kuri Komisiyo Saa 11:57. Mu cyumba cya Komisiyo y’amatora hinjiyemo abanyamakuru bagera ku 10 bazagufata amafoto n’amajwi. Mpayimana arava muri NEC atanga ikiganiro n’abanyamakuru
Uyu mugabo w’imyaka 46 yakiriwe n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo (…) -
Ingabo z’ u Rwanda zirizeza abanyarwanda ko abagabye igitero ‘I Nyaruguru bazafatwa’
16 July 2018, by Nsanzimana ErnestUmuvugizi w’ingabo z’u Rwanda yavuze ko abagabye igitero I Nyarugukuru bazamenyekana kaba ari agatsiko kagafatwa.
-
‘Imyemerere yagumisha Afurika aho imaze imyaka 100 ntabwo ari raporo twazageza ku Mana’ Minisitiri Busingye
15 September 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ Ubutabera w’ u Rwanda Johnston Busingye asanga amadini menshi atari ikibazo muri Afurika ahubwo ikibazo ari amadini yigisha Abanyafurika imyizerere irimo ubuyobe
-
Diane Rwigara n’ umuryango we uwabunganiraga yaba yabihagaritse
8 September 2017, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa Gatanu polisi y’ u Rwanda yongeye kujya mu rugo rwa Rwigara ijyanywe no gukura mu rugo Diane Rwigara, umuvandimwe we Anne Rwigara na nyina Adeline Rwigara ngo bage ku kubugenzacyaha kubazwa ku byaha bakekwaho.
Hari n’ amakuru avuga ko uwunganiraga uyu muryango mu mategeko yikuye muri iki kirego.
Ben Rutabana nyirarume wa Diane Rwigara, yatangarije BBC dukesha iyi nkuru ko ku isaha ya saa tanu kuri uyu wa Gatanu tariki 8 Nzeli aribwo yamenyeshejwe n’ umuntu atavuze amazina ko (…) -
Abaturage ntibavuga rumwe ku byuma bibasuzuma uburwayi bw’imbere mu mubiri
4 August 2021, by Dusingizimana RemyAbahanga mu ikoreshwa ry’ibyuma byo kwa muganga bisuzuma ubuzima bw’umuntu nka ‘scanner’ bahamya ko guca mu cyuma bikurura ingaruka nyinshi harimo no kurwara kanseri, bagatanga ihumure ko hari ubwirinzi bwateganijwe mu rwego rwo gukumira izo ngaruka. Ni mu gihe hari bamwe mu baturage bavugako bitewe impungenge nuko ngo bigabanya iminsi yo kubaho .
Hirya no hino mu gihugu usanga ku bitaro bitandukanye hari abaturage bagana serivisi zo kwivuza, zirimo n’izo guca mu byuma bireba mu mubiri (…) -
IGERERANYA: Imishahara y’ abaperezida b’ Afurika n’ iy’ abaperezida bakomeye mu Isi
20 July 2017, by Nsanzimana ErnestNtibyoroshye kumenya imishahara y’ abaperezida bayobora ibihugu byo ku mugabane wa Afurika bitewe n’ uburyo itumanaho rireba abaperezida bo kuri uyu mugabane ryubatse. Gusa ibinyamakuru bitandukanye mu matohora byakozwe byabashije kugira imwe n’ imwe bimenya.
Umuryango tugiye kubagezaho imishahara ya bamwe mu bakuru b’ ibihugu by’ Afurika ugereranyije n’ iy’ abakuru b’ ibihugu by’ ibihangange mu Isi.
Ikinyamakuru Jeunes Afrique mu bucukumbuzi cyakoze cyamenye ko Perezida wa Afurika y’ (…) -
Gasabo: Umugore arashinjwa kujya mu buraya we n’umugabo baryamira uruhinja rwe rurapfa
18 October 2021, by Dusingizimana RemyUmugore uvugwaho gukora umwuga w’uburaya biravugwa ko mu ijoro ryacyeye yararanye n’umugabo batera akabariro bakaryamira umwana w’uruhinja rw’ukwezi kumwe bikaruviramo gupfa.
Umuryango.rw
Abaturage ntibavuga rumwe ku byuma bibasuzuma uburwayi bw’imbere mu mubiri
Gasabo: Umugore arashinjwa kujya mu buraya we n’umugabo baryamira uruhinja rwe rurapfa