Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yashimagiye ukuntu mu myaka 23 ishize Abanyarwanda bavuye mu bwigunge avuga ko hari abahawe amazu arimo amashyanyarazi batazi uko amatara y’ amashyanyarazi azimywa bakajya bahuha nk’ abazimya agatadowa.
Umukuru w’ igihugu yabivuze kuri uyu wa Kabiri tariki 4 Nyakanga 2017 ubwo u Rwanda rwizihizaga ku nshuro ya 23 umunsi wo kwibohora.
Perezida Kagame yavuze ko habayeho kwibohora ku buryo bubiri. Kwibohora abantu no kwibohora mu bikorwa.
Yagize ati “ (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
“Hari abazimyaga ariya matara nk’ abazimya agatadowa” Perezida Kagame
4 July 2017, by Nsanzimana Ernest -
Ese wari uzi ko umuvuduko w’amaraso ukabije uvurwa ugakira ? (hypertension)
17 July 2021, by UbwanditsiUmuvuduko w’amaraso ukabije ni uburwayi bukomeye,bukomeje guhitana abantu benshi muri iki gihe, akenshi umuntu ashobora kubana na wo nta kimenyetso cy’uburwayi agaragaza nyamara ingingo ze nyinshi zikaba zakwangirika.Ibyo bituma abantu bafite umuvuduko w’amaraso mwinshi bakunze kujya kwa Muganga bazanywe n’ibimenyetso by’ingaruka zawo, kandi barashoboraga kubyirinda iyo baza kwipimisha kare bakamenya uko bitwararika.
Ese umuvuduko w’amaraso ni iki ?
Umuvuduko w’amaraso ni ingufu amaraso (…) -
Nta munyeshuri uzemererwa kwiga muri Kaminuza adakingiwe Covid-19
27 September 2021, by Dusingizimana RemyKu wa 23 Nzeri 2021, Minisiteri y’Ubuzima ifatanyije n’Inama y’Igihugu y’Amashuri Makuru na Kaminuza (HEC), bagiranye inama n’ubuyobozi bwa Kaminuza zitandukanye, yanzura ko “Umunyeshuri cyangwa umukozi muri Kaminuza utarakingiwe urukingo na rumwe rwa Covid-19, atemerewe kwinjira muri Kaminuza guhera kuri uyu wa Mbere tariki 27 Nzeri 2021.”
-
Guverinoma y’u Rwanda yashyizeho umuvugizi wayo mushya n’uwa Perezidansi
31 July 2021, by Dusingizimana RemyInama y’Abaminisitiri yateranye ku wa Gatanutariki 30 Nyakanga, 2021,yagize Madamu Yolande Makolo Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Rwanda naho Stephanie Nyombayire we akaba yagizwe Umuvugizi wa Perezidansi y’u Rwanda.
Stephanie Nyombayire yari asanzwe ari umukozi mu Biro bya Perezida wa Repubulika ushinzwe amakuru no kuvuga ibireba biriya biro( Public Relations Office).
Yolande Makolo yagizwe Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda muri Minisiteri (…) -
Gahunda ya Guma mu rugo yongereweho iminsi 11 n’Inama y’Abaminisitiri
17 April 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Gatanu tariki ya 17 Mata 2020, Perezida Paul Kagame yayoboye Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yabaye hifashishijwe ikoranabuhanga ry’iyakure, yigaga ku ngamba zo guhashya Coronavirus no guhangana n’ingaruka zayo yaje kurangira abagize Guverinoma bongereye gahunda ya Guma mu rugo iminsi 11 n’ukuvuga,kugeza kuwa 30 Mata 2020.
-
UMUHOZA Aurelie umwe mu bayobozi ba ADEPR akurikiranweho kuba mu mutwe w’iterabwoba
6 March 2021, by UbwanditsiUmuhoza Aurelie w’imyaka 39 uyu munsi ni umuyobozi ushinzwe ubukungu,imari n’imishinga muri ADEPR kuva muri 2017, akaba ariwe wasigaye mubo bari kumwe muri biro nyobozi ya ADEPR kuko abandi bakuwe mu nshingano zabo na RGB kuwa 02/10/2020 kubera ibibazo by’imiyoborere mibi,imikorere n’imikoranire mibi
Icyo gihe Umuhoza Aurelie yahise ahabwa inshingano zijyanye n’imicungire y’abakozi n’umutungo kugeza igihe abazayobora ADEPR mu gihe cy’inzibacyuho bazashyirirwaho.
Kuwa 08/10/2020 ubwo (…) -
Perezida Kagame ari Nayirobi mu muhango wo kwakira DRC muri EAC[AMAFOTO]
8 April 2022, by Rebecca UFITAMAHOROPerezida Kagame yamaze kugera i Nairobi mu gihugu cya Kenya , ahagiye kubera umuhango wo kwakira umukono ku masezerano yinjiza Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu Umuryango wa Africa y’Iburasirazuba(EAC).
-
Kagame yifurije Bongo kurwara ubukira afata mu mugongo Tanzania na Malawi
17 November 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda akaba n’ Umuyobozi w’ Afurika Yunze ubumwe Paul Kagame yifurije Perezida wa Gabon kurwara ubukira anihanganisha Malawi na Tanzania.
-
Abana ba Rujindiri barifuza ko Perezida Kagame yabaha inanga ikabafasha kwigobotora ubukene
13 August 2017, by Nsanzimana ErnestAbana ba Bernard Rujindiri batuye mu mudugudu w’ abasigajwe inyuma n’ amateka mu karere ka Kamonyi baravuga ko bugarijwe n’ ubukene bukabije baterwa no kuba inanga yabo yarariwe n’ imungu ikangirika. Bifuza ko Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yabafasha bakabona indi nanga bakabasha kwirwanaho.
Rujindiri ni umusaza wabayeho mu myaka yashize ari umuhanga mu gucuranga inanga. Nanubu inanga ze zirakifashishwa n’ ibitangazamakuru. Iyo uvuze “Imitoma ya Rujindiri” abenshi bumva atari interuro (…) -
Bishop Sibomana Jean umuvugizi mukuru wa ADEPR yatawe muri yombi
27 May 2017, by Nsanzimana ErnestNyuma y’ itabwa muri yombi ry’ abayobozi bakuru mu Itorero Pentekote mu Rwanda ADPR, magingo aya umuvugizi mukuru waryo Bishop Sibomana Jean nawe yatwe muri yombi n’ inzego z’ umutekano.
Umuvugizi wa polisi y’ u Rwanda ACP Theos Badege yabwiye Ikinyamakuru Umuryango ko Bishop Sibomana akurikiranyweho icyaha cyo kunyereza umutungo w’ itorero n’ ibindi byaha bifitanye isano nacyo.
Yagize ati "Hashingiwe ku bimenyetso byagaragaye mu iperereza rikomeje mu bibazo by’ icungamutungo w’ Itorero (…)
Umuryango.rw
Ese wari uzi ko umuvuduko w’amaraso ukabije uvurwa ugakira ? (hypertension)
Nta munyeshuri uzemererwa kwiga muri Kaminuza adakingiwe Covid-19
Guverinoma y’u Rwanda yashyizeho umuvugizi wayo mushya n’uwa Perezidansi
Gahunda ya Guma mu rugo yongereweho iminsi 11 n’Inama y’Abaminisitiri
Perezida Kagame ari Nayirobi mu muhango wo kwakira DRC muri EAC[AMAFOTO]