Umuraperi Hakizimana Murerwa Amani uri muri Gereza ya 1930 i Mageragere, aratangaza ko yababajwe bikomeye n’uburyo abakunzi be birirwa babaza amakuru ye nyamara bazi ko afunze bakaba batamusura.
Tariki ya 13 Ukuboza 2016 nibwo Pfla yatawe muri yombi, yafashwe anywa ikiyobyabwenge cya Héroïne kizwi ku izina rya Mugo, tariki ya 20 Mutarama 2017 nibwo yahamijwe iki cyaha Urukiko rumukatira umwaka umwe w’igifungo nyuma yo kuburana agatsindwa.
Ubungubu amezi abaye 5 P fla afungiye i (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Amezi abaye atanu umuraperi nyarwanda P-Fla ari mu gihome,gusa nubwo afunze hari abo anenga cyane(AMAFOTO)
20 June 2017, by Martin Munezero -
Abakinnyi bose b’ikipe ya Isonga Fc bahagaze imbere y’Iteraniro mu rusengero rwa ADEPR maze bashima Imana
19 June 2017, by Martin MunezeroAmakuru agera ku kinyamakuru cy’umuryango.rw ngo nuko kuri iki cy’umweru abakinnyi ba ISONGA FC bahagaze imbere y’Iteraniro mu Rusengero rwa ADEPR ya Remera bashima Imana ko yabafashije kuva mu kiciro cya kabiri bakaba bageze mu cya mbere muri Shampiyona y’u Rwanda.
Aba bakinnyi barengaga 16 baherutse no kubatirizwa muri uru rusengero rwa ADEPR ya Remera,bivugwa ko ngo bahiguraga umuhigo wabo dore ko banakunze kwitabira na gahunda z’Itorero zirimo n’iz’amasengesho yo kuwa Gatanu ategurwa (…) -
Mu mafoto reba uburanga n’imiterere By’umukobwa ukomoka mu gihugu cya Ethiopia uri mu rukundo na Meddy(AMAFOTO)
15 May 2017, by Martin MunezeroHaravugwa urukundo hagati y’umukobwa wo mugihugu cya Ethiopia, Sosena Aseffa na Ngabo Medart[Meddy], umuhanzi w’umunyaRwanda uba muri leta zunze ubumwe za Amerika. Urukundo rwaba bombi rwatangiye kugaragara ubwo uyu mukobwa yifashishwaga mu mashusho y’indirimbo ya Meddy yise “Burinde Bucya”. Uyu munsi tugiye kubagezaho amwe mu mafoto n’amwe mu mateka y’uyu mukobwa wigaruriye umutima w’umuhanzi Meddy. Sosena Aseffa na Meddy
Sosena Aseffa ni umukobwa ufite inkomoko mu gihugu cya Ethiopia (…) -
Kuganiriza abangavu n’ingimbi ku buzima bw’imyororokere n’inshingano z’umubyeyi uboneye
21 December 2020, by Dusingizimana RemyMuri iki gihe abangavu n’ingimbi bahura n’ibishuko bitandukanye biturutse ku makuru y’ibihuha bahabwa n’abababeshya yaba ku mbuga nkoranyambaga n’ahandi,bagamije kubashora mu busambanyi ndetse hari bamwe babyishoramo kubera kumvira abo babashuka.
-
Reba videwo y’umuhango w’irahira rya minisitiri w’Intebe mushya Dr.Ngirente Edouard
30 August 2017, by Martin MunezeroMu ijambo Perezida Kagame yagejeje ku bitabiriye umuhango w’irahira rya minisitiri w’Intebe,Dr.Ngirente Edouard yibukije uyu muminisitiri ko akamenyero k’u Rwanda na guverinoma ari uko abanyarwanda batajya bakora bonyine ko ahubwo bakorera hamwe.
Perezida Kagame kandi yashimye imikorere yaranze minisitiri w’intebe ucyuye igihe, ari we Murekezi Anastaze.
REBA VIDEWO HANO IRIMO UMUHANGO W’IRAHIRA RYA MINISITIRI W’INTEBE MUSHYA
Yashimye kandi imikorere ya guverinoma yose ishoje igihe (…) -
Umuraperi Bull Dogg arifuza ko bamugira umuniga w’umukire(AMAFOTO)
22 May 2017, by Martin MunezeroKuri uyu wa Gatandatu taliki ya 20 Gicurasi 2017 nibwo habaye igitaramo cyambere kibimburira ibindi mu marushanwa ya Primus Guma Guma Super Star kunshuro ya 7, igitaramo cyambere kikaba cyarabereye mu mujyi wa Huye kuri Stade yiyahoze ari Kaminuza y’u Rwanda ishami rya Huye. Umuraperi Bull Dogg uri mubahanzi 10 bari guhatanira ibihembo bya Primus Guma Guma yasabye abanyeshuri n’abandi bantu bari bateraniye kuri iyi stade kumushyigikira bakamugira umuniga w’umukire maze abizeza ko nibabikora (…)
-
Umubyeyi utwite yemerewe gukomeza konsa umwana yazavuka agasangira ibere na mukuru we
5 August 2018, by Nsanzimana ErnestInzobere nyarwanda mu bijyanye no konsa zivuga ko umubyeyi ugize ibyago byo gusama umwana yonsaga akiri muto adakwiye kumukura ku ibere ahubwo ko aguma kumwonsa kugeza undi avutse bakaba banasangira ibere.
-
Sobanukirwa ibyiciro n’ibirango by’amapeti y’Igisirikare cy’u Rwanda nuko agiye arutana[AMAFOTO]
14 August 2018, by Martin MunezeroAbakunzi b’ikinyamakuru Umuryango.rw, bagiye badusaba ko twazabasobanurira ibijyanye n’amapeti y’igisirikare cy’u Rwanda, ibirango bya buri peti ndetse n’uko amapeti agenda arutanwa. Muri iyi nkuru, turabagezaho ibisobanuro by’aya mapeti duhereye ku ipeti rito dufite mu Rwanda, kugeza ku rinini.
-
Urukiko rwategetse ko Bazeye na Lt Col Abega bayoboraga FDLR baburana bafunze
10 April 2019, by Dusingizimana RemyUrukiko rwibanze rwa Gasabo rwategetse ko Nkaka Ignace uzwi nka La Forge Bazeye Fils wari umuvugizi wa FDLR na Nsekanabo Jean Pierre uzwi nka Abega bari abayobozi bakuru mu mutwe w’abarwanyi wa FDLR,baburana bafunze.
-
Reba LA LIGA kuri Startimes-Lionel Messi yagumye muri LA LIGA igiye gutangira
7 September 2020, by Dusingizimana RemyBy Peter Auf der Heyde
Ubwo Messi yatangazaga ko yemeraga ko agiye kuguma mu ikipe ya FC Barcelona mu mwaka w’imikino utaha,mu cyumweru cya mbere cya Nzeri,benshi mu bakunzi ba ruhago muri Espagne bariruhukije.Messi ntabwo ari umukinnyi usanzwe.
Umuryango.rw
Kuganiriza abangavu n’ingimbi ku buzima bw’imyororokere n’inshingano z’umubyeyi uboneye
Reba LA LIGA kuri Startimes-Lionel Messi yagumye muri LA LIGA igiye gutangira