Diyabete cyangwa indwara y’igisukari (diabetes mellitus) ni indwara yibasira uburyo umubiri ukoresha isukari (isukari yo mu maraso izwi nka glucose), uyirwaye agira isukari nyinshi mu maraso, bitewe n’uko umubiri ukora umusemburo wa insulin nabi cyangwa se uturemangingo tw’umubiri tutumva neza insulin.
Glucose ni ingenzi mu mubiri cyane kuko niyo soko y’imbaraga umubiri ukoresha, niyo ituma uturemangingo dushobora gukora neza, kandi ifasha ubwonko mu mikorere n’imitekerereze.
Umurwayi wayo (...)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide

Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Diyabete indwara y’isukari nyinshi mu maraso, Menya byinshi kuri yo n’uburyo wayirinda
25 July 2021, by Ubwanditsi -
Chia Seeds, igihingwa cyaturutse Amerika y’Amajyepfo cyerera amezi atatu ikilo kikagura 3000frws!
18 May 2022, by UbwanditsiGahunda y’ibikorwa byo guteza imbere ubuhinzi n’ubworozi mu Rwanda ya 2018-2024 (Strategic Plan for Agriculture Transformation 2018-24) igaragaza ko uruhare rw’ubunzi bworozi mu iterembere ry’ubukungu mu myaka yatambutse rwari ku gipimo cya 5.3% naho uruhare rw’umusaruro w’ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi byoherezwa hanze y’igihugu rukaba rwari ku gipimo cya 3.8%.
Ibi bigaraza ko hakenewe gushirwa imbaraga mu ishoramari n’ubushakashatsi mubihingwa bishya ndetse n’ubworozi byazamura impuzandengo (...) -
Kuganiriza abangavu n’ingimbi ku buzima bw’imyororokere n’inshingano z’umubyeyi uboneye
21 December 2020, by Dusingizimana RemyMuri iki gihe abangavu n’ingimbi bahura n’ibishuko bitandukanye biturutse ku makuru y’ibihuha bahabwa n’abababeshya yaba ku mbuga nkoranyambaga n’ahandi,bagamije kubashora mu busambanyi ndetse hari bamwe babyishoramo kubera kumvira abo babashuka.
-
Umubare w’abanyarwanda bose wamenyekanye
27 February 2023, by TUYISENGE FabriceHatangajwe imibare y’ibyavuye mu ibarura rusange ry’abaturage ryakozwe umwaka ushize, igaragaza ko umubare w’Abanyarwanda wiyongereyeho miliyoni 2,7 mu myaka icumi ishize, aho igitsinagore ari bo benshi ugeraranyije n’igitsinagabo.
-
Perezida Kagame yijeje kongera umushahara w’abaganga n’abakora mu butabera
1 March 2023, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yavuze ko batekereza uko abaganga n’abakora mu nzego z’ubutabera bakongererwa umushahara gusa yirinze kuvuga igihe bizakorerwa.
Ubwo yari mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa 01 Werurwe 2023,Perezida Kagame yavuze ko igihugu nikibona aho gikura kizongerera umushahara abaganga n’abo mu nzego z’ubutabera nkuko cyabikoze ku barimu.
Ati "Abo bandi nabo hari igihe twigeze kureba ko twagira icyo dukora ngo hagire icyiyongeraho ku buzima bwabo cyangwa icyo bahembwa.Harimo nk’urugero (...) -
UMUHOZA Aurelie umwe mu bayobozi ba ADEPR akurikiranweho kuba mu mutwe w’iterabwoba
6 March 2021, by UbwanditsiUmuhoza Aurelie w’imyaka 39 uyu munsi ni umuyobozi ushinzwe ubukungu,imari n’imishinga muri ADEPR kuva muri 2017, akaba ariwe wasigaye mubo bari kumwe muri biro nyobozi ya ADEPR kuko abandi bakuwe mu nshingano zabo na RGB kuwa 02/10/2020 kubera ibibazo by’imiyoborere mibi,imikorere n’imikoranire mibi
Icyo gihe Umuhoza Aurelie yahise ahabwa inshingano zijyanye n’imicungire y’abakozi n’umutungo kugeza igihe abazayobora ADEPR mu gihe cy’inzibacyuho bazashyirirwaho.
Kuwa 08/10/2020 ubwo RGB (...) -
Watch LaLiga on StarTimes - Real Madrid get their campaign under way
17 September 2020, by UbwanditsiWhen Real Madrid take to the Reale Arena in the city of San Sebastián on Sunday for their LaLiga opener against Real Sociedad, it could well be that Zinedine Zidane will field a youngster who knows the opponents’ players by heart.
Norwegian international Martin Ödegaard, who signed for Los Blancos in 2015 when only 16 years old, spent last season on loan in the Basque country and played 31 matches for the Txuri-urdin (blue and white).
His form so impressed Zidane that he decided not to (...) -
Indwara ya Asima (Asthma) ishobora kuvurwa igakira? Umva icyo abaganga bavuga
3 June 2019, by UbwanditsiAsthma (soma asima) ni indwara y’ubuhumekero yongera ubukana bitewe n’umubiri w’umuntu ku giti cye, ihindagurika ry’ikirere, kwimuka cyangwa se aho umuntu ari.
-
Nkore iki? Muramu wanjye arashaka kungira umugore agatandukana na mukuru wange
3 July 2019, by UbwanditsiMu byukuri ndi kugisha inama urungano, hashize igihe kinini mbana n’ikibazo ariko ntabona umuntu ungira inama nyakuri. Muri 2014 mukuru wanjye yashakanye n’umugabo bakundanaga cyane. Bari bamaze igihe bakundana. Mukuru wanjye yari umukobwa warangije kwiga agira amahirwe ahita abona akazi, yari umukobwa mwiza.
-
Indwara za karande zigera kuri 95% ziravurwa zigakira burundu hifashishijwe imiti y’ibimera: Dr. Murugu
12 March 2019, by UbwanditsiDr. Peter Murugu
Dr. Peter Murugu, umuganga uturuka muri Kenya ubu wanafunguye ivuriro rivura ryifashishije imiti ikomoka ku bimera yemeza ko indwara bakunze kwita za karande zigera kuri 95% zishobora kuvurwa zigakira burundu hifashishijwe imiti hifashishijwe imiti y’ibimera kandi itagira izindi ngaruka ku buzima.