Bamwe mu banyamakuru bibaza icyo SACCO y’Abanyamakuru (ubwo izaba ibashije kujyaho) yazabamarira mu gihe benshi muri bo batagira n’umushahara!
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Cartoon: Bamwe mu banyamakuru batagira n’umushahara bibaza icyo "SACCO y’abanyamakuru" izabamarira!
6 August 2017, by Ubwanditsi -
Kampala: Woman loses uterus after police assault
3 July 2019, by UbwanditsiA human rights activist has had her uterus removed because of intense bleeding while giving birth following an alleged injury she suffered after police assaulted her.
Ms Annette Nana Namata, a single mother of five, went to the police headquarters in Naguru on April 24 to demonstrate against police dispersing of the Forum for Democratic Change rallies and the deployment at the home of Kyadondo East MP, Robert Kyagulanyi, alias Bobi Wine, in March.
-
Minisiteri y’Uburezi yatangaje ingengabihe y’amashuri abanza n’ayisumbuye iha agaciro igihembwe cya mbere cyizwe
13 October 2020, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Uburezi yatangaje ingengabihe nshya y’amashuri abanza n’ayisumbuye aho abanyeshuri bo mu mwaka wa 5 n’uwa 06 w’amashuri abanza,uwa 03 uwa 05 n’uwa 06 w’amashuri yisumbuye yose bazatangira kuwa 02 Ugushyingo uyu mwaka biga igihembwe cya kabiri.Iki gihembwe kizasozwa kuwa 02 Mata 2021.
-
Ikigo UNITED SCHOLARS CENTER kigiye kongera guhuza Abayobozi ba za Kaminuza zo hanze n’Abifuza kuzigamo
26 August 2024, by UbwanditsiIkigo UNITED SCHOLARS CENTER kivuga ko Abanyeshuri bo mu Rwanda bifuza kwiga hanze badakwiye kugira impungenge izo arizo zose , kuko imbogamizi bahuraga nazo zo gushaka za Kaminuza bigamo zabonewe umuti urambye.
Kuri ubu UNITED SCHOLARS CENTER ihuza Abanyeshuri bo mu Rwanda bifuza kwiga hanze ikabashakira za Kaminuza nziza mu Burayi, Amerika na Canada ndetse no muri Aziya, ikabashakira ibyangombwa byose bisabwa birimo ahari amashami bifuza, visa, uburyo bwo kwishura bworoshye, uburyo bwo (…) -
FDLR yateye urujijo benshi kubera itangazo ryo kubika Mudacumura yashyize hanze
19 September 2019, by Dusingizimana RemyUmutwe wa FDLR ugamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda washyize hanze itangazo ryo kubika ryateye benshi urujijo aho ryabitse uwitwa Gen. Mupenzi Pierre Bernard aho kuvuga Lt Gen.Mudacumura Sylivestre wishwe mu ijoro ryo kuwa 18 nzeri uyu mwaka ahitwa I Bwito muri Kivu y’Amajyaruguru.
-
Ese wari uzi ko umuvuduko w’amaraso ukabije uvurwa ugakira ? (hypertension)
17 July 2021, by UbwanditsiUmuvuduko w’amaraso ukabije ni uburwayi bukomeye,bukomeje guhitana abantu benshi muri iki gihe, akenshi umuntu ashobora kubana na wo nta kimenyetso cy’uburwayi agaragaza nyamara ingingo ze nyinshi zikaba zakwangirika.Ibyo bituma abantu bafite umuvuduko w’amaraso mwinshi bakunze kujya kwa Muganga bazanywe n’ibimenyetso by’ingaruka zawo, kandi barashoboraga kubyirinda iyo baza kwipimisha kare bakamenya uko bitwararika.
Ese umuvuduko w’amaraso ni iki ?
Umuvuduko w’amaraso ni ingufu amaraso (…) -
RWANDA:Reba ingano y’umushahara mushya wa Perezida w’u Rwanda, Abaminisitiri, Abadepite, Abasenateri, Guverinerinoma nibindi
4 June 2017, by Martin MunezeroIteka rya Perezida N°004/01 ryo ku wa 16/02/2017 rigena ingano y’imishahara n’ibindi bigenerwa Abanyapolitiki Bakuru b’Igihugu n’uburyo bitangwa, ryasohotse mu Igazeti ya Leta nimero idasanzwe yo kuwa 23/02/2017, rigaragaza ingano y’Imishahara aba Banyapolitiki Bakuru b’Igihugu bahabwa ndetse n’ibindi biherekeza iyo mishahara.
Aba Banyapolitiki Bakuru b’Igihugu, barimo Perezida wa Repubulika, Perezida wa Sena, Perezida w’Umutwe w’Abadepite; Minisitiri w’Intebe; ba Visi Perezida ba Sena; ba (…) -
IJAMBO RY’ UMUNSI MUGEZWAHO NA NEMI TV: Inyigisho y’uyu munsi iragira iti "Iwacu h’iteka"/ Part 1
8 April 2020, by Rev./Ev. Eustache Nibintije , UbwanditsiIjambo ry’Imana mugezwaho buri munsi na Nemi Tv, kora Subscribe kuri iyi channel kandi usangize abandi ubu butumwa bwiza. Imana ibahe umugisha
Inyigisho y’uyu munsi ni igice cya mbere cy’inyigisho igira iti: "Iwacu h’Iteka". Yikurikire hano hasi:
Ibi mubigezwaho na Nibintije Estache mw’ Izina rya NEMI
Wifuza gufashwa mw’ Ijambo ribohora watwandikira kuri WhatsApp nomero: +14123265034
Ikitonderwa: Izi nyigisho zitambutswa ku kinyamakuru Umuryango zarishyuriwe na Past Nibintije (…) -
Inzoga ya Leffe ubu irahari mu Rwanda ku giciro cyiza, ni imwe mu nzoga nke ku isi zitagira umufuke
19 September 2019, by UbwanditsiLeffe ni inzoga nziza yatangiye kwengerwa mu Bubiligi kuva muri 1240, ubu ikaba izanwa mu Rwanda na Strong Distribution Company Ltd, bikaba byaranatumye ibiciro bigabanuka ku bakunzi bayo.
-
Umuryango wa Niyitanga warasiwe Cosmos nk’igisambo watanze ikirego mu gisilikari
8 September 2018, by UbwanditsiNiyitanga Jean Calude bakundaga kwita Barthez cyangwa Kazungu warashwe nk’igisambo.
Mu ijoro ryo kuwa Kane tariki 6 Nzeri 2018 nibwo abasirikare bari ku irondo mu gace ka Rwezamenyo kari I Nyamirambo barashe umugabo w’imyaka 40 witwa Niyitanga Jean Claude bamwe bahimbaga Barthez abandi Kazungu ahita yitaba Imana.
Umuryango.rw
Minisiteri y’Uburezi yatangaje ingengabihe y’amashuri abanza n’ayisumbuye iha agaciro igihembwe cya mbere cyizwe
Ikigo UNITED SCHOLARS CENTER kigiye kongera guhuza Abayobozi ba za Kaminuza zo hanze n’Abifuza kuzigamo
Ese wari uzi ko umuvuduko w’amaraso ukabije uvurwa ugakira ? (hypertension)
Inzoga ya Leffe ubu irahari mu Rwanda ku giciro cyiza, ni imwe mu nzoga nke ku isi zitagira umufuke