Bamwe mu banyamakuru bibaza icyo SACCO y’Abanyamakuru (ubwo izaba ibashije kujyaho) yazabamarira mu gihe benshi muri bo batagira n’umushahara!
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Cartoon: Bamwe mu banyamakuru batagira n’umushahara bibaza icyo "SACCO y’abanyamakuru" izabamarira!
6 August 2017, by Ubwanditsi -
Minisitiri Ngirente yasubije abanyeshuri batewe impungenge n’ifungwa ry’amashuri bafite ibizamini bya Leta
29 June 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Kabiri tariki ya 29 Kamena 2021,Guverinoma yavuguruye amabwiriza yo kwirinda Covid-19, itangaza ingamba zikaze zigomba gukurikizwa mu turere umunani n’Umujyi wa Kigali, zirimo ko amashuri yose agomba gufunga.
-
Dr Pierre Damien Habumuremyi yabwiye urukiko ko atemera ibyaha ashinjwa
16 July 2020, by Dusingizimana RemyMu gitondo cyo kuri uyu munsi tariki ya 16 Nyakanga 2020, nibwo Dr Pierre Damien Habumuremyi yagejejwe imbere y’urukiko rwibanze rwa Gasabo kuburana ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo no kwiregura ku byaha birimo icyo gutanga sheki zitazigamiye n’icy’ubuhemu.
-
Minisiteri y’Uburezi yatangaje ingengabihe y’amashuri abanza n’ayisumbuye iha agaciro igihembwe cya mbere cyizwe
13 October 2020, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Uburezi yatangaje ingengabihe nshya y’amashuri abanza n’ayisumbuye aho abanyeshuri bo mu mwaka wa 5 n’uwa 06 w’amashuri abanza,uwa 03 uwa 05 n’uwa 06 w’amashuri yisumbuye yose bazatangira kuwa 02 Ugushyingo uyu mwaka biga igihembwe cya kabiri.Iki gihembwe kizasozwa kuwa 02 Mata 2021.
-
Ese wari uzi ko umuvuduko w’amaraso ukabije uvurwa ugakira ? (hypertension)
17 July 2021, by UbwanditsiUmuvuduko w’amaraso ukabije ni uburwayi bukomeye,bukomeje guhitana abantu benshi muri iki gihe, akenshi umuntu ashobora kubana na wo nta kimenyetso cy’uburwayi agaragaza nyamara ingingo ze nyinshi zikaba zakwangirika.Ibyo bituma abantu bafite umuvuduko w’amaraso mwinshi bakunze kujya kwa Muganga bazanywe n’ibimenyetso by’ingaruka zawo, kandi barashoboraga kubyirinda iyo baza kwipimisha kare bakamenya uko bitwararika.
Ese umuvuduko w’amaraso ni iki ?
Umuvuduko w’amaraso ni ingufu amaraso (…) -
RWANDA:Reba ingano y’umushahara mushya wa Perezida w’u Rwanda, Abaminisitiri, Abadepite, Abasenateri, Guverinerinoma nibindi
4 June 2017, by Martin MunezeroIteka rya Perezida N°004/01 ryo ku wa 16/02/2017 rigena ingano y’imishahara n’ibindi bigenerwa Abanyapolitiki Bakuru b’Igihugu n’uburyo bitangwa, ryasohotse mu Igazeti ya Leta nimero idasanzwe yo kuwa 23/02/2017, rigaragaza ingano y’Imishahara aba Banyapolitiki Bakuru b’Igihugu bahabwa ndetse n’ibindi biherekeza iyo mishahara.
Aba Banyapolitiki Bakuru b’Igihugu, barimo Perezida wa Repubulika, Perezida wa Sena, Perezida w’Umutwe w’Abadepite; Minisitiri w’Intebe; ba Visi Perezida ba Sena; ba (…) -
IJAMBO RY’ UMUNSI MUGEZWAHO NA NEMI TV: Inyigisho y’uyu munsi iragira iti "Iwacu h’iteka"/ Part 1
8 April 2020, by Rev./Ev. Eustache Nibintije , UbwanditsiIjambo ry’Imana mugezwaho buri munsi na Nemi Tv, kora Subscribe kuri iyi channel kandi usangize abandi ubu butumwa bwiza. Imana ibahe umugisha
Inyigisho y’uyu munsi ni igice cya mbere cy’inyigisho igira iti: "Iwacu h’Iteka". Yikurikire hano hasi:
Ibi mubigezwaho na Nibintije Estache mw’ Izina rya NEMI
Wifuza gufashwa mw’ Ijambo ribohora watwandikira kuri WhatsApp nomero: +14123265034
Ikitonderwa: Izi nyigisho zitambutswa ku kinyamakuru Umuryango zarishyuriwe na Past Nibintije (…) -
Umuryango wa Niyitanga warasiwe Cosmos nk’igisambo watanze ikirego mu gisilikari
8 September 2018, by UbwanditsiNiyitanga Jean Calude bakundaga kwita Barthez cyangwa Kazungu warashwe nk’igisambo.
Mu ijoro ryo kuwa Kane tariki 6 Nzeri 2018 nibwo abasirikare bari ku irondo mu gace ka Rwezamenyo kari I Nyamirambo barashe umugabo w’imyaka 40 witwa Niyitanga Jean Claude bamwe bahimbaga Barthez abandi Kazungu ahita yitaba Imana.
-
Umuhungu wa Aloys Nsekarije yagereranyije ubutegetsi bwa Kagame n’ ubwa Habyarimana agaragaza itandukaniro
28 May 2017, by Nsanzimana ErnestCol. Aloys Nsekarije wabaye Minisitiri w’ uburezi ku butegetsi bwa Habyarimana
Mitsindo Fidele umuhungu wa Aloys Nsekarije wabaye Minisitiri w’ uburezi kuri Leta ya Habyarimana yageranyije ubutegetsi bwa Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame n’ ubw’ uwahoze ari Perezida w’ u Rwanda Juvenal Habyarimana agaragaza Habyarimana yakoreshaga amayeri amugaragaza nk’ umuntu mwiza nyamara yihereye agapanga ibintu bibi.
Mitsindo Fidele uvuga ko yabanje kuba Burugumesitiri wa Komine Giciye, nyuma akaba (…) -
KWIHANA-Rev./Ev. Eustache Nibintije
29 April 2019, by Rev./Ev. Eustache NibintijeUmukozi w’Imana, Rev./Ev. Eustache Nibintije, Umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “Nibintije Evangelical Ministries” asigaye adufasha mu kugabura ijambo ry’Imana nkuko Imana yamuhaye uyu muhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugirango agirire abantu benshi umumaro mu gihe gisa niki. Uyu munsi yaduteguriye inyigisho yahaye umutwe ugira uti:” KWIHANA”.
Umuryango.rw
Minisitiri Ngirente yasubije abanyeshuri batewe impungenge n’ifungwa ry’amashuri bafite ibizamini bya Leta
Dr Pierre Damien Habumuremyi yabwiye urukiko ko atemera ibyaha ashinjwa
Minisiteri y’Uburezi yatangaje ingengabihe y’amashuri abanza n’ayisumbuye iha agaciro igihembwe cya mbere cyizwe
Ese wari uzi ko umuvuduko w’amaraso ukabije uvurwa ugakira ? (hypertension)