Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Indwara za karande zigera kuri 95% ziravurwa zigakira burundu hifashishijwe imiti y’ibimera: Dr. Murugu
12 March 2019, by Ubwanditsi
Dr. Peter Murugu
Dr. Peter Murugu, umuganga uturuka muri Kenya ubu wanafunguye ivuriro rivura ryifashishije imiti ikomoka ku bimera yemeza ko indwara bakunze kwita za karande zigera kuri 95% zishobora kuvurwa zigakira burundu hifashishijwe imiti hifashishijwe imiti y’ibimera kandi itagira izindi ngaruka ku buzima.
-
Diyabete indwara y’isukari nyinshi mu maraso, Menya byinshi kuri yo n’uburyo wayirinda
25 July 2021, by Ubwanditsi
Diyabete cyangwa indwara y’igisukari (diabetes mellitus) ni indwara yibasira uburyo umubiri ukoresha isukari (isukari yo mu maraso izwi nka glucose), uyirwaye agira isukari nyinshi mu maraso, bitewe n’uko umubiri ukora umusemburo wa insulin nabi cyangwa se uturemangingo tw’umubiri tutumva neza insulin.
Glucose ni ingenzi mu mubiri cyane kuko niyo soko y’imbaraga umubiri ukoresha, niyo ituma uturemangingo dushobora gukora neza, kandi ifasha ubwonko mu mikorere n’imitekerereze.
Umurwayi wayo (...)
-
Chia Seeds, igihingwa cyaturutse Amerika y’Amajyepfo cyerera amezi atatu ikilo kikagura 3000frws!
18 May 2022, by Ubwanditsi
Gahunda y’ibikorwa byo guteza imbere ubuhinzi n’ubworozi mu Rwanda ya 2018-2024 (Strategic Plan for Agriculture Transformation 2018-24) igaragaza ko uruhare rw’ubunzi bworozi mu iterembere ry’ubukungu mu myaka yatambutse rwari ku gipimo cya 5.3% naho uruhare rw’umusaruro w’ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi byoherezwa hanze y’igihugu rukaba rwari ku gipimo cya 3.8%.
Ibi bigaraza ko hakenewe gushirwa imbaraga mu ishoramari n’ubushakashatsi mubihingwa bishya ndetse n’ubworozi byazamura impuzandengo (...)
-
Dusobanukirwe n’uburwayi bwa porositate (prostate) indwara yibasira kandi igahitana abagabo batari bake
7 July 2021, by Ubwanditsi
Ese prostate ni iki ?
Porositate ni rumwe mu ngingo z’umubiri w’umugabo rujyanye n’imyororokere, ikaba iri imbere munsi y’uruhago, aho ishinzwe gukora ibintu bituma intanga iyo zimaze kuva aho zikorerwa mu mabya zizamuka mu miyoboro zikagera ahantu mu tuntu tumeze nk’udusaho (tumeze nk’udufuka) zigahura n’amazi agizwe na poroteyine yakozwe na porositate akajya muri twa dusaho, intangangabo zagera mo akaba ariho zikurira.
Ayo mazi nizo ntanga akaba ari nabyo byitwa amasohoro”. Porositate ifite (...)
-
Kigali: Agahinda k’umukobwa ugiye gukora ubukwe, yazitiwe n’isezerano yagiranye n’umunyarwanda uba i Burayi
26 November 2017, by Iyamuremye Janvier
Umunyarwanda wavuye mu Rwanda asabye umukobwa akamara imyaka itanu I Burayi, yatunguwe no kumva ko uwo yasize asezeranye nawe agiye gushyingirwa n’undi musore.
Yitwa Ben Nziza akaba ariyo mazina akoresha kuri Facebook, abara inkuru ye mu bice.Avuga ko kuva avuye mu Rwanda hashize imyaka itanu.Muri iyo myaka itanu yibuka neza ko mu bikorwa yasize akoze ari kumwe n’umukunzi we harimo no kuba barahamije isezerano.
Muri iyo myaka itanu amaze I Burayi mu mujyi wa Brusseles yakomeje gukoboka (...)
-
ADEPR: Bafukuraga Yorudani mu rusengero basangamo umurambo
14 December 2017, by Nsanzimana Ernest
Itorero pantekote mu Rwanda ADEPR ryemeje amakuru avuga ko mu karere ka Rubavu ubwo bacukuraga mu rusengero imbere ngo bubakemo yorudani basanzemo umurambo.
Uyu murambo wabonetse saa tatu na 20 zo mu gitongo cyo ku wa 12 Ukuboza 2017, mu murenge wa Mudende Akagari ka Rungu Umudugudu wa Bihe. Uyu murambo wabonetse bageze muri metero ebyiri ngo ni uw’ umugabo.
Umuvugizi mukuru wa ADEPR Rev. Karuranga Ephraim yatangarije UMURYANGO ko uwo murambo ari uw’ umuntu wapfuye muri 1994.
Yagize ati (...)
-
“NTUKAGAYE IGITABO KUBWO KU KIREBERA INYUMA”: Rev./Ev. Eustache Nibintije
27 June 2019, by Rev./Ev. Eustache Nibintije
Umukozi w’Imana, Rev./Ev. Eustache Nibintije, Umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “Nibintije Evangelical Ministries” yigisha ijambo ry’Imana nkuko Imana yamuhaye uyu muhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro.
-
Urubuga rwa internet www.mdgrou.com nirwo wasangaho amazu meza akodeshwa hose mu Rwanda/Menya byinshi kuri uru rubuga
24 September 2019, by Ubwanditsi
Kuri iki gihe uko Imijyi igenda yaguka, kandi abantu bahinduranya aho gutura no gukorera ari nako bijyana n’uko banakenera aho gutura no kuba, ikigo Multi Design Group Ltd cyashyizeho urubuga rwa internet www.mdgrou.com ruhuza abafite amazu yo gukodesha ndetse n’abayakeneye batiriwe bakora ingendo ndetse bata umwanya mu gushakisha.
www.mdgrou.com ni urubuga rwamamarizwaho amazu agurishwa n’akodeshwa n’ibibanza, ruhuza aba gura nabagurisha imitungo itimukanwa, yo mubyiciro n’ibiciro (...)
-
Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa ugizwe n’ubutaka bwubatseho inzu buri mu Murenge wa Shyara/Bugesera
6 February 2019, by Ubwanditsi
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa kabili taliki ya 19/02/2019 saa munani z’amanywa (14h00) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n’ubutaka bwubatseho inzu bwanditse ku mazina ya Gatorano Emmanuel na Nyirabirori Martine buherereye mu Karere ka Bugesera, Umurenge wa Shyara, Akagali ka Rutare ngo harangizwe urubanza Sacco Shyara yatsinzemo Gatorano Emmanuel, Nishyirambere Aimable na Kabayiza Jean Bosco.
Cyamunara ikazabera aho umutungo uherereye. (...)
-
‘Kuba Umunyarwanda asuhuza undi munyarwanda mu Cyongereza cyangwa mu Gifaransa biteye isoni’ Dr Vuningoma
4 February 2018, by Nsanzimana Ernest
Gusuhuzanya no kuganira mu ndimi z’ amahanga hari Abanyarwanda basigaye babifata nk’ ubusirimu cyangwa ikimenyetso cy’ uko basomye gusa Umuyobozi w’ inteko Nyarwanda y’ Ururimi n’ Umuco Dr James Vuningoma we asanga ari urukozasoni kuba Umunyarwanda yasuhuza mugenzi mu Cyongereza cyangwa mu Gifaransa.
Yabitangarije mu kiganiro ku Nteko cyo kuri Radio 10 cyatambutse kuri uyu wa 4 Gashyantare 2018. Dr Vuningoma avuga ko kumenya indimi z’ amahanga bifitiye akamaro Abanyarwanda kuko bazihahisha gusa (...)