Ikigo NIYO Travels kivuga ko Abanyeshuri bo mu Rwanda bifuza kwiga hanze badakwiye kugira impungenge izo arizo zose , kuko imbogamizi bahuraga nazo zo gushaka za Kaminuza bigamo zabonewe umuti urambye.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
NIYO Travels, ikigo gihuza abifuza kwiga hanze y’u Rwanda na Kaminuza bashaka kwigamo
19 December 2022, by Ubwanditsi -
Kaboneka yabajijwe niba uwayoboye ikigo cy’ ishuri kikanengwa azashobora Nyabihu
4 June 2018, by Nsanzimana ErnestUmuturage witwa Ruzirabwoba uvuka mu karere ka Nyabihu yabajije Minisititi w’ Ubutegetsi bw’ Igihugu Francis Kaboneka niba Musabimana Odette azashobora kuyobora akarere ka Nyabihu yatorewe kuyobora by’ agateganyo kandi ikigo cy’ Ishuri cya REGA ADEPR kirimo abanyeshuri 600 yayoboraga cyaranenzwe na Minisiteri y’ Uburezi ubwo yagenzuraga ireme ry’ uburezi.
-
Murangwa Hadidja niwe watorewe gusimbura Uwamurera Salama wangiwe kwinjira muri sena kubera ubunararibonye buke
3 October 2019, by Dusingizimana RemyUwitwa Murangwa Hadidja ni we watorewe guhagararira muri Sena Ihuriro Nyunguranabitekerezo ry’imitwe ya Politiki yemewe mu Rwanda,asimbura Uwamurera Salama uherutse kwangirwa n’Urukiko rw’Ikirenga kubera ubunararibonye buke.
-
Kigali: Umufuka w’ amakara wageze kuri 12 000 rwf, abagore bati ‘biraduteza amakimbirane mu ngo’
12 April 2018, by Nsanzimana ErnestAbacuruzi b’ amakara n’ abaguzi bayo bahangayikishijwe n’ uko amakara akomeje kubura no guhenda mu buryo bukabije , abagore bahabwa amafaranga n’ abo bashakanye bafite ubwoba ko iri zamuka ry’ amakara rirateza amakimbirane mu ngo zabo bitewe n’ uko abagabo bashobora kutabyiyumvisha bagakeka ko abagore barimo gusesagura umutungo w’ urugo.
-
Kagame Paul yatsindiye kuba Perezida w’u Rwanda 2017-2024
4 August 2017, by Iyamuremye JanvierPerezida wa Komisiyo y’Amatora, Prof Kalisa Mbanda, nyuma yo kuvuga aya majwi y’ibanze yagize ati “Twavuga ko afite [Paul Kagame] amahirwe yo kuzakomeza kuba uwa mbere akaba azatsindira uyu mwanya wa Perezida wa Repubulika muri manda itaha. Ibyo rero tukaba tuzabihamya ejo.”
Muri aya matora abantu batoreye kuri site z’itora 2,340 zigizwe n’ibyumba by’itora 16,691. Abanyarwanda bangana na 6, 897,076 nibo banyarwanda batoye aho Prof Kalisa Mbanda avuze ko amatora yagenze.
Ibyavuye mu (…) -
Startimes izerekana imikino izahuza ibihugu bikomeye I burayi muri UEFA Nations League
6 October 2020, by Dusingizimana RemyUbwo UEFA yicaraga igashyiraho irushanwa rya UEFA Nations League,yashakaga ko ibihugu byo ku mugabane w’I burayi bihangana mu mikino ikomeye cyane n’amarushanwa akomeye.
-
Col Tom Byabagamba yabwiye umucamanza ko ataburana “Gisivili” afunzwe akanabaho Gisilikali!
16 April 2021, by UbwanditsiMu rubanza rw’ubujujrire rwabaye hakoreshejwe ikoranabuhanga Col Tom Byabagamba n’abamwunganira bibukije umucamanza w’urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge wamuburanishaga ko yatanze inzitizi ko adakwiriye kuburanishwa mu nkiko za gisivili kandi ari umusilikali bityo bakwiriye kubanza gufata icyemezo kuri iyo nzitizi.
Col Tom Byangamaba akurikiranweho icyaha cyo kwiba telephone n’indahuzamuriro yayo, icyaha urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro rwamuhamije rukamukatira igifungo cy’imyaka 3. Akaba (…) -
Amavubi anganyije na Nigeria mu mukino wa mbere muri CHAN
16 January 2018, by Dusingizimana RemyIkipe y’igihugu Amavubi ibashije gukura inota rimwe kuri Nigeria mu mukino wa mbere wo mu itsinda C mu mikino ya CHAN 2018 iri kubera muri Maroc. Nubwo Nigeria yahabwaga amahirwe menshi mbere y’umukino,Amavubi abashije kubyitwaramo neza cyane ndetse abasha kubona inota rimwe kuri iki gihugu kizwi cyane mu mupira w’amaguru muri Afurika.
Umukino watangiye Nigeria iri hejuru ndetse mu guhererekanya umupira irusha Amavubi ku buryo bugaragara, aho yarase uburyo uburyo 2 bukomeye bwakagombye (…) -
Ange Kagame yasabwe aranakobwa[AMAFOTO]
28 December 2018, by Ubwanditsi 1Ange Ingabire Kagame umukobwa wa Perezida Paul Kagame amakuru ikinyamakuru UMURYANGO yamenye nuko uyu munsi tariki 28 Ukuboza yasabwe akanakobwa n’umusore bakundana witwa Bertrand Ndengeyingoma mu muhango wabereye mu rugo rwa Perezida Kagame mu karere ka Rwamagana, Umurenge wa Muhazi Akagari ka Ntebe mu mudugudu w’Urugwiro watumiwemo abo mu miryango yombi n’inshuti .
-
Gasabo: Umugabo yatemaguye umugore we aramwica ngo yatinze ku isoko
18 September 2018, by Nsanzimana ErnestUmugabo ukuze wo mu kagari Munini , Umudugudu Rudakabukirwa mu murenge wa Gikomero wo mu karere ka Gasabo yishe umugore we wari ufite imyaka 35 amutemaguye ngo yagiye guhaha aratinda.
Umuryango.rw
NIYO Travels, ikigo gihuza abifuza kwiga hanze y’u Rwanda na Kaminuza bashaka kwigamo
Startimes izerekana imikino izahuza ibihugu bikomeye I burayi muri UEFA Nations League