Ikigo cy’Igihugu cy’Iterambere, RDB, cyatangaje ko hari indi Kipe yo u mugabane w’Ubulayi yasabye ko nayo yakwamamariza Visit Rwanda, nyuma ya Arsenal yasinyanye amasezerano na RDB azarangira hagati ya 2020 na 2021.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide

Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Nyuma y’ikipe ya Arsenal hari n’indi kipe ikomeye i Burayi yasabye kwamamaza ’Visit Rwanda’
24 January 2019, by Martin Munezero -
Ifoto yakunzwe:Perezida Kagame yagaragaye ari hagati ya Perezida w’Ubumwe bw’u Burayi na Chancelier Kurz bombi bamufashe ku rutugu baganira baseka batwawe
19 December 2018, by Martin MunezeroPerezida Paul Kagame kuri uyu wa Kabiri yitabiriye Ihuriro rya Afurika n’u Burayi ryabereye mu mujyi wa Vienne muri Autriche.
-
Mu byo abapasiteri bavuga ku butinganyi harimo ko ari iturufu yo kwaka ubuhungiro
13 November 2017, by Nsanzimana ErnestKuryamana no gushakana kw’ abahuje ibitsina bizwi nk’ ubutinganyi bikomeje kutavugwaho rumwe. Bamwe mu ba pasteri bavuga ko ubutinganyi bugamije kurimbura Isi, abandi bakavuga hari abasigaye babwitwaza kugira ngo bake ubuhungiro mu bihugu bikomeye mu Isi.
Ibihugu 20 ku isi byemera gushyingira abamana bahuje ibitsina. Ni Argentine, Danmark, Hollande, Afurika y’ Epfo, Ububiligi, Ubwongereza, Iceland, New Zealand, Espagne, Brazil, Finland, Ireland, Norway, Sweden, Canada, France, Luxemborg, (...) -
Minisitiri Busingye yanyomoje abavuze ko u Rwanda rwaciye Igifaransa
25 October 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ Ubutabera akaba n’ intumwa nkuru ya Leta Johnston Busingye yavuze ko abavuze ko u Rwanda rwaciye ururimi rw’ Igifaransa babivuze kubera impamvu ariko atariko kuri.
-
Nyamagabe:Abantu bataramenyekana bagabye igitero ku modoka zitwara abagenzi 2 bahasiga ubuzima
16 December 2018, by Martin MunezeroMu karere ka Nyamagabe umurenge wa Cyiitabi,abantu bataramenyekana bahagabye igitero,bakigaba ku modoka zari zitwaye abagenzi,abantu babiri bahasiga ubuzima maze umunani barahakomerekera,batwika n’imodoka eshatu.
-
Kagame yasezeranyije Abanyarusizi amashanyarazi no kongera ubukerarugendo
28 July 2017, by Iyamuremye JanvierKuri uyu wa Gatanu tariki ya 28 Nyakanga 2017, Paul Kagame yiyamamarije mu karere ka Rusizi mu kibaya cyo mu Murenge wa Nyakabuye mu Kagari ka Mashyuza.Ni nyuma y’uturere twa Rutsiro na Karongi aho yaganiriye n’abamushyigikiye.
Kagame mu Karere ka Rusizi yabemereye amashanyarazi anabasezeranya kongera ubukerarugendo, ngo ibyo avuga si ugushaka amajwi mu matora ahubwo bizakorwa afatanyije n’ Abanyarwanda bose.
Mbere yo guhabwa ikaze Kagame, yabanjirijwe na Depite Bamporiki Edouard wavuze (...) -
Amafoto13 asekeje yashyizwe hanze mu bihe bitandukanye ya Barafinda
25 July 2017, by Martin MunezeroBarafinda Sekikubo Fred ni umugabo w’imyaka 47 wamenyekanye ubwo yajyanaga ibyangombwa bye muri Komisiyo y’amatora avuga ko ashaka kwiyamamariza kuba Perezida wa Repubulika y’u Rwanda mu matora azaba muri Kanama 2017.
Barafinda wemeza ko yigeze kugezwa mu bitaro by’abarwayi bo mu mutwe by’i Ndera akomeje kwamamara hirya no hino aho benshi usanga bamuhimbiye amagambo asekeje nkaya Joriji Baneti.
Ku mbuga nkoranyambaga zirimo Facebook, Whatsapp, Instagram usanga abantu iyo babonye akantu (...) -
Barafinda uvuga ko yazengurutse u Rwanda n’ amaguru ngo yamaze kugeza kuri NEC ibyangombwa byose asabwa
6 July 2017, by Nsanzimana ErnestBarafinda Ssekikubo Fred umwe muri batandatu batanze kandidatire zabo ku mwanya w’ umukuru w’ igihugu ariko utaragaragaye ku rutonde rw’ agateganyo aravuga ko yamaze gutanga ibyangombwa yari yabuze bigatuma atagaragara ku rutonde rw’ agateganyo.
Nk’ uko yabitangarije Umuryango ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane tariki 6 Nyakanga ngo ibyangombwa byose yaburaga kuri uyu wa Kane nibwo yarangije kubitanga.
Barafinda avuga ko kuri uyu wa Kane yatanze imikono irenga 600 kugira ngo mu isuzuma rwa (...) -
Hamenyekanye impamvu itangaje yatumye Abanyekongo batwika imodoka za MONUSCO
2 November 2022, by Dusingizimana RemyMuri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo abaturage baraye batwitse imodoka 2 z’ingabo z’Umuryango w’Abibumbye zishinzwe kurinda amahoro muri icyo gihugu (MONUSCO).
Izo modoka zatwikiwe ahitwa Kanyaruchinya mu birometero 5 ugana mu mujyi wa Goma.
Ababibonye bavuze ko abaturage bazitwitse bashinjaga ingabo za MONUSCO kugemurira ibikoresho bya gisirikare inyeshyamba za M23.
Ijwi ry’amerika rivuga ko ahagana saa tanu z’ijoro aribwo imodoka za MONUSCO zaturukaga Kiwanja zerekeza I Goma zageze ahitwa (...) -
Umubyeyi wijejwe inkunga na Minisiteri y’ ubutabera arifuza amafaranga cyangwa amatungo magufi
22 June 2018, by Nsanzimana ErnestAbakozi ba Minisiteri y’ubutabera kuri uyu wa 21 Kamena 2018 bibutse abazize Jenoside bo mu karere ka Huye mu Murenge wa karama ahahoze hitwa Komine Runyinya bashyikiriza Meya w’Akarere ka Huye inyandiko yemeza ko bazaremera umwe mu baturage barokotse Jenocide bo mu Murenge wa Karama.
0 | ... | 90 | 100 | 110 | 120 | 130 | 140 | 150 | 160 | 170 | ... | 2480