Umuratwa Priscillah [Princess Priscillah ] umukobwa w’umunyarwandakazi ukorera umuziki muri Leta zunze ubumwe za Amerika aricinya icyara nyuma yaho indirimbo eshatu yaririmbye zimaze kurebwa incuro zirenga miliyoni imwe kuri youtube. Princess Priscillah nimwe mu bahanzikazi nyarwanda bari imbere mu bafite abakunzi benshi , bagendera ku buryo azi kuririmba ndetse akaba anafite uburanga bumufasha kwigarurira imitima y’abafana benshi.
Uyu muhanzikazi yamenyekanye mu ndirimbo (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Umuhanzikazi Nyarwanda Priscillah mu byishimo bidasanzwe nyuma yo guca agahigo katarakorwa n’abandi bahanzi Nyarwanda
4 June 2017, by Martin Munezero -
Polisi y’u Rwanda yashyizeho ibihano bikarishye ku bashoferi bazajya bafatwa batwaye basinze
2 September 2019, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Mbere, Polisi y’u Rwanda yatangaje ko hejuru yo gucibwa amande asanzwe angana FRW 150 000 umushoferi ufashwe atwaye yasinze,hiyongereye kwamburwa uruhushya rwo gutwara mu gihe kingana n’umwaka.
-
Kandida- depite wandikiwe amazina atariyo ku rupapuro rw’ itora byarangiye anyuzwe n’ ibyayavuyemo
6 September 2018, by Nsanzimana ErnestNsengiyumva Janvier wari umukandida wigenga mu matora y’ abadepite ubu aravuga ko kuba yarahawe izina ritari irye ku rupapuro rw’ itora nta ngaruka byamugizeho ahubwo yanyuzwe n’ ibyavuye mu matora.
-
Itangazo ry’ inama y’ abaminisitiri yo ku wa 27 Mata 2018, RAB yahawe abayobozi bashya
28 April 2018, by Nsanzimana ErnestItangazo ry’ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yo ku wa Gatanu tariki ya 27 Mata 2018 FacebookTwitterWhatsAppEmail 0 27-04-2018 - saa 22:45, IGIHE Ku wa Gatanu, tariki ya 27 Mata 2018, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame.
1. Inama y’Abaminisitiri yemeje imyanzuro y’Inama y’Abaminisitiri yo ku wa 11 Mata 2018.
2. Inama y’Abaminisitiri yemeje ubutaka bwegurirwa Minisiteri y’Ingabo.
3. Inama y’Abaminisitiri (…) -
Dr Muvunyi Emmanuel yasimbujwe ku buyobozi bwa HEC
14 October 2019, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Uburezi, Dr Eugène Mutimura, yashyize hanze itangazo rivuga ko Muhizi Kageruka Benjamin ariwe Muyobozi w’agateganyo w’Inama y’Igihugu y’Amashuri makuru na Kaminuza (HEC) asimbuye ku mwanya Dr Muvunyi Emmanuel wari umuyobozi mukuru.
-
Davos: Perezida Kagame na Donald Trump bazagirana ikiganiro
24 January 2018, by Iyamuremye JanvierPerezida wa Repubulika Paul Kagame ari i Davos mu Busuwisi, aho yitabiriye inama y’Ihuriro ku bukungu bw’isi ribaye ku nshuro ya 48; bikaba biteganyijwe ko kuri uyu wa Gatanu azagirana ibiganiro na Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika Donald Trump.
Umujyanama mu by’umutekano wa Perezida Donald Trump, Jenerali Herbert Raymond McMaster niwe watangaje aya makuru.
Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda na Donald Trump wa Amerika bazaganira kuri uyu wa Gatanu tariki ya 26 Mutarama 2018 ibiganiro (…) -
Peace Cup: Rayon Sports yasubiriye Musanze FC, Sunrise FC ihagama APR FC
10 May 2017, by Martin MunezeroImikino ibanza ya 1/8 cy’igikombe cy’Amahoro yari yakomeje kuri uyu wa Gatatu, aho Rayon Sports yongeye gutsinda Musanze FC nyuma yo kuyikuraho amanota atatu muri shampiyona, APR FC ihagamwa na Sunrise bagwa miswi ubusa ku busa.
Umukino wa Rayon Sports wabereye kuri Stade Ubworoherane, mu Karere ka Musanze.
Musanze FC yakiniraga imbere y’abafana bayo, niyo yafunguye amazamu ku gitego cyatsinzwe na gitsinzwe na Wai Yeka mu gihe Rayon Sports yaje yishyura. ibifashijwemo na Nsengiyumva (…) -
Reba urutonde rw’ibyamamare bigera kuri 25 byapfuye mu mwaka umwe gusa wa 2016(AMAFOTO)
8 May 2017, by Martin MunezeroAmezi atandatu ya mbere y’umwaka wa 2016, urupfu rwateye icyuho mu muziki, sinema na ruhago, rwisasiye ubuzima bw’ibyamamare byakundwaga n’umubare munini w’abatuye Isi basigarana agahinda.
Iherezo rya muntu! Uyu mubiri twambaye uzapfa, abemera Imana bahawe isezerano ry’uko ku munsi w’izuka imibiri y’abapfuye bizera izahuzwa n’umwuka bakazagororerwa kubaho iteka mu Isi nshya (Ibyahishuwe 21-22).
Ku bapfuye betemera Yesu/Yezu nk’umucunguzi, urupfu ni igihano gihoraho iteka ryose. Kumenya (…) -
Impamvu yatumye Bruce Melody adashyirwa ku rutonde rw’abagomba kuzaririmbana na Jason Derulo muri Coke Studio ikomeje gutera benshi urujijo(AMAFOTO)
12 June 2017, by Martin MunezeroAmagambo akomeje kuvugwa n’abantu benshi batandukanye, aragaruka cyane ku kuba Bruce Melody atarabashije kugaragara ku rutonde rw’abahanzi ny’Afurika bazaririmbana na Jason Derulo, bibaza bati: Ese n’uko muzika nyarwanda iri ku rwego ruciriritse cyangwa n’uko tutavuga ururimi mpuzamahanga?
. Ese kuba Bruce Melody atarasohotse ku rutonde rw’abahanzi bagomba kuzaririmbana na Jason Derulo, ni ikibazo cya muzika Nyarwanda? Hashize Igihe kitari gito umuhanzi nyarwanda Bruce Melody yerekeje mu (…) -
KICUKIRO: Umukozi wo mu rugo arakekwaho kwiba akayabo akanaroga nyirabuja n’ abana be
21 July 2017, by Martin MunezeroNyuma yo kujyana ikirego cye kuri polisi, umugabo witwa Innocent Mugabo utuye mu kagari ka Nyanza mu murenge wa Gatenga ho mu karere ka Kicukiro arashakisha umukobwa wamukoreraga, ashinja kuroga umugore we n’abana be babiri.
Uwo bashinja kuroga uyu muryango ni umukobwa [twirinze gutangaza amazina ye] uri mu kigero cy’imyaka y’amavuko 27 ukomoka mu karere ka Nyamasheke mu Murenge wa Kanjongo, mu Kagari ka Susa mu Mudugudu wa Gatebe.
Mugabo avuga ko uwo mukobwa yabyutse akabiba amafaranga, (…)
Umuryango.rw