Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru ikinyamakuru UMURYANGO cyabagejejeho inkuru y’ ivuga ko Umuyobozi w’ Ishyaka Riharanira Demukarasi no kurengera ibidukikije mu ntara y’ Iburengerazuba yatawe muri yombi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Habumugisha, Umuyobozi wa Green Party mu burengerazuba wari watawe muri yombi yarekuwe
28 October 2018, by Nsanzimana Ernest -
RBC ntiyemeranya n’ abavuga ko iyo umukobwa aboneje urubyaro bimugiraho ingaruka zirimo kubyara atinze
14 May 2017, by Nsanzimana ErnestDr Sayinzoga Felix, ukuriye porogaramu y’ umubyeyi n’ umwana muri RBC
Mu gihe hari bamwe mu bakobwa batinya kwitabira gahunda zo kuboneza urubyaro bavuga ko hari bagenzi babo bitabiriye izi gahunda bazashaka bagatinda kubyara ndetse rimwe na rimwe bikabaviramo gusenya ingo, ikigo cy’ igihugu cy’ ubuzima RBC cyanyomoje aya makuru.
Kuboneza urubyaro ni umwe muri gahunda Leta y’ u Rwanda yafashe nyuma yo kubona ko Abanyarwanda n’ abatuye isi muri rusange bakomeje kwiyongera nyamara ubutaka (…) -
“Ni iki mu byukuri Adamu na Eva bakoze ubwo bari mu busitani ?”: Umva icyo Umuvugabutumwa John Loot abivugaho
26 March 2019, by UbwanditsiPapa Emile (iburyo) na John Loot (ibumoso) basanzwe batamvutsa inyigisho z’ivugabutumwa kuri Youtube
Muri Bibiliya, mu gitabo cy’Intangiriro, bavugamo inkuru y’abantu ba mbere Imana yari yaremye, Adam na Eva, Imana ikabatuza mu busitani aho babagaho nta kindi kibazo bafite nta n’indi mirimo basabwaga gukora ngo babashe kubaho.
-
Karongi: E.S. Ruhanda haravugwa abanyeshuri barenga 10 batwite
8 September 2017, by Nsanzimana ErnestAbanyeshuri barenga 10 bo mu ishuri ryisumbuye rya Ruganda riherereye mu murenge wa Ruganda mu karere ka Karongi baravugwaho kuba batwite.
Aya makuru yemezwa na bamwe mu banyeshuri biga kuri iki kigo ndetse n’ abaganga bo kigo nderabuzima cya Ruganda bavuga ko bamaze gupima abanyeshuri barenga 10 batwite.
Aba banyeshuri bavuga ko uku gutwita gufitanye isano no kuba abayobozi bashinzwe imyitwarire y’ abanyeshuri animateur na animatrice mu mpera z’ icyumweru baba bagiye kwiga.
Iki kigo (…) -
Indwara ya Asima (Asthma) ishobora kuvurwa igakira? Umva icyo abaganga bavuga
3 June 2019, by UbwanditsiAsthma (soma asima) ni indwara y’ubuhumekero yongera ubukana bitewe n’umubiri w’umuntu ku giti cye, ihindagurika ry’ikirere, kwimuka cyangwa se aho umuntu ari.
-
Se wa Miss Nshuti Divine Muheto yaje muba Polisi 7 bazamuwe mu Ntera
7 June 2023, by Rebecca UFITAMAHOROKuri uyu wa 7 Kamenya 2023 nibwo Perezida Kagame yazamuye mu ntera Abapolisi basaga 4000 muri Polisi y’u Rwanda, barimo Abofisiye bakuru, Abato n’Abapolisi basanzwe.
Abapolisi barindwi bari basanzwe bafite ipeti rya Chief Superindent of Police( CSP) bazamuwe mu ntera ku ipeti rya Assistant Commissioner of Police (ACP). Abo bapolisi barimo se wa Miss Rwanda 2022 Nshuti Muheto Divine ugiye kumarana ikamba imyaka ibiri. Se wa Miss Rwanda 2022 Nshuti Divine Muheto, Muheto Francis ari mu (…) -
Ibidasanzwe kuri Dr Iyamuremye Augustin wakamiwe n’ingoma 3 akanigisha abakomeye
8 December 2022, by Dusingizimana RemyDr Iyamuremye Augustin wari umaze imyaka 3 ari Perezida wa Sena y’u Rwanda yeguye kuri izi nshingano ndetse no ku zo kuba umusenateri mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda.
Kuri uyu wa 08 Ukuboza 2022,nibwo Dr Iyamuremye Augustin yashyize hanze ibaruwa y’ubwegure bwe avuga ko abitewe n’uburwayi.
Muri iyi baruwa yavuze ko yeguye ku mwanya w’ubuyobozi bwa sena no ku busenateri kubera impamvu z’uburwayi akaba akeneye gufata umwanya wo gukomeza kwivuza bitabangamiye inshingano ashinzwe. (…) -
Minisitiri Mbabazi yavuze ku rupfu rwa Yanga na Buravan "batumye abanyarwanda bishima"
17 August 2022, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’urubyiruko n’umuco Rosemary Mbabazi yatangaje ko yashenguwe n’urupfu rwa Nkusi Thomas wamamaye nka Yanga ndetse n’umuhanzi Yvan Buravan.
Mu butumwa yanyujije ku rukuta rwe rwa Twitter yavuze ko bagiye bakiri bato kandi bari bagikenewe, aboneraho kubashimira ku musanzu wabo batanze mu kubaka Igihugu ndetse no gutuma Abanyarwanda bishima.
Yasoje ubutumwa bwe abasabira iruhuko ridashira.
Yagize ati "Mbega umubabaro!
Burabyo Yvan (BURAVAN) na NKUSI Thomas (Yanga) mugiye (…) -
RDB yamenyesheje PAC ko igiye guhindura uburyo bw’ibaruramari yakoreshaga
29 September 2017, by Iyamuremye JanvierIkigo cy’igihugu gishinzwe iterambere RDB cyemereye komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo by’igihugu PAC ko kigiye guhindura uburyo bw’ibaruramari cyakoreshaga, kugira ngo ibibazo byakundaga kuvuka bitazongera kubaho. Ni mu bisobanuro RDB yahaye iyi komisiyo y’inteko ishingamategeko ku makosa yagaragaye muri raporo y’umugenzuzi mukuru w’imari ya Leta mu myaka itandukanye.
Mu makosa yagaragaye muri iki kigo harimo kuba uburyo gikoresha mu ibaruramari butajyanye (…) -
Umusirikare wa RDF yakatiwe igifungo cy’imyaka 15
7 January 2023, by Dusingizimana RemyUrukiko rwa Gisirikare rwakatiye Cpl Turikumwe igifungo cy’imyaka 15 no kwamburwa impeta za gisirikare nyuma yo guhamwa n’ibyaha byo gukomeretsa umuntu ku bushake bikamuviramo urupfu no gutoroka igisirikare.
Ni isomwa ry’urubanza ryabaye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki 6 Mutarama 2023, mu cyumba cy’inama cy’akagari ka Gaseke, Umurenge Mutete mu Karere ka Gicumbi.
Cpl Turikumwe yaregwaga ibyaha bibiri harimo gutoroka igisirikare no kwica umugore witwa Uwiragiye Clementine ku (…)
Umuryango.rw
RBC ntiyemeranya n’ abavuga ko iyo umukobwa aboneje urubyaro bimugiraho ingaruka zirimo kubyara atinze
Se wa Miss Nshuti Divine Muheto yaje muba Polisi 7 bazamuwe mu Ntera
Ibidasanzwe kuri Dr Iyamuremye Augustin wakamiwe n’ingoma 3 akanigisha abakomeye
Minisitiri Mbabazi yavuze ku rupfu rwa Yanga na Buravan "batumye abanyarwanda bishima"
Umusirikare wa RDF yakatiwe igifungo cy’imyaka 15