Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame kuri uyu wa Kane tariki 16 Ugushyingo 2017, yakiriye Perezida wa Estonia Madamu Kersti Kaljulaid uri mu Rwanda mu ruzinduko rw’ iminsi ibiri.
Uruzinduko rushamikiye ku ngendo z’akazi Perezida Kaljulaid ari gukorera ku Mugabane wa Afurika aho yanageze muri Ethiopia akagirana ibiganiro n’abayobozi b’icyo gihugu n’abayobozi mu Muryango w’Ubumwe bwa Afurika, nk’uko bigaragara mu itangazo ryashyizwe ahagaragara n’ibiro bya Perezida wa Estonia.
Iryo tangazo rivuga ko i (...)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide

Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Perezida Kagame yakiriye Perezida wa Estonia
16 November 2017, by Nsanzimana Ernest -
Uburasirazuba:Umukuru w’Intara yamaganye abavuga ko Intara y’Uburasirazuba ari iwabo w’inka n’abantu
25 February 2019, by Martin MunezeroUmuyobozi w’intara y’iburasirazuba Bwana Mufurukye Fred yamaganye zimwe mu mvugo zajyaga zikoreshwa nk’aho bajyaga bavuga ngo intara y’iburasirazuba ni iwabo w’inka n’abantu aho yavuze ko iri zina ari iry’abanyarwanda bose ndetse ahagarika burundu kuzajya baryitirira intara imwe gusa.
-
Mugheni Fabrice n’abandi bakinnyi bakomeye batakinnye umukino wa Sunrise FC bagarutse muri Rayon Sports izahura na Etincelles FC
28 October 2019, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Kabiri tariki 29 Ukwakira 2019, saa 18:00 nibwo Rayon Sports igomba kwakira ikipe ya Etincelles FC mu mukino w’umunsi wa 6 wa shampiona y’u Rwanda aho abakinnyi barimo Kakule Mugheni Fabrice,Kimenyi Yves na Amran Nshimiyimana bazakina uyu mukino.
-
Abahagarariye urubyiruko bagaragaje impamvu zituma rutitabira ku bwinshi kwinjira muri politiki
29 January 2020, by Dusingizimana RemyAbahagarariye urubyiruko mu turere twa Gisagara,Huye,Nyabihu,Ngororero na Nyamagabe dukoreramo umushinga wa Never Again Rwanda witwa Inzira nziza batangaje ko urubyiruko bahagarariye rufite imbogamizi nyinshi zituma rugenda biguru ntege mu kwinjira mu nzego zifata ibyemezo.
-
Pro-Femmes Twese Hamwe yabwiye ibanga abagore bahatanira kuba Abadepite
13 August 2018, by Nsanzimana ErnestAbagore 177 bemerewe na Komisiyo y’Amatora kwiyamamaza mu matora y’Abadepite ateganyijwe muri Nzeri uyu mwaka, babwiwe ko ibanga rizatuma batorwa ari ukwigirira icyizere no kugira intego mu byo bavugira imbere y’inteko itora mu gihe bari kwiyamamaza.
-
Abarimo kuvuguta umuti uzatuma Abanyafurika batongera gupfira mu nyanja bajya I Burayi bahuje amaboko
15 March 2018, by Nsanzimana ErnestUbuyobozi bwa Pan African Movement(PAM) bwatangije ibikorwa byabwo muri kaminuza yigisha ibijyanye n’ imiyoborere ‘African Leadership University’ ibarizwamo umuryango ‘kupambana’ wiyemeje gushishikariza Abanyafurika gukunda umugabane wabo.
Ibi bibaye mu gihe isi ihangayikishijwe n’ ikibazo cy’ abimukira bava muri Afurika bajya mu Burayi n’ Amerika bibwira ko ariho hari imibereho myiza binatuma abenshi bapfira mu nyanja. PAM na Kupambana bahuriza kukuba Afurika ntacyo ibuze ahubwo ko kuba (...) -
RIB yaburiye Ingabire Victoire ku magambo atangaza
9 October 2018Umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi bw’U Rwanda, Madame Ingabire Victoire yitabye ibiro by’ubugenzacyaha RIB kuri uyu wa 9 Ukwakira 2018 nyuma y’iminsi 24 yari ishize arekuwe n’imbabazi z’umukuru w’igihugu.
-
Perezida Kagame yongeye guhura na Perezida w’ Ubufaransa
11 March 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yahuriye na mugenzi we w’ Ubufaransa mu Buhinde ahabereye inama yiga ku kubyaza umusaruro imirasire y’ izuba bagirana ibiganiro.
Perezidansi y’ u Rwanda yatangaje Perezida Kagame na Emmanuel Macron uyobora u Bufaransa baganiriye gusa ntiyantaje ibyo baganiriye.
Perezida Kagame yaherukaga guhurira na Macron muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu nama y’Umuryango w’Abibumbye. Icyo gihe hari muri Nzeri 2017.
Perezida Kagame yatanze ikiganiro muri iyi nama y’ umunsi (...) -
Itel yizihije imyaka icumi imaze mu Rwanda inamurika telefoni nshya zigezweho
30 October 2017, by UbwanditsiItel yizihije imyaka 10 imaze ikorera mu Rwanda mu birori byabereye muri Marriot Hotel kuwa gatandatu
Knowless yaririmbiye abatumirwa zimwe mu ndirimbo ze zikunzwe cyane
Abakozi ba Itel babaye indashyikirwa barahembwe
-
Murenzi Abdallah yatumije inama yo guhosha amakimbirane ari muri Rayon Sports
23 July 2017Amakuru agera ku kinyamakuru Umuryango aravuga ko uwahoze ari umuyobozi wa Rayon Sports na mayor w’akarere ka Nyanza Murenzi Abdallah na Mugenzi we Hadji basanzwe ari abafana bakomeye b’ikipe ya Rayon Sports, kuri uyu munsi taliki ya 23 Nyakanga batumije inama irahuriramo abagize ubuyobozi bwa Rayon sports FC, Boad n’umuryango mu rwego rwo guhosha amakimbirane yavutse hagati y’izi nzego zose nyuma yo gutangaza isinya ry’umutoza Olivier Karekezi.
Ikibazo cyo kutavuga rumwe kw’izi nzego (...)
0 | ... | 140 | 150 | 160 | 170 | 180 | 190 | 200 | 210 | 220 | ... | 2480