Polisi y’igihugu yatangaje ko Diane Rwigara n’abo mu muryango we babajijwe ibibazo ku byaha bakurikiranyweho n’urwego rw’ubugenzacyaha (CID), birangiye basubizwa mu rugo rwabo mu Kiyovu.
Mu masaha y’igicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere tariki 4 Nzeri 2017, nibwo Diane Rwigara murumuna we Anne Rwigara n’umubyeyi wabo, Adeline Rwigara; batawe muri yombi na Polisi y’u Rwanda yabakuye mu rugo iwabo ,mu Kiyovu mu mujyi wa Kigali ku ngufu, nyuma y’uko bari banze kwitaba inzego z’ubugenzacyaha zari (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Nyuma yo kubazwa na Polisi abo mu muryango wa Rwigara basubijwe mu rugo
5 September 2017, by Martin Munezero -
IZINA RYE NI URUFUNGUZO – Rev. /Ev. Eustache Nibintij
1 May 2019, by Rev./Ev. Eustache NibintijeUmukozi w’Imana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta zunze ubumwe za Amerika, abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “ Nibintije Evangelical Ministries” asigaye adufasha mu kugabura ijambo ty’Imana nkuko yamuhaye umuhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro mu gihe gisa n’iki.
-
DRC: Hakozwe imyigaragambyo yirukana ambasaderi w’u Rwanda
30 May 2022, by Rebecca UFITAMAHOROKuri uyu wa Mbere tariki ya 30 Girurasi Urubuga rw’abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo (Dynamique Progressite revolutionaire –DYPRO) rwateguye imyigaragabyo yo kwamagana u Rwanda ku biro bya Ambasade ya Repubulika y’u Rwanda ,I Kinshasa.
-
Abacunga inyubako UTC ya Rujugiro bazamuye igiciro cy’ubukode hafi 400%, abahakoreraga barataka igihombo
6 July 2017, by Joseph HakuzwumuremyiTaliki 11/5/2017 nibwo abakorera mu nyubako ya UTC y’Umunyemali Rujugiro n’abandi bafatanyije babonye amaruwa ababwira ko igiciro cy’ubukode kizazamuka kuva mu kwezi kwa Nyakanga uyu mwaka kikagera ku madorali 40 kuri metero kare imwe (40$/m2).
Mu ibaruwa Umuryango ufitiye kopi ubuyobozi bwa UTC buragira buti:”Ubuyobozi bwa Union Trade Center (UTC) bunejejwe no kubamnyesha ko ibiciro by’ubukode bw’amangazine ndetse n’ibiro byo gukoreramo byahindutse ku uburyo ubu igiciro cy’ubukode kuri (…) -
Gitifu yafatiwe mu macumbi (Lodge) mu mujyi wa Kigali ari kumwe n’abana babiri b’abakobwa b’abanyeshuri bataruzuza imyaka y’ubukure
18 June 2017, by Martin MunezeroMu masaha y’urukerera rwo kuri uyu wa Gatandatu tariki 17 Kamena 2017, umunyamabanga Nshingwabikorwa w’akagari ka Ngeruka ko mu murenge wa Ngeruka mu karere ka Bugesera, yafatiwe mu macumbi (Lodge) mu mujyi wa Kigali ari kumwe n’abana babiri b’abakobwa b’abanyeshuri bataruzuza imyaka y’ubukure, nyuma y’uko bari bararanye mu kabyiniro guhera mu ijoro ryo kuwa Gatanu. Nyuma yo gufatwa, ubu akaba afunzwe aho arimo gukurikiranwa n’inzego z’umutekano.
Nk’uko byemejwe na SP Emmanuel Hitayezu; (…) -
Rwamagana: Abasiganwa ku magare bakoze impanuka, umwe arakomereka
25 June 2017, by Ferdinand DukundimanaMukundente, umusore ukinira Karongi Cycling Club muri Shampiyona yo gusiganwa ku magara, yakoze impanuka ikomeye ahita ajyanwa kwa muganga nyuma yo kugongana n’imodoka.
Iyi mpanuka yabereye i Rwamagana aho abasiganwa bari bageze baturutse i Ngoma. Mukundente wari mu cyiciro cy’abakuru cyasiganwemo abantu 24, yari ageze kuri dos d’âne agonga imwe mu modoka iri mu irushanwa yari imbere ye.
Umunyamakuru wa IGIHE uri kumwe n’abasiganwa yatangaje ko uyu musore wari mu b’inyuma, yakomeretse ku (…) -
Ku nshuro ya kane, Urubanza rw’abo kwa Rwigara rwasubitswe, basabye guhabwa ibitabo by’indirimbo
13 October 2017, by Iyamuremye JanvierKuri uyu wa Gatanu tariki 13 Ukwakira 2017, mu rukiko rukuru rwa Nyarugenge hakomereje ku nshuro ya Gatatu urubanza rw’abo mu muryango w’Umunyemari Rwigara Assinapol aribo:Diane Rwigarana, Anne Rwigara na Nyina wabo; Adeline Rwigara Mukangemanyi
Me Gatera Gashabana yageze mu rukiko aje kunganira Mme Adeline Rwigara wari wagaragaje mu rubanza ruheruka ko yifuza kunganirwa nawe.Mu rukiko Me Gatera yavuze ko yagirane ibiganiro n’umukirya we ku munsi w’ejo bityo ko atabonye umwanya wo gusoma (…) -
Umwe mu bateye inkunga Miss Rwanda 2020 yavuze kuri Miss Naomie no ku Gisonga cye cya mbere Umwiza Phiona
5 March 2020, by UbwanditsiUmwe mu baterankunga b’irushanwa rya nyampinga wu Rwanda 2020, ni isosiyete y’ubucuruzi izobereye mu gutanga Serivisi mu bijyanye n’imitungo itimukanwa, ifite urubuga kuri interineti www.mdgrou.com rukora nk’isoko rusange rihuza abagura , abagurisha n’abakodesha amazu n’ibibanza, aho buri muntu wese yaba uwabigize umwuga n’utarabigize umwuga, yagurishiriza, akanakodesha amazu n’ibibanza.
-
‘Umuganda wagize uruhare mu kunga Abanyarwanda’ Depite Mukabalisa
1 October 2018, by Nsanzimana ErnestMukabalisa Donatille , uherutse kongera gutorerwa kuba Perezida w’ Inteko ishinga amategeko umutwe w’ Abadepite yagaragaje undi musanzu umuganda ufite mu Rwanda wiyongera ku gufasha abaturarwanda gutura heza hari ibikorwaremezo.
-
"Gukora ikintu mu gihe cyacyo ni umuyoboro w’ubutsinzi": Rev./Ev. Eustache Nibintije
18 March 2019, by Rev./Ev. Eustache NibintijeUyu munsi nabateguriye inyigisho ifite umutwe ugira uti:" Ukwiriye kwitoza gukora ikintu mu gihe cyacyo kuko ari umuyoboro w’ubutsinzi ". Ijambo “ Procrastination mu rurimi rw’ Icyongereza riva ku ijambo ry’ lkilatini “ Procrastive”, ngerageje kurisobanura mu kinyarwanda akaba ari ukureka gukora ikintu mu gihe cyacyo ukiteganyiriza kuzagikora ikindi gihe kandi bishobora kugira ingaruka mbi.
Umuryango.rw
DRC: Hakozwe imyigaragambyo yirukana ambasaderi w’u Rwanda