Kuwa Gatanu w’iki cyumweru tariki ya 26 Kamena 2020,nibwo hazaba umuhango wo gushyingura Nyakwigendera Petero Nkurunziza wahitanwe no guhagarara k’umutima kuwa 08 Kamena uyu mwaka mu bitaro bya Hôpital du cinquantenaire Natwe Turashoboye bya Karuzi, biri mu bikomeye mu gihugu hafi y’umurwa mukuru, Gitega.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Hatangajwe amabwiriza azagenga umuhango wo gushyingura Perezida Nkurunziza kuwa Gatanu
22 June 2020, by Dusingizimana Remy -
Minisitiri Mutimura yeruriye abize MICROBIOLOGIE ko ‘gukora mu buvuzi kwabo biri kure’
25 June 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ Uburezi Dr Eugene Mutimura yasubije byeruye ikibazo cy’ abanyeshuri bize isomo rya Microlobiologie muri Kaminuza bagera hanze bagasanga ibyo bize ntaho biba ku mbonerahamwe y’ imyanya y’ imirimo mu Rwanda ababwira ko ushaka kuba umuganga agomba kongera agatangirira mu mwaka wa mbere wa kaminuza.
-
Reba LA LIGA kuri Startimes:FC Barcelona igiye guhura n’akazi gakomeye muri iki cyumweru
15 December 2020, by Dusingizimana RemyIkipe ya FC Barcelona ifite abakunzi benshi ariko ikaba itari kubakora ku mutima muri iyi minsi,ifite imikino 2 ikomeye irimo uw’ikirarane itakinnye kubera ko yatangiye LA LIGA ikererewe biturutse ku kiruhuko yahawe nyuma yo gusoza amarushanwa y’iburayi itinze.
-
Kigali: Agahinda k’umukobwa ugiye gukora ubukwe, yazitiwe n’isezerano yagiranye n’umunyarwanda uba i Burayi
26 November 2017, by Iyamuremye JanvierUmunyarwanda wavuye mu Rwanda asabye umukobwa akamara imyaka itanu I Burayi, yatunguwe no kumva ko uwo yasize asezeranye nawe agiye gushyingirwa n’undi musore.
Yitwa Ben Nziza akaba ariyo mazina akoresha kuri Facebook, abara inkuru ye mu bice.Avuga ko kuva avuye mu Rwanda hashize imyaka itanu.Muri iyo myaka itanu yibuka neza ko mu bikorwa yasize akoze ari kumwe n’umukunzi we harimo no kuba barahamije isezerano.
Muri iyo myaka itanu amaze I Burayi mu mujyi wa Brusseles yakomeje gukoboka (…) -
AMAFOTO+ VIDEWO utabonye mu irahira rya Perezida Paul Kagame
18 August 2017, by Iyamuremye JanvierKuri uyu wa gatanu tariki ya 18 Kanama 2017 ni umunsi utazibagirana mu mateka y’u Rwanda ukaba ibisubizo ku banyarwanda kuko uwo bitoreye yemeye ko agiye gukomezanya imbaduko muri manda y’imyaka irindwi, 2017-2024.
Umuhango w’irahira rye wafashe iminota irindwi n’amasegonda arindwi (7’07) gusa. Perezida Kagame yarihiye muri Stade Amahoro ahari ingabo z’u Rwanda zakoze akarasisi zigera hafi kuri 830, zari mu masibo 16, arimo 4 yari yambaye nk’ingabo zigiye ku rugamba, ingabo zari ziyobowe (…) -
Ibidasanzwe kuri Dr Iyamuremye Augustin wakamiwe n’ingoma 3 akanigisha abakomeye
8 December 2022, by Dusingizimana RemyDr Iyamuremye Augustin wari umaze imyaka 3 ari Perezida wa Sena y’u Rwanda yeguye kuri izi nshingano ndetse no ku zo kuba umusenateri mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda.
Kuri uyu wa 08 Ukuboza 2022,nibwo Dr Iyamuremye Augustin yashyize hanze ibaruwa y’ubwegure bwe avuga ko abitewe n’uburwayi.
Muri iyi baruwa yavuze ko yeguye ku mwanya w’ubuyobozi bwa sena no ku busenateri kubera impamvu z’uburwayi akaba akeneye gufata umwanya wo gukomeza kwivuza bitabangamiye inshingano ashinzwe. (…) -
Min. Munyeshyaka yagaragaraje inzira yo gusohoka mu bushomeri
14 November 2017, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ubucuruzi n’inganda, Vincent Munyeshyaka yeretse abafite ikibazo cy’ubushomeri ko hari urwego rwirengangizwa nyamara rushobora gutanga akazi ku bantu benshi.
Uyu muyobozi asanga ibigo biciriritse ari byo bifasha cyane mu guhangana n’ikibazo cy’ubushomeri kuko ngo n’ubwo biba ari bito ariko ari byo bitanga akazi kenshi ugereranyije n’ibigo binini kuko ari byinshi cyane ugereranyije n’ibinini.
Ibi Ministiri Vincent Munyeshyaka yabitangaje ku wa 13 Ugushyingo 2017, ubwo (…) -
Ibitaro bya gisirikare mu buryo bwihuse bwo gusuzuma Kanseri
24 August 2017, by Iyamuremye JanvierIbitaro bya gisirikare by’u Rwanda biri i Kanombe byungutse imashini yifashishwa mu gusuzuma no kuvura indwara ya kanseri mu buryo bwihuse, ku buryo umurwayi azajya ahabwa ibisubizo mu minsi 5, mu gihe uburyo bwari busanzwe, bwatumaga ibisubizo biboneka mu minsi 15.
Iyi mashini nshya ibitaro by’u Rwanda bya gisirikare byabonye iri mu bwoko bwa scanner ifite ikoranabuhanga rihambaye ku buryo ibizamini biba byafashwe bishyirwamo mu gihe cy’iminsi 3 umurwayi akaba yahabwa ibisubizo bye. (…) -
(Video)Afite ubwoba ko umunya-eritereya wamwimye inzu ye yazanamwica! Inzego zose yiyambaje byafashe ubusa
4 November 2019, by UbwanditsiJolie Claire, ni umukobwa w’imyaka 29 ufite inzu I Remera mu gace ka Nyarutarama aho yari asanzwe akoreramo ubucuruzi bwo gucumbikira abagenzi. Ni inzu igeretse gatatu ifite ibyumba 10 abagenzi bararamo n’ibindi bice bikorerwamo imirimo yo kubitaho.
-
Polisi biyigoye yakuye mu rugo Diane Rwigara, Nyina na murumuna we(AMAFOTO)
4 September 2017, by Iyamuremye JanvierMu masaha y’umugoroba kuri uyu wa 04 Nzeri 2017, Polisi y’u Rwanda yakuye mu rugo Diane Rwigara, murumuna we Anne Rwigara n’umubyeyi wabo, Adeline Rwigara.
Ni nyuma y’uko mu gitondo cyo kuri uyu munsi batumijwe mu bugenzacyaha bakanga kwitaba. Polisi yafashe umwanzuro wo kubakura mu rugo rwabo ku ngufu kugira ngo bitabe ubugenzacyaha. Ku wa 03 Nzeri, mu itangazo Polisi y’Igihugu yashyize hanze, ACP Theos Badege yasobanuye ko umuryango wa Rwigara udafuze ahubwo ko icyabaye ari ugusaka (…)
Umuryango.rw
Hatangajwe amabwiriza azagenga umuhango wo gushyingura Perezida Nkurunziza kuwa Gatanu
Ibidasanzwe kuri Dr Iyamuremye Augustin wakamiwe n’ingoma 3 akanigisha abakomeye
Ibitaro bya gisirikare mu buryo bwihuse bwo gusuzuma Kanseri