Perezida wa Repubulika Paul Kagame yihanganishije imiryango yaburiye abayo mu mpanuka y’indege ya Kompanyi y’indege ya Ethiopian Airlines. Ni impanuka yabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Perezida Kagame yihanganishije imiryango yaburiye abayo mu mpanuka y’indege ya Kompanyi y’indege ya Ethiopian Airlines
11 March 2019, by Martin Munezero -
Akarere ka Ruhango kabonye meya mushya
25 May 2018, by Nsanzimana ErnestNjyanama y’akarere ka Ruhango iherutse kweguza nyobozi yose y’aka karere kubera ibibazo byari bimazemo iminsi bijyanye n’imikoranire idahwitse n’imicungire mibi y’imari kuri iki gicamunsi yatoreye Habarurema Valens wari umukozi w’Ikigo k’igihugu gishinzwe iperereza n’umutekano (NISS) ku rwego rw’Intara y’Amajyaruguru kuba Umuyobozi w’ Akarere ka Ruhango ku majwi 180 kuri 17 ya Rukundo Felix bahatanaga
-
RIB yaburiye Ingabire Victoire ku magambo atangaza
9 October 2018Umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi bw’U Rwanda, Madame Ingabire Victoire yitabye ibiro by’ubugenzacyaha RIB kuri uyu wa 9 Ukwakira 2018 nyuma y’iminsi 24 yari ishize arekuwe n’imbabazi z’umukuru w’igihugu.
-
U Rwanda na Uganda byihaye iminsi 30 yo kongera kuganira none yarenze nta gikozwe
17 October 2019, by Martin MunezeroKu wa 16 Nzeri 2019, ni bwo abayobozi ku ruhande rwa Uganda n’u Rwanda bahuriye i Kigali, mu rwego rwo kurebera hamwe ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano ya Luanda, yashyizweho umukono n’abakuru b’ibihugu byombi muri Kanama uyu mwaka.
-
Impuguke yasobanuye ukuntu hari igihe umugore ahabwa umwanya ukomeye mu buyobozi akaba agushije ishyano iwe mu rugo
3 July 2017, by Nsanzimana ErnestMu bigaragara inyuma umugore n’ umugabo bateye bitandukanye. Mu by’ ubwenge siko bimeze kuko mu bagore habamo abafite ubushobozi bw’ ubwenge buri ku kigero cyo hejuru n’ abafite ubushobozi bwo ku kigero kiringaniye nk’ uko bimeze mu bagabo.
Patrick Mico impuguke akaba n’ umushakashatsi mu by’ uburinganire bw’ abagabo n’ abagore avuga ko amateka n’ imiryango y’ abantu byafashe umugabo bikamuha amahirwe yo kugaragaza ubushobozi bw’ ubwenge afite. Mu mateka y’ u Rwanda ngo abagore ntabwo (…) -
Rwamagana yongeye kuba iya mbere mu mihigo, Nyanza iba iya nyuma
9 August 2018, by Nsanzimana ErnestAkarere ka Rwamagana kongeye kuza ku mwanya wa mbere mu mihigo y’umwaka wa 2017/2018 n’amanota 84.5%, umwanya nubundi aka karere kari kajeho mu mihigo y’umwaka ushize.
-
Umwarimu wigishije Perezida Kagame mu mwaka wa gatandatu n’uwa karindwi yubakiwe inzu nziza-AMAFOTO
1 August 2017, by Iyamuremye JanvierNyabutsitsi Augustin w’imyaka 74 y’amavuko wigishije Perezida Paul Kagame mu wa gatandatu no mu wa Karindwi w’amashuri abanza, yishimira ko yongeye guhura nawe akanamwubakira inzu nziza atuyemo n’umuryango we.
Umusaza Nyabutsitsi yigishije Perezida Kagame mu ishuri ribanza rya Rwengoro, mu nkambi y’impunzi ya Gahunge, mu Karere ka Kabalore mu gihugu cya Uganda.
Ubwo ikinyamakuru izubarirashe.rw ducyesha iyi nkuru cyasuraga uyu musaza mu myaka ibiri ishize, yavugaga ko yifuza bikomeye (…) -
Perezida Kagame yasabye abayobozi bashya gukora mu nyungu z’Abanyarwanda gusa
19 March 2021, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubilika y’u Rwanda Paul Kagame yasabye abayobozi kwirinda gukorera inyungu zabo no gukora ibintu uko babishaka. Yavuze ko ibikorwa byose bigomba kuba mu nyungu z’Abanyarwanda.
-
NEC yamaganye ibyavuzwe na Ambasaderi w‘u Bwongereza ko amatora atanyuze mu mucyo
17 September 2017, by Iyamuremye JanvierUmunyamabanga Nshingwabikorwa wa NEC, Charles Munyaneza yamaganiye kure ibyavuzwe na Ambasaderi w’Ubwongereza mu Rwanda watangaje ko amatora yo mu Rwanda aherutse kuba muri Kanama tariki ya 03 na 04 atabaye mu mucyo.
Ambasaderi w’Ubwongereza, William Gelling, mu nyandiko yasohoye kuri uyu wa Gatanu, yavuze ko ayo matora ataciye mu mucyo ndetse ko hari byinshi byayaranze bihabanye n’ihame rya demokarasi.
Yagize ati “ Amatora ni cyo gipimo nyakuri cya demokarasi mu gihugu. Nagize (…) -
Perezida Kagame azageza ijambo ku bitabiriye inama ya BRICS muri Afurika y’ Epfo
26 July 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame kuri uyu wa 26 Nyakanga 2018 yageze mu gihugu cya Afurika y’ Epfo aho azitabira inama y’ abayobozi b’ibihugu bigize BRICS.
Umuryango.rw