Kuri uyu wa 10 Ukwakira, Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yagiranye ibiganiro na Minisitiri w’Intebe wa Québec,François Legault, nyuma y’ uko avuze ko ashyigikiye kandidatire ya Louise Mushikiwabo ku mwanya w’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’ibihugu bikoresha Igifaransa, OIF.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide

Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Perezida Kagame yaganiriye na Minisitiri w’Intebe wa Québec wemeye gushyigikira kandidatire ya Mushikiwabo
11 October 2018, by Nsanzimana Ernest -
“Abantu bacu nibakubitwa, bagafungwa, ntabwo tuzemera ibizaba mu matora” Dr Frank Habineza
15 June 2017, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi akaba n’ umukandida watanzwe n’ ishyaka riharanira Demukarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda Dr Frank Habineza avuga ko nk’ ishyaka DGPR bizeye ko komisiyo y’ igihugu y’ amatora izakora akazi kayo neza amatora agakorwa mu mucyo n’ ubwisanzure, ngo nitabikora ntabwo bazemera ibizava mu matora.
Dr Frank Habineza yabitangaje ubwo yari akimara gutanga kanditature ye kuri ubu iri mu zirimo guzumwa n’ abakomiseri ba komisiyo y’ amatora.
Mu nkuru yacu y’ ubushize twari twababwiye ko mu (...) -
Salome Nyirarukundo uherutse gushimirwa na Perezida Kagame yahawe amasezerano muri APR
31 May 2017, by Nsanzimana ErnestUmukinnyi w’ umunyarwandakazi uherutse gushimirwa na Perezida Kagame yasinye amasezerano yo kongera gukinira ikipe ya APR mu gihe kingana n’ imyaka itatu. Nyirarukundo yari amaze imyaka ibiri yirukanywe muri iyi kipe.
Ku wa Gatandatu, tariki 27 Gicurasi 2017 ubwo Perezida Kagame yaganiraga n’ intore z’ abakinnyi, abanyamakuru n’ abahanzi nibwo yashimiye umukinnyi Salome Nyirarukundo.
Nyirarukundo yashimiwe kuba yaritwaye neza akeguna isiganwa ryaberaga Berkhane muri Morocco muri uyu mwaka wa (...) -
Nyabihu: Inkuba yakubise ababaji babiri bahasiga ubuzima
31 March 2020, by Dusingizimana RemyAbagabo 2 bakoraga akazi k’ububaji basanzwe bapfuye, kuri uyu wa Mbere tariki 30 Werurwe 2020, mu kagari ka Basumba, umurenge wa Bigogwe ho mu karere ka Nyabihu aho bikekwa ko bakubiswe n’inkuba.
-
Dr Isaac Munyakazi yakatiwe gufungwa imyaka 10 n’ihazabu ya miliyoni 10 FRW kubera ibyaha bya ruswa
16 October 2020, by Dusingizimana RemyDr Isaac Munyakazi wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi, yakatiwe gufungwa imyaka 10 n’ihazabu ya miliyoni 10 Frw, nyuma yo guhamwa n’ibyaha bya ruswa no gukoresha ububasha yari afite mu nyungu ze bwite.
-
KIGALI:Abashoferi bahawe amakarita akoze mu buryo bw’ikoranabuhanga azanjya agaragaza imyitwarire yabo ku bagenzi
1 June 2017, by Martin MunezeroMinisitiri w’Urubyiruko n’Ikoranabuhanga, Jean Philbert Nsengimana n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwa Remezo ushinzwe gutwara abantu n’ibintu, Dr. Nzahabwanimana Alexis, batangije uburyo bwo kugenzura abashoferi batwara abagenzi hakoreshejwe amakarita.
Ubu buryo bwashyizweho n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Kugenzura Imirimo Imwe n’Imwe ifitiye Igihugu akamaro (RURA), bwatangijwe kuri uyu wa 31 Gicurasi 2017, buzajya butuma hamenyekana imyitwarire itari myiza y’umushoferi. Minisitiri (...) -
Gisagara: Umwarimu yatawe muri yombi akekwaho gusambanya umunyeshuli
12 October 2019, by Dusingizimana RemyUmwarimu witwa Musabyimana Emmanuel, uri mu kigero cy’ imyaka 30 wigisha ku ishuri rya G.S.Gasagara yatawe muri yombi n’ urwego rw’ igihugu rw’ ubugenzacyaha akekwaho gusambanya umunyeshuri.
-
Rayon Sports yigaranzuye APR FC yari imaze imyaka 4 yarayigaruriye
12 February 2023, by Dusingizimana RemyIkipe ya Rayon Sports yari imaze imyaka 4 mu bukorobi bwa APR FC,yayitsinze 1-0 mu mukino w’Umunsi wa 19 wa Shampiyona wabereye I Huye.
Imikino yari ishize ari 7 Rayon Sports itabasha gutsinda APR FC ariko uyu munsi yabigezeho ibifashijwemo na Ngendahimana Eric.
Uyu mukino watinze gutangira iminota 2 kubera ko izamu ritari rimeze neza,watangiye APR FC iri hejuru,Niyibizi Ramadhan agerageza uburyo bubiri bukomeye ariko umupira unyura hanze y’izamu rya Rayon Sports ryari ririnzwe na (...) -
Afurika nta mpamvu ifite yo kuguma mu bukene -Perezida Kagame
21 June 2018, by Nsanzimana ErnestGhana- Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame witabiriye inama yiga ku mpinduka zigamije iterambere rya Afurika yavuze ko nta mpamvu ihari yatuma ikomeza gukena kandi dufite umutungo kamere.
-
NGARAMBE, amateka ye ari mu byatumye aririmba ngo ‘UMWANA NI UMUTWARE’
5 December 2017, by Nsanzimana ErnestUmuhanzi akaba n’ umwanditsi w’ ibitabo Ngarambe Francois Xavier avuga ko uko yavutse, uko yarezwe n’ aho yakuriye ari byo byatumye ahimba indirimbo ‘Umwana ni umutware’ imwinjiriza hafi miliyoni 2 ku mwaka.
Nk’ uko Ngarambe yabitangarije UMURYANGO ubutuma buri muri iyi ndirimbo butuma bayikoresha ku maradiyo n’ amateleviziyo kenshi kuko buhura n’ amateka ya benshi bukanabakora ku mutima.
Ati “Umwana ni umutware niyo ndirimbo benshi bazi nk’ aho ari yonyine ngira, mfite n’ izindi ariko ‘Umwana ni (...)
0 | ... | 180 | 190 | 200 | 210 | 220 | 230 | 240 | 250 | 260 | ... | 2480