Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 10 Kamena 2017, Abanyarwanda baturutse mu bihugu by’Uburayi ndetse no mu mpande zitandukanye z’Isi barahurira i Ghent mu Bubiligi mu gikorwa cyitswe ‘Rwanda Day’, aho bungurana ibitekerezo ku iterambere ry’u Rwanda bakanashakira ibisubizo imbogamizi zikigaragara.
Muri ibi birori, umushyitsi mukuru araba ari Perezida wa Repubulika Kagame Paul. Biteganyijwe ko ageza ijambo ku bitabiriye ibi birori ndetse anagire umwanya wo kungurana ibitekerezo nabo.
Avuga kuri (...)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide

Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Itangazo Rigenewe Abanyamakuru: Rwanda Day igiye kongera kubera mu Bubiligi nyuma y’imyaka irindwi
10 June 2017, by Ferdinand Dukundimana -
’Hari icyuho hagati y’ abakoresha n’ abatanga uburezi’ REFAC
22 December 2017, by Iyamuremye JanvierMu mahugurwa yakozwe kuri uyu wa 21 Ukuboza 2017 ateguwe n’umuryango Rwanda Education for All Coalition (REFAC), yahurije hamwe abayobozi b’inzego zitandukanye bo mu karere ka Bugesera bafite aho bahurira n’urwego rw’uburezi, abarimu n’abayobozi b’ibigo by’amashuli, bagaragaje ko kuba bamwe mu banyeshuri ba Kaminuza barangiza ntibibone ku isoko ry’ umurimo biterwa no kudakorana hagati y’ abategura politiki y’ uburezi n’ abarimu
Aba bose bareberaga hamwe icyakorwa mu kuvugurura gahunda yo kugeza (...) -
Mu mafoto reba urutonde rw’amakwe 5 y’ibyamamare/kazi nyarwanda yavuzwe cyane mu mwaka umwe gusa maze biracika mu bitangazamakuru (AMAFOTO)
19 May 2017, by Martin MunezeroUmwaka wa 2016 wasize ibyamamare byinshi byo mu Rwanda bikoze ubukwe ariko twifuje gusubiza amaso inyuma tubarebera ubukwe bwavuzwe cyane bugatyaza ikaramu y’ibinyamakuru abandi bakabuvuga bigashyira kera.
.Ubukwe bw’iibyamamare byo mu Rwanda .Ubukwe bw’ibyamamare byo mu Rwanda bwavuzwe cyane mu mwaka wa 2016 .Urukundo rw’ibyamamare byo mu Rwanda .Ibyamamare byo mu Rwanda bisigaye byitabira gukora ubukwe
Abahanga bemeza ko ubukwe butibagirana ndetse ko ari ikintu gihora kibukwa imyaka (...) -
Dore ibyangombwa birenga 10 bisabwa ushaka kwiyamamariza kuyobora u Rwanda
12 June 2017, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa Mbere tariki 12 Kamena 2017, komisiyo y’ igihugu yatangiye kwakira kandidatire z’ abifuza kuyobora u Rwanda binyuze mu matora ya Perezida wa Repubulika y’ u Rwanda ateganyijwe muri Kanama 2017.
Dore ibyangombwa iyi komisiyo irimo kwaka abifuza guhatanira intebe y’ umukuru w’ igihugu mu matora.
1. Icyangombwa cyemeza ko ari Umunyarwanda. 2. Icyangombwa cyemeza ko afite ubwenegihugu bw’ u Rwanda gusa. 3. Icyemeza ko ubwenegihugu yari afite yabushubije niba yarabuhoranye. 4. (...) -
Nyanza: Abarokotse bo mu Mayaga bongeye gusaba Leta ko yabafasha Abarundi bakoze jenoside bakabiryozwa
23 May 2017Gihana Théogène uhagarariye Organisation pour le Soutien des Rescapés du Génocide de Mayaga (OSRGM)
Ubwo abarokotse bo mu gace k’Amayaga bibukaga ku nshuro ya 23 imiryango yabo yatikiriye muri jenoside yakorewe abatutsi mu 1994 bongeye gusaba Leta ko yabafasha impunzi z’abarundi bari mu Rwanda muri 1994 bakagira uruhare muri jenoside yarangira bagasubira iwabo nabo bakurikiranwa ubwicanyi basize bakoze bakaburyozwa.
Abarokotse bo mu miryango yari ituye mu cyahoze ari Komini Ntyazo na Muyira (...) -
"Ukraine nihabwe ibyo ikeneye byose irangize akazi"-Boris Johnson
9 February 2023, by Dusingizimana RemyUwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza,Boris Johnson yavuze ko iki aricyo gihe kugira ngo Ukraine ihabwe icyo ikeneye cyose kugira ngo itsinze Uburusiya bwayigabyeho ibitero mu mezi 11 ashize.
Bwana Boris Johnson yabivuze nyuma y’aho Perezida wa Ukraine,Zelensky,asuye Ubwongereza akabusaba indege z’intambara yise amababa y’ubwigenge.
Perezida Zelensky yasuye bitunguranye UK ndetse anagirana ibiganiro n’inteko ishinga amategeko aho yavuze ko gutsinda Uburusiya azaba ari intsinzi ikomeye (...) -
‘Nanyuzwe no kongera guhura na Perezida Kagame’ Umuyobozi wa FAO
22 August 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa Kabiri tariki 21 Kanama 2018, Perezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro n’umuyobozi Mukuru w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku biribwa n’ubuhinzi (FAO), José Graziano da Silva.
-
Amb KARABARANGA yashyikirije Perezida wa Guinea Bissau impapuro zo guhagararira u Rwanda muri iki gihugu
28 April 2021, by UbwanditsiTaliki ya 27 Mata 2021, Ambasaderi w’u Rwanda mu Bihugu bya Senegal, Guinea Bissau, Mali, Gambie na Cabo Verde, Nyakubahwa Jean Pierre KARABARANGA yashyikirije Nyakubahwa General Umaro Sissoco Embalo, Perezida w’Igihugu cya Guinea Bissau impapuro zimuhesha uburenganzira bwo guhagararira Igihugu cy’u Rwanda muri Guinea Bissau.
Yamugejejeho indamukanyo ya kivandimwe ya mugenzi we w’u Rwanda Nyakubahwa Perezida Paul KAGAME.
Perezida Umaro Sissoco Embalo yasabye ko Ambasaderi KARABARANGA (...) -
Inama y’abakuru b’ibihugu ya EAC igiye guterana ku nshuro ya 21 yiga ku ngingo nyinshi zirimo na RDC
26 February 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Gatandatu tariki ya 27 Gashyantare 2021 hazaba inama izahuza abakuru b’ibihugu bigize umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba iziga ku bintu byinshi birimo no gusuzuma ubusabe bw’igihugu cya RDC bwo kwinjira muri uyu muryango.
-
‘Umwaka ushize umusaruro w’ ubuhinzi wariyongereye kurusha uwawubanjirije’ Dr Ngirente
3 April 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ Intebe w’ u Rwanda Dr Edouard Ngirente ubwo yagaragarizaga inteko ishinga amategeko uko umusaruro w’ ubuhinzi uhagaze n’ ingamba guverinoma ifite mu guteza imbere ubuhinzi n’ ubworozi mu myaka iri imbere yavuze ko umusaruro w’ ubuhinzi umwaka ushize wa 2017 wiyongereho 7% mugihe mu mwaka wa 2016 wari wiyongereho 4% anagaragaza ingamba guverinoma ifite ngo uyu musaruro uzakomeze kwiyongerera anavuga Umubare w’ Abanyarwanda batunzwe n’ ubuhinzi.
Minisitiri w’ intebe yavuze ko muri (...)
0 | ... | 200 | 210 | 220 | 230 | 240 | 250 | 260 | 270 | 280 | ... | 2480