Ishyaka riharanira imibereho myiza n’ iterambere ry’abaturage PSD ryijeje abatuye mu karere ka Ngoma ubworozi n’ ubuhinzi bwa kijyambere kandi bakabashakira amasoko.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Ishyaka PSD ryizeje abatuye Ngoma ubuhinzi n’ ubworozi buteye imbere [AMAFOTO]
13 August 2018, by Nsanzimana Ernest -
Mukansanga wari Visi Meya wa Nyabihu akimara kwegura yahise atabwa muri yombi
12 May 2018, by Nsanzimana ErnestMukansanga Clarisse nyuma y’ amasaha make yeguye kumwanya w’ Umuyobozi w’ akarere ka Nyabihu wungirije ushinzwe imibereho myiza y’ Abaturage yahise atabwa muri yombi akurikiranyweho ibyaha bifitanye isano n’ ingengabitekerezo ya Jenoside.
-
Uzongera gupfunyikira umukiriya mu mpapuro zanditseho azajya ahanwa
2 August 2018, by Nsanzimana ErnestLeta y’ u Rwanda yaciye burundu umuco w’ abacuruzi bamwe na bamwe bapfunyikira abakiriya ibicuruzwa mu bipapuro byanditseho.
-
Umutoza ugiye kuza mu ikipe ya Rayon Sports yatangiye kunuganugwa
17 September 2019, by Dusingizimana RemyIkipe ya Rayon Sports ikeneye umutoza usimbura Robertinho umaze amezi make atandukanye nayo,iri mu biganiro n’abatoza benshi ariko uhabwa amahirwe menshi yo kuyigarukamo n’Umubiligi w’umurwanashyaka witwa Luc Eymael wayiherukagamo mu mwaka wa 2014.
-
Minnaert yatangaje uburyo bw’imikinire Rayon Sports irakoresha kuri Costa do Sol
6 April 2018, by Dusingizimana RemyUmutoza w’ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko ikipe ye irakina umukino wo kwatakira rimwe ndetse bakaza kugarira rimwe kugira ngo bashyire igitutu Costa Do sol yo muri Mozambike barakina uyu munsi mu mukino wo gushaka itike yo kwinjira mu matsinda ya CAF Confederations Cup. Rayon Sports irasabwa ibitego byinshi mu mukino ubanza
Mu myitozo ya nyuma yok u munsi w’ejo,Minnaert yabwiye abanyamakuru ko bamaze iminsi bareba amashusho agaragaza imikinire ya Costa do Sol muri aya marushanwa ya (…) -
Startimes yongeye guha abakunzi b’imikino ibyishimo ibereka umukino wa nyuma wa FA Cup
27 July 2020, by Dusingizimana RemyAbafatabuguzi ba Startimes bongeye gushyirwa igorora kuko Kuwa Gatandatu tariki ya 01 Kanama 2020 bazareba umukino wa nyuma wa w’igikombe cy’Ubwongereza FA Cup uzahuza ibihangange birimo Arsenal na Chelsea FC.
-
Rusizi: Akarere kamurikiye abasenateri raporo irimo ibinyoma haboneka umuntu ugatamaza
16 May 2018, by Nsanzimana ErnestAbasenateri bagize Komisiyo y’ Ubukungu n’ Imari ejo tariki 15 Gicurasi 2018 basuye akarere ka Rusizi bagiye kureba aho gahunda yo kugeza amazi meza ku baturarwanda igeze, aka karere kabagaragariza raporo yuzuyemo ibinyoma havamo umwe mu bashinzwe kugeza amazi ku baturage avuga ko iyo raporo ari intekinikano, ubuyobozi bw’ akarere bugeze aho burabyemera.
-
Dr GAHAKWA Daphrose yavuze ko nta wamurega agasuzuguro kuko atitabye PAC
14 October 2017, by Iyamuremye JanvierUmuyobozi wungirije w’ikigo cy’igihugu cy’ubuhinzi n’ubworozi (RAB), Dr Gahakwa Daphrose, aravuga ko atanze kwitaba Inteko Ishingamategeko kuko yageze mu nzira aganayo agafatwa n’indwara bityo akihutira kujya kwa muganga.
RAB yitabye Komisiyo Ishinzwe Gukurikirana Imikoreshereze y’Imari n’Umutungo by’Igihugu mu Nteko Ishinga Amategeko (PAC), kugira ngo bisobanure ku micungire mibi y’umutungo nk’uko byagaragajwe na raporo y’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta 2015/16.
Umuyobozi Mukuru (…) -
Perezida Kagame yagaragaje ko Afurika ikwiye umwanya muri G20
1 December 2018, by Nsanzimana ErnestMu ijambo yagejeje ku bitabiriye inama y’ ibihugu 20 bya mbere bikize ku Isi, Perezida w’ u Rwanda akaba n’ Umuyobozi wa Afurika yunze ubumwe Paul Kagame yeretse ibi bihugu ko bikwiye guha umwanya Afurika yunze ubumwe mu bikorwa byabo kandi ko impande zombi zabyungukiramo.
-
Umubyeyi ikinya cyamuremaje ingingo ahawe miliyoni 48 ziribwa na mukeba we
26 June 2018, by Nsanzimana ErnestIkinya
Gasabo -, Tuyisenge Christine , umugore wa Munyeshyaka Jean Damascene ukora muri Minisiteri y’ abakozi ba Leta n’ umurimo bamusanze mu nzu yarahocereye kubera inzara n’ agahinda nyamara Minisiteri y’ ubuzima yaratanze amafaranga ngo yitabweho nyuma yo guterwa ikinya kikamusigira ubumuga.
Umuryango.rw
Startimes yongeye guha abakunzi b’imikino ibyishimo ibereka umukino wa nyuma wa FA Cup