“Byagaragaye vuba cyane ko ibyari bimnaze kuba byari ishyano…napfuye muri 2015, si aka kanya.”Lesley Roberts yarumiwe cyane ubwo yasomaga ubutumwa buteye agahinda bwa nyuma umuhungu we Alex Hardy nyanditse kuri e-mail.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Inkuru ya Alex wiyahuye nyuma y’uko asiramuwe yateye benshi agahinda[AMAFOTO]
30 May 2019, by Martin Munezero -
Kamonyi: Abayobozi batandatu barimo ba Gitifu beguriye rimwe
2 October 2017, by Iyamuremye JanvierKu mugoroba wo kuri uyu wa Mbere tariki ya 02 Ukwakira 2017 abayobozi batandatu bo mu Karere ka Kamonyi beguriye icyarimwe ku mpamvu bavuga ko ari izabo.
Ibi bije nyuma y’igenzura rimaze iminsi rikorwa aho hari amakosa yagaragajwe y’Abaturage bubaka mu kajagari ndetse na bamwe mu bayobozi bijandika muri Ruswa, bigakorwa n’itsinda ryashyizweho ngo rigenzure amakosa yagiye akorwa mu myubakire.
Bivugwa ko Inzu zisaga 500 nizo zubatswe mu buryo budakurikije amategeko n’amabwiriza mu (…) -
DIRECA yashyize hanze Applications Umunani zihariye mu korohereza abanyarwanda ubuzima
3 March 2023, by Dusingizimana RemyIkigo cy’ikoranabuhanga cya DIRECA cyashinzwe mu rwego rwo gukemura ibibazo bya buri munsi by’abanyarwanda ku bijyanye n’ikoranabuhanga,cyashyize hanze Applications umunani zigamije gufasha abanyarwanda mu buzima bwa buri munsi.
Kuri uyu wa 03 Werurwe 2023,iki kigo cyamurikiye itangazamakuru Applications umunani zifite umwihariko wo gufasha abanyarwanda gukemura ibibazo bisanzwe bibagora mu buzima bwa buri munsi.
Ushinzwe Ubucuruzi muri DIRECA,Bwana Rudasingwa Victor yavuze ko bashyize (…) -
Sobanukirwa n’imyaka yo kujya mu kiruhuko cy’izabukuru kuri Ofisiye cyangwa Su-Ofisiye Mukuru w’umwuga
20 July 2017, by Iyamuremye JanvierKu itariki ya 17 Nyakanga 2017; 817 bo mu Ngabo z’ u Rwanda bashyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru abandi barangiza amasezerano y’akazi.Urubuga rwa RDF rugaragaza ko ofisiye jenerali ajya mu kiruhuko cy’izabukuru agize imyaka 55 y’amavuko mu gihe ofisiye Mukuru ajya mu kiruhuko cy’izabukuru agize imyaka 50 y’amavuko.
Ingingo ya 82: Ivuga ko ikiruhuko cy’izabukuru ku musirikare w’umwuga, imyaka yo kujya mu kiruhuko cy’izabukuru kuri Ofisiye cyangwa Su-Ofisiye Mukuru w’umwuga ni iyi ikurikira: (…) -
NI GUTE WAHANGANA N’IBIBAZO URIMO? – Rev./Ev. Eustache Nibintije
15 May 2019, by Rev./Ev. Eustache NibintijeUmukozi w’Imana, Rev./Ev. Eustache Nibintije, Umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “Nibintije Evangelical Ministries” yigisha ijambo ry’Imana nkuko Imana yamuhaye uyu muhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro.
-
Amateka y’Abarinzi b’Igihango b’uyu mwaka barimo AERG na Musenyeri HAKIZIMANA Celestin warokoye abatutsi bari St Paul
26 October 2018, by UbwanditsiMusenyeri Hakizmana Celestin wa Diyosezi ya Gikongoro ushimirwa na Unity Club nk’Umurinzi w’Igihango
Kuva mu mwaka 2010, Umuryango Unity Club Intwararumuri watangije ishimwe ry’Ubumwe Unity Award, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda abimburira abandi nyuma hagenda hakurikiraho amashyirahamwe yagaragaje ibikorwa by’indashyikirwa mu bumwe n’ubwiyunge.
-
Depite Mukama Abbas yagereranyije u Rwanda na Israel ituranye n’ abanzi ariko ikaba ikomeye
5 February 2018, by Nsanzimana ErnestVisi Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko Umutwe w’Abadepite, Mukama Abbas yagereranyije u Rwanda na Israel avuga ko ibi bihugu byombi bituye hagati y’ abanzi babyo asaba Abanyarwanda gukora cyane u Rwanda rugatera imbere kuko ngo kuba Israel ituye hagati y’ abanzi bayo ntabwo byayibujije gukomera.
Hon. Mukama yabivugiye mu nama yamuhuje n’abaturage bo mu Kagarika Kabeza, Umurenge wa Kanombe, Akarere ka Kicukiro kuri uyu wa 4 Gashyantare 2018.
Gusura abaturage mu tugari dutandukanye mu (…) -
Dusobanukirwe n’uburwayi bwa porositate (prostate) indwara yibasira kandi igahitana abagabo batari bake
7 July 2021, by UbwanditsiEse prostate ni iki ?
Porositate ni rumwe mu ngingo z’umubiri w’umugabo rujyanye n’imyororokere, ikaba iri imbere munsi y’uruhago, aho ishinzwe gukora ibintu bituma intanga iyo zimaze kuva aho zikorerwa mu mabya zizamuka mu miyoboro zikagera ahantu mu tuntu tumeze nk’udusaho (tumeze nk’udufuka) zigahura n’amazi agizwe na poroteyine yakozwe na porositate akajya muri twa dusaho, intangangabo zagera mo akaba ariho zikurira.
Ayo mazi nizo ntanga akaba ari nabyo byitwa amasohoro”. Porositate (…) -
Press Release - StarTimes to air Top Rank boxing in Sub Saharan Africa
11 September 2020, by UbwanditsiThe leading digital television operator in Africa, StarTimes, has acquired the exclusive broadcast rights for Bob Arum’s Top Rank events in 2020. This will see the broadcaster air live boxing events including many world titles bouts on the roster. StarTimes serves nearly 13 million subscribers via DTT & DTH platform and 20 million OTT users.
The media rights will run across all platforms including pay television and online mobile application enabling subscribers to access Top Rank‘s (…) -
Kwibuka25: Ijambo ry’Imana rivuga iki ku bikorwa byo “Kwibuka”?
6 April 2019, by UbwanditsiMu rwandiko Pawulo yandikiye itorero ry’ abafilipi 1:3 haravuga hati” "Ndashima Imana igihe cyose “ iyo MBIBUTSE”. Imyaka 25 irashize mu gihugu cyacu habaye jenoside yakorewe abatutsi. Abantu bacu twabuze bari abantu badusigiye byinshi bijyanye n’ imibereho yabo, tukaba twarabibutse kubera ko ari ingirakamaro kuri twe, maze tubigira urwibutso kugira ngo bijye bituma dukomeza kumva ko turi kumwe na bo.
Umuryango.rw
DIRECA yashyize hanze Applications Umunani zihariye mu korohereza abanyarwanda ubuzima
Dusobanukirwe n’uburwayi bwa porositate (prostate) indwara yibasira kandi igahitana abagabo batari bake
Press Release - StarTimes to air Top Rank boxing in Sub Saharan Africa