Umuhanzi The Ben uri mu bakunzwe mu Rwanda no hirya no hino muri Afurika yashyize agira icyo atangaza ku rukundo ruri kuvugwa hagati ye n’uwahoze ari umugore wa Diamond Zari Hassan aho yavuze ko ari umufana we usanzwe nta rukundo rudasanzwe bafitanye.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
The Ben yavuze ku rukundo ruri kuvugwa hagati ye na Zari wahoze ari umugore wa Diamond Platnumz
4 September 2019, by Dusingizimana Remy -
Diyabete, umuvuduko n’ umubyibuho bikabije ni bimwe mu bishobora gutera ubuhumyi
12 October 2017, by Nsanzimana ErnestDr Innocent Turate
U Rwanda rurakangurira abaturage kwirinda no kwivuza indwara z’ amaso kuko mu Rwanda hari ubushobozi bwo kuvura indwara zose z’ amaso.
Ubu butumwa, Umuyobozi w’ ikigo gishinzwe kurwanya SIDA n’ izindi ndwara Dr Innocent Turate yabutanze kuri uyu Kane tariki 12 Ukwakira umunsi muzamahanga wahariwe kwita ku buzima bw’ amaso.
Uyu munsi wizihirijwe I Masaka mu mugi wa Kigali, ninaho Dr Turate yavugiye ko indwara zirimo umuvuduko n’ umubyibuho bikabije bishobora gutera (…) -
Minisitiri Kaboneka ategetse ko Perezida w’ amakusanyirizo y’ ibirayi atabwa muri yombi
6 December 2017, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ ubutegetsi bw’ igihugu umwe mu ba minisitiri batatu bateraniye I Musanze mu nama igamije gushakira umuti ibibazo biri mu makusanyirizo y’ ibirayi yatetse ko Perezida w’ amakusanyirizo y’ ibirayi I Musanze atabwa muri yombi polisi ihita ibikora.
Uwatawe muri yombi yitwa Serucagu akaba yatawe muri yombi kubera ko amakusanyirizo y’ ibirayi ahenda abaturage.
Mbere y’uko atabwa muri yombi, Serucagu yabanje kubwira imbaga y’abahinzi barenga 500 hamwe n’abamisitiri ko amafaranga (…) -
Ikirango cy’ Ishyaka rya Dr Frank Habineza cyakemanzwe
13 June 2017, by Nsanzimana ErnestKomisiyo y’ igihugu y’ amatora yakemanze ikirango cy’ ishyaka riharanira Demukarasi no kurengera ibidukikije (DGPR) ivuga ko icyo kirango gishobora kuba gihuje amabara n’ idarapo ry’ u Rwanda.
Ku ikubitiro ishyaka DGPR, niryo ryatangaje ko rizatanga umukandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika mu matora ateganyijwe muri Kanama 2017, icyo gihe hari tariki 17 Ukuboza 2016.
DGPR niryo shyaka rukumbi ryagaragaje ko ridashyigikiye ivugururwa ry’ itegeko nshinga ryabaye mu mpera za 2015. (…) -
Rayon Sports yamaze gusinyisha Mukunzi Yannick wakiniraga APR FC
31 August 2017Umukinnyi wakinaga hagati mu ikipe ya APR fc Mukunzi Yannick amaze gusinyira ikipe ya Rayon Sports amasezerano y’imyaka 2 ndetse ahabwa amafaranga angana na miliyoni 12 z’amafaranga y’u Rwanda, nkuko amakuru agera ku Umuryango abitangaza.
Uyu musore ni umwe mu beza ikipe ya APR FC yagenderagaho ndetse akaba yarazamukiye mu ishuli ry’umupira w’amaguru rya APR FC aho yanitabazwaga mu ikipe y’igihugu ndetse ari umukinnyi uhoraho.
Uyu musore w’imyaka 22 bivugwa ko yafashe umwanzuro wo (…) -
“Simbuze aho kujya nyuma y’ iyi bizinesi” Perezida Kagame
22 June 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida Kagame yavuze ko atabuze aho kujya igihe azaba atakiri Perezida w’ u Rwanda anakomoza ku ishusho y’ u Rwanda yifuza ubwo azaba atakiri ku butegetsi.
Mu kiganiro Perezida Kagame yahaye abanyamakuru kuri uyu wa 22 Kamena, nyuma yo gushyikiriza komisiyo y’ igihugu y’ amatora ibyangombwa bisabwa uwifuza kwiyamamariza kuyobora u Rwanda muri manda y’ imyaka irindwi iri imbere, umunyamakuru yamubajije u Rwanda yifuza ubwo azaba atakiri ku butegetsi abanza kumubwira ko atabuze aho kujya (…) -
Perezida wa Rayon Sports yahishuye akayabo gakenewe kugira ngo Bisi y’ikipe irekurwe
24 February 2021, by Dusingizimana RemyUbuyobozi bushya bwa Rayon Sports bwatangaje ko imodoka yikipe yafatiriwe ndetse ubu iparitse ku akagera aho hakenewe 62,000,000 FRW yo kuyigombora bitakunda igatezwa cyamunara.
-
Perezida Kagame yahawe igihembo gihabwa inshuti nziza y’ Abayahudi
22 May 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yahawe igihembo mpuzamahanga kitwa “Dr.Miriam&Sheldon Adelson Award”, gihabwa umuntu wagaragaje kuba inshuti nziza y’Abayahudi na Israel
Iki gihembo yagifatiye mu mujyi wa New York mu birori byabaga ku nshuro ya gatanu byitwa “Annual Champions of Jewish Values Award Gala”.
Mu ijambo yagejeje ku Bayahudi n’inshuti zabo bari muri ibi birori, Perezida Kagame yashimye cyane Dr Elie Wiesel ukuriye uyu muryango.
Kagame yavuze ko ari iby’igiciro kinini (…) -
Minisitiri Gashumba yikomye kiriziya Gatolika yitambitse gahunda ya Leta yo kuboneza urubyaro mu bitaro byayo
21 June 2019, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ubuzima, Diane Gashumba, yasabye yasabye Abasenateri n’Abadepite kugirana ibiganiro na Kiriziya Gaturika igahindura imyumvire yo kubuza amwe mu mavuriro agengwa na yo, gukoresha uburyo bwo kuboneza urubyaro kandi bwarashyizweho na Leta.
-
Tariki 5 Nyakanga: Ibihugu bitandukanye byabonye ubwigenge ibindi byinjira mu myigaragambyo n’ intambara
5 July 2017, by Renzaho FerdinandTuri tariki ya 05 Nyakanga ni umunsi w’186 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 179 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo.
Bimwe mu bintu bikuru mu byaranze tariki ya 05 mu mateka.
1295: Igihugu cy’u Bufaransa na Scotland byashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye mu rwego rwo kurwanya u Bwongereza.
1594: Ingabo za Portugal ziyobowe na Pedro Lopes de Sousa, zatangiye kwigarurira ubwami bwa Kandy mu gihe cya Campaign ya Danture muri Sri Lanka, gusa ntabwo uru urugamba (…)
Umuryango.rw
Diyabete, umuvuduko n’ umubyibuho bikabije ni bimwe mu bishobora gutera ubuhumyi