Nyuma y’ umwaka igihugu cy’ u Burundi gitangaje ko kigiye kwikura mu rukiko mpuzamahanga mpanabyaha, kuri ubu bwamaze kubishyira mu bikorwa.
Mu mwaka ushize ibihugu birimo Afurika y’ Epfo, u Burundi, na Gambie byatangaje ko bigiye kwikura mu rukiko mpuzamahanga mpanabyaha ICC.
Gambia yabitangaje iyobowe na Yahya Jammeh, Perezida wasimbuye Jammeh, Adama Barrow avuga ko nta mpamvu yo kugira ngo igihugu cye gihagarike amasezerano gifitanye na ICC.
Nk’ uko BBC yabitangaje kuri ubu u Burundi (...)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide

Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
U Burundi bwamaze kwikura muri ICC
27 October 2017, by Nsanzimana Ernest -
Abanyamategeko bakomeye muri Uganda basabye Leta kurekura Abanyarwanda baherutse gufatwa
30 May 2019, by Dusingizimana RemyItsinda ry’abanyamategeko bakomeye muri Uganda ryasabye Leta ya Museveni kurekura abanyarwanda 2 baherutse gufatirwa muri iki gihugu bagiye mu birori bya batisimu,bakabafungira ahantu hatazwi.
-
Perezida Kagame yibukije Abanyaburayi ko Isi ihomba triyali 160 z’ amadorali kubera guheza abagore
5 June 2018, by Nsanzimana ErnestBruxelles, Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yavuze ko Isi ihomba miliyari ibihumbi 160 z’ amadorali ya Amerika(160 trillion $) kubera guheza inyuma abagore kandi bagize ½ cy’ abatuye yongeraho ko ari uruhare rw’ abayobozi guca ubusumbane hagati y’ abagabo n’ abagore.
-
Perezida Kagame yitabiriye umuhango wo gusezera bwa nyuma kuri Daniel Arap Moi
11 February 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Kabiri taliki ya 11 Gashyantare 2020 nibwo haraba umuhango wo gusezera bwa nyuma kuri Daniel Arap Moi wayoboye igihugu cya Kenya imyaka 24 yose nyuma yo gusimbura Jomo Kenyatta.
-
Umusirikare mukuru w’ Ubufaransa yavuze ko ibyo yabonye muri Jenoside yakorewe abatutsi bimubuza gusinzira
21 May 2018, by Nsanzimana ErnestUwabaye muri Opération Turquoise ngo ntagoheka kubera ibyo yabonye muri jenoside yakorewe abatutsi muri 1994. Nubwo adashinja mu bujurire bwa Ngenzi Octavien na Tito Barahira, avuga ko afite ukuri kumurya ahantu agomba gutangaza.
-
Umunyeshuri wapfuye abura amezi 3 ngo yitabire ibirori by’abarangije muri Kaminuza y’ u Rwanda inshuti ye yajyanye ikanzu ku gituro cye (Yavuguruwe)
4 November 2018, by Martin MunezeroInshuti ya Nyakwigendera Regis Niyotwagira witabye Imana abura amezi atatu ngo yitabire ibirori bisoza Kaminuza yagiye kumwunamira ishyira ikanzu yambarwa n’ abarangije kaminuza ku gituro cye.
-
Rubavu:Abagabo 2 bakurikiranyweho urupfu rwa mugenzi wabo wari wasinze
30 September 2019, by Martin MunezeroAbagabo babiri bari bakomoka I Rubavu bari mu maboko y’Ubugenzacyaha bakurikiranyweho kugira uruhare mu rupfu rwa mugenzi wabo witwa Vuganeza .
-
‘Nagize ngo hari undi wabikoze. Ibisubizo nk’ ibyo njye ndabyumva bikandwaza’ Perezida Kagame
28 March 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yakebuye abayobozi b’ u Rwanda birengagiza inshingano zabo bakigira ba ntibindeba abibutsa ko bakwiye gutekereza cyane kurenza abaturage bayoboye mu gushakira ibisubizo ibibazo u Rwanda rufite.
Umukuru w’ igihugu yabivuze ubwo yaganirizaga abayobozi bo mu nzego z’ ibanze bari mu mwiherero wabo kuri uyu wa Gatatu tariki 28 Werurwe 2018.
Yagize ati “Abayobozi tugomba gutekereza uko dukorera abaturage bacu. Ntabwo abayobozi baberaho kwirebaho. Iyo uri umuyobozi, (...) -
KAMONYI:Gerard yiyiciye umukobwa bari bagiye kurushinga yaramaze no gufata irembo
17 June 2019, by Martin MunezeroMu masaha ya mugitondo cyo kuwa Gatandatu tariki 15 Kamena 2019, nibwo abaturage bo mu mudugudu wa Gihembe, mu kagari ka Buhoro ho mu murenge wa Musambira mu karere ka Kamonyi, babyutse babikirwa urupfu rw’umukobwa witwaga Delphine bivugwa ko yiciwe mu rugo rw’umuvugabutumwa yari yahurijwemo n’umusore witwa Gerard bendaga gukora ubukwe, ndetse ngo yamwishe umunsi bari basigaye ari bonyine ngo banoze iby’ubukwe bwabo byari birimbanyije cyane ko hari haramaze no kubaho imihango yo gufata irembo.
-
Mu mafoto tambagira umujyi wa Ghent aho Perezida Kagame araganirira n’ Abanyarwanda baba mu Bubiligi
10 June 2017, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa Gatandatu tariki ya 10 Kamena 2017, nibwo hateganyijwe igikorwa gihuriza hamwe Abanyarwanda n’ inshuti zabo bakaganira, ni ‘Rwanda Day’ ya mbere igiye kubera mu gihugu cy’ u Bubiligi, irabera mu mujyi wa Kane mwiza muri iki gihugu Ghent mu Cyongereza cyangwa Gand mu Gifaransa.
Uyu mujyi utuwe n’ abasaga ibihumbi 250 uzwiho kuba igicumbi cy’ubucuruzi bw’indabo n’isango kuri ba mukerarugendo baturuka impande zose.
Uyu mujyi utuwe cyane n’abanyemari b’aba ‘Flamand’ amateka yerekana ko (...)
0 | ... | 250 | 260 | 270 | 280 | 290 | 300 | 310 | 320 | 330 | ... | 2480