Minisitiri w’ Intebe u Rwanda Dr Edouard Ngirente yagaragaje uko imyanzuro 9 yafatiwe mu nama ya 15 y’ umushyikirano yashyizwe mu bikorwa. Yabivuze kuri uyu wa 13 Ukuboza 2018 ubwo hatangizwaga umushyikirano wa 16.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
‘Imyanzuro 9 yafatiye m’ Umushyikirano w’ ubushize umwe wahuye n’ imbogamizi’
13 December 2018, by Nsanzimana Ernest -
Hari kuba imirwano ikaze hagati y’abasirikare ba D.R.Congo n’inyeshyamba za ADF zo muri Uganda
21 January 2019, by Martin MunezeroGuhera mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere taliki 21 Mutarama 2019, hakomeje kuba imirwano hagati y’Abasirikare ba Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo bahanganye n’inyeshyamba za ADF zo muri Uganda.
-
Uko mbibona: Ni iki cyihishe inyuma y’imvururu ziri mu matorero ya gikiristo ? Pastor Desire
1 June 2017, by UbwanditsiPastor Desire Habyarimana / www.agakiza.org
Abantu benshi ntibasobanukirwa icyo itorero ari cyo by’ukuri. Ijambo "itorero" ni Ikinyarwanda cy’ijambo ry’Ikigiriki Ekklesia, ryahabwaga ihuriro ry’abaturage ba leta y’u Bugiriki ya cyera. Iri jambo rero ni naryo ryaje guhabwa ihuriro ry’abemera Kristo mu minsi yakurikiyeho.
Itorero ryumvikana neza icyo ari cyo muri 1 Petero 2:9-10 handitse ngo: "Mwebweho muri ubwoko bwatoranijwe, abatambyi b’ubwami, ishyanga ryera n’abantu Imana yaronse, (…) -
Leta y’ u Rwanda yihanganishije Abongereza baburiye ababo mu gitero cyo kuwa Gatandatu
5 June 2017, by Ferdinand DukundimanaAbinyujije ku rubuga rwe rwa twitter, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda akaba n’umuvugizi wa Leta y’u Rwanda, Madame Louise Mushikiwabo ,yatangaje ko yifatanyije n’ababuriye ababo mu bitero by’ibyehebe byabereye i London mu ijoro ryo kuwa Gatandatu rishyira ku Cyumweru.
Mu ijoro ryo kuwa Gatandatu, ahagana saa 22:00 nibwo imodoka y’ibara ry’umweru yishoye ku kiraro cyitwa London Bridge maze abantu batatu bahita bava mu modoka batangira gutera ibyuma abagenzi bari hafi ya Borough (…) -
Ishyaka Green Party ryatanze abakandida 34 ngo ntakwiharira ubutegetsi
19 July 2018, by Nsanzimana ErnestIshyaka riharanira Demukarasi no kurengera ibidukikije kuri uyu wa 19 Nyakanga 2018 rwashyikirije Komisiyo y’ igihugu y’ amatora kandidatire y’ urutonde rw’ abakandida 34 mu gihe andi mashyaka yagiye atanga urutonde ruriho abakandida 80.
-
Amakuru mashya:Umuyobozi wa Miss Rwanda Ishimwe Dieudonne yatawe muri yombi
26 April 2022, by Rebecca UFITAMAHOROIshimwe Dieudonné uyobora Rwanda Inspiration Backup itegura irushanwa rya Miss Rwanda , yatawe muri yombi ku byaha bifitanye isano n’ihohoterwa rishingiye ku gitsina yakoreye abakobwa bitabiriye iri rushanwa mu bihe bitandukanye.
Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), Dr Murangira B Thierry, yavuze ko Price Kid afunze akekwaho icyaha cyo guhohotera bishingiye ku gitsina abana bajya muri Miss Rwanda. Ati "Ni byo koko Ishimwe Dieudonne usanzwe ategura Miss Rwanda arafunze". (…) -
Menya uburyo ushobora kwisengera,Imana igahita igusubiza ako kanya(Igice cya mbere)/Rev./Ev. Eustache Nibintije
25 April 2019, by UbwanditsiUmukozi w’Imana, Rev./Ev. Eustache Nibintije, Umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise ngo "Nibintije Evangelical Ministries" usigaye adufasha mu kugabura ijambo ry’Imana nkuko Imana yamuhaye uyu muhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugirango agirire abantu benshi umumaro mu gihe gisa niki, uyu munsi yaduteguriye inyigisho yahaye umutwe ugira uti:"Menya uburyo ushobora kwisengera,Imana igahita igusubiza ako kanya(Igice cya mbere).
-
Mushikiwabo yavuze ibyo azibandaho natorerwa kuyobora OIF
22 June 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Ubutwererane n’Ibikorwa by’Umuryango wa Afurika y’Uburasirazuba, Mushikiwabo Louise yavuze ku kwiyamamariza umwanya w’ Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ibihugu bikoresha Igifaransa (OIF), avuga ko natorwa azibanda ku bibazo birimo icyabimukira n’ ubushomeri
Yabitangarije mu kiganiro yagiranye na RBA asobanura uko yiyemeje kwiyamamariza kuyobora OIF n’inyungu bifitiye u Rwanda.
Yagize ati “Kwiyamamariza uyu mwanya w’Umunyamabanga Mukuru w’Ibihugu (…) -
Dr. Mucumbitsi yavuze byinshi kuri Sitoroke, ya ndwara iherutse guhitana DJ Miller, yibasira abagabo kurusha abagore
17 May 2020, by UbwanditsiDr. Joseph Mucumbitsi uvurira kuri Deva Clinic iherereye Nyarutarama yaduhaye ikiganiro kirambuye ku ndwara ya Sitoroke yibasiye abantu muri iki gihe. Iyi ndwara ikaba yica ndetse ikanamugaza. Dr. Mucumbitsi yadufashije gusobanukirwa uburyo yandura, ibimenyetso byayo ndetse n’uko wakwitwara mu gihe wumvise ufite kimwe muri ibyo bimenyetso.
Utabariyemo abo iyi ndwara imugaza, buri mwaka Sitoroke yica abantu batabarika baruta kure abo malariya, igituntu na sida byica byose biteranyije.
Mu (…) -
Imodoka zikoresha gaz Methane zishobora kwinjira mu Rwanda mu minsi iri imbere
5 November 2018, by Nsanzimana ErnestU Rwanda ruri kuganira na Kampani yo mu Burusiya ikora ikanacuruza bisi zikoresha Gaz Methane ngo bumvikane uko iyi kampani yakwagurira ibikorwa byayo mu Rwanda.
Umuryango.rw
Uko mbibona: Ni iki cyihishe inyuma y’imvururu ziri mu matorero ya gikiristo ? Pastor Desire
Amakuru mashya:Umuyobozi wa Miss Rwanda Ishimwe Dieudonne yatawe muri yombi