Umuyobozi wa Pan- African Movement mu Rwanda Protais Musoni yavuze ko impamvu Afurika biyogora gushyirahamwe biyigora ariko yagize igihe kinini cy’ ubukoloni no kumvisha ko iby’ Abanyafurika atari byiza.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Protais Musoni yagaragaje ko ubukoloni bukiri mu Banyafurika butuma badashyira hamwe
23 September 2018, by Nsanzimana Ernest -
AS Kigali yongeye kubabaza Rayon Sports kuri penaliti iyitwara igikombe cya Super Cup
1 October 2019, by Dusingizimana RemyNyuma yo kuyisezerera muri 1/2 cy’igikombe cy’Amahoro giheruka kuri penaliti 4-2,AS Kigali yongeye kubabaza Rayon Sports kuri penaliti 3-1 iyitwara igikombe cya Super Cup nyuma y’aho iminota 90 n’indi 6 bongeyeho yarangiye amakipe yombi anganya ibitego 2-2.
-
U Rwanda rwasubije abarunenze gushora menshi muri Arsenal kandi rwakira inkunga
26 May 2018, by Nsanzimana ErnestGuverinoma y’ u Rwanda yavuze ko abanenze u Rwanda kuba rugiye gushora miliyoni z’ amayero mu kwamamaza ubukerarugendo binyuze ku ikipe y’ Arsenal batifuriza u Rwanda iterambere.
-
Perezida wa Tunisia na Museveni bari k’ urutonde rw’ abaperezida ba Afurika bakuze kurusha abandi
29 April 2018, by Nsanzimana ErnestKu ifoto ubanza ni Perezida wa Tunisia, ukuriwe na Perezida Buhari wa Nigeria, na Museveni wa Uganda na Paul Mbia wa Cameroun
Mu mpera z’ icyumweru gishize mu nama Kofi Annan wigeze kuba umunyamabanga mukuru w’ umuryango w’ abibumbye yasabye urubyiruko rw’ Afurika ubwo hasozwaga inama y’ abaharanira impunduka mu isi ‘world changers summit’ kutemera ko abanyapolitiki bakuze bakomeza kuyobora.
-
Malawi: Impunzi z’Abarundi zashyamiranye n’iz’Abanyarwanda biravugwa ko hari ababitakarijemo ubuzima
21 June 2017, by Ferdinand DukundimanaImpunzi z’ Abarundi n’ iz’ Abanyarwanda ziri mu nkambi Dzaleka iri hafi y’umurwa mukuru wa Malawi, Lilongwe zagiranye amakimbirane ashingiye ku moko nk’ uko byatangajwe na Leta ya Malawi.
Mu minsi mike ishize itangazamakuru rya Malawi ryatangaje ko hari ubwumvikane buke bwari hagati y’Abarundi n’Abanyarwanda baba mu nkambi ya Dzaleka iri mu birometero 40 uvuye mu murwa mukuru. Ikinyamakuru The Nation cyatangaje ko hari abasize ubuzima mu bushyamirane bwahuje Abahutu n’Abatutsi bakomoka mu (…) -
FARDC yashyize hanze amafoto agaragaza ikibunda cya rutura bambuye umutwe wa RUD-URUNANA
15 November 2019, by Dusingizimana RemyFARDC yashyize hanze ikibunda gikomeye yafatanye umutwe wa RUD URUNANA,uherutse kubura umuyobozi wawo Gen.Jean Michel Afurika wishwe kuwa Gatandatu taliki ya 09 Ugushyingo 2019..
-
Rulindo: Abantu bane bo mu muryango umwe bahitanywe n’ inkangu
24 April 2018, by Nsanzimana ErnestUmusaza, umugore we n’ abuzukuru babo babiri bahitanywe n’ inkangu yagwiriye inzu bari baryamyemo haroka umuhungu wabo.
-
ADEPR: Bafukuraga Yorudani mu rusengero basangamo umurambo
14 December 2017, by Nsanzimana ErnestItorero pantekote mu Rwanda ADEPR ryemeje amakuru avuga ko mu karere ka Rubavu ubwo bacukuraga mu rusengero imbere ngo bubakemo yorudani basanzemo umurambo.
Uyu murambo wabonetse saa tatu na 20 zo mu gitongo cyo ku wa 12 Ukuboza 2017, mu murenge wa Mudende Akagari ka Rungu Umudugudu wa Bihe. Uyu murambo wabonetse bageze muri metero ebyiri ngo ni uw’ umugabo.
Umuvugizi mukuru wa ADEPR Rev. Karuranga Ephraim yatangarije UMURYANGO ko uwo murambo ari uw’ umuntu wapfuye muri 1994.
Yagize (…) -
Ifoto y’umunsi:Perezida Kagame yagaragaye ari kuganira na Visi perezida wa mbere w’Uburundi
3 February 2019, by Dusingizimana RemyIbitangazamakuru bitandukanye muri aka karere bikomeje kwibaza icyo perezida Paul Kagame w’ u Rwanda yarimo aganira na visi perezida w’u Burundi Gaston Sindimwo,kandi ibi bihugu byombi bitabanye neza muri iyi minsi.
-
Perezida Kagame yerekeje muri Mozambike mu muhango w’Isinywa ry’amasezerano y’amahoro hagati ya Leta y’iki gihugu n’abatavuga rumwe nayo
6 August 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida wa Repubulika Paul Kagame yerekeje mu gihugu cya Mozambike mu muhango wo gusinywa amasezerano y’amahoro n’ubwiyunge hagati ya Leta ya Mozambique n’ishyaka rya RENAMO, ryahoze ari umutwe w’inyeshyamba urwanya ubutegetsi bw’iki gihugu.
Umuryango.rw