Umukandida wo mu ishyaka Ensemble pour la République, Moïse Katumbi, ubwo yari mu bikorwa byo kwiyamamariza Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo mu mujyi wa Goma, yatanze imfashanyo zirimo...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika yaraye itangaje ko yafatiye ibihano abantu batandukanye bo hirya no hino ku Isi, barimo umuvugizi w’Igisirikare cy’umutwe wa M23, Major Willy...
Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko amagambo ya Tshisekedi yibasira u Rwanda, yumvikana mu buryo bweruye, abaza Umunyamabanga wa Loni, igikwiriye...
Kuri wa gatatu,tariki ya 13 Ukuboza,Perezida wa Uganda yavuze ko nibura ibyihebe 200 bya ADF, bifatanya n’umutwe wiyise Leta ya Kisilamu byiciwe mu bitero by’indege byakozwe na Uganda muri...
Ubuyobozi bw’ingabo z’umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EACRF) bwatangaje ko n’ubwo Leta ya Congo Kinshasa itashimye ko izi ngabo zikomeza akazi ko kubungabunga amahoro mu bice bitandukanye...
Abakinnyi b’ikipe ya ADDAX FC Juvenal Mvukiyehe ni abere ntabwo bigeze barya dendo [dindon] y’umuturanyi wabo nkukobyari byavuzwe kuri uyu wa Gatanu tariki ya 05 Mutarama...
Abaturage bo mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo baravuga ko bakiri mu gihirahiro cyo kutamenya icyo ingabo zoherejwe n’umuryango w’ibihugu byo muri Afurika y’amajyepfo SADC...
Perezida Kagame uri i Davos mu Busuwisi mu nama mpuzamahanga yiga ku bukungu bw’Isi, yagiranye ibiganiro na Antony Blinken ushinzwe ububanyi n’amahanga bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, byagarutse...
Perezida w’u Burundi wiyemeje kuzatanga umusanzu mu guhiruka ubutegetsi bw’u Rwanda,yohereje ingabo ze mu ishyamba rya Kibira ryegereye u Rwanda ku bwinshi.
Abategetsi b’u Burundi baravuga ko u Rwanda rwumvise nabi ibyatangajwe na Perezida Evariste Ndayishimiye ku gukangurira urubyiruko rw’u Rwanda kwitabira ibikorwa by’akarere. Ngo kwikoma iki gihugu...
Perezida Felix Tshisekedi wa DR Congo yavuze ko “gukemura amakimbirane n’u Rwanda mu nzira za dipolomasi bishobora kurebwaho” ariko ko ibyo bidashoboka mu gihe rwaba rukiri ku butaka bwa DR Congo...
Umutwe wa M23 waburiye Ingabo za Tanzaniya zaje muri DRC ku itike ya SADC ko nizikomeza kurasa mu baturage bo mu duce yafashe bakoresheje imbunda ziremereye nta kindi M23 izakora uretse gufata...
Umunyekongo Héritier Luvumbu waraye ahagaritswe na FERWAFA ndetse agatandukana mu bwumvikane na Rayon Sports,yageze i Kinshasa yakirwa nk’umwami n’abarimo Minisitiri...
Ingabo za Uganda mu itangazo ryuzuye uburakari zahakanye zivuye inyuma ko nta ngabo zabo ziri kurwana muri Rutshuru nkuko hari ibihuha byakwiragiye byabivugaga.
The Management of Energy Development Corporation Limited (EDCL) would like to inform the public that it is recruiting qualified and experienced staff on the following positions:
1. Job Title:...
Guverinoma y’Uburundi iremeza ko hapfuye abantu 9 barimo abagore 6 n’umusirikare mu bitero by’abantu bitwaje intwaro byagabwe i Buringa na Gihanga mu ijoro ryo ku ya 25 Gashyantare...