Abakirisito bo mu itorero inkuru nziza mu karere ka Rusizi mu murenge wa Kamembe bashyamiranye na bagenzi babo bapfa abapasiteri, habaho guterana amagambo no gusunikana ingabo z’ u Rwanda na...
Kuri sitasiyo ya Kamembe mu karere ka Rusizi hafungiwe abagabo babiri barimo uwafatanywe insinga z’ imirindankuba zakuwe ku mapoto y’ amashyanyarazi n’ undi ukorera mu muji wa Rusizi ukekwaho kuba...
Birakekwa ko umugabo wari umwarimu yishe umugore we, na we agahita yiyahura, ba nyakwigendera basize umwana uri mu kigero cy’imyaka ibiri, ni we wasanzwe mu nzu arira, hafi ye hari imirambo...
1.Umutwe w’abasirikare barindaga Perezida Habyarimana bafatanyije n’Interahamwe kwica Abatutsi bo mu gace ka Nyamirambo
Tariki ya 08 Mata 1994, Interahamwe n’abasirikare barinda Perezida...
Imyaka 29 irashize Jenoside yakorewe Abatutsi ibaye, hari bimwe mu bikorwa by’ubwicanyi byaranze tariki ya 7 Mata 1994, nk’uko byatangajwe na Komisiyo y’Igihugu yo kurwanya Jenoside (CNLG).
Kuri...
Ikipe ya APR FC yatangaje ko bamwe mu bakinnyi bakomeye igenderaho batari gukorana imyitozo n’abandi kubera ibibazo by’imvune.
Abo bakinnyi barimo Ruboneka Jean Bosco,Manishimwe Djabel na Mugisha...
Kuri uyu wa Kane tariki ya 20 Gicurasi 2021,nibwo habaye tombola y’uko amakipe 8 agiye guhatanira shampiyona y’uyu mwaka aho Rayon Sports izatangira ihangana na AS Kigali hanyuma ikurikizeho...
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko yafashe abantu 12, bacyekwaho kwiba bakoresheje intwaro mu bihe bitandukanye mu Karere ka Rusizi.
Abo bantu ngo bishe umuntu mu Murenge wa Gihundwe, bakomeretsa...
Tariki ya 8/4 ni umunsi wa kabiri w’icyumweru cy’icyunamo. Abanyarwanda n’inshuti z’Urwanda turibuka ku nshuro ya 26 Jenoside yakorewe Abatutsi, yahitanye abarenga miliyoni mu minsi 100 gusa. Mu...
Abasirikare bo mu mutwe warindaga Perezida Habyarimana ku isonga ryo gutsemba Abatutsi muri Kigali
Mu ijoro ryo ku itariki ya 06 rishyira iya 07 Mata 1994, nyuma y’ihanurwa ry’indege Falcon 50...
Kuri uyu wa Kane tariki ya 13 Gicurasi 2020,Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha [RIB] rweretse itangazamakuru abantu 5 bakekwaho kwiba amafaranga y’abaturage mu mabanki bakoresheje...
Nyuma y’aho ikipe ya Mukura itandukaniye n’abatoza bayo bungirije kuri uyu wa Gatanu yatangaje ko ikomeje gushaka abatoza bo gufatanya na Tony Hernandez mu mikino yo kwishyura ya shampiyona iraba...
Umusore witwa Bimenyimana Reverien w’imyaka 28 mu kagari ka Kagano Umurenge wa Kitabi yafashwe na polisi y’ u Rwanda yihambiriye ku mubiri we ibiro 10 by’urumogi arenzaho...
Ikipe ya Espoir FC yo mu karere ka Rusizi yamaze gusinyisha umusore John Semazzi imukuye mu ikipe ya Vipers ikina mu cyiciro cya mbere mu gihugu cya Uganda.
Uyu musore wari mu ikipe ya Uganda...
Nkombo ni umwe mu mirenge 416 igize u Rwanda. Uyu murenge ugizwe n’ ikirwa giherereye mu kiyaga cya Kivu mu karere ka Rusizi mu ntara y’ Iburengerazuba. Umuryango wasuye uyu murenge ubakorera...
Dr Frank Habineza, Umukandida uzahagararira ishyaka riharanira demukarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda DGPR kuri uyu wa Gatanu tariki 14 Nyakanga 2017 yiyamamarije mu murenge wa Muganza w’...
Kuri uyu wa gatanu tariki ya 30 Ukuboza 2016, imikino yose y’ umunsi wa 11 wa shampiyona, izabera umunsi umwe. Umukino utegerejwe na benshi ni uwo Espoir izakinira i Rusizi yakiriye APR FC. APR...
Shampiyona y’ icyiciro cya mbere mu Rwanda AZAM Rwanda Premier League’ irakomeza uyu munsi tariki ya 30 Ukuboza 2016, amakipe 2 ya mbere Rayon Sports na APR FC, araba yagiye gukinira hanze...