Umukobwa ukomoka mu gihugu cya Botswana , Base Balopi niwe wagizwe Nyampinga wa Africa Clabal 2017 mu gihe umunyarwandakazi Mutoni Fiona yabaye igisonga cya mbere mu irushanwa ryaberaga muri...
Ku cyumweru tariki ya 24 Ukuboza 2017 nibwo umuraperi Hakizimana Aman [Ama G The Black] yasabye anakwa umukunzi we Uwase Liliane bamaranye umwaka urenga mu rukundo.
Umuhango wo gusaba no gukwa...
Umuraperi Hakizimana Amani wamamaye nka Ama G The Blacy yasabye anakwa umukunzi we Uwase Liliane bamaranye umwaka mu rukundo.Uyu muhango wabereye mu Ntara y’Amajyepfo mu karere ka Kamonyi ahazwi...
Umunyamideli Christine Diane "Chrissy" Teigen ari na we mugore wa John Legend,yashyize hanze ifoto yambaye ubusa bitungura benshi mu bakunzi be cyane ko aherutse kwibaruka mu minsi ishize.
Uyu...
Byiringiro Eric ubusanzwe uzwi kukabyiniro ka DERYKER, ni umuhanzi nyarwanda ukiri muto ufite imyaka 19 y’ amavuko ndetse akaba ari umwe mu bahanzi bakora injyana ya Hip Hop. Uyu musore ubarizwa...
Umuririmbyi Ruhumuriza James wamamaye nka King James atanga ubuhamya bw’ukuntu yabaye mu gihirahiro imyaka ine avugana n’umukobwa kuri telefone bataziranye kugeza ubwo yabihimbyemo indirimbo...
Umuririmbyi Mugisha Benjamin wamamaye nka The Ben ubarizwa muri Leta zunze ubumwe za Amerika, yatangaje byinshi ku marangamutima agira imbere y’abakunzi be n’inkomoko yayo.
Muri 2017,...
Umugabo witwa William Masvinu wo muri Zimbambwe ari mu byishimo bikomeye nyuma yo kwegukana umwanya wa mbere mu bantu babi mu gihugu kuri we ngo ni ishema rikomeye.Ni mu birori byabaye kuwa kane...
Kuri uyu wa Kabiri tariki 28 Ugushyingo 2017, muri sitade Kasarani yo mu gihugu cya Kenya habereye umuhango wo kurahiza Perezida wa Kenya Uhuru Kenyatta. Amakuru aturuka muri icyo gihugu aravuga...
Umuyobozi wa Radio One na TV1 Kakooza Nkuriza Charles(KNC) yasuye abanyeshuri biga mu ishuri ry’itangazamakuru rya Kaminuza y’ u Rwanda (UR),abasaba gutinyuka bakihangira imirimo kuko igishoro...
Minisitiri w’intebe Dr Edouard Ngirente yasuye ibikorwa by’iterambere byo mu rwego rw’ubuhinzi n’ubworozi mu turere twa Nyabihu, Musanze na Burera. Yasuye ahatuburirwa imbuto z’ibirayi hifashishijwe...
Aba bakobwa ntibiyumvisha uko ubuzima bwabo bumeze kuko usanga baba ibyamamare igihugu cyose ndetse n’amahanga bakabamenya bakandikwa mu binyamakuru ndetse bakanavugwa kuri Radio ndetse na...
Abakobwa bari mu marushanwa yo guhatanira ikamba rya Nyampiga w’Isi wa 2017 arikubera mu Bushinwa, bakoze imyiyereko buri wese yerekana imyambarire yo mu muco gakondo w’iwabo.
Miss Iradukunda na...
Buravan yavuze ko bisobanura byinshi ku nganzo ye ndetse ko bituma nawe afata umwanya agashaka indirimbo zubaka imitima ya benshi ndetse bakagira urukundo.
Ingabire Butera Jeanne D’Arc wamamaye ku izina rya Knowless, ni umwe mu bakobwa bahiriwe cyane na muzika ndetse abifitiye n’igihembo kuko nawe ari mu mubare w’abahanzi bakomeye begukanye irushanwa...
Abahoze ari abaperezida ba Leta Zunze Ubumwe za Amerika bakiriho bateraniye mu gitaramo cyo gushaka imfashanyo igenewe abagwiriwe n’ibiza by’imiyaga muri Amerika.Abaperezida bose batanu Barack...
Nzaramba Eric wamamaye nka Senderi International Hit ahamya adashidikanya ko uretse Ngabo Medard wamamaye nka Meddy ntawundi muhanzi wo mu Rwanda umurusha kugira abafana benshi kandi...