Nyuma y’imyitozo ya nyuma yabereye ku kuri stade ya Gicumbi abakinnyi ba APR FC bavuga ko bagifite icyizere cyo kuba batwara igikombe cya Shampiyona y’icyiciro cya mbere (Azam Rwanda Premiere...
Umutoza mushya wa Rayon Sports,Javier Martinez Espinoza yatangaje ko aziko iyi kipe ikomeye ariyo mpamvu asaba abakinnyi bose guhuriza hamwe imbaraga mu gushaka...
Umutoza mushya wa Rayon Sports, Javier Martinez Espinoza,yaraye akoresheje imyitozo ye ya mbere,avuga ko abakinnyi be bafite umwihariko wo kuba bazi icyo bashaka ahasigaye bagiye gusesengura...
Perezida Wa Rayon Sports yavuze ko nubwo baba barajwe ishinga no gushakira intsinzi iyi kipe ariko ngo uyu mwaka bagiye gukora ibishoboka byose n’ahazaza h’abakinnyi hakazaba heza aho ngo hari...
Umutoza wa AS Kigali, Eric Nshimiyimana,yasabye abanyamakuru bo mu Rwanda kureka kunenga abatoza gusa ahubwo bakwiriye kujya banenga n’abakinnyi batitwara neza mu kibuga barimo n’umunyezamu...
Umutoza wa APR FC,Adil Mohamed,yabwiye abanyamakuru ko kubeshya ko abakinnyi be bakomeye bavunitse kugira ngo yice Rayon Sports mu mutwe byari ibanga ry’umukino ndetse aboneraho kwemeza ko gukina...
Abakinnyi 2 ba Atletico Madrid basanganwe Coronavirus kuri iki cyumweru bituma bakurwa ku rutonde rw’abazakina umukino wa ¼ wa UEFA Champions League iyi kipe ifitanye na RB Leipzig kuwa Kane w’iki...
Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwemereye abakinnyi bose ko ikibazo cy’ibirarane by’imishahara yabo ndetse n’amafaranga yo kubagura kiri kwigwaho ndetse kizakemuka...
Ikipe ya Rayon Sports yamaze gutangaza abakinnyi 24 izakoresha mu mwaka w’imikino wa 2020/2021 barimo Bashunga Abouba waherukaga gusinyira Mukura VS na Sugira Ernest byavugwaga ko...
Umutoza mushya wa Juventus,Andrea Pirlo yibasiye abakinnyi be bananiwe gutsinda ikipe ikizamuka yitwa Crotone mu mukino wa shampiyona wabaye kuwa Gatandatu w’icyumweru...
Umutoza wa Tottenham,Jose Mourinho yarakariye abakinnyi be nyuma y’umukino wabahuje na Bunley bakayitsinda igitego 1-0,ubwo yabasangaga mu rwambariro bose bibereye mu matelefoni...
Umutoza wa Chelsea,Frank Lampard utangiye gutakarizwa icyizere n’abafana,yaraye atsinzwe mu buryo butunguranye na Arsenal ibitego 3-1 bituma avuga ko abakinnyi be ari abanebwe ndetse batazi gufata...
AS Kigali ihagarariye u Rwanda mu mikino ya CAF Confederations Cup yamaze gushyira hanze urutonde rw’abakinnyi irajyana muri Uganda mu guhangana na KCCA mu mukino wo kwishyura w’ijonjora rya kabiri...
Real Madrid yacecetse mu masoko yo kugura abakinnyi aheruka,irashaka gukora agashya ikagurisha abakinnyi 6 bakomeye kugira ngo ibone ba rutahizamu 2 bagaragaza ko bazayobora isi mu minsi iri...
Nyuma yo gukura abakinnyi benshi mu ikipe ya APR FC mu mwaka w’imikino ushize ikipe ya Bugesera yongeye kugura abandi bakinnyi 2 ba APR FC barimo Bukebuke Yannick na Ninihazwe Fabrice uzwi nka...
Umutoza w’ikipe ya Rayon Sports yabwiye abakinnyi be ko buri wese agomba kwitegura gukina kubera imikino myinshi iyi kipe ifite mu marushanwa atandukanye.
Umuyobozi w’uruganda rwenga inzoga SKOL Ivan Wulffaert yakoreye ibirori abakinnyi ba Rayon Sports , abashimira ukuntu bahesheje u Rwanda ishema mu mikino ya CAF Confederation Cup ndetse abemerera...
Ikipe ya Rayon Sports yongeye gukora amakosa nkayo iheruka gukora ubwo yagabanyaga abakinnyi bayo amafaranga yasaruye mu mikino ya CAF Confederations Cup aho kuri ubu yahembye abakinnyi berekeje...
Ku munsi w’ejo nibwo ikipe ya Rayon Sports yatangiye imyitozo yo kwitegura umukino wa ¼ cya CAF Confederations Cup bafitanye na Enyimba FC muri Nigeria gusa abakinnyi 10 nibo bayikoze gusa mu gihe...
Umuyobozi wa Rayon Sports Muvunyi Paul yasuye ikipe mu myitozo ya nyuma yo kwitegura Enyimba yabaye ku munsi w’ejo kuri stade ya Kigali aho yifurije intsinzi abakinnyi ndetse abasaba gukomeza...
Umutoza wa Manchester United,Jose Mourinho yashinje abakinnyi be kutitanga uko bikwiriye aho yavuze ko bitanze 30 ku ijana mu mukino baraye banganyije na Wolves igitego...
Ubuyobozi bw’ikipe ya Manchester United bugiye gufatira abakinnyi bayo ibihano bikarishye kubera ko bigaragambije bakanga kwitabira ikirori cy’umwe mu baterankunga biyi...
Umutoza wa Manchester United yongeye kwibasira abakinnyi be bakiri bato ko batajya bitanga uko bikwiriye aho yavuze ko abakinnyi be 4 barimo Luke Shaw, Anthony Martial, Jesse Lingard na Marcus...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku mugabane w’I Burayi UEFA ryamaze gushyira hanze ikipe y’ibihe byose ya UEFA Champions League aho zombi zifitemo abakinnyi...