Kizigenza Cristiano Ronaldo aheruka kwerekeza mu ikipe ya Al Nassr yo muri Saudi Arabia ku masezerano azageza muri Kamena 2025.
Ikipe ya Al Nassr yiyemeje kuzajya ihemba Cristiano Ronaldo...
Umunyabigwi mu mupira w’amaguru,Cristiano Ronaldo,yaraye yerekanwe ku mugaragaro nk’umukinnyi mushya wa Al Nassr iheruka kumuzana ku buntu.
Ronaldo yemeye kwerekeza muri iki gihugu nyuma yo...
Rutahizamu wa Argentine, Lionel Messi yagarutse mu myitozo ya Paris Saint-Germain nyuma yo gusoza ibiruhuko yari arimo nyuma yo kwegukana igikombe cy’Isi cya 2023.
Messi witwaye neza cyane muri...
Turahirwa Moses washinze inzu y’imideli ya Moshions iri mu zikomeye mu Rwanda yemeye ko ari we ugaragara mu mashusho yagiye hanze ari gusambana n’abagabo bagenzi be, asaba imbabazi Abanyarwanda...
Kizigenza Lionel Messi ashobora gusimbura Cristiano Ronaldo ku mwanya wa mbere mu binjiza agatubutse kuri Instagram nyuma yo kwinjiza miliyoni icyenda z’amapawundi kubera amafoto yerekana...
Umutoza Didier Deschamps yongerewe amasezerano yo gukomeza gutoza Ubufaransa nyuma yo gutsindirwa ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi na Argentina kuri Penaliti 4-2 nyuma yo kunganya ibitego 3-3...
Abantu barenga Miliyoni n’igice bamaze gusaba amatike yo kureba umukino uzahuza Al Nassr ya Cristiano Ronaldo na PSG ya Messi ku ya 19 Mutarama 2023 i Riyadh.
PSG yemeje uru rugendo rw kwerekeza...
Lilly wavuzweho gukundana na Karera Hassan ndetse na Rwatubyaye yongeye kuvugisha benshi nyuma yo kugaragaza ko ari mu rukundo n’umunyezamu wa Police FC, Kwizera...
Umunyekongo Jean Marc Makusu Mundele biravugwa ko ari mu biganiro n’ikipe ya APR FC nyuma yo kuvugana bwa mbere na Rayon Sports.
Makusu uheruka gutandukana na St Éloi Lupopo, kuri ubu ari...
Nyuma y’imikino myinshi ikipe ya Manchester United itsindwa mu buryo bugayitse na Manchester City,kuri uyu wa 14 Mutarama 2023 ibintu byahindutse United iyitsinda ibitego 2-1 birimo icya mbere...
Ababyeyi b’abanyeshuri bakina Football y’Abanyamerika ku ishuri ryisumbuye muri leta ya Texas barakajwe n’imyitozo ikabije yahawe abana babo igatuma bashyirwa mu bitaro.
Aba banyeshuri bahatiwe...
Rutahizamu Hakizimana Muhadjiri uheruka kugaruka mu Rwanda avuye muri Saudi Arabia yavuze ko atazi ahazaza he ariko bishoboka ko umunsi umwe yazakinira Rayon Sports.
Mu kiganiro yahaye IGIHE...
Perezida wa Gasogi United FC, Kakoza Nkuliza Charles [KNC], yavuze ko Kyovu Sports igikomeye yakora ku ikipe ye ari ukunganya ndetse ko iciriritse cyane kuba yumva ko bayibye nyamara imaze imyaka...
Igitego cya Niyigena Clement ku munota wa nyuma w’inyongera cyahesheje APR FC intsinzi kuri Kiyovu Sports, ihita ifata umwanya wa mbere muri shampiyona,mu gihe Rayon Sports na AS Kigali zarangaye...
Umunya Serbia, Novak Djokovic yatsindiye Umugereki Stefanos Tsitsipas kuri iki cyumweru,ku mukino wa nyuma w’irushanwa rya Australian Open ahita anganya na Rafael Nadal ibikombe bikomeye muri...
Nubwo yatakaje abakinnyi bakomeye n’umutoza wayo Graham Potter,ikipe ya Brighton &Hove Albion yatunguranye isezerera Liverpool mu gikombe cya FA Cup yatwaye umwaka ushize,iyitsinze ibitego...
Ikipe ya Everton FC yatunguranye muri Premier League,itsinda igitego 1-0 Arsenal yari imaze igihe kinini idatsindwa ndetse inayoboye shampiyona.
Iyi kipe yari imaze iminsi itsindwa...
Ikipe y’Igihugu ya Senegal ni yo yegukanye Igikombe cya Shampiyona Nyafurika ihuza abakinnyi bakina mu bihugu byabo (CHAN 2022), itsinze Algérie penaliti 5-4 nyuma yo kunganya ubusa ku busa mu...
Uwahoze ari umukinnyi wa Chelsea na Newcastle, Christian Atsu ari mu bantu bagwiriwe n’ibikuta nyuma y’umutingito ukomeye wo ku gipimo cya 7.8 watikije Turukiya na Siriya.
Uyu munya Ghana...