Umutoza wa Manchester United akomeje kwandagaza abakinnyi be kubera imyitwarire idahwitse mu kibuga aho ku munsi w’ejo bananiwe gutsinda Southampton bakanganya 0-0 mu mukino batsinzwemo ibitego...
Mu gihe benshi bari bazi ko umunyamakuru Rutamu Eie Joe yavuye mu itangazamakuru kubera gusezererwa kwa Argentina mu gikombe cy’isi,Gakumba Patrick inzobere mu gushakira abakinnyi amakipe...
Perezida wa Rayon Sports Muvunyi Paul yatangaje ko bamwe mu bakinnyi barangije amasezerano muri iyi kipe bashobora kugenda bose gusa bari kuvugana n’abakinnyi benshi bagomba kuza kubasimbura aho...
Umutoza wa Manchester United Jose Mourinho ashobora kwirukanwa mbere y’uko shampiyona itangira kubera umwuka mubi ari guteza mu ikipe ashinja ubuyobozi bwe ko bwanze kumugurira abakinnyi kandi iyi...
Abakinnyi 10 bari mu ikipe ya Portugal yatwaye Euro ya 2016,ntibahamagawe n’umutoza Fernando Santos ubwo yatangazaga 23 azitabaza mu gikombe cy’isi kigiye kubera mu...
Umutoza wa Chelsea,Frank Lampard utangiye gutakarizwa icyizere n’abafana,yaraye atsinzwe mu buryo butunguranye na Arsenal ibitego 3-1 bituma avuga ko abakinnyi be ari abanebwe ndetse batazi gufata...
AS Kigali ihagarariye u Rwanda mu mikino ya CAF Confederations Cup yamaze gushyira hanze urutonde rw’abakinnyi irajyana muri Uganda mu guhangana na KCCA mu mukino wo kwishyura w’ijonjora rya kabiri...
Real Madrid yacecetse mu masoko yo kugura abakinnyi aheruka,irashaka gukora agashya ikagurisha abakinnyi 6 bakomeye kugira ngo ibone ba rutahizamu 2 bagaragaza ko bazayobora isi mu minsi iri...
Umutoza wa Man United,Erik Ten Hag yatumye abakinnyi be bababara bucece ubwo yabategekaga guceceka bageze mu rwambariro ngo bumve uko mukeba wabo yishimira kubatsinda ibitego...
Umuyobozi w’Akarere ka Rwamagana, Mbonyumuvunyi Radjab,yabwiye abakinnyi b’ikipe ya Muhazi United ko bagomba gutsinda APR FC bazahura muri iki cyumweru muri shampiyona aho yageze aho asaba ufite...
Umutoza wa Tottenham,Jose Mourinho yarakariye abakinnyi be nyuma y’umukino wabahuje na Bunley bakayitsinda igitego 1-0,ubwo yabasangaga mu rwambariro bose bibereye mu matelefoni...
Umutoza mushya wa Juventus,Andrea Pirlo yibasiye abakinnyi be bananiwe gutsinda ikipe ikizamuka yitwa Crotone mu mukino wa shampiyona wabaye kuwa Gatandatu w’icyumweru...
Ikipe ya Rayon Sports yamaze gutangaza abakinnyi 24 izakoresha mu mwaka w’imikino wa 2020/2021 barimo Bashunga Abouba waherukaga gusinyira Mukura VS na Sugira Ernest byavugwaga ko...
Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwemereye abakinnyi bose ko ikibazo cy’ibirarane by’imishahara yabo ndetse n’amafaranga yo kubagura kiri kwigwaho ndetse kizakemuka...
Abakinnyi 2 ba Atletico Madrid basanganwe Coronavirus kuri iki cyumweru bituma bakurwa ku rutonde rw’abazakina umukino wa ¼ wa UEFA Champions League iyi kipe ifitanye na RB Leipzig kuwa Kane w’iki...
Umutoza wa AS Kigali, Eric Nshimiyimana,yasabye abanyamakuru bo mu Rwanda kureka kunenga abatoza gusa ahubwo bakwiriye kujya banenga n’abakinnyi batitwara neza mu kibuga barimo n’umunyezamu...
Umutoza wa APR FC,Adil Mohamed,yabwiye abanyamakuru ko kubeshya ko abakinnyi be bakomeye bavunitse kugira ngo yice Rayon Sports mu mutwe byari ibanga ry’umukino ndetse aboneraho kwemeza ko gukina...
Perezida Wa Rayon Sports yavuze ko nubwo baba barajwe ishinga no gushakira intsinzi iyi kipe ariko ngo uyu mwaka bagiye gukora ibishoboka byose n’ahazaza h’abakinnyi hakazaba heza aho ngo hari...
Umutoza mushya wa Rayon Sports, Javier Martinez Espinoza,yaraye akoresheje imyitozo ye ya mbere,avuga ko abakinnyi be bafite umwihariko wo kuba bazi icyo bashaka ahasigaye bagiye gusesengura...
Umutoza mushya wa Rayon Sports,Javier Martinez Espinoza yatangaje ko aziko iyi kipe ikomeye ariyo mpamvu asaba abakinnyi bose guhuriza hamwe imbaraga mu gushaka...
Nyuma y’imyitozo ya nyuma yabereye ku kuri stade ya Gicumbi abakinnyi ba APR FC bavuga ko bagifite icyizere cyo kuba batwara igikombe cya Shampiyona y’icyiciro cya mbere (Azam Rwanda Premiere...
Umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi,Mashami Vincent,yamaze gutangaza urutonde rw’abakinnyi 23 azakoresha ku mukino wa nyuma wo mu itsinda H ryo gushaka itike yo kwerekeza muri CAN 2019.u Rwanda...