skol
Kigali

Search: Akon (2354)

Jules Sentore yamuritse amashusho y’indirimbo ’Tora Kagame’

Ku ndangamuntu ye yitwa Icyoyitungiye Jules Bonheur , sekuru Sentore Athanase yamwise Jules Sentore ari naryo zina akoresha mu mu buhanzi, yamaze gushyira hanze indirimbo nshya yise ‘Tora Kagame’...
25 July 2017 408 0

Miss Jolly yasabye urubyiruko gushishoza rugatekereza kure mu bikorwa by’amatora

Nyampinga w’u Rwanda 2016, Mutesi Jolly w’imyaka 20 y’amavuko avuga ko urubyiruko rukwiye gushishoza kandi rugatekereza neza mu bikorwa by’amatora birimbanyije mu Rwanda. Ibi abitangaje nyuma...
25 July 2017 1419 0

Umugabo wakoraga mu ‘Ubusitani’ kwa Perezida Kagame arashima nyuma yo kugura amakamyo na Range Rover

Rudakubana Jean Pierre, umunyarwanda ukomoka I Kibungo mu ntara y’Iburasirazuba wahoze akora mu rugo kwa Perezida Paul Kagame ashinzwe gukora mu ndabo aravuga ko hari byinshi yamwigiyeho byatumye...
24 July 2017 16370 0

Kwizera Olivier yamaze gusinya amasezerano muri Free State Stars

Umukinnyi Kwizera Olivier wahoze akinira ikipe ya APR FC na Bugesera mu mwaka ushize w’imikino, yasinye amasezerano y’imyaka 2 mu ikipe yo muri Africa y’Epfo mu cyiciro cya mbere. Uyu mukinnyi...
24 July 2017 1001 0

Tariki 23 Nyakanga isobanuye byinshi ku ntandaro y’ intambara ya mbere y’ Isi

Ibyaranze tariki ya 23 Nyakanga birimo kuba Autriche-Hongrie yarahaye gasopo ubwami bwa Serbia kubera ibyaha by’iyicwa ry’igikomangoma Francois Ferdinand byanabaye intandaro y’intambara ya mbere...
23 July 2017 741 0

Umuherwe Jack Ma washinze “Alibaba Group’ biteganyijwe ko aza kwakirwa na Perezida Kagame

Kuri uyu wa kane tariki ya 20 Nyakanga 2017 nibwo Umuherwe Jack Ma washinze ikompanyi ikora ibijyanye n’ubucuruzi bwo kuri internet "Alibaba Group" yageze mu Rwanda aho yitabiriye Inama...
21 July 2017 292 0

Perezida Trump yafashe icyemezo gishobora guca intege intambara ya Syria

Inyeshyamba zitwaje intwaro muri Syria zimaze imyaka 6 zishaka guhirika ubutegtsi bwa Bashar al-Assad Perezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika Donald Trump yafashe icyemezo cyo guhagarika gahunda...
20 July 2017 903 0

Mu bitazibagirana kuri iyi tariki ya 20 Nyakanga harimo ukuntu Hitler yasimbutse urupfu

Turi ku wa Kane, tariki ya 20 Nyakanga, ni umunsi wa 201 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 164 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo, itariki nk’iyi ya 20 Nyakanga imaze kugera ari ku wa...
20 July 2017 1253 0

Imbere y’urukiko, Aline Gahongayire n’umugabo we bahamije ko batasubirana ukundi

Umuririmbyi Aline Gahongayire n’umugabo we Gahima Gabriel batakibana bahamirije urukiko ko badashobora kongera kubana nk’umugabo n’umugore nk’uko amategeko abiteganya. Abo bombi bitabye urukiko...
20 July 2017 6527 0

Havumbuwe ukuntu umuntu yakwipima SIDA

Mu gihugu cya Uganda hagiye gutangira uburyo bushya bwo kwipima agakoko gatera SIDA. Ubushakashatsi bwagaragaraje ko ubu buryo buzafasha cyane abashakanye. Minisiteri y’ ubuzima mu gihugu cya...
18 July 2017 4027 0

Ubuhamya: Abantu batatu bagiye ikuzimu baravuga uko hameze (IGICE CYA MBERE)

Abantu benshi bemezako ikuzimu hatabaho abandi bagakekeranya. Icyo twavuga ni uko ikuzimu habaho gusa biragoye kuba wakwemezako ikuzimu ari munsi y’ubu butaka duhagazeho. N’ubwo abagiyeyo bose nta...
29 April 2018 10692 0

Tariki 14 Nyakanga: Menya ibyaranze iyi tariki mu mateka harimo kuba isobanuye byinshi ku ibohorwa ry’ u...

Tariki 14 Nyakanga 1994- Urugamba rwo kubohora igihugu rwanditse amateka akomeye cyane mu ngabo zahoze ari iza FPR- Inkotanyi n’Abanyarwanda muri rusange kuko rwabaye imbarutso yo kwibohora. Kuri...
14 July 2017 2241 0

Harmonize yizihije isabukuru y’amavuko akina ‘Biyari’ n’umukunzi we utwite-AMAFOTO

Ubwo yizhizaga isabukuru y’amavuko, umuhanzi w’icyamamare muri Tanzania ndetse no muri aka karere ka Afurika y’Iburasirazuba Harmonize yajyanye n’umukunzi we mu inzu nshya banaboneraho gukina...
12 July 2017 3537 0

Gitwaza ngo yahishuriwe icyo u Rwanda ruzamarira Afurika

Intumwa y’ Imana Dr Paul Gitwaza Zion Temple ku Isi yatangaje ko Imana yamuhishuriye ko u Rwanda ruzaba icyitegererezo cy’ Afurika mu myumvire n’ imikorere. Yabitangaje kuri iki Cyumweru tariki 9...
10 July 2017 3353 0

Uwahoze ari umukinnyi wa Man-U yahawe ubupadiri [Amafoto]

Philip Mulryne yahoze ari umukinyi w’umupira w’amaguru wabigize umwuga, kuri uyu wa Gatandatu tariki 8 Nyakanga yaherewe ubupadiri mu mujyi wa Dublin na Musenyeri Joseph Augustine Di Noia w’ i...
10 July 2017 4150 0

Tariki 9 Nyakanga hari icyo ivuze ku itabwa muri yombi rya Gen. Karake no ku nzandiko za Jean Louis...

Tariki ya 09 Nyakanga, ni umunsi w’ 190 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 175 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo. Kuri iyi tariki inama y’ abaminisitiri yateranye muri 2008 yishimiye...
9 July 2017 3555 0

Asande yigishijwe kandi atozwa kurarana n’inzoka afite imyaka 2 none ku myaka itandatu akora umwuga...

Asande yigishijwe kandi atozwa kurarana n’inzoka afite imyaka 2.Nyuma y’imyaka 4 umwana agize imyaka 6. Akora umwuga w’ubupfumu yatojwe nase ngo mu kuvura abantu cyane akabikora iyo se adahari....
7 July 2017 5096 0

Am G The Black yujuje imyaka ituma arekana n’inshuti z’Agasaza

Umuraperi Hakizimana Amani wamamaye nka Am G The Black yatangaje ko imyaka 26 y’amavuko yujuje isobanura kurekana n’inshuti z’ingeso mbi agatangira ubuzima bushya, ngo iyi sabukuru isize ahamije...
6 July 2017 1999 0

Bugesera FC yakaniye kugura abakinnyi bakomeye mu Rwanda no mu Burundi

Ikipe ya Bugesera FC ikomeje inzira yo kwiyubaka aho yamaze kugura abakinnyi bakomeye barimo ni umusore wahoze akinira Rayon Sports n’Amavubi Ndatimana Robert ndetse banongerera amasezerano...
6 July 2017 892 0

Bugesera:Umugabo yahawe inzaratsi n’umugore we kugira ngo amukundwakaze

Umugore wo mu karere ka Bugesera akurikiranyweho guha inzaratsi umugabo we, ngo yakoze ibi byose agamije kugirango umugabo akomeze amukunde nk’uko byemezwa na bamwe mu baturanyi b’uyu muryango....
6 July 2017 1861 0

Nadal yatangaje ikimuhangayikisha iyo agiye gukina Wimbledon

Umunya Espagne w’icyamamare mu gukina Tennis Rafael Nadal yatangarije abanyamakuru ko ikimuhangayikisha iyo agiye gukina irushanwa rya Wimbledon ari ivi rye rihorana ikibazo ku buryo aba yiteze...
4 July 2017 254 0

Humble Jizzo yakoze ikosa ryahagurukije abanyamasengesho basengera amadayimoni yari yateye kwa Nyirakuru

Humble Jizzo avuga ko mu bwana bwe yakoze amakosa atandukanye ariko ko adashobora kwibagirwa umunsi yashyize ibasi ya Palasitiki ku mbabura kugeza ihiye, ngo ni nabwo hitabajwe abanyamasengesho...
3 July 2017 2880 0

Mu mafoto icyumweru arimo atangaje reba ibyaranze Afurika

Reba amwe mu mafoto meza yatoranyijwe mu cyumweru cyo kuwa 23-29 z’ukwa Gatandatu muri Afurika ndetse n’ay’abanya Afurika baba ahandi ku Isi. Kenya: Umunsi umwe mbere cyari igihe cy’abakunzi...
2 July 2017 1710 0

Lumumba yari muntu ki kugira ngo ahanganishe Amerika n’ u Burusiya

Amateka ya Patrice Lumumba, umugabo wakunzwe n’Abanyafurika, agahangayikisha abanyamerika n’ababiligi baje gushirwa aruko bamwivuganye. Patrice Lumumba, Yishwe azira kuba yarari kwaka ubufasha...
2 July 2017 5585 0

Abateretera kuri telefoni z’ butabazi bagiye gufatirwa ibihano

Minisiteri y’ubuzima na Polisi y’ u Rwanda bihanangiriye abakoresha nabi imirongo y’ ubutabazi yashyizweho ngo yifashishwe n’ abatabaza bari mu kaga cyangwa batabarizwa abari mu kaga. Inzego...
24 November 2016 419 0

Bamwe mu bahanzikazi bo mu Rwanda bagize icyo bavuga ku kubyara kwa Knowless

Nyuma y’uko umuhanzi Knowless Butera yibarutse imfura ye, abahanzi bagenzi be babyishimiye, abakiri abakobwa bahuriza kukuba yarababereye urugero rwiza mu gihe ababyeyi bamuhaye impundu. Ku...
24 November 2016 5294 0

Mu Rwanda abarwara amaso 30% bayaterwa no gukoresha telefoni na mudasobobwa

Inzobere mu buvuzi bw’ amaso zivuga ko umubare w’ abarwara amaso wiyongereye. Ngo kuri 30 mu bantu 100 bivuza amaso baba barayatewe no gukoresha telefoni na Mudasobwa. Nubwo bimeze gutya ariko hari...
25 November 2016 939 0

Nyamasheke: Abagabo batinya gutaha mu ngo zabo kubera inkoni bakubitwa n’ abagore

Bamwe mu bagabo bo mu murenge wa Karambi mu karere ka Nyamasheke baravuga ko barambiwe inkoni bahora bakubitwa n’abagore babo. Aba bagabo bavuga ko birirwa mu misozi batari kumwe n’abagore babo,...
28 November 2016 1998 0

Nico Rosberg yegukanye irushanwa rya Formula 1 (Amafoto)

Umudage Nico Rosberg yatsindiye isiganwa ryo gusiganwa n’imodoka rya Formula One ry’uyu mwaka wa 2016. Mu ijoro ryakeye rya tariki ya 27 Ugushyingo uyu mwaka, mu mujyi wa Abu Dhabi nibwo Nico...
28 November 2016 217 0

France: Francois Fillon yatsinze Alain Juppé, avuga ko agiye guharanira ubumwe

Mu matora yo gushaka uzahagararira ishyaka ry’ abarepubulike mu matora y’ umukuru w’ igihugu cy’ Uburansa ateganyijwe muri Gicurasi umwaka utaha wa 2017, Francois Fillon yatsinze uwo bari bahanganye...
28 November 2016 172 0
0 | ... | 2070 | 2100 | 2130 | 2160 | 2190 | 2220 | 2250 | 2280 | 2310 | ... | 2340