Rudakubana Jean Pierre, umunyarwanda ukomoka I Kibungo mu ntara y’Iburasirazuba wahoze akora mu rugo kwa Perezida Paul Kagame ashinzwe gukora mu ndabo aravuga ko hari byinshi yamwigiyeho byatumye...
Umukinnyi Kwizera Olivier wahoze akinira ikipe ya APR FC na Bugesera mu mwaka ushize w’imikino, yasinye amasezerano y’imyaka 2 mu ikipe yo muri Africa y’Epfo mu cyiciro cya mbere.
Uyu mukinnyi...
Ibyaranze tariki ya 23 Nyakanga birimo kuba Autriche-Hongrie yarahaye gasopo ubwami bwa Serbia kubera ibyaha by’iyicwa ry’igikomangoma Francois Ferdinand byanabaye intandaro y’intambara ya mbere...
Kuri uyu wa kane tariki ya 20 Nyakanga 2017 nibwo Umuherwe Jack Ma washinze ikompanyi ikora ibijyanye n’ubucuruzi bwo kuri internet "Alibaba Group" yageze mu Rwanda aho yitabiriye Inama...
Turi ku wa Kane, tariki ya 20 Nyakanga, ni umunsi wa 201 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 164 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo, itariki nk’iyi ya 20 Nyakanga imaze kugera ari ku wa...
Ubwo yizhizaga isabukuru y’amavuko, umuhanzi w’icyamamare muri Tanzania ndetse no muri aka karere ka Afurika y’Iburasirazuba Harmonize yajyanye n’umukunzi we mu inzu nshya banaboneraho gukina...
Intumwa y’ Imana Dr Paul Gitwaza Zion Temple ku Isi yatangaje ko Imana yamuhishuriye ko u Rwanda ruzaba icyitegererezo cy’ Afurika mu myumvire n’ imikorere.
Yabitangaje kuri iki Cyumweru tariki 9...
Philip Mulryne yahoze ari umukinyi w’umupira w’amaguru wabigize umwuga, kuri uyu wa Gatandatu tariki 8 Nyakanga yaherewe ubupadiri mu mujyi wa Dublin na Musenyeri Joseph Augustine Di Noia w’ i...
Tariki ya 09 Nyakanga, ni umunsi w’ 190 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 175 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo. Kuri iyi tariki inama y’ abaminisitiri yateranye muri 2008 yishimiye...
Umuraperi Hakizimana Amani wamamaye nka Am G The Black yatangaje ko imyaka 26 y’amavuko yujuje isobanura kurekana n’inshuti z’ingeso mbi agatangira ubuzima bushya, ngo iyi sabukuru isize ahamije...
Ikipe ya Bugesera FC ikomeje inzira yo kwiyubaka aho yamaze kugura abakinnyi bakomeye barimo ni umusore wahoze akinira Rayon Sports n’Amavubi Ndatimana Robert ndetse banongerera amasezerano...
Umugore wo mu karere ka Bugesera akurikiranyweho guha inzaratsi umugabo we, ngo yakoze ibi byose agamije kugirango umugabo akomeze amukunde nk’uko byemezwa na bamwe mu baturanyi b’uyu muryango....
Umunya Espagne w’icyamamare mu gukina Tennis Rafael Nadal yatangarije abanyamakuru ko ikimuhangayikisha iyo agiye gukina irushanwa rya Wimbledon ari ivi rye rihorana ikibazo ku buryo aba yiteze...
Humble Jizzo avuga ko mu bwana bwe yakoze amakosa atandukanye ariko ko adashobora kwibagirwa umunsi yashyize ibasi ya Palasitiki ku mbabura kugeza ihiye, ngo ni nabwo hitabajwe abanyamasengesho...
Reba amwe mu mafoto meza yatoranyijwe mu cyumweru cyo kuwa 23-29 z’ukwa Gatandatu muri Afurika ndetse n’ay’abanya Afurika baba ahandi ku Isi.
Kenya: Umunsi umwe mbere cyari igihe cy’abakunzi...
Minisiteri y’ubuzima na Polisi y’ u Rwanda bihanangiriye abakoresha nabi imirongo y’ ubutabazi yashyizweho ngo yifashishwe n’ abatabaza bari mu kaga cyangwa batabarizwa abari mu kaga.
Inzego...
Inzobere mu buvuzi bw’ amaso zivuga ko umubare w’ abarwara amaso wiyongereye. Ngo kuri 30 mu bantu 100 bivuza amaso baba barayatewe no gukoresha telefoni na Mudasobwa. Nubwo bimeze gutya ariko hari...
Bamwe mu bagabo bo mu murenge wa Karambi mu karere ka Nyamasheke baravuga ko barambiwe inkoni bahora bakubitwa n’abagore babo.
Aba bagabo bavuga ko birirwa mu misozi batari kumwe n’abagore babo,...
Umudage Nico Rosberg yatsindiye isiganwa ryo gusiganwa n’imodoka rya Formula One ry’uyu mwaka wa 2016.
Mu ijoro ryakeye rya tariki ya 27 Ugushyingo uyu mwaka, mu mujyi wa Abu Dhabi nibwo Nico...
Mu matora yo gushaka uzahagararira ishyaka ry’ abarepubulike mu matora y’ umukuru w’ igihugu cy’ Uburansa ateganyijwe muri Gicurasi umwaka utaha wa 2017, Francois Fillon yatsinze uwo bari bahanganye...