Clarisse Karasira ni umwe mu bahanzikazi bagezweho muri iki gihe, ni umwe mu bakiri bato baririmba mu njyana gakondo. Uyu ufite indirimbo nshya yitwa “Uzibukirwa kuki?” mu minsi ishize yatandukanye...
Ikipe ya FC Barcelona ntirava ku izima mu rugamba rwo gushaka rutahizamu wa PSG,Neymar Jr,ariyo mpamvu mu mpeshyi itaha ngo biteguye gutanga Antoine Griezmann bakongeraho amafaranga make kugira...
Uyu musore ubusanzwe witwa Kwihangana Elisha ni Umuhanzi wa Gakondo uri kuzamuka mu ruganda rwa muzika muri iyi minsi. ni umusore kandi wamenyekanye byumwihariko mumarushanwa yaba nyempano bo mu...
Umutoza mushya wa Rayon Sports, Javier Martinez Espinoza,yaraye akoresheje imyitozo ye ya mbere,avuga ko abakinnyi be bafite umwihariko wo kuba bazi icyo bashaka ahasigaye bagiye gusesengura...
Abakora umwuga w’uburaya mu ntara ya Machakos mu gihgu cya Kenya biriwe mu myigaragambyo yo gusaba Leta by’umwihariko ubuyobozi bw’iyi ntara ko bwakongera udukingirizo n’amavuta afasha mu gutera...
Clarisse Karasira ni umuhanzi muri iyi minsi ugezweho mu bakunzi ba muzika bitewe n’uko ari umwe mu bahisemo gukora injyana Gakondo mu rugendo rwe rwa...
Ikipe ya Rayon Sports yatangiye gahunda yo kwiyubaka aho nyuma yo kwirukana abakongomani yari imaze iminsi ikoresha isuzuma,yiteguye kwakira rutahizamu ukomeye witwa Frederick Boateng wakinnye mu...
Katederali ya Notre Dame de Paris imaze imyaka 850 yubatswe,yaraye ifashwe n’inkongi y’umuriro,kuri uyu wa mbere ku wa 15 Mata 2019 byatumye Perezida w’Ubufaransa Macron ahita ahamagarira abaherwe...
Perezida wa Uganda Yoweli Kaguta Museveni arashinjwa na bamwe mu bakongomani kugira uruhare runini mu gutuma Felix Tshisekedi atsinda amatora y’umukuru w’igihugu muri Repubulika iharanira...
Polisi yo muri Kongo yatangaje ko abantu 5 bapfuye ndetse n’abapolisi 17 barakomereka mu mirwano yashyamiranyije abakongomani nyuma yo gutangaza amajwi y’agateganyo y’ibyavuye mu matora ya RDC...
Abagenzi 42 nibo bimaze kwemezwa ko baguye mu mpanuka ya bisi nyuma y’aho ikigega cya gaz gishwanyukiyemo nk’uko byatangajwe na polisi ya Zimbabwe yanashyize ahagaragara amafoto y’iyo bisi yahiye...
Nsengimana Aminadab wo mu murenge wa Ruhango mu karere ka Ruhango yategetswe ku ishyura itsinda yari abereye umubitsi akongeraho n’ igihembo cy’ umuhesha w’ inkiko ibihumbi 500. Abunzi bari...
Tumwe mu dushya tudasanzwe twagaragaye mu gitaramo cyo gushyira hanze album Iwacu ya Dj Pius harimo nko kuba iki gitaramo cyagaragayemo abasitari batandukanye , cyagaragayemo imbyino zagakondo...
Abantu babiri bivugwa ko bari abajura bitwaje intwaro gakondo barasiwe mu murenge mu Kagari ka Shyembe mu Mudugudu wa Kagoma mu Murenge wa Maraba, barapfa bagenzi babo bane...
Melissa yavuze ko Christopher ntadatwara PGGSS 8 azamenya ko iri rushanwa ntabutabera bubamo ndetse yongeraho ko atakongera kujya kureba ibitaramo byaryo kubera ko kubera ko ntacyo azaba agiye...
Pasiteri witwa Lesego Daniel ukuriye itorero rya Rebboni Centre Ministries ryo mu gihugu cya Nigeria asigaye ayobora iteraniro afashe mu ntoki inzoka yo mu bwoko bwa Anakonda akajya anyuzamo...
Nubwo muri iyi minsi urukundo rwakonje kuri bamwe,hari abantu bagenda berekana ibimenyetso ko hari aho rukiriho,nka Jamie Fox wemeye kwambika impeta y’urudashira umukunzi we Zanele Ndlovu uherutse...