Kuri uyu wa Gatatu Tariki ya 09 Nzeri 2020, Paul Rusesabagina ukurikiranweho ibyaha by’iterabwoba yitabye ubushinjacyaha ku cyicaro cy’Ubushinjacyaha Bukuru ku Kimihurura ari kumwe n’abunganizi be,...
Uwunganira Paul Rusesabagina witwa Me Rugaza David yatangaje ko yasabiye umukiliya we kuba yakurikiranwa adafunzwe kubera impamvu zirimo uburwayi amaranye igihe, ndetse no kuba ari “umuntu mwiza”...
Umugore witwa Bonnie Evita Law wari umunyamideli ndetse wagombaga kuzaragwa umutungo wa se w’umuherwe yaguye ku iseta ari kwiyongeresha amabere mu buryo bwa...
Ku ya 26 Gashyantare 2022 nibwo habaye ijonjiora ryo gutoranya abakobwa 20 bagomba kujya mu mwiherero wa nyuma wa Miss Rwanda 2022, bavuye muri 70 bari batoranyijwe mu Ntara 4 n’Umujyi wa Kigali,...
Umuhanzikazi Nyarwanda ukunzwe na benshi bitewe n’indirimbo ze z’urukundo zikora ku mitima ya benshi, Bwiza Emerance yahishuye ko ikintu yishimira mu buzima bwe mu myaka amaze ku Isi ari ukuba...
Horaho Axel wari umunyamakuru w’imikino mu kiganiro ’Urukiko rw’Ubujurire’ cya Fine FM uheruka kwimukira muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’umugore we Masera baritegura kwibaruka imfura ya...
Umunyamakurukazi Mahoro Claudine uri kwitegura kurushinga kurushinga na Ismaël Mwanafunzi uri mu banyamakuru bakundirwa ijwi rye mu biganiro akora, yakorewe ibirori byo gusezera ku bukumi bizwi...
Umugore witwa Nikuze Annonciata w’imyaka 47,wo mu Kagari ka Ruhinga mu murenge wa Nyabimata mu karere ka Nyaruguru arakekwaho gukata igitsina cy’ umugabo we w’ imyaka 40 witwa Ndikumana bafitanye...
Rwiyemezamirimo Adonia wo mu karere ka Nyamagabe arashakishwa ngo yishyure amafaranga yari guhemba abaturage bakoze muri VUP mu myaka itatu ishize yayoberejwe kuri konti ye. Adonia avuga ko ayo...
Ibitero bimaze iminsi bigabwa mu magepfo y’ u Rwanda birimo n’ iki Nyabimata mu karere ka Nyaruguru byatumye umubano w’ u Burundi n’ Ububiligi wongera gutokorwa.
Inzego z’ umutekano z’ u Rwanda zongeye kurasa abandi bajura mu karere ka Huye mu murengeye bashaka kwiba ibikoresho birimo amatiyo y’amazi abaturage babwiye itangazamakuru ko abarashwe bari bambaye...
Umuyobozi Mukuru w’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije, Dr Frank Habineza yasabye urubyiruko rwo muri iryo shyaka guhagurukana imbaraga kugira ngo amatora yo mu mwaka wa 2024...
Perezida w’ikipe ya Rayon Sports,Muvunyi Paul yabwiye abakunzi ba Rayon Sports ko ikipe ya Rayon Sports nta hantu ibarizwa bityo ahantu hose yabona uburyo bwo kubaho neza yahaba nta kibazo aho...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere taliki 18 Ugushyingo 2019, ikamyo ya Bralirwa yari itwaye inzoga yacitse umuryango bituma amakese menshi agwa mu muhanda inzoga zirameneka, abagatabaye barazinywa...
Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi mu Burundi Bwana Deo Guide Rurema yatangaje ko ikibazo cy’inzige zikomeje kwibasira ibihugu byo muri EAC bo bakiboneye umuti kuko nizigera mu gihugu cyabo nta kindi...
Umugore witwa Maurina Musisinyana yakoze igikorwa cy’ubutwari ubwo yakuraga umwana we mu kanwa k’ingona yari imaze kumutwara imukuye aho yari amusize ari gukinira hafi...
Ubuyobozi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo bwatangaje ko abantu 24 bahitanywe n’imvura ikaze cyane yaguye mu ijoro ryo ku wa kane tariki ya 17 Mata 2020, mu gace ka Uvira gahana...