Minisiteri y’ Ububanyi n’ amahanga y’ u Rwanda kuri uyu wa 24 Ugushyingo 2018 iri kumwe n’ abahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda bafatanyije n’ abaturage bo mu karere ka Kamonyi mu muganda wo gutera...
Abayoboye ibikorwa by’ubuzima muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo babaye bahagaritse ibikorwa by’ubutabazi ku ndwara ya Ebola mu mujyi wa Beni kubera ibitero by’inyeshyamba bikomeje...
Minisitiri w’ ubutabera akaba n’ intumwa nkuru ya Leta yifatanyije n’ abaturage b’ akarere ka Gicumbi mu muganda wo gutera ibiti ku misozi yo mu murenge wa Rutare. Nyuma y’ umuganda aganiriza...
Abarwanyi bitwaje intwaro mu ijoro ryo ku wa Gatanu rishyira ku wa Gatandatu bagabye igitero kuri gereza ya Beni muri Kongo bituma abagororwa bagera kuri 30 batoroka iyi gereza nk’ uko...
Abakora mu bikorwa byo kuvura indwara ya Ebola muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo bakomeretse bikomeye ubwo abaturage barubiye babagabagaho igitero.
Hakunze gukorwa intonde z’ibintu bitandukanye hagamijwe kureba uko bihagaze mu gihe runaka n’abantu badasigaye mu kugaragaza uko bahagaze mu bintu runaka. Abahanzi/abakinnyi binjiza agatubutse...
Abagore bo mu karere ha Huye n’ aka Gisagara baravuga ko kuba Leta y’ u Rwanda yarabageneye imyanya 30% mu nzego zifatirwamo ibyemezo bibafitiye akamaro. Barasaba abadepite batoye kuzahanira ko u...
Imibare itangwa na Minisiteri y’ Ubuzima muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo, irerekana ko abantu 55 ari bo bamaze guhitanwa n’icyorezo cya Ebola cyongeye kwaduka mu burasirazuba bw’iki gihugu...
Mu kiganiro n’itangazamakuru, James yavuze ko Bwana Trump abiba amacakubiri ndetse akaba yaratumye abagendera ku irondabwoko bumva bashyigikiwe.
Mu kumusubiza, Bwana Trump yashidikanyije ku bwenge...
Umukobwa witwa Margaret Dery wari wabaye Miss Ghana 2017 yeguye, avuga ko yikuye ku nshingano kubera umutwaro yashyizwe ku mutwe n’abategura iri rushanwa.
Ibitero bimaze iminsi bigabwa mu magepfo y’ u Rwanda birimo n’ iki Nyabimata mu karere ka Nyaruguru byatumye umubano w’ u Burundi n’ Ububiligi wongera gutokorwa.
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame ku mugoroba wo ku wa 23 Nyakanga 2018 yakiriye Minisitiri w’Intebe w’u Buhinde, Narendra Modi, watangiye uruzinduko rw’iminsi ibiri mu Rwanda amuhoberana...
Miss Umuhoza Sharifa yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi Niyonteze Thierry mu muhango wabereye mu biro by’Umurenge wa Kimihurura mu Karere ka Gasabowe kuri uyu wa Kane tariki ya 5 Nyakanga...
Sergeant Rukara Olivier wari umusirikare mu ngabo z’ u Rwanda mu ijoro ryo kuri uyu wa kane tariki 14 Kamena yirashe mu buryo bwo kwiyahura akoresheje imbunda y’akazi ahita apfa. Haracyekwa...